Browsing Category
Ubuzima
Russia: Yafunzwe amezi 10 azira mudasobwa yamwitiranyije n’umwicanyi
Umugabo wo mu Burusiya witwa Alexander Tsvetkov, umuhanga mu bya Siyansi wo mu Kigo cyitwa ‘Russian Academy of Sciences Institute’ yari amaze amezi icumi (10), ari mu bihe bijya gusa n’ijoro ridacya, nyuma yo gufungwa kandi ashobora!-->!-->!-->…
Uganda: Abahoze bayobora inteko ishingamategeko bahawe imodoka nshya za V8
Ababaye ba Perezida b’Inteko Ishinga Amategeko ya Uganda, bashyikirijwe imodoka zo mu bwoko bwa Toyota Land Cruiser V8, bamenyeshwa ko bazajya bazihindurirwa buri myaka itanu, banasobanurirwa impamvu babikorewe.
Izi modoka zizafasha!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Hari abagore bavuga ko baterwa inda n’abanyamahanga bakabasiga mu kangaratete
Bamwe mu bagore batuye mu mujyi wa Nyanza, baravuga ko babangamiwe n'abanyamahanga bababeshya urukundo bamara kubatera inda bakigendera iwabo bakabasiga mu kangaratete.
Mu myaka itari mike ishize, umujyi wa Nyanza wakunze kurangwamo!-->!-->!-->!-->!-->…
Ibyari ibitaro bya Kibagabaga byeguriwe itorero ry’abadivantisti b’umunsi karindwi
Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yeguriye Itorero ry’Abadivantisiti b’Umunsi wa Karindwi Ibitaro bya Kibagabaga. Ibi bitaro bigiye gishyirwa ku rwego rwa kabiri(bivuye ku rwa gatatu), bikaba byeguriwe Kaminuza Mpuzamahanga y’Ubuvuzi!-->!-->!-->…
Gisagara: Ukuri ku kigo cy’ishuri byavugwaga ko kigurisha imihigo ya mwalimu
Hamenyekanye ukuri ku bugambanyi, ububeshyi n'isebanya bya bamwe mu barimu bareze umuyobozi ko abagurisha kopi z'imihigo.
Bamwe mu barimu bakora ku kigo cya GS Cyumba, ikigo cy'amashuri giherereye mu Karere ka Gisagara mu Murenge wa!-->!-->!-->!-->!-->…
“Ndacyariho nimundebe, nafunze za karavati”: Muzehe Pst Mpyisi yanyomoje amakuru…
Nyuma y'aho abantu bamwe na bamwe batangiye gukwirikwiza inkuru y'uko umusaza Mpyisi Ezira yitabye Imana, uyu musaza yanyomoje iby'ayo makuru.
Abakoresha imbuga nkoranyambaga zitandukanye baramutse babona amakuru avuga ko muzehe!-->!-->!-->!-->!-->…
Rusizi: Umuyobozi w’Abametodisite yamaganye inyigisho zo mu butayu no mu byumba
Musenyeri Kayinamura Samuel, umwepisikopi w’Itorero Méthodiste Libre mu Rwanda (EMLR), akanaba Perezida w’inama y’ikirenga y’Abametodisite ku Isi, asaba abayoboke b’iri torero kwirinda inyigisho z’ubuyobe zadutse, inyinshi zitangirwa mu!-->…
Bugesera: Bwana Gasongo warobaga amafi mu ruzi rwa Rumira yarohamye arapfa
Mu Karere ka Bugesera mu Murenge wa Ririma, haravugwa inkuru y'umugabo uzwi ku kazina ka Gasongo warohamye mu ruzi rwa Rumira ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri taliki ya 12 Ukuboza 2023.
Bamwe mu baturage bavuga ko byatewe n'umuyaga!-->!-->!-->!-->!-->…
Titi Brown agiye gusubizwa imbere y’inkiko
Umubyinnyi Ishimwe Thierry uzwi nka Titi Brown agiye gusubizwa imbere y’inkiko nyuma y’uko Ubushinjacyaha bujuririye icyemezo cy’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwamugize umwere ku cyaha cyo gusambanya umwana utarageza imyaka!-->!-->!-->…
Gakenke: Abagore 2 biyemereye ko aribo baroze umwana w’imyaka 6 bamurogeye muri supadipe
Abagore babiri bo mu Murenge wa Kamubuga mu Karere ka Gakenke, biyemereye ko baba ari bo babaye intandaro y’urupfu rw’umwana w’umukobwa, nyuma yo kumuha ibihumanya(uburozi) babishyize mu byo yarimo anywa.
Uwo mwana w’umukobwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Zahara wari umaze kumenyekana cyane muri muzika yitabye Imana ku myaka 36
Bulelwa Mkutukana wamamaye ku izina rya Zahara, umuhanzi wa Afro-pop wo muri Afurika y’Epfo yapfuye, nk’uko byatangajwe na minisitiri w’umuco w’iki gihugu.
Zahara yari amaze iminsi mu bitaro, bivugwa ko yari arwaye umwijima, kandi!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyamasheke: Abantu babairi bagwiriweho n’ikirombe bahita bapfa
Abagabo babiri bo mu karere ka Nyamasheke, bapfuye bagwiriweho n'ikirombe cyacukurwagamo amabuye y'agaciro.
Mu Karere ka Nyamasheke, mu Murenge wa Ruharambuga, kuri uyu wa mbere taliki ya 11 ukuboza 2023 haravugwa inkuru y'abagabo!-->!-->!-->!-->!-->…
Gatsibo: Umwalimu witwa Nsabimana akurikiranyweho gusambanya umunyeshuri we
Mu Karere ka Gatsibo haravugwa inkuru y'umwalimu uherutse gutabwa muri yombi kubea gukekwaho gusambanya umwana w'umunyeshuri yari asanzwe yigisha.
Mu Karere ka Gatsibo, mu murenge wa Gasange, haravugwa inkuru y'umwarimu witwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Turukiya irashinjwa gukingira ikibaba umuhungu wa perezida uherutse kwica umuntu
Bamwe mu batavuga rumwe n'ubutegetsi buriho muri Somaliya, baravuga ko umuhungu wa perezida w'icyo gihugu aherutse kugonga umuntu arapfa ariko guverinoma ikamukingira ikibaba.
Ikinyamakuru Aljazeera gitangaza ko abatavuga rumwe na!-->!-->!-->!-->!-->…
Huye: Byamenyekanye ko Anastase uherutse gufatwa acuriza inyama z’imbwa afite ikibazo cyo mu…
Bwana Anastase utuye mu Karere ka Huye uherutse gufatwa ari gucuruza inyama z'imbwa ngo asanzwe arwaye mu mutwe.
Umuvandimwe wa Anastase Kubwimana w’i Huye, uherutse kuvugwaho kudandaza inyama z’imbwa mu isoko, akaba yarahise afatwa na!-->!-->!-->…