Browsing Category
Umutekano
RUBAVU: Polisi yafashe uwari ifite ibisubizo bya Covid -19 bihimbano
Polisi y’u Rwanda ishami rishinzwe gutegura no gukoresha ibizamini kuri uyu wa Kabiri tariki ya 15 Werurwe ryafashe uwitwa Tuganeyezu Emmanuel ukurikiranweho guhimba ubutumwa bugufi bwerekana ko yipimishije covid-19 akaba ari muzima!-->!-->!-->…
Nyanza: Bamwe mu baturage bishimiye ifatwa ry’ukuriye DASSO mu Murenge wa Busasamana
Nyuma y'aho RIB itaye muri yombi umuyobozi wa DASSO mu Murenge wa Busasamana, bamwe mu baturage baravuga ko bashimishijwe n'icyo gikorwa kuko yari yarabajujubije abaka ruswa.
Kuri uyu wa 12 Werurwe 2022 nibwo Urwego rw'igihugu!-->!-->!-->!-->!-->…
Ubushinwa bwanyomoje amakuru yavugaga ko Uburusiya bwayisabye imusada
Repubulika ya Rubanda ya China yanyomoje amakuru yavugaga ko Uburusiya bwasabye umusada w'imbunda n'amafranga igihugu cye cy'Ubushinwa.
Nyuma y'aho kuri uyu wa mbere bimwe mu binyamakuru mpuzamahanga byakwirakwizaga inkuru zivuga ko!-->!-->!-->!-->!-->…
Gakenke: Umugabo arakekwaho kwica umugore we agahita yiyahura
Umugabo witwa Mugiraneza Innocent w’imyaka 54 wo mu mudugudu wa Rutamba, Akagari ka Rugimbu, Urenge wa Kivuruga mu Karere ka Gakenke, bamusanze amanitse mu mugozi yapfuye, nyuma y’uko bari bamaze kubona umurambo w’umugore we,!-->!-->!-->…
Rubavu: Batatu bakurikiranyweho ubujura batawe muri yombi
Polisi ikorera mu Karere ka Rubavu, kuwa gatandatu tariki ya 12 Werurwe, yafashe abagabo batatu bakekwaho kwiba ibintu bitandukanye, n'amafaranga ibihumbi 350.000Rwf by'uwitwa Masimiliano Caldato ukomoka mu gihugu cy'Ubutariyani.Kadafi!-->!-->!-->…
Rubavu: Ndaribitse yatawe muri yombi ubwo yageragezaga guha umupolisi ruswa ya 5000
Polisi y'igihugu ikorera mu Karere ka Rubavu yataye muri yombi umugabo wageregaezaga guha umupolisi ruswa y'amafranga ibihumbi 5 ubwo yamubazaga ibyangombwa byo gutwara inka.
Polisi ikorera mu Karere ka Rubavu, tariki ya 11 Werurwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyagatare: Batatu binjizaga ibiyobyabwenge mu Gihugu batawe muri yombi
Polisi ikorera mu Karere ka Nyagatare yafashe abantu batatu bari bafite urumogi ibiro 13 na Litiro 80 za kanyanga, babitwaye kuri moto babivanye mu gihugu cya Uganda bakoresheje inzira zitemewe.
Ibi byabaye kuri uyu wa Gatatu!-->!-->!-->!-->!-->…
RIB yataye muri yombi NDIMBATI ushinjwa gusambanya umwana ku gahato.
Urwego rw'igihugu rw'ubugenzacyaha RIB rwataye muri yombi Bwana Ndimbati ukirikiranyweho icyaha cyo gusambanya ku gahato umwana w'umukobwa w'imyaka 17.
Urwego rw'ubugenzacyaha mu Rwanda RIB rwatangaje ko rwataye muri yombi Bwana!-->!-->!-->!-->!-->…
Ukraine yahamagaje vuba na bwangu abasirikare bayo bari mu bindi bihugu mu butumwa bwa Loni
Perezida wa Ukraine yahamagaje abasirikare, abapolisi n’ibikoresho bari baratanze mu bikorwa byo kugarura amahoro mu bindi bihugu kugira ngo batahe bafashe igihugu cyabo cyugarijwe n’intambara kirwanamo n’u Burusiya.
Igihugu cya!-->!-->!-->!-->!-->…
Uburusiya bwatanze akandi gahenge ku baturage bahunga intambara mu mijyi ya Ukraine
Uburusiya bwongeye guhagarika ibitero kugira ngo abasivile bari mu mijyi iri kugabwaho ibitero babashe guhuga nk’uko ibitangazamakuru bya leta y’Uburusiya byabitangaje.
Ejo leta ya Ukraine yatangaje ko yashoboye guhungisha abagera!-->!-->!-->!-->!-->…
Nigeria: Abagera kuri 63 bishwe n’abitwaje intwaro
Amakuru ava mu leta ya Kebbi iri majyaruguru y’uburengerazuba bwa Nigeria avuga ko abitwaje intwaro bari kuri mapikipiki bishe abagera kuri 63 mu gace ka Zuru mu gitero cyo mu ijoro ryo ku Cyumweru.
Umuyobozi w’umudugudu wa Takita.!-->!-->!-->!-->!-->…
Rubavu: Umushoferi yafatiwe mu cyuho aha umupolisi ruswa ya 2000 Frw
Ku wa Gatandatu taliki ya 05 Werurwe 2022, Polisi ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda mu Karere ka Rubavu ryafashe umushoferi witwa Habumugisha Jean Marie Vianney ahaye ruswa y’ibihumbi 2000 umupolisi kugira ngo!-->!-->!-->…
Kigali: Umuyobozi mu Kigo cy’Igihugu cy’Amakoperative yatawe muri yombi akekwaho ruswa
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi Umugenzuzi mu Kigo cy’Igihugu Gishinzwe Iterambere ry’Amakoperative (RCA) mu Mujyi wa Kigali akurikiranyweho kwaka no kwakira ruswa ya 200.000 Frw.
Uyu muyobozi yafashwe ku!-->!-->!-->!-->!-->…
Shyorongi: Bwana Ayindemeye akurikranyweho kwiyicira umugore akoresheje isuka
Ibi byabaye mu masaha ya saa tanu z’amywa yo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 4 Werurwe 2022, mu Murenge wa Shyorongi,Akagari ka Bugaragara mu Mudugudu wa Kiziranyenzi.
Amakuru dukesha UMUSEKE uravugako amakuru nawo wahawe n’umuturanyi!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida wa Ukraine yarakariye OTAN ko yanze kubuza indege z’Uburusiya kuguruka mu kirere cya…
Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky yibasiye mu ijabo ry’uzuye uburakari Umuryango wubwirinzi w’Uburayi na Amerika OTAN/NATO ku kuba baranze gushyira mu bikorwa itegeko rikumira indege kuguru mu kirere cya Ukraine.
Umwanzuro!-->!-->!-->!-->!-->…