Browsing Category
Umutekano
Kicukiro: Ari guhigwa bukware nyuma gusambanya umukobwa we
Inzego z'umutekano ziri guhiga bukware umugabo ukurikiranyweho gusambanya umwana we w'umukobwa.
Inzego z'umutekano mu mujyi wa Kigali ziri gushakisha umugabo uzwi ku izina rya Ibrahim KABERA wo mu mujyi wa Kigali mu Karere ka!-->!-->!-->!-->!-->…
Ruhango: Yagerageje kwica umugore we byanze yica umwana nawe yiha uburozi arapfa
Mu Karere ka Ruhango haravugwa inkuru y'umugabo wiyahuye akoresheje umuti wica isazi nyuma y'aho agerageje kwica umugore we akoresheje agafuni, ariko byanze asiga anize umwana we kugeza apfuye.
Umugabo witwa Bonaventure utuye Mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Zambia: Leta yahakanye ko icyo gihugu gigiye gucumbikira ingabo z’amahanga
Perezida Hakainde Hichilema yatangaje ko nta birindiro by’ingabo z’ikindi gihugu biri ku butaka bwa Zambia, bitandukanye n’ibikomeje kugarukwaho n’abanyapolitiki batavuga rumwe n’ubutegetsi.
Mu butumwa yanyujije kuri Twitter kuri!-->!-->!-->!-->!-->…
Ubushinjacyaha bwashyikirijwe dosiye ya Prince Kid, araregwa ibyaha 3
Nyuma y'iminsi atawe muri yombi kubera ibikorwa bijyanye no gusambanya abakobwa bitabiriye amarushanwa ya nyampinga, kuri ubu RIB yatangaje ko yamaze gushyikiriza dosiye ya Prince Kid ubugenzacyaha.
Urwego rw’Igihugu!-->!-->!-->!-->!-->…
Rubavu: Polisi yagaruje igikapu cy’umuzungu cyari cyibwe kirimo arenga miliyoni
Abagabo babiri bakekwaho kwiba igikapu cy’Umunyamerikakazi wari uri mu bikorwa by’ubukerarugendo mu Karere ka Rubavu, bafashwe, naho uyu munyamahanga we asubizwa igikapu cye cyari kibwe kirimo ibintu bifite agaciro ka Milimiyoni 1,3!-->!-->!-->…
Kamonyi: Umurezi wakubise umwana akamukomeretsa yatawe muri yombi
Polisi yu Rwanda yatangaje ko wa murezi wo ku kigo cya Saint Ignace ku Kamonyi wakubise umwana w'umunyeshuri akamukomeretsa yatawe muri yombi.
Nyuma y'aho kuri uyu wa mbere hagaragaye amashusho y'umwana w'umukobwa wiga ku kigo!-->!-->!-->!-->!-->…
Kirehe: Nosenti wakwirakwizaga inoti z’impimbano yatawe muri yombi
Polisi y'u Rwanda ikorera mu Karere ka Kirehe yataye muri Yombi umugabo witwa Innocent bivugwa ko yakwirakwizaga inoti mpimbano.
Mu bikorwa biherutse gukorwa na Polisi y'u Rwanda mu Karere ka Kirehe ku wa gatatu, tariki ya 27 Mata,!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Yatawe muri yombi azira gukwirakwiza ingengabitekerezo ya jenoside
Mu mudugudu wa Kimiyumbu mu Kagari ka Nyabinyenga, mu Murenge wa Cyabakamyi mu Karere ka Nyanza, haravugwa umugabo watawe muri yombi akekwaho kuvuga amagambo y’ingengabitekerezo ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Kuri Station ya!-->!-->!-->!-->!-->…
Suede yohereje MICO ukekwaho uruhare muri jenoside yakorewe abatutsi
Mu rukerera rwo kuri uyu wa 27 Mata 2022 nibwo Jean Paul Micomyiza uzwi nka Mico yagejejwe ku kibuga mpuzamahanga cya Kigali avuye muri Suède.
Ubushinjacyaha bw’u Rwanda bukaba bumukurikiranyeho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe!-->!-->!-->!-->!-->…
Karasira Aimable ugiye kumara umwaka afunze, arashinja Leta kumukorera iyicarubozo
Bwana Karasira Aimable uvuga ko ari impirimbanyi y'uburenganzira bwa muntu n'umunyapolitiki, aravuga ko we na bagenzi be bafungiwe ahantu habi kandi ko bakorerwa iyicarubozo.
Kuri uyu wa mbere taliki ya 25 Mata 2022 nibwo hari!-->!-->!-->!-->!-->…
Sadate yahamijwe icyaha akatirwa igifungo cy’imyaka itanu
Wa muyobozi w'umusigiti (Imam) uherutse kwica ingurube ayiziza ko yanyuze hafi y'umusigiti yahamijwe icyaha akatirwa igifungo cy'imyaka itanu.
Ku italiki ya 12 Gashyantare uno mwaka wa 2022 nibwo umuyobozi w'umusigiti (Omam) wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Huye: Umugabo yicishije agafuni umugore we wari utwite amuziza ibihumbi 10
Umugabo wo mu Karere ka Huye yatawe muri yombi nyuma kwica umugore wari utwite, akamwica akoresheje agafuni yamutikuye mu mutwe, bikavugwa ko yamujijije amafranga ibihumbi 10.
Mu karere ka Huye, mu murenge wa Kigoma, mu Kagali ka!-->!-->!-->!-->!-->…
Huye: abajura bibye mudasobwa z’ikigo cy’ishuri mu buryo budasobanutse
Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatandatu abajura bikinze ijoro basenya idirishya maze biba mudasobwa 32 z'ikigo cy'ishuri
Mu ijoro ryo kuwa gatandatu taliki ya 23 Mata 2022, mu Karere ka Huye, mu Murenge wa Ruhashya, abantu kugeza ubu!-->!-->!-->!-->!-->…
Kigali: Yafatiwe mu cyuho ari kwiba mu nzu y’inyama yakoresheje urufunguzo rw’urucurano
Polisi y'u Rwanda yavuze ko yamaze gufata no guta muri yombi umugabo witwa Tuyisenge nyuma yaho yinjiye muri boucherie akoresheje urufunguzo rw'urucurano akiba amafranga.
Kuri uyu wa gatandatu w'icyumweru gishize hari taliki ya 23!-->!-->!-->!-->!-->…
Karongi: Mwalimu Kanani yafatiwe mu cyuho ari kugurisha ibitabo by’ishuri
Umwalimu witwa Kanani Vincent benshi bita Papa Cyangwe yafatiwe mu cyuho ari kugurisha ibitabo byo ku kigo asanzwe yigishamo.(Photo: Igihe.com)
Ku wa gatanu w'icyumweru gishize taliki ya 22 Mata 2022, mu Karere ka Karongi urwego!-->!-->!-->!-->!-->…