Browsing Category
Umutekano
Umuyobozi wa ISIS yahitanywe n’igitero kidasanzwe cya USA
Perezida wa Leta Zunze ubumwe za Amerika JOE BIDEN yemeje ko igisirikare cye cyahitanye umuyobozi wa ISIS ku itegeko rye.
Perezida Joe Biden yatangaje ko yashimishijwe cyane n'igikorwa cy'ndashyikirwa cyakozwe n'igisirikare cya!-->!-->!-->!-->!-->…
Rubavu: Polisi yafatiye mu cyuho abajura bari batoboye inzu y’umuturage bari kumwiba
Polisi ikorera mu Karere ka Rubavu mu ijoro rya tariki ya 31 Mutarama yafashe abantu batatu barimo gutobora inzu y’umuturage bibamo ibikoresho byo mu nzu, nyuma y’uko bari bamaze igihe biba abaturage kuko banafatanwe ibindi bikoresho!-->!-->!-->…
RDC: Abagera kuri 60 bishwe n’inyeshyamba mu ntara ya Ituri
Abagera kuri 60 bishwe n’inyeshyamba mu gitongo cyo kuri uyu wa gatatu tali 02 Gashyantare, mu nkambi ya Savo iri mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Kongo.
Amakuru Reuters yahawe n’abageze aho byabereye, avuga ko!-->!-->!-->!-->!-->…
Uvira: Imirambo 9 y’abasirikare b’u Burundi yatoraguwe ku musozi isubizwa mu Burundi
Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 2 Gashyantare 2022, imirambo 9 y’abasirikare b’Abarundi barimo n’abofisiye yambukijwe uruzi rwa Ruzizi ishyikirizwa ubuyobozi mu gace ka Nyamitanga ivanywe muri Teritwari ya Uvira muri Repubulika!-->!-->!-->…
Ruhango: Umunyeshuri yasambanyijwe n’umuntu atazi wamusanze mu bwiherero.
Umunyeshuri w'umukobwa yavuze ko yasambanijwe n'abantu atazi ubwo yari ari mu bwiherero ariko ubuyobozi bukabihakana.
Umunyeshuri uri mu kigero cy'imyaka 16 y'amavuko wiga mu kigo cy'amashuri yisumbuye ya Ruhango, Ecole secondaire!-->!-->!-->!-->!-->…
Ubugiriki:“Sinshobora koga”-Amagambo ya nyuma yavuzwe n’umwimukira nyuma yo gusunikwa mu nyanja…
Umwe mu bimukira yavuze ko mubyara we yarohamye mu nyanja nyuma y’uko we n’umuryango we basunitswe mu nyanja n’Umugiriki uri mu bashinzwe umutekano wo ku nkombe.
Minisitiri w’umutekano muri Turkiya yemeje aya makuru, avuga ko!-->!-->!-->!-->!-->…
Brazil: Urupfu rw’umukongomani rwateye uburakari muri rubanda
Polisi ya Brazil yataye muri yombi abagabo batatu bijyanye n'iyicwa bunyamaswa ry'umwimukira w'umugabo ukomoka muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo ryabereye mu mujyi wa Rio de Janeiro.
Iyicwa rye, ryafashwe kuri videwo, ryateje!-->!-->!-->!-->!-->…
perezida Putin w’Uburusiya arashinja USA gushaka kuyishora mu ntambara muri Ukraine
Perezida w'Uburusiya Vladmir Putin arasanga Leta Zunze ubumwe za Amerika zishaka kwinjiza igihugu cye mu ntambara yeruye n'igihugu cya Ukraine.
Mu magambo ya mbere akomeye avuze mu byumweru byinshi byari bishize, yavuze ko intego!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Uwitwa MAZIMPAKA yafatanywe moto yari yaribye mu Karere ka Nyamagabe
Kuri uyu wa mbere tariki ya 31 Mutarama mu Karere ka Nyanza mu Murenge wa Busasamana hafatiwe moto yo mu bwoko bwa TVS, yafatanwe uwitwa Mundanikure Ephron w’imyaka 38 na Mazimpaka Valens w’imyaka 29.
SP Kanamugire avuga ko kugira!-->!-->!-->!-->!-->…
Ikoranabuhanga rya GPS riri muri mubazi ryatumye hagaruzwa moto yari yibwe
Kuri uyu wa mbere tariki ya 31 Mutarama Polisi ikorera mu Karere Kamonyi yafashe mota zari zibwe abaturage. Iya Ngirinshuti Antoine w’imyaka 35 yafatiwe mu rugo rwa Muhigana Jean Paul utuye mu Murenge wa Runda, Akagari ka Kabagesera,!-->!-->!-->…
Guinea-Bissau naho hatangiye guhwihwiswa ihirikwa ry’ubutegetsi
Ibitangazamakuru bitandukanye biravuga ko mu murwa mukuru wa Guinne Bissau humvikanye urusaku rw’imbunda ziremereye hafi y’ikicaro cy’ingoro ya leta, aho bikekwa ko habaye ihirikwa ry'ubutegetsi.
Hari amakuru ko muri Guinee Bissau,!-->!-->!-->!-->!-->…
Rusizi: Polisi yafashe batatu barimo na Gitifu w’Akagali bakekwaho gushuka abaturage bakaba…
Polisi ikorera mu Karere ka Rusizi yafashe abantu batatu bacyekwaho gushuka abacuruzi babaka ruswa ngo bazabashyire ku rutonde rw'abahuye n'ibibazo by'ubucuruzi biturutse ku cyorezo cya COVID-19.
Abafashwe ni Nduhirabandi Benjamin!-->!-->!-->!-->!-->…
Kenya: Igisasu cyaturikanye imodoka rusange itwaye abagenzi
Igisasu cyaturikanye imodoka itwara abagenzi mu majyaruguru ashyira uburasirazuba bwa Kenya, bikaba bivugwa ko abantu batari munsi y'icyenda bapfuye, naho abandi benshi barakomereka.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere iyo Bisi izwi!-->!-->!-->!-->!-->…
Uburundi buhakana kugira abasirikare muri Kongo
Minisitiri w’umutekano mu Burundi ,Tribert Mutabazi, avuga ko nta ngabo z’igisirikare cy’Uburundi zagiye kurwanira mu burasirazuba bwa Repulika ya Demokarasi ya Congo.
Ibi Misitiri Tribert Mutabazi yabitangaje mu kiganiro yahaye!-->!-->!-->!-->!-->…
Umunyeshuri wo mu wa mbere yatikuye ikirahure mugenzi we arapfa maze ahungira muri Uganda
Mu ishuri rimwe ryo mu Kagari ka Kijoro mu Murenge wa Musheri mu Karere ka Nyagatare, haraturuka inkuru mbi y’umunyeshuri wiga mu yisumbuye ukekwaho kwica mugenzi we wiga mu mashuri abanza, agahita atorokera muri Uganda.
Uyu!-->!-->!-->!-->!-->…