Browsing Category
Umutekano
Kigali: Umumotari yasanzwe mu gashyamba yapfuye, moto ye ntawayitwaye
Umugabo uri mu Kigero cy’imyaka 35 wari usanzwe akora akazi ko gutwara abantu kuri Moto yasanzwe mu muhanda yapfuye, moto iri iruhande rwe. Bikekwa ko yishwe n’abagizi ba nabi.
UMUSEKE dukesha iyi nkuru wamenye amakuru ko byabereye!-->!-->!-->!-->!-->…
Kimisagara: Bwana Issa yakubise umusumari mu mutwe mugenzi we kubera ko yanze kumusengerera
Umugabo witwa Issa yakubise mugenzi we umusumari mu mutwe nyuma y'uko uyu yanze kumusengerera inzoga ya 300frs.
Mu murenge wa Kimisagara mu Karere ka Gasabo ho mu mujyi wa Kigali, haravugwa inkuru y'umugabo witwa Issa watawe muri!-->!-->!-->!-->!-->…
Kayonza: Umugabo w’imyaka 37 yatawe muri yombi, akurikiranyweho icyaha cyo gusambanya umwana…
Umugabo w’imyaka 37 wo mu Karere ka Kayonza mu Murenge wa Nyamirama, yatawe muri yombi nyuma yo gukekwaho gusambanya umwana w’umugore we ariko batabyaranye ufite imyaka 11.
Uyu mugabo yatawe muri yombi mu mpera z’icyumweru gishize!-->!-->!-->!-->!-->…
Benin imaze igihe izengerezwa n’ibyihebe yasabye u Rwanda ubufasha bwo guhangana n’icyo…
Leta ya Benin yatangiye ibiganiro na Guverinoma y’u Rwanda, bigamije gusaba inkunga y’ibikoresho n’ubunararibonye mu guhangana n’ibyihebe bigendera ku matwara ya Kiyisilamu bimaze gushing ibirindiro mu majyaruguru y’Igihugu.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Umusirikare wa Angola warashe umucuruzi w’umukongomani nawe yarashwe arapfa.
Abasirikare ba Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo barashe Umusirikare wa Angola wari umaze kwica umunyekongo ucuruza magendu imbunda ye bayinjiza muri RDC.
Ni gikorwa cyabereye mu gace ka Cambinza kari hafi!-->!-->!-->!-->!-->…
Rulindo: Umukecuru Nyirabahutu aratabariza umusaza we avuga ko yaburiye muri Gereza ya Miyove
Umukecuru witwa Nyirabahutu aravuga ko iminsi igiye kuba itanu yarabuze umugabo we amuburira muri gereza ya Miyove.
Umukecuru witwa Niyirabahutu Belancille utuye mu Karere ka Rulindo, Umurenge wa Miyove, aravuga ko iminsi igiye kuba!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Ajida Bihira wa FDLR yaciwe umutwe na bagenzi be bamushinja ubugambanyi
Ajida Bihira wari umukozi mu bitaro bya FDLR yakatiwe urwo gupfa nyuma yaho basanze yaravuganaga na Gen.Jeva wa FLN, icyo gihano yagihawe n’urukiko rwa FDLR/FOCA ahita yicwa.
Ni amakuru yamenyekanye mu rukerera rwo kuri uyu wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Huye: hamenyekanye icyatumye abagabo 4 bica batemaguye umusaza w’imyaka 68
Abagabo bane bakekwaho kwica umusaza w’imyaka 68 y’amavuko wo mu Murenge wa Ruhashya mu Karere ka Huye, mu ibazwa ryabo bavuze ko bamuhoye kuba ari we waroze ababyeyi babo bagapfa inkurikirane.
Dosiye y’ikirego kiregwamo aba bagabo!-->!-->!-->…
Rusizi: Abantu 3 batawe muri yombi nyuma yo gufatanwa 32kg z’urumogi bahishije mu mifuko ya…
Polisi y’ u Rwanda, ishami rishinzwe kurwanya abanyereza imisoro (RPU) mu Karere ka Rusizi ryafashe abantu batatu ku Cyumweru, taliki ya 28 Kanama, batwaye urumogi ibilo 22 mu modoka yari itwaye sima.
Abafashwe ni uwitwa Rusungu Maula!-->!-->!-->…
Batatu barimo umukozi wa RRA bafashwe bahererekanya imodoka mu buryo bw’uburiganya
Ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe kurwanya abanyereza imisoro (RPU) ryafashe abantu batatu, bakurikiranyweho kugerageza gukora ihererekanyamutungo (mutation) w’imodoka mu buryo bw’uburiganya.
Harimo umukozi w’ikigo cy’Igihugu!-->!-->!-->!-->!-->…
Gicumbi: Umuyobozi w’ishuri akurikiranyweho icyaha cyo gusambanya umwana amubeshya ko…
Umuyobozi w’Ishuri wo mu Murenge wa Mutete mu Karere ka Gicumbi, akurikiranyweho gusambanya umwana w’umukobwa warangije mu cyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye, amwizeza ko azamuhesha amanota menshi mu kizaminzi cya Leta.
Uyu murezi!-->!-->!-->…
DRC: Gen. MAKANAKI John wo muri Mai-Mai yavuze ko hagiye kongera gutegurwa ibikorwa byibasira…
Gen Makanaki John Kasimbira umwe mu bayobozi b’umutwe wa Mai Mai, yatangaje ko agiye gutangiza ibitero ku banyamulenge n’Abandi batutsi yita ko bakomotse mu Rwanda.
Ubutumwa bw’amashusho bwuzuye urwango bwacicikaye ku mbuga nkoranyamba!-->!-->!-->…
Babiri bafatanywe udupfunyika 2000 tw’urumogi ku bufatanye bwa Polisi n’abaturage
Polisi y’u Rwanda mu bikorwa bitandukanye yafashe abantu batatu, bafite ikiyobyabwenge cy’urumogi rupima ibiro 8 n’udupfunyika twarwo 2000, mu bikorwa bitandukanye byakorewe mu turere twa Nyabihu na Rubavu.
CIP Mucyo Rukundo, ushinzwe!-->!-->!-->…
DRC: Abanyeshuri batsinzwe ikizamini cya Leta bigabije ikigo bigagaho baragisenya bikomeye
Itsinda ry’abanyeshuri bigaga mu ishuri ryisumbuye ryo muri Komini ya Kanshi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ryagiye gusenya ikigo barangirijeho kubera umujinya wo gutsindwa mu kizamini cya Leta.
Iri tsinda ry’Abanyeshuri!-->!-->!-->…
Inzego z’umutekano zirahigisha uruhindu Felix na Gahamanyi kubera ibyaha bakekwaho
Urwego rw'igihugu rw'ubugenzacyaha RIB ruri guhigisha uruhindu abagabo babiri kubera ibyaha bitandukanye bano bagabo bakekwaho.
Urwego rw’Igihugu rushinzwe Ubugenzacyaha (RIB), rurashakisha uwitwa Ngabo Felix bakunze kwita Bagabo,!-->!-->!-->!-->!-->…