Browsing Category
Ubuzima
Bugesera: Meya yagaragaje ibintu by’ingenzi biva mu gukora neza kw’abamotari
Umuyobozi w’Akarere ka Bugesera Mutabazi Richard yagaragaje ko gukora neza umwuga wo gutwara abagenzi kuri moto bifite inyungu nyinshi zirimo kurinda ubuzima bw’abantu no gufasha inzego z’imutekano gufata abakora ibyaha bifashisha!-->!-->!-->…
Polisi yafashe umugabo afite imitwe 5 y’intare mu modoka
Umugabo wo muri Zimbabwe yatawe muri yombi nyuma y’uko abapolisi bamufatanye imitwe y’intare eshanu zifite agaciro ka 100.000 by’amadolari.
Abapolisi bo muri Zimbabwe mu ishami ryitwa Flora na Fauna bagize icyo bakora nyuma yo!-->!-->!-->!-->!-->…
Umukinnyi yapfiriye mu mwiherero ubwo biteguraga umukino
Rutahizamu w’ikipe y’igihugu y’abagore ya Zambia, Norni Betani yitabye Imana mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu Tariki ya 21 Gashyantare 2024, azize indwara ya Malaria nk’uko bitangazwa n’Umunyamabanga mukuru w’Ishyirahamwe ry’Umupira!-->!-->!-->…
Bugesera: Abantu batatu bagwiriwe n’ikirombe umwe avanwamo akiri muzima
Abagabo batatu umwe w'imyaka 15 n'undi w'imyaka 17 n'uwa 20 bo mu Murenge wa Rweru mu Kagari ka Batima mu karere ka Bugesera bagwiriwe n’ikirombe, umwe abasha kuvanwamo ari muzima nyuma y'uko binjiye imbere mu kirombe bagiye gucukura!-->!-->!-->…
Rwamagana: Umusore ahitanywe ni ikidendezi gicukurwamo ibumba
Umusore w’imyaka 18 y’amavuko witwa Kuramba Desire wo mu Kagari ka Nyarukombe,Umurenge wa Muyumbu mu Karere ka Rwamagana, yapfiriye mu kidendezi cy’ahahoze hacukurirwa ibumba ryo kubumba amatafari ahiye.
Ahagana saa kumi z’umugorobo!-->!-->!-->!-->!-->…
Hamas yasubije ku cyifuzo cy’agahenge muri Gaza
Hamas ivuga ko yatanze igisubizo cyayo ku cyifuzo cyuko haba akandi gahenge muri Gaza.
Ibikubiye muri icyo cyifuzo - byatanzwe na Israel, Amerika, Qatar na Misiri - ntibyatangajwe.
Mbere byari byatangajwe ko kizaba kirimo!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyagatare: Polisi yataye muri yombi umugabo wasambayanga akana ke k’agakobwa k’imyaka…
Polisi ikorera mu Karere ka Nyagatare yataye muri yombi umugabo bivugwa ko yasambanyaga akana ke k'agakobwa k'imyaka itatu y'amavuko.
Ku wa 4 Gashyantare 2024 nibwo hamenyekanye amakuru ko uwo mugabo asambanya umwana w’umukobwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Chile: Inkongi y’umuriro ikomeye cyane yishe abarenga 100 abandi barakomereka
Inkongi y’umuriro ikomeye yibasiye agace k’ubukerarugendo muri Chili ka Valparaiso, gaherereye hagati muri icyo gihugu, yica abantu 122, kandi imibare ishobora gukomeza kwiyongera nk’uko byatangajwe n’ubuyobozi.
Ni inkongi yaturutse!-->!-->!-->!-->!-->…
Bugesera: Meya yibukije urubyiruko ko aribo mbaraga z’igihugu arusaba kururinda
Umuyobozi w'Akarere ka Bugesera Mutabazi Richard, yasabye urubyiruko kuzirikana igihugu cyabo cy'u Rwanda bakarukorera nk'abana barwo ndetse bakanarurinda mu gihe byaba ngombwa kuko ari bo mbaraga z'igihugu kandi bafite imyaka myinshi!-->!-->!-->…
Kayonza: Abacuruzi b’inyama barataka igihombo kubera gufungirwa ibagiro
Bamwe mu bacuruzi b’inyama bo mu mujyi wa Kayonza babarizwa muri Mukarange Boucher Cooperative bavuga ko kuba ibagiro rya Gasogororo bakoreshaga ryarafunze, bibagiraho ingaruka zo kujya gukoresha amabagiro yo mu Karere ka Rwamagana no!-->!-->!-->…
Rusizi: RIB yataye muri yombi abasore 2 biyemerera kwica umumotari bagamije kwiba moto ye.
Hakizimana Jackson w’imyaka 19 ukora akazi ko kwahirira inka mu rugo ruri ahitwa ku Ngoro, mu Mudugudu wa Mibilizi, Akagari ka Karemereye, Umurenge wa Gashonga mu Karere ka Rusizi yatawe muri yombi akekwaho kwica umumotari wari!-->!-->!-->…
Tanzania: Yatewe amabuye arinda apfa nyuma y’uko nawe yishe umugore we na nyirabukwe
Abaturage bo mu mujyi wa Dodoma baherutse kwiha ubutabera bica umugabo witwa Festo wari umaze kwica umugore we na nyirabukwe wari waje kubasura.
Mu gihugu cya Tanzaniya mu Karere ka Dodoma mu mukowa wa Seguchini-Nala haravugwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Hamenyekanye amazina y’Abasirikare ba Amerika baherutse kwicirwa muri Yorodaniya
Leta Zunze ubumwe za Amerika zashyize hanze amazina y'abasirikare batatu baherutse kwicirwa muri Jordani mu gitero cya drone
Leta ya Amerika yasohoye amazina ya ba basirikare bayo baherutse kwicirwa mu gitero cy'indege itagira!-->!-->!-->!-->!-->…
Hamenyekanye impamvu munyamakuru wa Radio Flash yatawe muri yombi
Umunyamakuru wa Radio/TV Flash ukorera mu Ntara y’Amajyaruguru yatawe muri yombi nk’uko amakuru yagiye hanze ku munsi w’ejo abitangaza.
Amakuru avuga ko ku wa Gatanu tariki ya 26 Mutarama 2024 yatawe muri yombi, afatiwe mu Karere ka!-->!-->!-->!-->!-->…
Umuhungu wa Pasiteri Ezra Mpyisi yasobanuye iby’urupfu rwe
Umuhungu mukuru wa Pasiteri Ezra Mpyisi, Gerald Mpyisi, yatangaje ko Se yitabye Imana nyuma y’iminsi myinshi arwaye, gusa ko urupfu rwe rudakwiriye kurangwa n’amarira ahubwo abantu bakwiriye kwishimira ibikorwa yakoze ku Isi.
!-->!-->!-->!-->!-->…