Browsing Category
Ubuzima
Gakenke: Umuntu 1 yahitanywe n’impanuka ya Coaster yagonganye na RAV4
Mu Karere ka Gakenke mu Murenge wa Gashenyi, Akagari ka Nyacyina umudugu wa Ruhore, kuri iki Cyumweru tariki ya 22 Mutarama 2023, habereye impanuka y’imodoka ya Toyota RAV4 yagonganye na Coaster itwara abagenzi, umuntu umwe ahita!-->!-->!-->…
Umugore wa Jose Chameleone arasaba polisi guta muri yombi umugabo we
Daniella Atim umugore wa Jose Chameleone yakamejeje ku mbuga nkoranyambaga asabira ibihano umugabo we wagaragaye akubita umumotari.
Daniella Atim utihanganira ihohoterwa iryo ariryo ryose abinyujije ku rubuga rwa Instagram yatangaje!-->!-->!-->!-->!-->…
Minisitiri w’ingabo Maj Gen Murasira yakiriye itsinda rya EU
Minisitiri w’Ingabo, Maj Gen Albert Murasira ari kumwe n’umugaba mukuru w’ingabo z’u Rwanda, General Jean Bosco Kazura bakiriye ku cyicaro gikuru cya minisiteri y’ingabo, itsinda ry’intumwa z’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi zari!-->!-->!-->…
Gabon: Minisitiri yapfuye agiye mu nama isanzwe y’abaminisitiri
Michaël Moussa Adamo wari Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga yapfuye kuri uyu wa Gatanu, nyuma yo guhagarara k’umutima ubwo yari mu nama y’abaminisitiri.
Uyu mugabo w’imyaka 62, Jeune Afrique yatangaje ko ari umwe mu bayobozi bari!-->!-->!-->!-->!-->…
U Budage bwiteguye kugarura mu Rwanda uduhanga tw’abantu 904
Ubuyobozi bw’Inzu Ndangamurage y’u Budage bwatangaje ko bwiteguye kugarurira u Rwanda n’ibindi bihugu byo muri Afurika y’Iburasirazuba uduhanga 1,135 nyuma y’imyaka irenga 100 tuba muri iyo nzu.
Abahanga mu bya Siyansi!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Minisitiri w’uburezi yashimye isuku n’imikorere myiza irangwa muri Ecole des…
Minisitiri w'uburezi mu Rwanda yashimiye ubuyobozi bwa Ecole des Siences de Nyanza ku muco wo kwimakaza isuku muri icyo kigo n'imikorere inoze hagati y'abayobozi n'abakozi yahasanze
Kuri uyu wa gatatu taliki ya 18 Mutarama 2023,!-->!-->!-->!-->!-->…
Isomwa ry’urubanza ry’abashinjwa kwiba muri IPRC Kigali ryasubitswe.
Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwasubitse isomwa ry’urubanza ruregwamo abantu 19 barimo Umuyobozi Mukuru wa IPRC Kigali, Eng. Mulindahabi Diogène bakurikiranyweho ibyaha by’ubujura bw’ibikoresho by’ishuri.
Isomwa ry’uru rubanza!-->!-->!-->!-->!-->…
Uganda: Madame Christina yishe mugenzi we amuziza gushaka kumutwarira umugabo
Umugore w’imyaka 35 wo mu Karere ka Kanungu muri Uganda yafunzwe akurikiranyweho kugira uruhare mu rupfu rwa mugenzi we w’imyaka 30 bapfa umugabo.
Umuturage wo mu cyaro cya Mukono, Ester Kyumuhendo, yasanzwe yapfuye aho bikekwa ko!-->!-->!-->!-->!-->…
Inama 15 zagufasha gukomeza urugo rwawe ukabana n’uwo mwashakanye mu munyenga
Abashakanye bifuza kuremya urugo bagahorana umunezero bagomba guharanira kubaho bakora ibintu 15 tugiye kubagezaho muri inkuru.
Abahanga mu bijyanye n'Iyobokamana bavuga ko urugo rwiza ari Ijuru rito. Benshi bakunda kuvuga ko urugo!-->!-->!-->!-->!-->…
Abashinwa bagabanutse cyane bwa mbere kuva mu 1961
Ku nshuro ya mbere mu myaka 60 ishize umubare w’abaturage b’Ubushinwa wagabanutse, ugera ku kigereranyo gito kurusha ibindi cyababayeho 6.77 babyara ku bagore 1,000.
Abaturage b’Ubushinwa mu 2022 bari miliyari 1.4!-->!-->!-->!-->!-->…
Ibyumweru 2 birashize Ineza Junior wigaga muri INES Ruhengeri aburiwe irengero
Ibyumweru bibiri birihiritse Ineza Bruce Junior umunyeshuri wo mu Ishuri Rikuru ry’Ubumenyingiro, INES Ruhengeri aburiwe irengero na n’ubu ababyeyi be bakaba nta makuru y’aho yaba aherereye bafite.
Uyu musore w’imyaka 25 wiga mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Kayonza: Umurambo wa wa mwana wari waraburiwe irengero bawusanze mu murima w’ibigori
Umwana w’umuhungu wo mu Karere ka Kayonza wari ufite imyaka irindwi wari umaze icyumweru yaraburiwe irengero, yasanzwe mu murima w’ibigori yarapfuye, inzego z’umutekano zihita zitangiza iperereza kugira ngo hamenyekane icyamwishe.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Nepal: Abagenzi bagera kuri 72 batikiriye mu mpanuka y’indege
Indege itwaye abantu 72 yahanutse hafi y’ikibuga cy’indege hagati muri Nepal yica abagenzi bagera kuri 68 kugeza ubu bamaze kuboneka, nk’uko abategetsi babivuga.
Indege ya Yeti Airlines yari ivuye ku murwa mukuru!-->!-->!-->!-->!-->…
Kigali: Abaturage barishimira Igabanuka ry’igwingira mu bana ku rugero rwa 13%
Abatuye Umujyi wa Kigali baravuga ko mu gihe hasigaye umwaka umwe ngo bagere ku cyerekezo cy’igihugu cya 2024 giteganya ko igwingira mu bana ryaba ryavuye kuri 32% rikagera kuri 19%, bashyize imbaraga mu bukangurambaga no guhanga!-->!-->!-->…
Kayonza: Umugabo yiyahuje umuti buhagiza amatungo nyuma y’uko atawe n’umugore we
Mu Murenge wa Gahini mu Karere ka Kayonza, haravugwa inkuru y’umugabo ukekwaho kwiyahura nyuma yuko atawe n’umugore we babanaga batarasezerana.
Uyu mugabo w’imyaka 24 arakekwaho kwiyahura akoresheje umuti wica udukoko wifashishwa mu!-->!-->!-->!-->!-->…