Browsing Category
Ubuzima
Indege yagombaga kuzana abimukira mu Rwanda yahagaritswe ku munota wa nyuma
Indege yagombaga kurara izanye abimukira mu Rwanda ibavanye mu Bwongereza yasubitse urugendo bitunguranye.
Kuri uyu wa gatatu taliki ya 15 Kamena 2022 nibwo icyiciro cya mbere cy'abimukira bagombaga kugezwa mu Rwanda bavuye mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Abafite ubumuga bw’uruhu barasaba kudahezwa
Bamwe mu bafite ubumuga bw’uruhu mu Karere ka Rubavu barasaba kudahezwa mu muryango nyarwanda, bakagaya abakibikora kuko nabo bavutse nk’abandi.
Ibi aba bafite ubumuga babigarutseho mu muhango wo kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga!-->!-->!-->!-->!-->…
Papa yisenguye ku Bankongomani nyuma yo gusubika uruzinduko yari ahafite
Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Francis, yasabye imbabazi abaturage bo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na Sudani y’Epfo kubera ingendo yagombaga gukorera muri ibi bihugu ariko akaza kuzisubika kubera uburwayi.!-->!-->!-->…
Ruhango: Umusore yafatiwe mu cyuho ari gusambanya inka yaragiraga.
Umusore wo mu Kagari ka Kabuhanda mu Murenge wa Bweramana, Akarere ka Ruhango, yaguwe gitumo ari gusambanya inka yaragiraga.
Abaturage bo muri aka gace babwiye BTN dukesha iyi nkuru ko batunguwe n’uburyo uyu mushumba yafatiwe mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Kagame yakiriye Portia na Ellen bafunguye ikigo cyita ku ngagi mu Rwanda
Kuri uyu wa Gatatu, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yakiriye muri Village Urugwiro, Umuherwe Ellen DeGeneres n’umufasha we Portia de Rossi bari mu Rwanda aho batashye ku mugaragaro Ikigo cy’Ubushakashatsi ku kubungabunga ingagi mu!-->!-->!-->…
Major Nsanzimana wa FDLR yaguye mu mirwano yo guhashya M23
Nsanzimana Innocent uzwi nka Major Yefuta muri FDLR yaraye arashwe n’ingabo za M23 mu mirwano yabaye mu ijoro rishyira kuri uyu wa Kabiri yahuje ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) n’inyeshyamba za M23.
!-->!-->!-->!-->…
Pierre Nkurunziza umaze imyaka 2 yitabye Imana yari muntu ki?
Perezida Pierre Nkurunziza yavutse ku ya 18 ukuboza mu 1964, yatabarutse ku ya 8 kamena 2020.Yabaye perezida w’uburundi kuva mu 2005 kugeza mu wa 2020. Ni umuperezida wa cyenda wategetse repubulika y’u Burundi.Pierre Nkurunziza yari mu!-->!-->!-->…
Ubucucike mu magereza yo mu Rwanda gikomeje gutera ibibazo
Umuyobozi w’Impuzamiryango Iharanira Uburenganzira bwa Muntu (CLADHO), Dr Emmanuel Safari, avuga ko kuba n’abakora ibyaha byoroheje bafungwa, biri mu bituma ubucucike mu magereza yo mu Rwanda bukomeza kwiyongera.
Komisiyo y’Igihugu!-->!-->!-->!-->!-->…
Rubavu: Bafatanywe amacupa ibihumbi 72 by’amavuta ya mukorogo
Ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe kurwanya Magendu n’ibindi byaha mu Karere ka Rubavu, ryafashe abantu batatu bakurikiranyweho gukora ubucuruzi bwa magendu nyuma yo gufatanwa imodoka yo mu bwoko bwa Fuso ifite ibirango!-->!-->!-->…
Canada yanze kwakira BICAMUMPAKA ari muzima, yemeye kumwakira ari umurambo
Leta ya Canada yari yaranze kwakira Jérôme Bicamumpaka wabaye Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane muri Leta yiyise iy’Abatabazi, yemeye kwakira umurambo we nyuma y’ibyumweru bitatu apfiriye muri Kenya.
Uyu Jérôme Bicamumpaka!-->!-->!-->…
Urukiko rwanzuye ko Prince Kid aburana afunzwe
Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwanzuye ko Bwana Prince Kid azakomeza gufungwa
Kuri iki gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 3 Kamena 2022 ,nibwo Ishimwe Dieudonne uzwi nka Prince Kid Umuyobozi mukuru w’ikigo Rwanda!-->!-->!-->!-->!-->…
Covid-19 yubuye umutwe, haraye handuye abantu 55
Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Kane tariki 02 Kamena 2022 mu Rwanda habonetse abantu 55 banduye Covid-19, bakaba babonetse mu bipimo 5,622. Abo bantu 55 barimo 28 babonetse i Kigali, abantu 10 babonetse i Gicumbi,!-->!-->!-->…
Avis d’appel d’offre d’un Psycho-clinicien à Trauma Help Rwanda (THR).
Trauma Help Rwanda (THR) voudrait recruter un(e) candidat(e) de taille, remplissant les conditions suivantes pour son projet “Prévention et traitement de traumatisme psychologique dans les Centres de Santés et dans les écoles secondaires!-->…
Nyanza: Abanyeshuri 2 ba Kavumu TVET School barakekwaho kwiba za mudasobwa
Abanyeshuri babiri biga mu kigo cy'ishuli cya Kavumu TVET school mu Karere ka Nyanza bari mu maboko y'ubugenzacyaha RIB, barakekwaho kwiba mudasobwa z'ikigo bigamo.
Guhera kuri uyu wa mbere taliki ya 23 Gicurasi 2022 Abanyeshuri!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Umunyeshuri yakubise umutwe hasi avuye ku izamu ry’ikibuga cy’umupira ahita apfa
Umunyeshuri wari mu myitozo hamwe n'abandi yaguye mu kibuga aashiramo umwuka arapfa.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa mbere taliki ya 23 Gicurasi 2022 mu Karere ka Nyanza, mu murenge wa Kigoma haravugwa amakuru y'umwana w'umunyeshuri!-->!-->!-->!-->!-->…