Browsing Category
Ubuzima
OMS na UNICEF zasabye Leta zo muri Afrika gufungura amashuri abana bagasubira ku ishuri
Ishami ry'umuryango w'abibumbye ryita ku buzima (OMS/WHO) n'iryita ku bana (UNICEF) yasabye leta z'ibihugu by'Afurika gushyiraho uburyo burimo kwirinda kuburyo amashuri yakongera gufungura imiryango muri iki cyorezo cya coronavirus.
!-->!-->!-->!-->!-->…
OMS yavuze ko mu myaka ibiri gusa Covid-19 ishobora kuba yabaye amateka
Umuyobozi w’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima (OMS) Dr. Tedros Adhanom Ghebreyesus, yatangaje ko hari icyizere cy’uko icyorezo cya Covid-19 kizaba cyarangiye mu myaka ibiri.
Ibi yabitangarije i Genève mu Busuwisi, kuwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Ku nshuro ya 11 yadutse, Abagera ku 100 bamaze kwandura Ebola muri DR Congo
Hubatswe ibigo byo kuvuriramo Ebola
Ishami ry'umuryango w'abibumbye ryita ku buzima OMS, ritangaza ko abagera ku 100 bamaze kwandura indwara ya Ebola yongeye kwaduka muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo.
Ni umubare ukubye kabiri!-->!-->!-->!-->!-->…
MUGISHA Moise ukina umukino w’amagare yakoze impanuka ubwo yari ari mu myitozo Imana ikinga…
Bwana Moise ukina umukino w'amagare yakoze impanuka idakanganye ubwo yari arimo akora imyitozo mu Karere ka Kamonyi.
Ni impanuka yabaye mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu ubwo uno musore yari ari ku igare mu myitozo yakoreraga mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Bamwe mu babyeyi batewe impungenge n’abana b’abangavu bakomeje guterwa inda muri ibi…
Bamwe mu babyeyi baravuga ko batewe impungenge n’imyitwarire ya bamwe mu ngimbi n’abangavu muri ibi bihe amashuri afunze, kuko basanga hatagize igikorwa inda ziterwa abangavu zishobora kuziyongera kurushaho.
Komisiyo y’igihugu!-->!-->!-->!-->!-->…
Imbwa zo muri Koreya ya Ruguru ziri mu kaga nyuma y’aho prezida ategetse abazitunze kuzitanga…
Kubera ikibazo k'inzara cyatewe na Covid-19, prezida wa Koreya ya Ruguru Kim Jong Un yategetse abaturage b'igihugu ke batunze imbwa kuzitanga bakazirya.
Ibinyamakuru byo mu gihugu cya Koreya ya Ruguru ku munsi w'ejo kuwa kane!-->!-->!-->!-->!-->…
Rubavu: Abantu 5 baraye bahitanywe n’impanuka ikomeye y’ikamyo
Abantu bagera kuri batanu nibo bimaze kumenyekana ko bahitanywe n'impanuka yaraye ibaye mu Karere ka Rubavu mu murenge wa Nyakiriba.
Iyo mpanuka yabaye mu masaha ya saa munani na 40 z’igicamunsi yatewe n’ikamyo yacitse feri ubwo!-->!-->!-->!-->!-->…
Abantu benshi bashenguwe umutima n’urupfu rw’Umuvandimwe wa Apotre MASASU
Bishop SIMON MASASU wari mukuru wa Apotre MASASU yitabye Imana mu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu azize uburwayi.
Inkuru y'urupfu rw'uyu muvugabutumwa rwamenyekanye mu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu taliki ya 19 Kanama 2020 mu masaha!-->!-->!-->!-->!-->…
Abamaze kwicwa na Coronavirus mu Rwanda bamaze kugera ku icumi
Nk'uko byatangajwe na ministeri y'ubuzima mu Rwanda ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri taliki ya 18, mu Rwanda abandi bantu babiri baraye bahitanywe n'icyorezo cya Covid-19, bituma bose hamwe muri rusange abamaze guofa bagera ku icumi.
!-->!-->!-->!-->…
Bwana Ntahomvukiye Etienne yafatiwe mu cyuho ari gukora inzoga z’igikwangari zitemewe
Polisi ikorera mu Karere ka Huye yafashe uwitwa Ntahomvukiye Etienne w’imyaka 21 akorera iwe mu Murenga wa Gishamvu inzoga zitujuje ubuziranenge zizwi ku izina ry’ibikwangari.
Yaguwe gitumo amaze gukora litiro 1000, aho!-->!-->!-->!-->!-->…
Bamwe mu bacuruza imyaka kwa Mutangana baravuga ko bahombejwe n’icyemezo cy’Umugi wa Kgl
Abacuruza imyaka mu isoko rizwi nko kwa Mutangana baravuga ko icyemezo cy'Umugi wa Kigali cyatumye bahomba kuko bagurishije ibyo bari bafite ku gihombo
Ahagana saa yine z'ijoro ryo kuri iki cyumweru taliki ya 16 Kanama 2020 nibwo!-->!-->!-->!-->!-->…
Imibare y’abarwayi ba covid-19 ikomeje kuzamuka cyane, benshi bakomeje kwibaza impamvu
Abantu benshi bakomeje kugira impungenge bitewe n'uburyo imibare y'abarwayi ba covid-19 ikomeje kwiyongera
Mu Rwanda imibare y'abarwayi ba coronavirus yongeye kuzamuka ku rwego ruri hejuru muri iyi minsi itatu yonyine bituma abantu!-->!-->!-->!-->!-->…
Kigali: Ubuyobozi bw’umugi wa Kigali bufunze amwe mu masoko kubera icyoba cya Covid-19
Isoko ryo mu mugi n'iryo kwa Mutangana byafunzwe kubera icyoba cy'ubwandu bwa coronavirus
Ubuyobozi bw'umugi wa Kigali bumaze gusohora itangazo rivuga ko amasoko abiri yo mu mugi wa Kigali abaye afunze guhera kuri uyu wa mbere!-->!-->!-->!-->!-->…
Abatishoboye bahawe inkoko zitera amagi, zibahindurira ubuzima
Abaturage babarizwa mu kiciro cya mbere n’icya kabiri cy’ubudehe mu bice bitandukanye by’Igihugu baravuga imyato inkoko zitera amagi bahawe zikaba zarahinduye imirire mu miryango yabo.
Ni abaturage bafashijwe n’Umushinga wo kongera!-->!-->!-->!-->!-->…
Ngoma: Umuyobozi yashenye inzu yubakiwe utishoboye maze agurisha amatafari
Munyemana Yuliyani w’imyaka 72 uri mu kiciro cya mbere cy’Ubudehe akaba atuye mu Mudugudu wa Kinihira mu Kagali ka Akabungo mu Murenge wa Mugesera mu Karere ka Ngoma, aravuga ko umuyobozi w’Umudugudu yamusenyeye inzu yubakiwe!-->!-->!-->…