Browsing Category
Ubuzima
Ku nshuro ya mbere mu Rwanda hagaragaye abarwayi ba Covid-19 bagera kuri 22 mu munsi umwe
Ku nshuro ya mbere kuva coronavirus yagera mu Rwanda habonetse abarwayi bagera kuri 22 mu gihe cy'umunsi umwe gusa.
Ministeri y'ubuzima mu Rwanda yatangaje ko none kuwa gatanu taliki 24 uku kwezi kwa Mata mu bipimo byafashwe 1,046!-->!-->!-->!-->!-->…
Rwanda: Abandi bantu 3 bakize COVID-19, abamaze gukira babaye 87.
Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda iratangaza ko abantu 87 bamaze gukira COVID-19 (harimo batatu bashya bakize mu masaha 24) naho abandi 67 bakaba bakirimo kuvurwa icyo cyorezo.
Umuntu umwe mushya ni we wagaragayeho icyo cyorezo ku wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Rwanda:KOICA yatanze ibikoresho byo kurwanya Covid-19 bifite agaciro ka miliyoni 7Frw bishyikirizwa…
Ikigo cya Koreya y’Epfo gitsura Amajyambere, KOICA, cyageneye guverinoma y’u Rwanda inkunga y’ibikoresho byo kurwanya icyorezo cya Covid-19, birimo udupfakumwa, umuti usukura intoki n’ibindi.
Imibare ya Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda,!-->!-->!-->…
Rwanda: habonetse abandi 3 barwaye Covid-19, 84 bamaze gukira.
Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda iratangaza ko abantu 84 bamaze gukira COVID-19 naho abandi 69 bakaba bakirimo kuvurwa icyo cyorezo.
Abantu batatu ni bo bashya babonetse barwaye ku wa Gatatu tariki 22 Mata 2020 mu bipimo 1,038 byafashwe!-->!-->!-->…
U Bushinwa: Byakekwaga ko abagore batwite bazanduza abana babo ariko hari icyizere!
Mu gihugu cy' U Bushinwa hatangajwe ko kwita ku bagore batwite barwaye covid-19 biri gutanga umusaruro kandi nta ngaruka bigira ku mwana umugore atwite kuko nta kibazo agira.
Hari icyizere kubagore batwite kobatakwanduza abana batwite
!-->!-->!-->!-->…
Abanyeshuri ba IPRC Kigali bashyize ahagaragara umushinga w’ imashini yongerera abarwayi umwuka.
Mu gihe cy’icyumweru kimwe ishuri rikuru ry’imyuga n’ubumenyingiro, IPRC Kigali, riratangaza ko rizaba rimaze gusohora imashini zakorewe mu Rwanda, zifashishwa mu kongerera umwuka abarwayi b’indembe batabasha guhumeka neza.
Umuyobozi!-->!-->!-->…
#Covid-19: Ihohoterwa rikorerwa abagore ryariyongereye ku buryo bukabije.
Mu gihe ibihugu byinshi bikangurira abaturage kuguma mu rugo, imwe mu miryango iharanira uburenganzira bw'umugore irasanga aricyo gihe abagore bari guhohoterwa cyane.
Guhera muri uku kwezi kwa mbere ibihugu byinshi byagiye bifata!-->!-->!-->!-->!-->…
RWANDA:Inganda zikorera mu Rwanda zatangiye imirimo yo kudoda udupfukamunwa.
Inganda zo mu Rwanda zatangiye imirimo yo kudoda udupfukamunwa mu rwego rwo gufasha abaturarwanda kutubona ku bwinshi mu buryo buhagije hagamijwe gukumira no kurwanya ikwirakwira ry’icyorezo cya covid-19 giteje inkeke ku Isi hose.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Rubavu: Ubuyobozi bw’Akarere bwabujije abaturage kugurisha ibyo batunze mu gihe cyo guhangana…
Ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu bwandikiye ibaruwa Abanyamabanga nshingwabikorwa b’imirenge gusaba abaturage kureka kugurisha imitungo y'ibintu yabo muri iki gihe cya COVID-19 kubera ko hari abari kubafatirana n’ibihe bibi!-->…
Koreya y’Epfo: Abagera ku 163 bakize Coronavirus bongeye kuyisangwamo bayanduye.
Ikigo gishinzwe gukumira no kurwanya indwara muri Koreya y’Epfo (KCDC), cyatangaje ko inzego z’ubuzima muri icyo gihugu zihanganye n’ikibazo cy’abantu 163 bakize Covid-19 bongeye kuyisangwamo.
Icyo kibazo cyagaragaye no mu Bushinwa, aho!-->!-->!-->…
Arabiya Saoudite yemeye kuziba icyuho cy’inkunga Amerika yageneraga OMS/WHO
Igihugu cya Arabiya Saoudite cyemeye gutanga inkunga ya miliyoni 500 ishami ry'umuryango w'abibumbye wita ku buzima nyuma yaho Leta Zunze ubumwe za Amerika zitangaje ko zihagaritse inkunga zageneraga uwo muryango
Nyuma y'iminsi!-->!-->!-->!-->!-->…
Rwanda:Umubare w’abakize Covid-19 bari kwiyongera wageze ku bantu 60 nubwo habonetse 2 bashya…
Kuri uyu wa Kane tariki ya 16 Mata 2020, mu Rwanda habonetsemo abarwayi 2 ba COVID-19 mu bapimwe ari 664 mubipimo byafashwe,. Minisiteri y’Ubuzima ivuga ko abanduye iki cyorezo ari 138 (harimo abakize 60. Muri bo 6 bakize mu masaha 24!-->…
Uyu munsi abagera kuri 5 bakize Covid-19 mu gihe abandi 2 bayisanzwemo uyu munsi
Abandi bantu babiri (2) basanzwemo ubwandu bwa covid-19 mu gihe abagera kuri 5 nabo basezerewe nyuma yo kuyikira.
Ministeri y'ubuzima mu Rwanda imaze gutangaza ko abandi bantu bagera kuri babiri basanzwemo ubwandu bwa coronavirus mu!-->!-->!-->!-->!-->…
“Hari abasangwamo Covid-19 bakabanza kubihakana bakabyemezwa n’ibisubizo” Dr Sabin…
Dr SABIN NSANZIMANA umuyobozi w'ikigo k'igihugu gishinzwe ubuzima yavuze ko abarwayi ba Covid-19 ari benshi mu gihugu kuruta uko twabitekereza
Ku munsi w'ejo taliki ya 14 Mata nibwo ukwezi kuzuraga neza umurwayi wa mbere wa!-->!-->!-->!-->!-->…