Browsing Category
Umutekano
DRC: Gen. MAKANAKI John wo muri Mai-Mai yavuze ko hagiye kongera gutegurwa ibikorwa byibasira…
Gen Makanaki John Kasimbira umwe mu bayobozi b’umutwe wa Mai Mai, yatangaje ko agiye gutangiza ibitero ku banyamulenge n’Abandi batutsi yita ko bakomotse mu Rwanda.
Ubutumwa bw’amashusho bwuzuye urwango bwacicikaye ku mbuga nkoranyamba!-->!-->!-->…
Babiri bafatanywe udupfunyika 2000 tw’urumogi ku bufatanye bwa Polisi n’abaturage
Polisi y’u Rwanda mu bikorwa bitandukanye yafashe abantu batatu, bafite ikiyobyabwenge cy’urumogi rupima ibiro 8 n’udupfunyika twarwo 2000, mu bikorwa bitandukanye byakorewe mu turere twa Nyabihu na Rubavu.
CIP Mucyo Rukundo, ushinzwe!-->!-->!-->…
DRC: Abanyeshuri batsinzwe ikizamini cya Leta bigabije ikigo bigagaho baragisenya bikomeye
Itsinda ry’abanyeshuri bigaga mu ishuri ryisumbuye ryo muri Komini ya Kanshi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ryagiye gusenya ikigo barangirijeho kubera umujinya wo gutsindwa mu kizamini cya Leta.
Iri tsinda ry’Abanyeshuri!-->!-->!-->…
Inzego z’umutekano zirahigisha uruhindu Felix na Gahamanyi kubera ibyaha bakekwaho
Urwego rw'igihugu rw'ubugenzacyaha RIB ruri guhigisha uruhindu abagabo babiri kubera ibyaha bitandukanye bano bagabo bakekwaho.
Urwego rw’Igihugu rushinzwe Ubugenzacyaha (RIB), rurashakisha uwitwa Ngabo Felix bakunze kwita Bagabo,!-->!-->!-->!-->!-->…
Karongi: Abantu 8 bakekwaho kwica Musenyeri bamutaye mu rwobo rwa WC batawe muri yombi
Ntasoni Innocent bahimbaga Musenyeri kubera indeshyo n'ibigango bye, yasanzwe mu mwobo w'umusarane yapfuye.
Umugabo witwa Ntasoni Innocent wari uzwi ku kabyiniriro ka Musenyeri wari utuye mu mudugudu wa Nyagisozi mu kagari ka Mataba,!-->!-->!-->…
RUSIZI: Hafashwe ucyekwaho gukwirakwiza ibihumbi 98 by’amafaranga y’u Rwanda y’amiganano
Ku wa Gatatu tariki 17 Kanama, Polisi y’u Rwanda mu Karere ka Rusizi yafashe umugabo ucyekwaho gukwirakwiza amafaranga y’amiganano mu baturage angana n’ibihumbi 98 by’amafaranga y’u Rwanda.
Uwafashwe ni uwitwa Byumvuhore Phenias ufite!-->!-->!-->…
Gasabo: Umugabo yiciwe muri butike yacururizagamo, birakekwa ko yishwe n’uwari umukozi we
Mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatatu, umuturage wo mu Karere ka Gasabo mu Mujyi wa Kigali yasanzwe mu nzu yacururizagamo yishwe, bikekwa ko byagizwemo uruhare n’uwari umukozi we.
Ubu bugizi bwa nabi bwabaye mu ijoro, mu Mudugudu wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Rutsiro : Umusaza afunganye n’abahungu be batatu akekwaho kwica umuhungu wa mwene nyina
Mu karere ka Rutsiro gaherereye mu ntara y’Iburengerazuba umugabo n’abahungu be batatu batawe muri yombi bakekwaho kugira uruhare mu rupfu rw’umusore wo mu muryango wabo.
Uyu musore w’imyaka 40 ngo yasanzwe ku muhanda yapfuye,!-->!-->!-->!-->!-->…
Burundi: Perezida Evariste yirukanye abacamanza bagera kuri 40 bose abaziza ruswa
Perezida Evariste NDAYISHIMIYE w'u Burundi yakuye mu kazi anirukana abakozi bagera kuri 40 bo mu rwego rw'ubutabera abaziza ibikorwa bijyanye na ruswa.
Amakuru dukesha byinshi mu binyamakuru byandikirwa muri icyo gihugu aravuga ko!-->!-->!-->…
Umukozi w’Ikigo gishinzwe Imiturire n’uwa UR batawe muri yombi bakurikiranyweho kwakira ruswa
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwafunze umukozi w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Imiturire, RHA, na mugenzi we wakoraga muri Kaminuza y’u Rwanda,UR, bakurikiranyweho kwakira ruswa.
Aba bakozi babiri bafunganywe n’undi wakoraga!-->!-->!-->…
Nyanza: Umupolisi n’abanyerondo bari bagiye gusaka inzoga z’ibikwangali bakubiswe…
Kuri iki cyumweru gishize umupolisi n'abanyerondo babiri bari bagiye gusaka inzoga z'ibikwagali basagariwe n'abaturage barabakubita bikomeye.
Ku cyumweru taliki ya 7 Kanama 2022, mu Karere ka Nyanza, mu Murenge wa Busasamana ho mu!-->!-->!-->…
DRC: Abitwaje ibirwanisho bateye gereza babohoza abagororwa barenga 800
Abarwanyi bivugwa ko ari bo mu mutwe wa ADF bateye gereza ya Kakwangura i Butembo muri Kivu y’Amajyaruguru, babohoza abagororwa bagera kuri 874 .
Kuri uyu wa gatatu taliki ya 10 Kanama 2022 muri Repubulika Iharanira demokarasi ya Congo!-->!-->!-->…
Ingabo z’u Burundi zifatanije n’imbonerakure zigaruriye agace ka Birimba muri DR Congo
Ingabo z'u Burundi ziravugwa ku butaka bwa Repubulika iharanira demokarasi ya Congo aho zishobora kuba zamaze kwigarurira agace ka Birimba kari indiri z'abarwanya ubutegetsi bw'u Burundi zizwi nka RED TABARA.
Ingabo z'igihugu!-->!-->!-->…
Undi musirikare wa DRC yarasiwe ku butaka bw’u Rwanda akurikiranye intama abana baragiye ngo…
Umusirikare wo mu ngabo za Repulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yarasiwe ku butaka bw’u Rwanda nyuma yo kubukandagiraho ubwo yirukankanaga abana ashaka kubambura intama bari baragiye.
Uyu musirikare yarasiwe ku butaka bw’u Rwanda ku!-->!-->!-->…
Mozambique: RDF yagize uruhare mu kubohora abagera kuri 600 bari barafashwe bugwate
Kuva muri Mata uyu mwaka, inzego z’umutekano z’u Rwanda zifatanyije n’Ingabo za Mozambique hamwe n’iza SADC, zimaze gusenya ibirindiro by’ibyihebe mu bice bya Catupa mu Karere ka Macomia, kamwe mu tugize Intara ya Cabo Delgado.
!-->!-->!-->…