Browsing Category
Ubuzima
Rugira J.Claude wigaga muri IPRC Karongi yarohamye mu Kivu arapfa
Rugira Jean Claude, umunyeshuri w’imyaka 23 wigaga mu Ishuri Rikuru ry’Imyuga n’ubumenyingiro rya IPRC Karongi yitabye Imana nyuma yo kurohama mu Kiyaga cya Kivu ubwo yari yajyanye na bagenzi be koga.
Byabereye mu Murenge wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Kigali: Yafatanywe amavuta ya mukorogo afite agaciro k’arenga ibihumbi 200
Polisi y'u Rwanda ishami rishinzwe kurwanya magendu n'ibindi byaha (ASOC), kuri uyu wa mbere tariki ya 09 Gicurasi, ryafashe umugabo witwa Iyakaremye Primien ukurikiranyweho gukwirakwiza amavuta yangiza uruhu azwi nka mukorogo.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Hibutswe inzirakarengane zirenga 400 ziciwe ahitwa ku ibumbiro
Mu Karere ka Nyanza mu Murenge wa Kibirizi ahitwa ku Ibambiro, kuri iki cyumweru taliki ya 8 Gicurasi 2022 habereye umuhango wo Kwibuka ku nshuro ya 28 Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka w'i1994, hibukwa urupfu rw’agashinyaguro!-->!-->!-->…
Abimukira 44 bifuzaga kujya i Burayi barohamye mu mazi baburirwa irengero.
Abimukira hafi 44 baburiwe irengero igihe ubwato barimo bwibize mu mazi ku nkombe z’amazi muri Sahara y’uburengerazuba kuri iki cyumweru.
Ishyirahamwe ry’abagiraneza rifite icyicaro muri Esupanye, Caminando Fronteras ni ryo!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Abaturage barenga 50 bishwe batemaguwe abandi bararaswa
Abasivile barenga 50 bishwe barashwe abandi batemaguwe n'inyeshyamba ku cyumweru mu gace ka Mabilindeyi muri teritwari ya Djugu, Intara ya Ituri, nk'uko umukuru wa sosiyete sivile yaho abivuga.
Mu gihugu cya Repubulika iharanira!-->!-->!-->!-->!-->…
Kamonyi: Imiryango 180 yahembwe ingurube kubera kwita ku bidukikije
Imiryango 180 y’abaturage batishoboye mu Karere ka Kamonyi bafashe neza ibikorwa byo kurwanya ubutayu mu gice cy’Amayaga bahembwe amatungo magufi agizwe n’ingurube.
Abahawe amatungo bahamya ko isuri ikunze kwibasira ubutaka bwabo,!-->!-->!-->!-->!-->…
Rusizi: Umusaza w’imyaka 74 yimanitse ku mugozi arapfa
Umusaza uri mu kigero cy'imyaka 74 bamusanze yimanitse ku mugozi yashizemo umwuka, bikaba bikekwa ko yaba yiyahuye.
Mu Karere ka Rusizi haravugwa amakuru y'umusaza uri mu kigero cy'imyaka 74 yasanzwe mu mugozi yapfuye bikavugwa ko!-->!-->!-->!-->!-->…
Wa mukobwa wakusanyirizwaga inkunga yo kuvuzwa yahitanywe na cancer
Uwingabire Chantal wari umaze iminsi ari gukusanyirizwa inkunga y’amafaranga yo kujya kwivuza mu mahanga, yitabye Imana mu gihe byavugwaga ko iyi nkunga yari imaze kuboneka.
Uwingabire Chantal yakunze kugaragara ku mafoto yagiye!-->!-->!-->!-->!-->…
Rutsiro: Babiri baraye barohamye mu Kivu bahasiga ubuzima
Impanuka y’ubwato yabereye mu Karere ka Rutsiro yaguyemo abaturage babiri mu gihe abandi batatu baburirwa irengero, naho abarokotse bakaba barimo kwitabwaho n’abaganga.
Iyo mpanuka yabereye mu Murenge wa Boneza, Akagari ka Remera,!-->!-->!-->!-->!-->…
Ubushinwa: Batangiye gufunga amashuli kubera Covid-19
Nyuma ya Shanghai, umujyi wa Pékin ni wo watahiwe kwitwararika kubera Omicron. Kuva icyumweru cyatangira, miliyoni 22 z’abahatuye byabaye ngombwa ko bipimisha COVID-19. Ku wa Gatatu, habaruwe abantu 48 banduye. Ibyo byari bihagije!-->!-->!-->…
Urukiko rutesheje agaciro ubujurire bwa Ndimbati
Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwemeje ko Uwihoreye Jean Bosco uzwi nka Ndimbati akomeza gufungwa by’agateganyo nkuko byemejwe n’Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge.
Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwasomye iki cyemezo ku!-->!-->!-->!-->!-->…
Kigali: Umukecuru w’imyaka 90 arasabwa gukurirwaho imisoro ku butaka y’arenga miliyoni 4
Umukecuru witwa Kankundiye Catherine utuye mu mudugudu wa Nyabyunyu mu kagali ka Karama mu murenge wa Kanombe urasabirwa n’abana be ndetse n’abaturanyi ko yakurirwaho umusoro w’ubukode bw’ubutaka ungana na miliyoni enye!-->!-->!-->…
Kamonyi: Hibutswe abatutsi basaga 35,000 bishwe bigizwemo uruhare rw’Abarundi
Mu Karere ka Kamonyi ahitwa ku Mugina buri taliki 26, Mata, 2022 bibuka Abatutsi biciwe muri kariya gace cyane cyane abiciwe muri Kiliziya y’aho. Umwe mu baharokokeye witwa Marcel Rutagarama yabwiye Taarifa natwe dukesha iyi nkuru ko!-->!-->!-->…
Nyamasheke: Abantu 7 baherutse kwicwa n’ibiza bashyinguwe
Abatuye mu bice by'imisozi ihanamye mu karere ka Nyamasheke, basabye ubuyobozi kubafasha kuva mu manegeka mu buryo bwihuse nyuma y'aho bikomeje kugaragara ko aho batuye harimo gushyira ubuzima bwabo mu kaga ndetse bamwe bakahasiga!-->!-->!-->…
Ndimbati yagarutse mu rukiko asaba ko yarekurwa akajya kwita ku mpanga yabyaranye…
Bwana Uwihoreye uzwi nka Ndimbati yongeye yitaba urukiko uyu munsi asaba ko yarekurwa akajya kwita ku bana b'impanga yabyaranye n'umugore witwa Fildaus wamufungishije.
Kuri uyu wa mbere taliki ya 25 Mata 2022, Bwana UWIHOREYE!-->!-->!-->!-->!-->…