Browsing Category
Umutekano
Kicukiro: Polisi yataye muri yombi umusore wahondaguye nyina hafi kumwica
Polisi y'u Rwanda yataye muri yombi umugabo w'imyaka 30 wahohoteye nyina umubyara akamukubita hafi kumwica
Polisi y'u Rwanda ikorera mu mujyi wa Kigali akarere ka Kicukiro yatangaje ko yataye muri yombi umugabo witwa RUBAGUMYA!-->!-->!-->!-->!-->…
Hamenyekanye icyatumye RIB ita muri yombi umuhanzi Danny Nanone
Urwego rw'igihugu rw'ubugenzacyaha RIB rwemeye ko rwataye muri yombi Bwana Danny Nanone, ruvuga ko akurikiranyweho icyaha cyo gukubita no gukomeretsa.
Itabwa muri yombi rya Bwana Danny Ntakirutimana uzwi cyane muri ino mihanda nka!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Abasirikare ba FARDC baguye mu gico cy’aba M23 bamburwa intwaro abandi bafatwa mpiri
Kuri iki Cyumweru tariki ya 18 Nzeri 2022, Umutwe wa M23 wateze igico imodoka ya FARDC yari itwaye itwaro izijyanye mu mujyi ku birindiro bya FARDC mu mujyi wa Rutshuru, abasirikare ba FARDC babonye ko M23 yabateze, bahise basohoka mu!-->!-->!-->…
Ruhango: Nyuma y’amezi 8 yose yihisha RIB yataye muri yombi Rutagengwa ukekwaho gutwika…
Urwego rw’Igihugu rw’ubugenzacyaha RIB ruratangaza ko rwafashe uwitwa Rutagengwa Alexis ukekwaho gutwika imodoka y’Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Ruhango.
Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, Dr. Murangira!-->!-->!-->!-->!-->…
Kigali: Umumotari yasanzwe mu gashyamba yapfuye, moto ye ntawayitwaye
Umugabo uri mu Kigero cy’imyaka 35 wari usanzwe akora akazi ko gutwara abantu kuri Moto yasanzwe mu muhanda yapfuye, moto iri iruhande rwe. Bikekwa ko yishwe n’abagizi ba nabi.
UMUSEKE dukesha iyi nkuru wamenye amakuru ko byabereye!-->!-->!-->!-->!-->…
Kimisagara: Bwana Issa yakubise umusumari mu mutwe mugenzi we kubera ko yanze kumusengerera
Umugabo witwa Issa yakubise mugenzi we umusumari mu mutwe nyuma y'uko uyu yanze kumusengerera inzoga ya 300frs.
Mu murenge wa Kimisagara mu Karere ka Gasabo ho mu mujyi wa Kigali, haravugwa inkuru y'umugabo witwa Issa watawe muri!-->!-->!-->!-->!-->…
Kayonza: Umugabo w’imyaka 37 yatawe muri yombi, akurikiranyweho icyaha cyo gusambanya umwana…
Umugabo w’imyaka 37 wo mu Karere ka Kayonza mu Murenge wa Nyamirama, yatawe muri yombi nyuma yo gukekwaho gusambanya umwana w’umugore we ariko batabyaranye ufite imyaka 11.
Uyu mugabo yatawe muri yombi mu mpera z’icyumweru gishize!-->!-->!-->!-->!-->…
Benin imaze igihe izengerezwa n’ibyihebe yasabye u Rwanda ubufasha bwo guhangana n’icyo…
Leta ya Benin yatangiye ibiganiro na Guverinoma y’u Rwanda, bigamije gusaba inkunga y’ibikoresho n’ubunararibonye mu guhangana n’ibyihebe bigendera ku matwara ya Kiyisilamu bimaze gushing ibirindiro mu majyaruguru y’Igihugu.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Umusirikare wa Angola warashe umucuruzi w’umukongomani nawe yarashwe arapfa.
Abasirikare ba Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo barashe Umusirikare wa Angola wari umaze kwica umunyekongo ucuruza magendu imbunda ye bayinjiza muri RDC.
Ni gikorwa cyabereye mu gace ka Cambinza kari hafi!-->!-->!-->!-->!-->…
Rulindo: Umukecuru Nyirabahutu aratabariza umusaza we avuga ko yaburiye muri Gereza ya Miyove
Umukecuru witwa Nyirabahutu aravuga ko iminsi igiye kuba itanu yarabuze umugabo we amuburira muri gereza ya Miyove.
Umukecuru witwa Niyirabahutu Belancille utuye mu Karere ka Rulindo, Umurenge wa Miyove, aravuga ko iminsi igiye kuba!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Ajida Bihira wa FDLR yaciwe umutwe na bagenzi be bamushinja ubugambanyi
Ajida Bihira wari umukozi mu bitaro bya FDLR yakatiwe urwo gupfa nyuma yaho basanze yaravuganaga na Gen.Jeva wa FLN, icyo gihano yagihawe n’urukiko rwa FDLR/FOCA ahita yicwa.
Ni amakuru yamenyekanye mu rukerera rwo kuri uyu wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Huye: hamenyekanye icyatumye abagabo 4 bica batemaguye umusaza w’imyaka 68
Abagabo bane bakekwaho kwica umusaza w’imyaka 68 y’amavuko wo mu Murenge wa Ruhashya mu Karere ka Huye, mu ibazwa ryabo bavuze ko bamuhoye kuba ari we waroze ababyeyi babo bagapfa inkurikirane.
Dosiye y’ikirego kiregwamo aba bagabo!-->!-->!-->…
Rusizi: Abantu 3 batawe muri yombi nyuma yo gufatanwa 32kg z’urumogi bahishije mu mifuko ya…
Polisi y’ u Rwanda, ishami rishinzwe kurwanya abanyereza imisoro (RPU) mu Karere ka Rusizi ryafashe abantu batatu ku Cyumweru, taliki ya 28 Kanama, batwaye urumogi ibilo 22 mu modoka yari itwaye sima.
Abafashwe ni uwitwa Rusungu Maula!-->!-->!-->…
Batatu barimo umukozi wa RRA bafashwe bahererekanya imodoka mu buryo bw’uburiganya
Ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe kurwanya abanyereza imisoro (RPU) ryafashe abantu batatu, bakurikiranyweho kugerageza gukora ihererekanyamutungo (mutation) w’imodoka mu buryo bw’uburiganya.
Harimo umukozi w’ikigo cy’Igihugu!-->!-->!-->!-->!-->…
Gicumbi: Umuyobozi w’ishuri akurikiranyweho icyaha cyo gusambanya umwana amubeshya ko…
Umuyobozi w’Ishuri wo mu Murenge wa Mutete mu Karere ka Gicumbi, akurikiranyweho gusambanya umwana w’umukobwa warangije mu cyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye, amwizeza ko azamuhesha amanota menshi mu kizaminzi cya Leta.
Uyu murezi!-->!-->!-->…