Browsing Category
Umutekano
Nyanza: Yatemye umugore we akaboko, akomeretsa n’umwana we bikomeye
Umugabo wo mu Murenge wa Kigoma mu Karere ka Nyanza, yakomerekeje umugore we bikomeye aho bivugwa ko yamuciye akaboko, akomeretsa umwana mu mutwe, ndetse atema mu mugongo inka yari iri mu rugo.
Umunyamabanga Nshingwabikorwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Polisi yahaye gasopo abamotari bakora bahisha pulake
Polisi y’u Rwanda yihanangirije abakora umwuga wo gutwara abagenzi kuri moto bahisha ibirango bya moto bakoresha, bagamije kwica amategeko n’amabwiriza agenga imikoreshereze y'umuhanda, inabibutsa ko yashyize imbaraga mu bikorwa!-->!-->!-->…
Rwamagana: Gasangwa yafatanywe perimi y’indyogo
Kuri uyu wa Kane Tariki ya 12 Gicurasi, Polisi y'u Rwanda ishami rishinzwe gutanga impushya zo gutwara ibinyabiziga, ryafashe umugabo witwa Gasangwa Faustin w'imyaka 31, afite uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga!-->!-->!-->…
Ruhango: Babangamiwe n’abanyerondo babakubita bakabakuramo amenyo
Hari abaturage bavuga ko babangamiwe n'abanyerondo babangamiwe n'Abanyerondo babakubita bakabakuramo amenyo.
Hari abaturage bo mu Karere Ruhango, mu Murenge wa Ruhango ho mu Kagali ka Bunyogombe bavuga ko babangamiwe cyane!-->!-->!-->!-->!-->…
Rwamagana: Babiri batawe muri yombi bagerageza guha ruswa umupolisi
Polisi y’u Rwanda, Ishami rishinzwe gutanga Ibizamini by’impushya zo gutwara Ibinyabiziga, ryafatiye abagabo babiri mu Karere ka Rwamagana, barimo umukandida ku kizamini cy’uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga mu cyiciro cya ‘B’!-->!-->!-->…
Prince yitabye urukiko amenyeshwa ibyaha 3 ashinjwa
Kuri uyu wa Gatatu, Ishimwe Dieudonné wamenyekanye nka Prince Kid wateguraga amarushanwa y’ubwiza ya Nyampinga w’u Rwanda (Miss Rwanda), yagejejwe imbere y’Urukiko rw’Ibanze rwa Kagarama mu Karere ka Kicukiro.
Uyu musore w’imyaka 36!-->!-->!-->!-->!-->…
Huye: Umugabo w’imyaka 55 yiyemereye ko yasambanije umwana w’imyaka 7 ngo ni Amadayimoni…
Umugabo w’imyaka 55 y’amavuko wo mu Karere ka Huye ukurikiranyweho gusambanya umwana w’umukobwa w’imyaka irindwi y’amavuko, yemera iki cyaha, akavuga ko yabitewe n’amadayimoni ndetse na Primus 2 yari amaze kunywa.
Ubushinjacyaha!-->!-->!-->!-->!-->…
Gitifu yatawe muri yombi, akekwaho gusambanya umwana w’umunyeshuri
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi uwari Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa kamwe mu Tugari two mu Murenge wa Minazi mu Karere ka Gakenke, ukekwaho gusambanya umwana w’umukobwa.
Uyu muyobozi witwa Bangankira!-->!-->!-->!-->!-->…
Pasitoro yakatiwe gufungwa burundu nyuma yo guhamwa icyaha cyo gusambanya abana b’impanga
Ku wa gatatu, tariki ya 4 Gicurasi, umucamanza Abiola Soladoye muri Leta ya Lagos, muri Nijeriya, yakatiye Pasiteri Michael Oliseh igifungo cya burundu azira gusambanya abakobwa b’impanga b’imyaka 12 b’umukunzi we.
Mu rubanza rwe,!-->!-->!-->!-->!-->…
Kicukiro: Ari guhigwa bukware nyuma gusambanya umukobwa we
Inzego z'umutekano ziri guhiga bukware umugabo ukurikiranyweho gusambanya umwana we w'umukobwa.
Inzego z'umutekano mu mujyi wa Kigali ziri gushakisha umugabo uzwi ku izina rya Ibrahim KABERA wo mu mujyi wa Kigali mu Karere ka!-->!-->!-->!-->!-->…
Ruhango: Yagerageje kwica umugore we byanze yica umwana nawe yiha uburozi arapfa
Mu Karere ka Ruhango haravugwa inkuru y'umugabo wiyahuye akoresheje umuti wica isazi nyuma y'aho agerageje kwica umugore we akoresheje agafuni, ariko byanze asiga anize umwana we kugeza apfuye.
Umugabo witwa Bonaventure utuye Mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Zambia: Leta yahakanye ko icyo gihugu gigiye gucumbikira ingabo z’amahanga
Perezida Hakainde Hichilema yatangaje ko nta birindiro by’ingabo z’ikindi gihugu biri ku butaka bwa Zambia, bitandukanye n’ibikomeje kugarukwaho n’abanyapolitiki batavuga rumwe n’ubutegetsi.
Mu butumwa yanyujije kuri Twitter kuri!-->!-->!-->!-->!-->…
Ubushinjacyaha bwashyikirijwe dosiye ya Prince Kid, araregwa ibyaha 3
Nyuma y'iminsi atawe muri yombi kubera ibikorwa bijyanye no gusambanya abakobwa bitabiriye amarushanwa ya nyampinga, kuri ubu RIB yatangaje ko yamaze gushyikiriza dosiye ya Prince Kid ubugenzacyaha.
Urwego rw’Igihugu!-->!-->!-->!-->!-->…
Rubavu: Polisi yagaruje igikapu cy’umuzungu cyari cyibwe kirimo arenga miliyoni
Abagabo babiri bakekwaho kwiba igikapu cy’Umunyamerikakazi wari uri mu bikorwa by’ubukerarugendo mu Karere ka Rubavu, bafashwe, naho uyu munyamahanga we asubizwa igikapu cye cyari kibwe kirimo ibintu bifite agaciro ka Milimiyoni 1,3!-->!-->!-->…
Kamonyi: Umurezi wakubise umwana akamukomeretsa yatawe muri yombi
Polisi yu Rwanda yatangaje ko wa murezi wo ku kigo cya Saint Ignace ku Kamonyi wakubise umwana w'umunyeshuri akamukomeretsa yatawe muri yombi.
Nyuma y'aho kuri uyu wa mbere hagaragaye amashusho y'umwana w'umukobwa wiga ku kigo!-->!-->!-->!-->!-->…