Browsing Category
Ubuzima
Nzega: Yubikiriye se, aramutemagura akoresheje umuhoro kugeza apfuye.
Umwana w'umusore w'imyaka 25 y'amavuko yubikiriye ise mu masaha y'ikigoroba aramutemagura kugeza ashizemo umwuka.
Umusore witwa Michael Jacobo ufite imyaka 25 y'amavuko utuye mu gihugu cya Tanzaniya ahitwa Tabora mu gace ka Nzega!-->!-->!-->!-->!-->…
Akarere ka NYAMAGABE niko kayoboye mu kugira abagabo benshi badasiramuye
Mu Rwanda Akarere ka Nyamagabe niko Karere kayoboye utundi twose mu kugira umubare munini w'abagabo badasiramuye.
Mu gihe bamwe bafata igikorwa cyo gusiramurwa nk'isuku, ndetse bumwe mu bushakashatsi bwagaragaje ko hari mahirwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Umuyobozi muri College Maranatha yakubise umunyeshuli amumena ingoma y’ugutwi
Mu kigo cy'amashuli cya College Maranatha umuyobozi ushinzwe imyitwarire y'abanyeshuri (Animateur) ari mu maboko y'urwego rw'igihugu rw'ubugenzacyaha RIB nyuma yo gukubita umunyeshuli akamumena ingoma y'amatwi(Tympa).
Mu Karere ka!-->!-->!-->!-->!-->…
Kenya: Udukingirizo n’inzitiramubu byaburiwe irengero mu kitwa uburiganya
Ibihumbi by’udukingirizo, inzitiramibu, n’imiti y’igituntu bifite agaciro k’amadorari ibihumbi 100( arenga 100,000,000Rwf) bivugwa ko byaburiwe irengero mu nzu byari bibitsemo yakoreragamo ikigo cya Kenya gishinzwe gukwirakwiza!-->!-->!-->…
Namibia yakuyeho kwambara agapfukamunwa nk’itegeko
Perezida wa Namibia Hage Gaingob yatangaje ko kwambara agapfukamunwa ahahurira abantu benshi bitazongera kuba itegeko.
Bwana Geingob yanavuze ko abagenzi bakingiwe binjra mu gihugu batazongera gusabwa icyangombwa cy’uko bipimishije!-->!-->!-->!-->!-->…
Uganda: Umusirikare waherukaga gutoroka igisirikare yiyahuje umugozi arapfa
Umwe mu basirikare ba Uganda witwa John Bakambera wari waratorotse igisirikare yiyahuye ‘arapfa’ aguye iwe ahitwa Rushongati, muri Kicumbi, mu Gace kitwa Kamuganguzi.
Amakuru atangwa na ChimpReports avuga ko uriya mugabo yari!-->!-->!-->!-->!-->…
China: Covid-19 yubuye umutwe, uduce tumwe twashyizwe muri “gumumarugo”
Mu Bushinwa, Covid 19 yongeye kubura umutwe. Umubare w'abandura Covid 19 mu wikubye kabiri kuri uyu wa kabiri mu gihe iki gihugu gikomeje guhangana n'iki cyorezo kimaze imyaka ibiri
Akanama gashinzwe ubuzima mu Bushinwa katangaje ko!-->!-->!-->!-->!-->…
Umunyamakuru MC Hero yasezeranye imbere y’amategeko, Meya amusaba kuzagira urugo rwubakiye ku…
Umunyamakuru akaba n'umushyushyarugamba uzwi cyane ku kazina ka MC HERO yasezeranye imbere y'amategeko n'umufasha we Ruth, meya w'Akarere amusabira umugisha ndetse asaba bombi kuzubakira ku Mana nk'umusingi.
Umunyamakuru akaba!-->!-->!-->!-->!-->…
Mozambique: 12 nibo bamaze guhitanwa n’umuyaga wiswe GOMBE
Abantu bagera kuri 12 nibo bivugwa ko bamaze guhitanwa n'umuyaga wiswe gombe mu gihugu cya Mozambique
Umuyaga uvanze n'imvura nyinshi wanyuze mu gihugu cya Mozambique muri iki cyumweru gishize biravugwa ko wasize uhitanye abagera!-->!-->!-->!-->!-->…
Musanze: Babiri bahitanywe n’impanuka y’imodoka yabishe ibasanze mu rugo
Imodoka yo mu bwoko bwa Daihatsu yakoze impanuka ku mugoroba wo ku Cyumweru tariki 13 Werurwe 2022, abantu babiri bahasiga ubuzima ako kanya.
Ibi byabereye mu Mudugudu wa Yorodani, Akagari ka Cyabararika, Umurenge wa Muhoza Akarere!-->!-->!-->!-->!-->…
Rupiah Banda wigeze kuyobora Zambiya yitabye Imana ku myaka 85 y’amavuko.
Rupiah BANDA wigeze kuyobora igihugu cya Zambia mu gihe cy'imyaka ine yaraye yitabye Imana azize indwara ya kanseri.
Rupiah Bwezani Banda wabaye perezida wa kane w'igihugu cya Zambiya mu gihe cy'imyaka ine yaraye yitabye Imana azize!-->!-->!-->!-->!-->…
Umugabo wumunyamerika wahawe umutima w’ingurube yapfuye nyuma y’amezi abiri
Muganga yise uyu mugabo witwa David Bennett 'umurwayi wintwari kandi wicyubahiro' nyuma y'uko yemeye kuba uwa mbere uhaw umutima w'ingurube yahinduriwe uturemangingo
Mu mwaka ushize,abarenga ibihumbi mirongo ine na kimwe nibo!-->!-->!-->!-->!-->…
Minisitiri Dr Nsabimana yasobanuriye Abadepite ibyadindije umushinga wa “Biogaz”
Minisitiri w’Ibikorwa Remezo Dr Nsabimana Ernest yasobanurire mu magambo Inteko Ishinga Amategeko Umutwe w’Abadepite ibyadindije umushinga wa “Biogaz” agaragaza ko harimo kuba inyigo yawo itarateguwe neza.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Karongi: Abanyeshuri 8 bagwiriwe n’ishuli bajyanwa mu bitaro.
Imvura nyinshi ivanzemo n'umuyaga yashenye amashuli agwira abana umunani bajyanwa kwa muganga.
Imvura nyinshi ivanze n’umuyaga yaguye kuri uyu wa Gatatu tariki ya 09 Werurwe 2020 mu Murenge wa Bwishyura mu Karere ka Karongi yasenye!-->!-->!-->!-->!-->…
Muhoozi Kainerugaba yatangaje ko asezeye mu gisirikare.
Gen Muhoozi Kainerugaba umuhungu wa Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda yatangaje ko asezeye mu gisirikare.
Abicishije mu butumwa yashyize kuri twitter yagize ati ” Nyuma y’imyaka 28 ndi mu kazi mu gisirikare gifite!-->!-->!-->!-->!-->…