Browsing Category
Umutekano
DRC: Ajida Bihira wa FDLR yaciwe umutwe na bagenzi be bamushinja ubugambanyi
Ajida Bihira wari umukozi mu bitaro bya FDLR yakatiwe urwo gupfa nyuma yaho basanze yaravuganaga na Gen.Jeva wa FLN, icyo gihano yagihawe n’urukiko rwa FDLR/FOCA ahita yicwa.
Ni amakuru yamenyekanye mu rukerera rwo kuri uyu wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Huye: hamenyekanye icyatumye abagabo 4 bica batemaguye umusaza w’imyaka 68
Abagabo bane bakekwaho kwica umusaza w’imyaka 68 y’amavuko wo mu Murenge wa Ruhashya mu Karere ka Huye, mu ibazwa ryabo bavuze ko bamuhoye kuba ari we waroze ababyeyi babo bagapfa inkurikirane.
Dosiye y’ikirego kiregwamo aba bagabo!-->!-->!-->…
Rusizi: Abantu 3 batawe muri yombi nyuma yo gufatanwa 32kg z’urumogi bahishije mu mifuko ya…
Polisi y’ u Rwanda, ishami rishinzwe kurwanya abanyereza imisoro (RPU) mu Karere ka Rusizi ryafashe abantu batatu ku Cyumweru, taliki ya 28 Kanama, batwaye urumogi ibilo 22 mu modoka yari itwaye sima.
Abafashwe ni uwitwa Rusungu Maula!-->!-->!-->…
Batatu barimo umukozi wa RRA bafashwe bahererekanya imodoka mu buryo bw’uburiganya
Ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe kurwanya abanyereza imisoro (RPU) ryafashe abantu batatu, bakurikiranyweho kugerageza gukora ihererekanyamutungo (mutation) w’imodoka mu buryo bw’uburiganya.
Harimo umukozi w’ikigo cy’Igihugu!-->!-->!-->!-->!-->…
Gicumbi: Umuyobozi w’ishuri akurikiranyweho icyaha cyo gusambanya umwana amubeshya ko…
Umuyobozi w’Ishuri wo mu Murenge wa Mutete mu Karere ka Gicumbi, akurikiranyweho gusambanya umwana w’umukobwa warangije mu cyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye, amwizeza ko azamuhesha amanota menshi mu kizaminzi cya Leta.
Uyu murezi!-->!-->!-->…
DRC: Gen. MAKANAKI John wo muri Mai-Mai yavuze ko hagiye kongera gutegurwa ibikorwa byibasira…
Gen Makanaki John Kasimbira umwe mu bayobozi b’umutwe wa Mai Mai, yatangaje ko agiye gutangiza ibitero ku banyamulenge n’Abandi batutsi yita ko bakomotse mu Rwanda.
Ubutumwa bw’amashusho bwuzuye urwango bwacicikaye ku mbuga nkoranyamba!-->!-->!-->…
Babiri bafatanywe udupfunyika 2000 tw’urumogi ku bufatanye bwa Polisi n’abaturage
Polisi y’u Rwanda mu bikorwa bitandukanye yafashe abantu batatu, bafite ikiyobyabwenge cy’urumogi rupima ibiro 8 n’udupfunyika twarwo 2000, mu bikorwa bitandukanye byakorewe mu turere twa Nyabihu na Rubavu.
CIP Mucyo Rukundo, ushinzwe!-->!-->!-->…
DRC: Abanyeshuri batsinzwe ikizamini cya Leta bigabije ikigo bigagaho baragisenya bikomeye
Itsinda ry’abanyeshuri bigaga mu ishuri ryisumbuye ryo muri Komini ya Kanshi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ryagiye gusenya ikigo barangirijeho kubera umujinya wo gutsindwa mu kizamini cya Leta.
Iri tsinda ry’Abanyeshuri!-->!-->!-->…
Inzego z’umutekano zirahigisha uruhindu Felix na Gahamanyi kubera ibyaha bakekwaho
Urwego rw'igihugu rw'ubugenzacyaha RIB ruri guhigisha uruhindu abagabo babiri kubera ibyaha bitandukanye bano bagabo bakekwaho.
Urwego rw’Igihugu rushinzwe Ubugenzacyaha (RIB), rurashakisha uwitwa Ngabo Felix bakunze kwita Bagabo,!-->!-->!-->!-->!-->…
Karongi: Abantu 8 bakekwaho kwica Musenyeri bamutaye mu rwobo rwa WC batawe muri yombi
Ntasoni Innocent bahimbaga Musenyeri kubera indeshyo n'ibigango bye, yasanzwe mu mwobo w'umusarane yapfuye.
Umugabo witwa Ntasoni Innocent wari uzwi ku kabyiniriro ka Musenyeri wari utuye mu mudugudu wa Nyagisozi mu kagari ka Mataba,!-->!-->!-->…
RUSIZI: Hafashwe ucyekwaho gukwirakwiza ibihumbi 98 by’amafaranga y’u Rwanda y’amiganano
Ku wa Gatatu tariki 17 Kanama, Polisi y’u Rwanda mu Karere ka Rusizi yafashe umugabo ucyekwaho gukwirakwiza amafaranga y’amiganano mu baturage angana n’ibihumbi 98 by’amafaranga y’u Rwanda.
Uwafashwe ni uwitwa Byumvuhore Phenias ufite!-->!-->!-->…
Gasabo: Umugabo yiciwe muri butike yacururizagamo, birakekwa ko yishwe n’uwari umukozi we
Mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatatu, umuturage wo mu Karere ka Gasabo mu Mujyi wa Kigali yasanzwe mu nzu yacururizagamo yishwe, bikekwa ko byagizwemo uruhare n’uwari umukozi we.
Ubu bugizi bwa nabi bwabaye mu ijoro, mu Mudugudu wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Rutsiro : Umusaza afunganye n’abahungu be batatu akekwaho kwica umuhungu wa mwene nyina
Mu karere ka Rutsiro gaherereye mu ntara y’Iburengerazuba umugabo n’abahungu be batatu batawe muri yombi bakekwaho kugira uruhare mu rupfu rw’umusore wo mu muryango wabo.
Uyu musore w’imyaka 40 ngo yasanzwe ku muhanda yapfuye,!-->!-->!-->!-->!-->…
Burundi: Perezida Evariste yirukanye abacamanza bagera kuri 40 bose abaziza ruswa
Perezida Evariste NDAYISHIMIYE w'u Burundi yakuye mu kazi anirukana abakozi bagera kuri 40 bo mu rwego rw'ubutabera abaziza ibikorwa bijyanye na ruswa.
Amakuru dukesha byinshi mu binyamakuru byandikirwa muri icyo gihugu aravuga ko!-->!-->!-->…
Umukozi w’Ikigo gishinzwe Imiturire n’uwa UR batawe muri yombi bakurikiranyweho kwakira ruswa
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwafunze umukozi w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Imiturire, RHA, na mugenzi we wakoraga muri Kaminuza y’u Rwanda,UR, bakurikiranyweho kwakira ruswa.
Aba bakozi babiri bafunganywe n’undi wakoraga!-->!-->!-->…