Browsing Category
Umutekano
Rutsiro: Umugabo yishe umugore we amukekaho kumuca inyuma
Umugabo wo mu Karere ka Rutsiro arimo gushakishwa n’inzego z’ibanze n’iz’umutekano akekwaho kwica umugore we bashakanye agahita atoroka.
Uyu mugabo utuye mu Mudugudu wa Rwankuba, Akagari ka Mubuga, Umurenge wa Nyabirasi ho mu Karere!-->!-->!-->!-->!-->…
Canada: Babiri bishwe batewe ibyuma mu mugi rwagati, abarenga batanu barakomereka.
Abantu batari munsi ya babiri bishwe batewe icyuma, abandi batanu barakomereka mu mujyi wa Québec muri Canada.
Ni igikorwa cyabaye mu ijoro ryakeye kuri uyu wa gatandatu taliki ya 31 Ukwakira. Polisi yo mu mugi wa Quebec yavuze ko!-->!-->!-->!-->!-->…
Rutsiro: Bwana MUGISHA yafatiwe muri bisi afite udupfunyika 2200 tw’urumogi
Mu mpera z’iki cyumweru tariki ya 24 Ukwakira 2020, Polisi y’u Rwanda yafashe Mugisha Olivier w’imyaka 25 afite udupfunyika 2,200 tw’urumogi ari mu modoka itwara abagenzi mu buryo bwa rusange yari avuye mu Karere ka Rubavu agiye mu!-->!-->!-->…
Nyamasheke: Umugabo yagiye kwiba itaka mu kirombe kiramugwira arapfa.
Umugabo witwa Fatisuka Jean Pierre wari utuye mu Mudugudu wa Mutusa mu Kagari ka Rwesero mu Murenge wa Kagano, mu karere ka Nyamasheke,yagiye gucukura itaka aryibye kuko bitemewe maze agira ibyago ikirombe kiramugwira kiramutaba!-->!-->!-->…
Huye: Polisi yataye muri yombi abasore babiri bacuruzaga bakanakoresha ikiyobyabwenge cya Heroine
Ku gicamunsi cyo ku wa Gatandatu tariki ya 24 Ukwakira ni bwo Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Huye mu Murenge wa Tumba mu Kagari ka Cyarwa yafashe Nshimiyimana Olivier bakunze kwita Major w’imyaka 22 na Sadamu abdoul w’imyaka!-->!-->!-->…
Col. Rugema wayoboraga RUD-Urunana yishwe n’abasirikare bagenzi be.
Col Rugema Emmanuel wari mu buyobozi bw’umutwe wa RUD Urunana, biravugwa ko yishwe nyuma y’iminsi mike uyu mutwe uvugwamo uruntu runtu.
Amakuru yizewe agera kuri Igihe.com natwe dukesha iyi nkuru aremeza ko kuri uyu wa Gatatu tariki!-->!-->!-->!-->!-->…
Tanzaniya yemeje ko iterwa n’abarwanyi baturutse muri Mozambique bakica abaturage
Polisi ya Tanzaniya yemeje ko hari abarwanyi 300 bavuye muri Mozambique bateye imihana yo mu majyepfo ya Tanzania bakica abaturage.
Yatangaje bwa mbere ku mugaragaro ko abantu bitwaje intwaro baturutse muri Mozambique batera iki!-->!-->!-->…
Rusizi: Umugabo ukekwaho gutega abantu akabambura yafashwe amaze kwaka umugore ibihumbi 225 Frw
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Rusizi, yataye muri yombi umugabo w’imyaka 35, ukekwaho kwambura umugore w’imyaka 53 amafaranga y’u Rwanda ibihumbi 225,000.
Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Iburengerazuba, CIP Bonaventure!-->!-->!-->!-->!-->…
Rubavu: Umupolisi yarashe akaguru umuturage washakaga gucikana ibiyobyabwenge
Ubuyobozi bwa Polisi mu Ntara y’Uburengerazuba butangaza ko umuturage yarashwe nyuma yo gufatanwa urumogi udupfunyika 400 yari avanye muri Repubulika ya Demukarasi ya Kongo.
Uwo muturage yarashwe mu gihe polisi yari itereje imodoka!-->!-->!-->!-->!-->…
Abatwara ibinyabiziga barasabwa kurushaho kubahiriza amategeko y’umuhanda ubwo amashuri azaba…
Umuvugizi wa Polisi y'u Rwanda CP Kabera, yasabye abatwara ibinyabiziga kubahiriza inzira z’abanyamaguru no kubahiriza amategeko mu rwego rwo kwirinda kuba bagira abo bahutaza, by’umwihariko muri ibi bihe amashuri agiye kongera!-->!-->!-->…
Nigeria: Abanyururu bagera kuri 200 bacitse gereza nyuma y’igitero cyakozwe n’abantu…
Imfungwa zigera kuri 200 zacitse gereza nyuma y'uko abantu bitwaje imbunda binjiye muri gereza mu mujyi wa Benin City mu majyepfo ya Nigeria bakabacikisha.
Abantu bitwaje ibirwanisho bicira umuriro bateye gereza yo mu mugi witwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Musanze: Umuyobozi wa COVATRAMO arashinjwa kunyereza umutungo w’abanyamuryango.
Umuyobozi w’imwe muri Koperative y’abatwara abagenzi kuri Moto mu karere ka Musanze (COVATRAMO), Nsabimana Claude afunzwe akekwaho byo kunyereza umutungo w’iyi koperative wa Miliyoni 2 Frw. RIB ivuga ko uyu muyobozi yemera icyaha.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Dr MUNYAKAZI Isaac yakatiwe gufungwa imyaka 10 nyuma yo guhamwa n’icyaha cya ruswa.
Dr Isaac Munyakazi wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi, yakatiwe gufungwa imyaka 10 n’ihazabu ya miliyoni 10 Frw, nyuma yo guhamwa n’ibyaha bya ruswa no gukoresha ububasha yari afite mu nyungu ze bwite.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Abagera ku munani bafatiwe mu bikorwa by’ubucukuzi y’agaciro mu buryo butemewe
Abantu bagera ku munani bo mu Karere ka Nyanza, mu Murenge wa Nyagisozi bafatanywe ibiro 80 bya coltan bacukuraga mu buryo bunyuranijwe n'amategeko.
Abagabo bagera mu munani bafatiwe mu bikorwa byo gucukura amabuye y'agaciro mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Dr Gahakwa yahakanye ibyaha byo kunyereza umutungo wa Leta ashinjwa
Urukiko rw’Ibanze rwa Gasabo rwatangiye kuburanisha Dr Gahakwa Daphrose wigeze kuba Minisitiri w’Uburezi n’Umuyobozi w’Agateganyo w’Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuhinzi n’Ubworozi, RAB, ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo.
Dr Gahakwa!-->!-->!-->!-->!-->…