Browsing Category
Umutekano
“FPR yazanye uburezi kuri bose ariko budafite ireme” Victoire Ingabire
Madame Ingabire Victoire arashima FPR yazanye gahunda y'uburezi kuri bose ariko akongera akanenga ireme rya ntaryo muri ubwo burezi bwa bose.
Mu kiganiro cyakozwe na Bwana Gatanazi cyari gifite insanganyamatsiko igira iti: Uruhare!-->!-->!-->!-->!-->…
Niger: Inyeshyamba zishe abaturage barenga 50
Abarwanyi b’intagondwa zigendera ku mahame akaze y’Idini ya Islam bagabye igitero mu duce tubiri two muri Niger abarenga 50 bahasiga ubuzima.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatandatu taliki ya 2 Mutarama 2021 umutwe w'abarwanyi!-->!-->!-->!-->!-->…
Rusizi: Babiri bafungiwe gukora ibyangombwa bihimbano by’imodoka
Mu gitondo cyo ku wa Gatandatu tariki ya 02 Mutarama 2021 Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Rusizi yerekanye abantu babiri aribo Ibyimana Eliab w’imyaka 40 na Mugenzi Florien w’imyaka 34. Bafatanwe impapuro mpimbano 6 harimo enye!-->!-->!-->…
Abagabo 2 batawe muri yombi bakekwaho gukora inyandiko mpimbano z’imodoka
Mu gitondo cyo ku wa Gatandatu tariki ya 02 Mutarama 2021 Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Rusizi yerekanye abantu babiri ari bo Ibyimana Eliab w’imyaka 40 na Mugenzi Florien w’imyaka 34. Bafatanywe impapuro mpimbano 6 harimo enye!-->…
Centrafrique:Inyeshyamba zahawe isomo n’ingabo z’u Rwanda.
Umutwe wihariye w’Ingabo z’u Rwanda hamwe n’iz’u Burusiya hamwe n'izindi ziri muri Centrafrique mu bikorwa byihariye byo kubungabunga amahoro muri iki gihugu, wishe abarwanyi “benshi” b’Umutwe wa CPC washakaga guhungabanya umutekano mu!-->…
Impanuka zo mu muhanda hirya no hino mu gihugu zahitanye abantu 5 musaha asoza-2020
Polisi y’u Rwanda ivuga ko umubare w’abishwe n’impanuka mu ijoro rya nyuma ry’umwaka wa 2020 bagera kuri 5 hirya no hino mu gihugu.
Umuvugizi wa Polisi y’Igihugu, CP John Bosco Kabera avuga ko abishwe n’impanuka zibera mu muhanda!-->!-->!-->!-->!-->…
USA:Umwicanyi ruharwa wishe 93 nawe yapfuye Samuel Little.
Samuel Little, umugabo ibiro by'iperereza FBI bivuga ko ari we muntu wishe abantu benshi mu mateka ya Amerika, yapfuye afite imyaka 80.
Samuel Little ubwe yemeye ko yishe abantu 93
Uyu mugabo yaguye mu bitaro byo muri California kuwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Abanyarwanda bakwiye kurindirwa umutekano, bakarindwa ubwabo byaba na ngombwa bakitangirwa.
Perezida wa Repubulika akaba n’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, Paul Kagame yavuze ko abanyarwanda bakwiye kurindirwa umutekano, bakarindwa ubwabo byaba na ngombwa bakitangirwa.
Umukuru w’Igihugu yabigarutseho mu butumwa busoza!-->!-->!-->!-->!-->…
Uganda: Umurinzi wa 2 wa Bobi Wine nawe yagonzwe ahita avunika akaguru
Nyuma y’uko hagonzwe umurinzi wa Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine wiyamamariza kuyobora Uganda witwa Senteza Francis, kuri ubu hagonzwe undi witwa Ashraf, ahita avunika akaguru.
Amafoto y'umurinzi wakoze impanuka wagonzwe.
!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Gasabo: Umusore ukora umwuga wo gutwara abantu kuri moto arakekwaho kwica umukobwa yarangiza nawe…
Umusore w’imyaka 23 ukora umwuga wo gutwara abantu kuri moto, yasanzwe mu nzu arembye bikomeye irimo umurambo w’umukobwa, aho bivugwa ko uwo mumotari yaba ariwe wamwishe hanyuma akagerageza kwiyahura.
Uyu musore yari asanzwe!-->!-->!-->!-->!-->…
MINUSCA: Abasirikare batatu b’u Burundi baraye bishwe muri Centrafrique
Abasirikare b’Abarundi bari mu ngabo zagiye kubungabunga amahoro muri Centrafrique baraye bishwe "n’abarwanyi bitwaje intwaro bataramenyekana", nk’uko itangazo ry’Ishyirahamwe mpuzamahanga ONU ribivuga.
Ikusanyirizo ry’amakuru AFP!-->!-->!-->!-->!-->…
Gasabo: Ukekwaho gusambanya abana b’abahungu 17 yasabiwe igifungo cya burundu
Ubushinjacyaha ku rwego rwisumbuye rwa Gasabo ku wa 18 Ukuboza 2020 bwasabiye igihano cy’igifungo cya burundu umuntu utatangajwe amazina ariko bivugwa ko ari umusore w’imyaka 19 y’amavuko kubera icyaha akurikiranyweho cyo gusambanya!-->!-->!-->…
Kamembe: Umurambo w’umuntu utamenyekanye watoraguwe ku nkombe z’i Kivu.
Mu masaha ya saa mbili za mu gitondo kuri uyu wa Gatatu, mu Mudugudu wa Karambo, Akagari ka Cyangugu mu Murenge wa Kamembe ku nkombe z’ikiyaga cya Kivu hagaragaye umurambo w’umugabo utaramenyekana wari mu mufuka.
Uyu murambo ukaba!-->!-->!-->!-->!-->…
Nigeria: Abanyeshuri b’abahungu bari bamaze icyumweru bashimuswe barekuwe basubira mu miryango yabo.
Abanyeshuri b’abahungu barenga 300 bongeye guhura n’imiryango yabo, nyuma y’icyumweru bashimutiwe ku ishuri ryisumbuye mu majyaruguru ashyira uburengerazuba bwa Nigeria.
Abo bahungu bageze mu murwa mukuru Katsina wa leta ya Katsina!-->!-->!-->…