Browsing Category
Ubuzima
Abantu ibihumbi 19 bapfa buri munsi bazize inzara, Afrika irahururizwa.
Imiryango irenga 200 yatabarije isi kubera ikibazo cy'inzara aho abarenga ibihumbi 19 bahitanwa n'inzara buri munsi, umugabane wa Afrika uza ku isonga.
Kuwa 20 Nzeri 2022, I new York muri Leta zunze ubumwe za Amerika ubwo!-->!-->!-->!-->!-->…
Ubushinjacyaha bwasabiye Bwana BAMPORIKI igifungo cy’imyaka 20 n’ihazabu ya miliyoni 100
Edouard Bamporiki wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco, yitabye Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge, kuri uyu wa Gatatu tariki 21 Nzeri 2022, aburanishwa ku cyaha cyo gusaba no kwakira indonke, ashinjwa!-->!-->!-->…
Ubuzima: Dore ibintu 5 kandi byoroshye byagufasha kwirinda kanseri
Kanseri ni imwe mu ndwara zihitana abantu benshi ku isi by’umwihariko mu bihugu bikennye, gusa abantu benshi usanga batazi icyo bakora kugira ngo bagabanye ibyago byo kuyandura, nyamara hari ibintu byoroshye ushobora gukora maze!-->!-->!-->…
Gicumbi: Umugabo w’imyaka 52 yiyahuriye mu kigega asiga avuze ko azize umugore wamuhozaga ku…
Umugabo w'imyaka 52 yaraye yiyahuriye mu kigega cy'amazi asiga yanditse urwandiko avuga ko yabikoze kubera ko umugore we yanze kumubababrira akamuhoza ku nkeke.
Umugabo uri mu kigero cy'imyaka 52 y'amavuko wo mudugudu wa Runyinya,!-->!-->!-->!-->!-->…
Umuvandimwe wa Paul Pogba yatawe muri yombi akekwaho kumucurira imigambi y’ubwambuzi
Inzego z’ubutabera zo mu Bufaransa zataye muri yombi abantu bane, bakekwaho uruhare mu mugambi w’ubwambuzi bwakorewe Paul Pogba, ukinira ikipe y’igihugu y’u Bufaransa na Juventus yo mu Butaliyani.
Mu iperereza rimaze iminsi rikorwa,!-->!-->!-->!-->!-->…
Gicumbi: Umugabo w’imyaka 35 n’umukobwa we baraye bakubiswe n’inkuba barapfa
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri tariki 13 Nzeri, mu murenge wa Kaniga, akagari ka Gatoma mu mudugudu wa Rugarama muri Gicumbi, inkuba yakubise umugabo w’imyaka 35 n’umwana we w’umukobwa w’imyaka umunani, bitaba Imana.
Iyi nkuba!-->!-->!-->!-->!-->…
Kayonza: Umugore ukekwaho guhora ahondagura umugabo we akanamuraza hanze yatawe muri yombi.
Umugore w’imyaka 55 utuye mu Murenge wa Murama mu Karere ka Kayonza, yatawe muri yombi azira guhoza ku nkeke umugabo we bashakanye aho yamukubitaga, akamaraza hanze ndetse akanamwima ibiryo.
Uyu mugore yatawe muri yombi kuri uyu wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Leta yaringanije ikiguzi cy’uburezi hakumirwa ibigo byishyuzaga amafaranga y’umurengera
Minisiteri y’Uburezi yagiranye ikiganiro n’abanyamakuru cyagarutse ku mabwiriza ajyanye n’uruhare rw’ababyeyi mu burezi bw’abanyeshuri biga mu mashuri y’incuke, abanza n’ayisumbuye ya Leta n’akorana na Leta ku bw’amasezerano azatangira!-->!-->!-->…
Abanyarwanda 3 bafungiwe i Burundi bazira kugura ibishyimbo bagashaka kubyambutsa mu Rwanda
Umuyobozi wa Komini ya Kayanza yemeje ko hari Abanyarwanda batatu batawe muri yombi kuri kino cyumweru bakaba bashinjwa gushaka kwambutsa ibishyimbo mu Rwanda mu buryo butemewe n'amategeko.
Abanyarwanda bagera kuri batatu barafashwe!-->!-->!-->…
Tanzaniya: Leta yateye utwatsi icyifuzo cy’abagorowa basabaga guhabwa uburenganzira bwo gutera…
Leta ya Tanzaniya yateye utwatsi ibyifuzo y'abagororwa basabaga ko bagomba guhabwa uburenganzira bwo gutera akabariro n'abo bashakanye n'ubwo bwose bafunzwe.
Leta ya Tanzaniya ibinyujije mu ijwi ry'uhagarariye urwego rw'amagereza!-->!-->!-->!-->!-->…
Brazil: Umubyeyi w’imyaka 19 yabyaye abana b’impanga badahuje ba se
Mu gihugu cya Brazil haravugwa inkuru y'umubyeyi uri mu kigero cy'imyaka 19 y'amavuko yabyaye abana babiri b'impanga ariko abo bana bakaba badahuje ba se.
Hari igihe umunyamakuru afata ikaramu ye akandika cyangwa se akaba yavuga,!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyaruguru: Hatangijwe gahunda y’ukwezi kwahariwe Gusoma no Kwandika
Muri Werurwe 2022 ku bufanye bw’ Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Uburezi bw’Ibanze “REB” n’Ikigo Mpuzamahanga cy’Abanyamerika cyita ku Iterambere “USAID” ni bwo hatangijwe imishinga ibiri “Tunoze Gusoma” na “Uburezi!-->!-->!-->…
U Rwanda rwifatanije n’andi mahanga mu kunamira umwamikazi Elizabeti uherutse gutanga
Kuva i Toronto muri Canada, i Sydney muri Australia, i Pretoria muri Afurika y’Epfo kugera i Kigali mu Rwanda, amabendera yururukijwe mu rwego rwo kwifatanya n’u Bwongereza mu kunamira Umwamikazi Elizabeth II watanze.
Inkuru y’akababaro!-->!-->!-->…
Gambia: Leta yahaye gasopo abakecuru b’Abongereza bajyaga baza muri icyo gihugu gushaka…
Leta y'igihugu cya Gambiya yagaye gasopo abagore bageze mu zabukuru b'abazungu bajyaga baza muri icyo gihugu bazanwe no gushaka abasore b'abapfubuzi.
Guverinoma y'igihugu cya Gambiya yihanangirije abakecuru b'abazungu abenshi!-->!-->!-->!-->!-->…
Dosiye y’ukurikiranyweho kubeshya Perezida yashykirijwe ubushinjacyaha
Dosiye ya Muhizi Anatole ku cyaha cyo gutesha agaciro icyemezo cy’inzego z’ubutabera n’icyo gukoresha inyandiko mpimbano ahuriyeho na Rutagengwa Jean Léon na Nibigira Alphonsine (umugore wa Rutagengwa) yagejejwe mu Bushinjacyaha ku wa 5!-->…