Browsing Category
Umutekano
Niger: Abitwaje intwaro bishe Abafaransa batandatu bakorera umuryango ufasha
Abantu bitwaje ibirwanisho baraye bateye itsinda ry'abakozi b'umuryango ufasha w'Abafaransa bica batandatu, umuntu wariho abayobora ndetse n'umushoferi wabo.
Aba bantu baje kuri za moto barasa nk'uko Tidjani Ibrahim guverineri!-->!-->!-->!-->!-->…
Muhanga: Gitifu yafatiwe mu cyuho yakira ruswa y’ibihumbi 200
Urwego rw’Ubugenzacyaha RIB rwataye muri yombi Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Butare mu Murenge wa Kabacuzi mu Karere ka Muhanga, bumukekaho kwakira ruswa y’ibihumbi 200 Frw.
Umuvugizi w’umusigire wa RIB, Dominique!-->!-->!-->!-->!-->…
Umugabo yaciye umutwe nyirakuru amuziza ko yamwimye umugabane ariguhigwa bukware!
Umugabo wo mu karere kitwa Ibanda mu gihugu cya Uganda witwa James Asiimwe ari guhigwa bukware nyuma yo guca umutwe nyirakuru amuziza ko yamwimye ubutaka.
Police ikomeje kumushakira kutamubura hasi hejuru
Polisi yo muri Ibanda iri!-->!-->!-->!-->!-->…
Iminsi ine irashize BIZIMANA yaranze kuvuga aho yakuye amafranga y’amiganano yafatanywe
Ku mugoroba wa tariki 4 Kanama nibwo Bizimana Francois w’imyaka 34 Polisi yamufatanye amafaranga y’u Rwanda ibihumbi 27 by’amahimbano. Yafatiwe mu murenge wa Nyakariro mu kagari ka Nyakariro mu karere ka Rwamagana ubwo yarimo guhaha!-->!-->!-->…
Nyamasheke: Umwana w’umukobwa w’imyaka 8 yafashe ku rugi ruriho amashanyarazi arapfa
Umwana w’imyaka umunani y’amavuko witwa Izere Lucky wo mu kagari ka Kibogora mu murenge wa Kanjongo yafashe ku rugi rurimo umuriro w’amashanyarazi yumiraho ahita apfa.
Ibi byabaye ku wa Kabiri tariki ya 04 Kanama 2020, mu mudugudu!-->!-->!-->!-->!-->…
Gakenke: Abarenga 4 bakurikiranyweho icyaha cyo kwica umusirikare bamuhisha mu musarane
Abantu barenga 4 bo mu kagari ka Kanyanza,mu murenge wa Karambo mu karere ka Gakene bakekwaho kwica Sergeant Nizeyimana Juvenal barangiza bakamuhisha mu musarani utagikoreshwa.
Abantu barimo umugore w’uyu musirikare babyaranye!-->!-->!-->!-->!-->…
Umupolisi mukuru yiyahuye ahita apfa!
Hari Umupolisi mukuru witwa Fred Amaya wo mu gihugu cya Kenya uherutse kugongesha imodoka y‘akazi yari atwaye yasinze,yasanzwe ku biro bikuru bya polisi yiyahuye.
Uyu mugabo wakorera ku biro bya polisi bya Kiptagich biherereye mu!-->!-->!-->…
Polisi y’u Rwanda yataye muri yombi abagabo babeshyaga ko batanga za permis
Polisi y’u Rwanda yataye muri yombi abagabo batatu bakurikiranweho ubutekamutwe barimo babiri biyitaga abapolisi bakabeshya ko batanga impushya za burundu zo gutwara ibinyabiziga n’undi umwe wigisha imodoka wabashakiraga abakiriya!-->!-->!-->…
Bwana James ashobora gukatirwa igifungo k’imyaka 25 nyuma yo gukorakoza intoki mu bitsina…
James IRENE JAMES w'imyaka yashykirijwe urukiko nyuma yo gushinjwa gukoza intoki mu bitsina by'abana.
Umusore w'imyaka 36 y'amavuko wo mu gihugu cya Tanzaniya witwa IRENE JAMES yashyikirijwe inkiko kuri uyu wa gatanu taliki ya 31!-->!-->!-->!-->!-->…
RIB yataye muri yombi abakobwa bari bamaze iminsi bashyira hanze amashusho agaragaza ubwambure bwabo
Abakobwa bane bakurikiranyweho gutangaza mu ikoranabuhanga amashusho y’urukozasoni yerekeranye n’imikoreshereze y’ibitsina, ndetse n’ibiyobyabwenge.
RIB yerekanye abakobwa bane bafashwe amashusho bambaye ubusa, ikavuga ko mu gihe!-->!-->!-->!-->!-->…
Rwamagana: NZABIHIMANA J.Pierre wiyitaga umupolisi yafatiwe mu cyuho arimo kwambura umuturage
Mu karere ka Rwamagana hafatiwe Nzabihimana Jean Pierre w’imyaka 33 wiyitaga umupolisi akagenda yambura abaturage amafaranga. Yafatiwe mu Murenge wa Rubona ku wa Gatatu tariki ya 29 Nyakanga.
Umuvugizi wa Polisi mu Ntara!-->!-->!-->!-->!-->…
Urukiko rwaraye rukatiye abahoze ari abakozi ba kaminuza y’i Gitwe bahamijwe icyaha…
Nyuma yo guhamwa n'icyaha cy'ubujura bakoreye kaminuza bakoragaho, Madame Charlotte na Gerard bakatiwe igifungo k'imyaka irindwi buri umwe
Ku mugoroba wo kuri uyu wa kane nibwo urukiko rwisumbuye rwo mu Karere ka Muhanga rwasomye!-->!-->!-->!-->!-->…
Umwalimu wo muri Kaminuza y’u Rwanda yakatiwe umwaka w’igifungo kubera imyitwarire mibi
Umwalimu n'umunyamakuru Dr KAYUMBA Christopher yakatiwe igifungo cy'umaka umwe kubera icyo urukiko rwise imyitwarire idahwise
Dr KAYUMBA Christopher wahoze wigisha muri kaminuza y'u Rwanda akaba n'umunyamakuru yakatiwe n'urukiko!-->!-->!-->!-->!-->…
Iran yagerageje igisasu cya Misile ku bwato bw’igihimbano cya Leta zunze Ubumwe za Amerika
Igisirikare cya Iran ubwo cyarasaga igisasu cya misile gipimiranya iki cyiganano cy'ubwato.
Iran ikoze iyi myitozo muri iki gihe ubushyamirane buri hejuru hagati y'ibihugu byombi mu mazi yo muri icyo kigobe.
Iyi myitozo yiswe!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Kigali: Polisi yarashe umujura wacukuraga amazu ya rubanda
Polisi y'u Rwanda ikorera mu Karere ka Gasabo yarashe umujura bivugwa ko yacukuraga amazu akiba umutungo wa rubanda.
Mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatatu mu mudugu Amajyambere , Akagari ka Musezero mu murenge wa Gisozi Sector, haraye!-->!-->!-->…