Browsing Category
Ubuzima
Gambiya: Prezida wa Repubulika yishyize mu kato nyuma y’aho visi prezida bamusanzemo Covid-19
Nyuma y'aho vice prezida w'igihugu cya Gambiya Madame Isatou Touray bamusanzemo icyorezo cya coronavirus, byatumye prezida wa Rpubulika nawe yishira mu kato k'iminsi 14
Visi perezida Isatou Touray amaze kwemezwaho iyo ndwara ya!-->!-->!-->!-->!-->…
Kigali: Yahanutse mu igorofa ari koza ibirahure arapfa
Umugabo yahanutse ku igorofa yo hejuru aho yari ari koza ibirahure arapfa
Ahagana saa sita z’amanywa mu mujyi wa Kigali ahitwa ‘Commercial’ hari umugabo tutari twamenyera amazina n'aho akomoka wozaga ibirahure kuri imwe muri etage!-->!-->!-->!-->!-->…
Ubushakashatsi buriga uko uducurama tubasha kubana na za virusi kuburyo byafasha abantu guhangana…
Hirya no hino ku isi ubushakashatsi burakomeje murwego rwoguhangana na Covid-19.Abahanga muri siyansi baracukumbuye bagera ku ntimatima z'uturemangingo tw'amoko atandatu y'uducurama two ku isi.
Abahanga baburiye ko abantu bakwiye!-->!-->!-->…
Huye: Umwalimu wo mu kigero k’imyaka 30 y’amavuko yimanitse ku mugozi arapfa
Umusore witwa Aimable wakoraga umwuga w'uburezi mu Karere ka Huye bamusanze mu kagozi yiyahuye
Bwana NIYONSHUTI Aimable wari usanzwe ari umwalimu mu mashuri yisumbuye mu Karere ka Huye mu Murenge wa Rusatira bamusanze mu cyumba!-->!-->!-->!-->!-->…
Ministre w’ubuzima yasabye Abaturarwanda kwitegura kubana na Covid-19
Ministre w'ubuzima mu Rwanda arasanga Abanyarwanda bakwiye kwitegura kubana n'icyorezo cya covid-19
Mu kiganiro yakoranye na Kigalitoday, Minisitiri w’Ubuzima Dr. Daniel Ngamije atangaza ko mu gihe Abanyarwanda bose batarabasha!-->!-->!-->!-->!-->…
Huye: Hari imirambo yasanzwe mu kigo k’ishuri, birakekwa ko ari iy’abishwe muri genoside…
Hari imibiri yabonetse mu kigo k'ishuri ribanza ryo mu Karere ka Huye, birakekwa ko iyo mibiri ari iy'abantu bishwe muri genoside yakorewe abatutsi muri 1994.
Kuri uyu wa gatandatu w'icyumweru gishize hari imibiri igera kuri 20!-->!-->!-->!-->!-->…
KENYA: Abangavu barenga 4000 batewe inda kubwinshi kubera kutajya ku ishuri muri ibibihe bya…
Icyorezo cya Covid-19 cyatumye byinshi mu bihugu bifata imyanzuro yo kuba bihagaritse amashuri. Muri Kenya, ibi byateje ikibazo kuko abangavu benshi batangiye kugaragara ko batewe inda.
Imibare yatangajwe n’ibigo nderabuzima,!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
GASABO:Icyoba ni cyose i Mbandazi kubera ko babona ko amazi bagiye kuyabura burundu!
Mu murenge wa Rusororo mu kagari ka MBANDAZI abaturage batewe ubwoba n'imiyoboro y'amazi ije kuyatwara kandi basanzwe bafite amavomo menshi atagira amazi.ikibabo cy'amazi mu gihe cy'izuba(impeshyi), usanga hirya nohino ikibazo cyakomeye!-->…
Kenya: Habonetse abarwayi benshi ba coronavirus ku buryo budasanzwe
Inzego z’ubuzima muri Kenya zatangaje ko mu bipimo zafashe kuri uyu wa 18 Nyakanga zabonye abagera kuri 688 banduye Covid-19, ibintu byatumye umubare w’abamaze kwandura muri iki gihugu ugera ku 12,750.
Minisiteri y’ubuzima yavuze ko!-->!-->!-->!-->!-->…
Umugore uri kuvurirwa covid-19 i Rubavu yabyaye neza umwana w’umuhungu
Ikigo k'igihuu cy'ubuzima cyatangaje ko hari umubyeyi urwariye muri bimwe mu bitaro byita ku barwayi ba covid-19 yabyaye umwana w'umuhungu kandi avuka neza.
Ni ubutumwa bugaragara ku rukuta rwa tiwiter rw'ikigo k'igihuu gishinzwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyaruguru: Guverineri yahembye Inka gitifu w’Akagari kamaze gutanga mitiweri ku rugero rwa…
Ubuyobozi bw'Intara y'amagepfo bwahembye gitifu w'akagari kamaze kwesa umuhigo wo kwishyura mitiweri ku rugero rw'I 100%
Guverineri w'intara y'amagepfo yahembye inka kuri uyu wa kane taliki 16 Nyakanga 2020, umunyamabanga!-->!-->!-->!-->!-->…
Kenya yaciye agahigo ko kugurisha avoka nyinshi zigera kuri toni 58,400
Igihugu cya Kenya cyaciye agahigo ko kugurisha hanze y'igihugu avoka nyinshi muri bino bihe bya coronavirusi
Igihugu cya Kenya cyaciye agahigo ko kugurisha hanze yacyo avoka nyinshi, Ikinyamakuru Daily Nation cyatangaje ko icyo!-->!-->!-->!-->!-->…
China: Abantu 140 bahitanywe n’imyuzure mu gihugu cy’Ubushinwa
Leta y'igihugu cy'Ubushinwa yatangaje ko abantu basaga 140 aribo bamaze guhitanywa n'imyuzure imaze iminsi yarigaruriye icyo gihugu, yatangaje ko iyo myuzure ariyo ya mbere ifite ubukana mu myaka 30 ishize.
Iyo myuzure yatumye!-->!-->!-->!-->!-->…
Ubushakashatsi bwagaragaje ko imbyaro ziri gucika mu isi
Hari ubushakashatsi bwashyizwe hanze buvuga ko imbyaro ziri kugabanuka cyane, bugira inama abantu kubyara besnhi kitazaba ikibazo ikibazo gikomeye mu minsi iri imbere.
Hari Abashakashatsi bavuga ko isi ikwiye kwitegura ingaruka zo!-->!-->!-->!-->!-->…
Utugari 6 two mu Turere twa Nyamagabe na Nyamasheke twasubijwe muri gahunda ya #gumamurugo#
Nyuma y'aho tumwe mu duce two mu Turere twa Nyamagabe na Nyamasheke dusanzwemo ubwandu bwa coronavirus, ministeri y'ubutegetsi bw'igihugu imaze gushyira hanze itangazo rivuga ko utugari 6 two muri utwo turere tubiri twasubijwe muri!-->!-->!-->!-->!-->…