Browsing Category
Ubuzima
Rubavu: Abantu 3 nibo bamaze kumenyekana ko baguye mu mpanuka y’ikamyo yagonze coaster ya…
Abantu batatu baguye mu mpanuka ikomeye ikomeye yabereye i Rubavu ubwo ikamyo bivugwa ko yabuze feri maze igonga coaster itwara abagenzi.
Mu Karere ka Rubavu habereye impanuka ikomeye mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri taliki ya 2 kanama!-->!-->!-->…
Rusizi: Abantu 4 bakurikiranyweho gutwika Pariki ya Nyungwe
Mu Murenge wa Bweyeye mu Karere ka Rusizi, abantu bane bakurikiranyweho icyaha cyo gutwika Pariki y’Igihugu ya Nyungwe.
Mu ntangiriro z’iki cyumweru nibwo muri iyi Pariki ku ruhande rw’umurenge wa Bweyeye mu Karere ka Rusizi hagaragaye!-->!-->!-->…
DRC: MONUSCO yahakanye amakuru yavugaga ko yarashe abigaragambya
Uhagarariye ingabo z'umuryango w'abibumbye MONUSCO yateye utwatsi amakuru yavugaga ko abasirikare ba MONUSCO barashe ku baturage bigaragambya.
Kuva kuri uyu wa mbere taliki ya 25 Nyakanga 2022 abaturage bo mu mujyi wa Goma muri!-->!-->!-->…
Kayonza: Umugabo arakekwaho gusambanya umwana w’umuhungu
Mu Kagari ka Cyinzovu mu Murenge wa Kabarondo mu Karere ka Kayonza, haravugwa umugabo w’imyaka 38 ukekwaho gusambanya umwana w’umuhungu bari bajyanye kuvoma ubundi bavuyeyo bageze mu ishyamba amukubita umutego wa rugondihene agwa hasi!-->…
Nyuma y’imyaka 4 abanyamakuru ba Iwacu TV bari bamaze bafunze basabiwe gufungwa imyaka 22
Hashize imyaka hafi ine abanyamakuru bakorerega umuyoboro wa Youtube witwa Iwacu TV bafunzwe bakurikiranyweho ibyaha bifitanye isano no gutangaza amakuru agamije guteza imvururu muri rubanda no kwangisha u Rwanda ibihugu by’amahanga.
!-->!-->!-->…
RBC yamaze impungenge abagabo batinya kuboneza urubyaro bya burundu kuko nta ngaruka bibamo
RBC ivuga ko abagabo babarirwa mu 3,856 gusa ari bo baboneje urubyaro kugera mu 2021 barakoresheje uburyo bwo kwifungisha burundu, nk’uko bitangazwa n’Ikigo cy’igihugu cyita ku Buzima (RBC), bagashishikarizwa gukomeza kwitabira ubwo buryo!-->…
Kamonyi: Nyandwi arasaba ubutabera nyuma yo gukatwa igitsina na bagenzi ariko bakaba batarafungwa
Nyandwi wo mu Murenge wa Nyarubaka, mu Karere ka Kamonyi, arasaba ubutabera nyuma y’aho akaswe igitsina n’abagabo bivugwa ko basangiraga, ariko kugeza ubu bakaba batarahanwa.
Asobanurira umunyamakuru wa Radio/TV1, yavuze ko ibi byabaye!-->!-->!-->…
Rutikanga wemezaga ko ariwe wazanye umukino w’iteramakofi mu Rwanda yaraye yitabye Imana
Bwana Rutikanga Ferdinand wemezaga ko ariwe wazanye umukino w'iteramakofi mu Rwanda biravugwa ko yaraye yitabye Imana.
Rutikanga Ferdinand wamenyekanye cyane ku bitangazamakuru byinshi bitandukanye bya hano mu Rwanda kubera uburyo!-->!-->!-->…
Perezida Kagame yahawe impeta y’ishimwe ry’uko yimakaje Igifaransa
Ku wa Gatandatu taliki ya 9 Nyakanga, ni bwo Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yakiriye abayobozi b’Inteko zishinga Amategeko zo mu Muryango w’Ibihugu bikoresha ururimi rw’Igifaransa (APF) bitabiriye Inteko Rusange ya 47 imaze!-->…
Espagne: Urukiko rwategetse gusuzuma icyishe Eduardo dos Santos wahoze ari Perezida wa Angola
Urukiko rw'i Barcelona muri Espagne rwatanze uruhushya rwo gukora isuzuma ku murambo wa José Eduardo dos Santos wahoze ari Perezida wa Angola, kugira ngo hamenyekane icyamwishe.
Ku wa gatanu ni bwo yapfiriye muri uwo mujyi, aho yari!-->!-->!-->…
Itangazo rya Ntakuvugwaneza usaba uburenganzira bwo guhinduza amazina
Uwitwa NTAKUVUGWANEZA Thomas d'Aquin mwene Nturanyenabo na Mukamiburo utuye mu Ntara y'Iburengerazuba, mu Karere ka Rutsiro, Umurenge wa Ruhango, akagari ka Nyakarera, umudugudu wa Kayove yanditse asaba uburenganzira bwo guhinduza amazina!-->…
Minisiteri y’ubuzima yahagaritse abamamaza ibikorwa by’ubuvuzi
Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yasohoye itangazo ribuza kwamamaza ibikorwa byose by’ubuvuzi mu gihe baba batabiherwe uburenganzira n’iyo Minisiteri.
MINISANTE ishingiye ku mabwiriza ya Minisitiri No 20/0004 yo ku wa 09/01/2019, abuza!-->!-->!-->…
José Eduardo dos Santos wayoboye Angola yitabye Imana ku myaka 79
José Eduardo dos Santos wabaye Perezida wa Angola mu gihe cy’imyaka 37, akaba yaravuye ku butegetsi mu 2018, yitabye Imana ku myaka 79 aguye mu ivuriro ryo mu Mujyi wa Bercelone muri Espagne, aho yari ari mu bitaro nyuma yo kugira ikibazo!-->…
Musanze: Claver warindaga ibiro by’akagari ka Cyuve bamusanze yapfuye, birakekwa ko yanizwe
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki 8 Nyakanga 2022, ku Biro by’Akagari ka Kabeza mu Murenge wa Cyuve mu Karere ka Musanze, hagaragaye umurambo w’Umusaza witwa Ndangurura Claver w’imyaka 60 y’amavuko wari uzwi ku izina rya Barata!-->…
Japan: Uwabaye minisitiri w’intebe waraye arasiwe mu muhanda amaze kwitaba Imana
Shinzo Abe wabaye Minisitiri w’Intebe w’u Buyapani, warashwe ari gutambutsa imbwirwaruhame agahita ajyanwa mu Bitaro igitaraganya, yapfuye.
Ikigo cy’Igihugu cy’Itangazamakuru mu Buyapani, cyatangaje Shinzo Abe w’imyaka 67 y’amavuko,!-->!-->!-->…