Browsing Category
Umutekano
Huye: Bwana mbonigaba yakubiswe bikomeye n’abanyerondo banamwambura amafranga
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rufunze abanyerondo babiri bo mu Murenge wa Tumba mu Karere ka Huye, kubera icyaha bakurikiranyweho cyo gukubita no gukomeretse umugabo witwa Mbonigaba François bakamugira intere kuri ubu akaba!-->!-->!-->…
Kayonza: Polisi yagaruje ibiro birenga 110 by’amabuye y’agaciro byari byibwe
Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’izindi nzego z’umutekano zikorera mu karere ka Kayonza bagaruje ibiro birenga 110 by’amabuye y’agaciro aherutse kwibwa mu kirombe cy’amabuye y’agaciro giherereye mu murenge wa Ruramira, Akagari ka!-->!-->!-->…
Akarere ka Nyagatare karashinjwa kwishyura akayabo ka miliyoni 9 zitari mu masezerano
Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyagatare bwemereye Komisiyo y’Abadepite ishinzwe imikoreshereze y’Imari n’Umutungo by’Igihugu (PAC) ko bwishyuye miriyoni 9 z’amafaranga y’u Rwanda zirenga ku yemejwe mu masezerano bwagiranye na rwiyemezamirimo!-->!-->!-->…
Kayonza: Yatawe muri yombi nyuma yo gukubita umugabo we majagu mu mutwe amuziza kumuca inyuma
Umugore ufite imyaka 40 y’amavuko utuye mu Murenge wa Kabare mu Karere ka Kayonza, yatawe muri yombi n’Urwego rw’Ubugenzacyaha akurikiranyweho gukubita umugabo we majagu mu mutwe akamukomeretsa, bapfa gucana inyuma n’imitungo.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Dr Pascal uyobora ibitaro bya Muhima yijeje gukosora amakosa yatumye bihomba asaga miliyoni 100
Kuri uyu wa Mbere tariki 28 Nzeri 2020 Komisiyo y’Abadepite ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’Imari n’umutungo by’igihugu (PAC) yatumije ibitaro bya Muhima kugira ngo yisobanure ku bihombo yateje Leta.
Ku ikubitiro raporo!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyagatare: Umwaka urashize bishyura 1000 cya buri kwezi cy’irondo ariko ntibabone abanyerondo.
Bamwe mu baturage b’Umudugudu wa Nyarubuye, Akagari ka Rukomo II, mu Murenge wa Rukomo, bavuga ko barembejwe n’abajura biba amatungo n’imyaka mu mazu, nyamara buri kwezi bishyura amafaranga y’abarara irondo ry’umwuga.
Umuturage!-->!-->!-->!-->!-->…
Burundi: Igisirikare kimaze iminsi gitana mu mitwe n’inyeshyamba za RED Tabara.
Hari amakuru amaze iminsi akwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga aravuga ko guhera kuwa Gatandatu gukomeza no kuri iki Cyumweru, itariki 27 Nzeri, hakomeje kuvugwa imirwano ihuza Ingabo z’u Burundi n’abantu bitwaje intwaro, ikaba!-->!-->!-->…
Umuvungizi wungirije wa ADEPR aramagana amakuru avuga ko yahagaritswe mu itorero
Rev Karangwa John yateye utwatsi amakuru yavuga ko yahagaritswe ku mirimo ye bitewe n’ibyaha akurikiranyweho mu butabera byo gukoresha inyandiko mpimpano ariko we avuga ko akiri mu nshingano kuko nta baruwa izimukuraho yahawe.
Rev.!-->!-->!-->!-->!-->…
Rubavu: Abagabo babiri bakwirakwizaga urumogi i Rubavu batawe muri yombi
Abapolisi bo mu ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge (ANU) bafashe abagabo babiri bakekwaho gukwirakwizaga urumogi mu baturage barukuye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aho bafatanwe ibiro 10!-->!-->!-->…
Musanze: Ba Gitifu babiri bakekwaho guhohotera umuturage batawe muri yombi.
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Busogo, Nsengimana Aimable, ukurikiranyweho gukomeretsa bitari ku bushake, gutwara no gufungira umuntu ahantu hatemewe.
Ibi!-->!-->!-->!-->!-->…
Kirehe: Madame Julienne yishe umugabo we afatanije n’abana be batatu
Mu Murenge wa Gatore, umuryango bivugwa ko wabanaga mu makimbirane, umugore n’abana be 3 bafatanyije mu kwica uwari umugabo we, ndetse akaba yari Se w’abo bana.
Byabereye mu Kagari ka Rwantonde, Umudugudu wa Cyiha, mu Murenge wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Evode w’imyaka 9 y’amavuko yishwe atewe ishoka mu mutwe.
Umwana w'imyaka icyenda y'amavuko yatewe ishoka mu mutwe bimuviramo gupfa.
Amakuru yavuye kuri bamwe mu baturage batuye mu mudugudu wa Gisura, akagali ka Cyaruzinge mu Murenge wa Ndera ho mu Karere ka Gasabo haravugwa amakuru!-->!-->!-->!-->!-->…
USA: Hafashwe ibaruwa yari irimo uburozi bwohererejwe prezida Trump
Abashinzwe umutekano wo prezida Donald Trump batangaje ko hari ibaruwa yafashwe irimo uburozi bwari bwohererejwe prezida Trump.
Mu ntangiriro z'icyumweru gishize nibwo abashinzwe uburinzi bwa prezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Haravugwa ubujura bw’inka bukoranwa ubugome ndengakamere
Mu karere ka Nyanza haravugwa ubujura bw'inka bukoranwa ubugome ku buryo abajura bajugunya mu misarani izo bateshejwe
Ku munsi w'ejo kuwa gatandatu taliki ya 19 Nzeli abaturage bo mu murenge wa Busasamana mu Kagari ka Kavumu!-->!-->!-->!-->!-->…
Ukwezi kurashize mwalimu Francois afunze azira gusuzugura umu Youth volunteer
Ukwezi kutashize bwana Francois MPAYIMANA ushinzwe amasomo muri GS NGARAMA afungiye kuri station ya polisi ya Shyorongi azira gusuzugura umwe mu rubyiruko rw'abakorerabushake.
Ukwezi kwa munani ku italiki ya 18 nibwo Bwana FRANCOIS!-->!-->!-->!-->!-->…