Browsing Category
Ubuzima
Gakenke: Abagore 2 biyemereye ko aribo baroze umwana w’imyaka 6 bamurogeye muri supadipe
Abagore babiri bo mu Murenge wa Kamubuga mu Karere ka Gakenke, biyemereye ko baba ari bo babaye intandaro y’urupfu rw’umwana w’umukobwa, nyuma yo kumuha ibihumanya(uburozi) babishyize mu byo yarimo anywa.
Uwo mwana w’umukobwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Zahara wari umaze kumenyekana cyane muri muzika yitabye Imana ku myaka 36
Bulelwa Mkutukana wamamaye ku izina rya Zahara, umuhanzi wa Afro-pop wo muri Afurika y’Epfo yapfuye, nk’uko byatangajwe na minisitiri w’umuco w’iki gihugu.
Zahara yari amaze iminsi mu bitaro, bivugwa ko yari arwaye umwijima, kandi!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyamasheke: Abantu babairi bagwiriweho n’ikirombe bahita bapfa
Abagabo babiri bo mu karere ka Nyamasheke, bapfuye bagwiriweho n'ikirombe cyacukurwagamo amabuye y'agaciro.
Mu Karere ka Nyamasheke, mu Murenge wa Ruharambuga, kuri uyu wa mbere taliki ya 11 ukuboza 2023 haravugwa inkuru y'abagabo!-->!-->!-->!-->!-->…
Gatsibo: Umwalimu witwa Nsabimana akurikiranyweho gusambanya umunyeshuri we
Mu Karere ka Gatsibo haravugwa inkuru y'umwalimu uherutse gutabwa muri yombi kubea gukekwaho gusambanya umwana w'umunyeshuri yari asanzwe yigisha.
Mu Karere ka Gatsibo, mu murenge wa Gasange, haravugwa inkuru y'umwarimu witwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Turukiya irashinjwa gukingira ikibaba umuhungu wa perezida uherutse kwica umuntu
Bamwe mu batavuga rumwe n'ubutegetsi buriho muri Somaliya, baravuga ko umuhungu wa perezida w'icyo gihugu aherutse kugonga umuntu arapfa ariko guverinoma ikamukingira ikibaba.
Ikinyamakuru Aljazeera gitangaza ko abatavuga rumwe na!-->!-->!-->!-->!-->…
Huye: Byamenyekanye ko Anastase uherutse gufatwa acuriza inyama z’imbwa afite ikibazo cyo mu…
Bwana Anastase utuye mu Karere ka Huye uherutse gufatwa ari gucuruza inyama z'imbwa ngo asanzwe arwaye mu mutwe.
Umuvandimwe wa Anastase Kubwimana w’i Huye, uherutse kuvugwaho kudandaza inyama z’imbwa mu isoko, akaba yarahise afatwa na!-->!-->!-->…
Kayonza: Hari imirenge itatu yashyizwe mu kato kubera indwara y’uburenge mu matungo
Ikigo cy'igihugu gishinzwe ubuhinzi n'ubworozi RAB cyashyize mu kato imirenge igera kuri itatu yo mu Karere ka Kayonza yashyizwe mu kato kubera ikibazo cy'indwara y'uburenge yibasiye amatungo muri iyo mirenge.
Kuri uyu wa kane!-->!-->!-->!-->!-->…
Kamonyi: Umukozi wo mu rugo yafunzwe akekwaho gucengeza igitsina cye mu kanwa k’umwana
Ubuyobozi bw’akarere ka Kamonyi buremeza ko hari umusore washyikirijwe RIB wakoraga akazi ko mu rugo ushinjwa gusambanya mu kanwa umwana w’umuhungu w’imyaka itanu.
TV1 dukesha iyi nkuru ivuga ko, uyu yatawe muri yombi nyuma y’aho!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyabugogo: Habonetse imibiri irenga 15 y’abishwe muri Jenoside
Mu mudugudu w’Umutekano, Akagari ka Nyabugogo mu Murenge wa Muhima mu Mujyi wa Kigali, habonetse imibiri irenga 15 y’abishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, yatabwe mu nkengero z’umuhanda werekeza kuri gare ya Nyabugogo,!-->!-->!-->…
Abikorera na RURA bikoreye ibendera ry’icyasha
Ubushakashatsi bushya bugaragaza igipimo cya ruswa ntoya mu Rwanda (RBI) bwagaragaje ko Urwego rw’Abikorera n’Urwego rw’Igihugu rushinzwe kugenzura imikorere y’inzego zimwe z’imirimo ifitiye Igihugu akamaro (RURA) ari zo zaje imbere mu!-->…
Tayari ikipe ya Kiyovu Sport imaze kurega Juvenal muri RIB
Umuryango wa Kiyovu sports Association wamaze kurega Bwana Mvukiyehe Juvenal wari umuyobozi wa Kiyovu Sports Company mu rwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB imushinja ubujura, ubuhemu no kwihesha ikintu cy’undi.
Mu ibaruwa!-->!-->!-->!-->!-->…
RIB yemeje ko yataye muri yombi Bwana Hillary wayoboraga Sunrise FC
Urwego rw'ubugenzacyaha mu Rwanda RIB rumaze kwemeza ko uwitwa Hillary Hodali yatawe muri yombi kubera ibyo akurikiranyweho birimo kunyereza umutungo wa koperative yayoboraga.
Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwafunze Umuyobozi wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyagatare: Urubyiruko ntirukozwa ibyo kwipimisha SIDA
Rumwe mu rubyiruko mu Karere ka Nyagatare ntirukozwa ibyo kwipimisha SIDA keretse gusa iyo habaye impamvu zirimo kubaka urugo cyangwa uburwayi.
Imibare ya Minisiteri y’Ubuzima igaragaza ko 3% by’abanyarwanda bari hagati y’imyaka 15!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyabihu: Bamwe mu bayobozi barashinjwa gutiza umurindi ihohoterwa
Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango Dr Valentine Uwamariya, yagaragarije Abayobozi mu nzego z’ibanze uhereye ku rwego rw’Umudugudu mu Karere ka Nyabihu, ko guhishira ihohoterwa rishingiye ku gitsina n’abagira!-->!-->!-->…
India: Ababyeyi bazengerejwe n’ideni ry’ubukode bica abana babo, nabo bariyahura
Hari umuryango bivugwa ko wiyahuye nyuma yo kwica abana babo batatu bikaba bikekwa ko babikoze kubera ideni ry'ubukode ryari rimaze igihe ryarabazengereje.
Mu gihugu cy'Ubuhinde mu gace ka Sadashinvanagar haravugwa inkuru!-->!-->!-->!-->!-->…