Browsing Category
Umutekano
Dr MUNYAKAZI Isaac yakatiwe gufungwa imyaka 10 nyuma yo guhamwa n’icyaha cya ruswa.
Dr Isaac Munyakazi wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi, yakatiwe gufungwa imyaka 10 n’ihazabu ya miliyoni 10 Frw, nyuma yo guhamwa n’ibyaha bya ruswa no gukoresha ububasha yari afite mu nyungu ze bwite.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Abagera ku munani bafatiwe mu bikorwa by’ubucukuzi y’agaciro mu buryo butemewe
Abantu bagera ku munani bo mu Karere ka Nyanza, mu Murenge wa Nyagisozi bafatanywe ibiro 80 bya coltan bacukuraga mu buryo bunyuranijwe n'amategeko.
Abagabo bagera mu munani bafatiwe mu bikorwa byo gucukura amabuye y'agaciro mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Dr Gahakwa yahakanye ibyaha byo kunyereza umutungo wa Leta ashinjwa
Urukiko rw’Ibanze rwa Gasabo rwatangiye kuburanisha Dr Gahakwa Daphrose wigeze kuba Minisitiri w’Uburezi n’Umuyobozi w’Agateganyo w’Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuhinzi n’Ubworozi, RAB, ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo.
Dr Gahakwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Polisi y’u Rwanda yataye muri yombi abamotari 8 bashinjwa kwihindurira ibirango bya moto
Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 13 Ukwakira Polisi yerekanye Moto 8 ndetse n’abamotari bazo, Izi moto zari zarahinduwe ku buryo bitakoroha kumenya imibare igize ibirango byazo (Pulake) mu gihe hari amakosa cyangwa ibyaha zikoze. Ubusanzwe!-->!-->!-->…
Uganda: Abantu 21 batawe muri yombi basanzwe mu birori byo guhuza ibitsina
Batawe muri yombi basanzwe mu kirori cyo guhuza ibitsina (sex party)
Igipolisi cya Uganda cyataye muri yombi abantu 21 bikekwa ko bari bari mu kirori cyo guhuza ibitsina.
Ikirori cyaberaga munzu y'umuturage ahitwa Kireka mu Karere ka!-->!-->!-->!-->!-->…
Abarwanyi bane b’umutwe wa FDLR baguye mu mirwano yabahuje n’ingabo za FARDC
Inyeshyamba z’umutwe w’iterabwoba wa FDLR zigizwe ahanini n’abasize bahekuye u Rwanda mu 1994, zatakaje ingabo enye ndetse n’undi mu-ofisiye wazo afatwa mpiri, mu mirwano ikomeje guca ibintu hagati y’ingabo za Repubulika Iharanira ya!-->!-->!-->…
Gatsibo: Umusore Yagize umujinya ahishura uburyo se yishe umuntu amutaba ku mbuga z’urugo mu…
Aya ni amakuru yamenyekanye ku munsi w'ejo ku wa kane mu Karere ka Gatsibo mu murenge wa Kageyo aho umusore utatangarijwe amazina yerekeje ku biro by'ubugenzacyaha RIB muri uwo murenge ajya kurega ise umubyara kuba yarishe umuntu mu!-->!-->!-->…
Gicumbi: Abagabo 2 bakekwaho guhohotera abakobwa batawe muri yombi
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Gicumbi yatangaje ko rimaze gufata abagabo babiri aribo Bwana Niyomugisha Issa na Ufitinema Jacques, aba bagabo bombi barakekwaho icyaha cyo guhohotera abakobwa babiri bo mu Karere ka Gicumbi.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Abadepite 2 bashinjwa guteza imvururu mu baturage batawe muri yombi
Polisi ya Kenya yataye muri yombi abagize Inteko Ishinga Amategeko umutwe w’Abadepite babiri kubera uruhare bakekwaho mu mvururu zabaye ku wa 4 Ukwakira hagati y’abashyigikiye Perezida w’iki gihugu, Uhuru Kenyatta na Visi Perezida,!-->!-->!-->…
U Rwanda rwamurikiye ingabo z’akarere abarwanyi 19 ba RED Tabara bafatiwe muri Nyungwe
Ingabo z’u Rwanda zamurikiye itsinda ry’ingabo rishinzwe kugenzura imipaka mu karere, (The Expanded Joint Verification Mechanism, EJVM), abarwanyi 19 ba RED Tabara, bafatiwe mu Rwanda ku wa 29 Nzeri, mu ishyamba rya Nyungwe.
Ingabo!-->!-->!-->!-->!-->…
Umunyeshuri wo muri ULK yafatanywe miliyoni 13 z’amafranga y’amahimbano
Polisi y’u Rwanda ikomeje ibikorwa byo gufata abakora amafaranga y’amahimbano bakanayakwirakwiza. by’umwihariko hashize iminsi mu Karere ka Rubavu hafatirwa abantu bakora bakanakwirakwiza amafaranga y’amahimbano, ari na bo batanze!-->!-->!-->…
Polisi yasubukuye gahunda y’ubukangurambaga ya #Gerayo Amahoro# nyuma y’igihe…
Umuyobozi wungirije mu ishami rya Polisi rishinzwe umutekano wo mu muhanda, Assistant Commissioner of Police (ACP) Teddy Ruyenzi.
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 30 Nzeri nibwo abapolisi bo mu ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda!-->!-->!-->!-->!-->…
Abantu baguye mu kantu ubwo Umuyapani Takahiro yemeraga urukiko ko yishe abantu 9 bahuriye kuri…
Umugabo wo mu Buyapani yemereye urukiko ko yishe abantu icyenda amaze guhurira na bo kuri Twitter, muri uru rubanza rwatumye igihugu kigwa mu kantu.
Takahiro Shiraishi, wahimbwe izina ry'"umwicanyi wo kuri Twitter", yatawe muri!-->!-->!-->!-->!-->…
Huye: Bwana mbonigaba yakubiswe bikomeye n’abanyerondo banamwambura amafranga
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rufunze abanyerondo babiri bo mu Murenge wa Tumba mu Karere ka Huye, kubera icyaha bakurikiranyweho cyo gukubita no gukomeretse umugabo witwa Mbonigaba François bakamugira intere kuri ubu akaba!-->!-->!-->…
Kayonza: Polisi yagaruje ibiro birenga 110 by’amabuye y’agaciro byari byibwe
Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’izindi nzego z’umutekano zikorera mu karere ka Kayonza bagaruje ibiro birenga 110 by’amabuye y’agaciro aherutse kwibwa mu kirombe cy’amabuye y’agaciro giherereye mu murenge wa Ruramira, Akagari ka!-->!-->!-->…