Browsing Category
Umutekano
Kamonyi: Abasore babiri barakekwaho kwiba mudasobwa z’ishuri bizeho rikabirukana kubera imyitwarire
Ndayishimiye William na Bisangwa Roberto bakekwaho kwiba mudasobwa z'ishuri bizeho bakirukanirwa imyitwarire mibi
Ku wa Kabiri tariki ya 15 Ukuboza, Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Kamonyi, Umurenge wa Ngamba yafashe abasore!-->!-->!-->!-->!-->…
U Rwanda rwateye utwatsi ikifuzo by’umudepite wo muri USA wasabye KAGAME gufungura…
Minisitiri w’Ubutabera akaba n’Intumwa Nkuru ya Leta, Johnston Busingye, yasubije ibaruwa ya Carolyn B. Maloney, Umudepite wo mu Nteko Ishinga Amategeko ya Amerika wandikiye Perezida Paul Kagame amusaba kurekura bwangu Paul!-->!-->!-->…
RIB yataye muri yombi Umunyamakuru ushinjwa gufata ku ngufu umukobwa
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi umunyamakuru w’imwe muri televiziyo zikorera mu Rwanda w’imyaka 26 y’amavuko akurikiranyweho icyaha cyo gukoresha umukobwa imibonano mpuzabitsina ku gahato.
Amakuru yizewe!-->!-->!-->!-->!-->…
Rutsiro: Abakozi 13 b’Akarere bafunzwe bakekwaho kunyereza umutungo wa Leta bagizwe abere
Urukiko Rwisumbuye rwa Karongi rwagize abere abakozi 13 b’Akarere ka Rutsiro na rwiyemezamirimo nyuma y’amezi bane bafunzwe bakurikiranyweho kunyereza umutungo wa Leta.
Uru rubanza rwasomwe mu masaha y’igicamunsi cyo kuri uyu wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Ruzindana Eugene uyobora KAVUMU TVET School akurikiranyweho kunyereza arenga miliyoni 100
Bwana RUZINDANA Eugene uyobora ikigo kigisha imyuga k'i Kavumu arashinjwa gukoresha nabi umutungo w'ikigo yaragijwe no kunyereza arenga miliyoni ijana
Kuri uyu wa kane taliki ya 10 Ukuboza 2020 urukiko rukuru rwo mu Karere ka Huye!-->!-->!-->!-->!-->…
Etiyopiya yarashe ku bakozi ba LONI barimo kujya mu nkambi y’impunzi
Ingabo za Ethiopia zarashe ku bakozi b'umuryango w'abibumbye (ONU/UN) ndetse zirabafunga, nyuma yuko batwaye imodoka bakarenga kuri za bariyeri (barrières) muri leta ya Tigray iberamo imirwano, nkuko byemejwe n'umuvugizi wa leta,!-->!-->!-->…
RIB yataye muri yombi umukozi wa REB kubera ikibazo cya ruswa
Urwego rw’Igihugu rushinzwe Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rwafunze uwitwa Habinshuti Salomon, umukozi mu Kigo gishinzwe guteza imbere Uburezi (REB) n’umwe mu bakandida bashakaga akazi k’ubwarimu, wamuhaye ruswa kugira ngo!-->!-->!-->…
Nigeria: Ubwicanyi ndengakamere bwahitanye abahinzi.
Abantu batari munsi ya 43 biciwe mu cyo Perezida wa Nigeria yavuze ko ari igitero "ndengakamere" cyabereye mu majyaruguru ashyira uburasirazuba bw'icyo gihugu ku wa gatandatu.
Abagabye icyo gitero baboshye abo bahinzi bari mu kiraka!-->!-->!-->!-->!-->…
RIB yatangaje ko ariyo ifite Bwana Mitsindo ukurikiranyweho icyaha k’iterabwoba
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko rufite mu maboko yarwo Mitsindo Viateur w’imyaka 39 ukekwaho gukorana n’imitwe y’iterabwoba.
Uyu mugabo ubusanzwe ni umutoza w’abana mu bijyanye n’imikino ngororangingo!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyaruguru: Abaturage bifatiye bamwe mu bagabo bari barajujubije abacuruzi bakabambura
Abaturage bo mu Murenge wa Nyagisozi mu Karere ka Nyaruguru mu ijoro ryo ku itariki ya 21 Ugushyingo 2020 babashije gutabara umugabo n’umugore bari batezwe igico n’abantu batatu bashaka kubambura ibyo bari bafite.
Iyi nkuru!-->!-->!-->!-->!-->…
Batawe muri yombi nyuma yo gushingura ibyapa byo ku muhanda bakajya kubigurisha
Polisi y'u Rwanda ikorera mu mugi wa Kigali yataye muri yombi abagabo batatu bafatanywe ibyapa biyobora abagenzi ku mihanda itandukanye bakabijyana kubigurisha.
Polisi y'u Rwanda yatangaje ko yataye muri yombi abasore batatu ku!-->!-->!-->!-->!-->…
Polisi y’U Rwanda yakiriye imashini isenya intwaro zishaje
Ubuyobozi bwa Polisi y’u Rwanda bwakiriye imashini yangiza imbunda zishaje. Ni imashini yatanzwe n’umuryango wo mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba ushinzwe kurwanya ikwirakwira ry’intwaro ntoya n’iziciriritse mu Karere (RECSA), ni!-->…
Gatsibo: Yiyahuye amaze gukubita umugore amuziza ku muca inyuma.
Hirya no hino hajya humvikana gucana inyuma bakarwa.Umugabo wo mu Karere ka Gatsibo mu Murenge wa Gitoki, akekwaho gukubita umugore n’abana be hanyuma akimanika mu mugozi agapfa, aho bivugwa ko yabitewe n’uko ngo umugore we yajyaga amuca!-->…
Rutsiro: Nsengiyumva ukurikiranyweho kwiyicira umugore yatawe muri yombi
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko rwataye muri yombi Nsengiyumva Jean Claude wo mu Karere ka Rutsiro, Umurenge wa Nyabirasi wari umaze iminsi ine ashakishwa kubera gukekwaho icyaha cyo kwica umugore we.
Uyu!-->!-->!-->!-->!-->…
Uwahoze ari umukinnyi ukomeye Wa Man. Utd yahagaritswe ku kazi nyuma yo gukubita umugore we
Umutoza w’ikipe y’igihugu ya Pays de Galles, Ryan Giggs, ntazatoza imikino itatu izaba mu Ugushyingo uyu mwaka nyuma y’uko akurikiranyweho gukubita umugore we.
Ku wa Mbere, Polisi yo muri Greater Manchester yatangaje ko umugabo!-->!-->!-->!-->!-->…