Browsing Category
Umutekano
Nyanza: Bwana MUNDANIKURE bamusanze mu ishyamba rya paruwase yaciwe umutwe
Umusore witwa Mundanikure Léo wo mu Murenge wa Nyagisozi mu Karere ka Nyanza, bamusanze mu ishyamba rya Paruwasi Gatolika ya Kirambi yishwe aciwe umutwe
Abaturage bo ni bo babonye umurambo we mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatandatu!-->!-->!-->!-->!-->…
Gicumbi: MUKESHIMANA akurikiranyweho icyaha cyo kwiyicira umugabo we.
Umugore akurikiranyweho icyaha cyo kwiyicira umugabo we bari bafitanye abana batatu
Kuri uyu wa 10 Nyakanga 2020 mu Kagari ka Gacurabwenge mu Murenge wa Byumba, mu Karere ka Gicumbi basanze uwitwa Mutarugera w’imyaka 43 y’amavuko!-->!-->!-->!-->!-->…
Gicumbi: Mwalimu Aimable yatawe muri yombi nyuma yo gukekwaho icyaha cyo gufata ku ngufu umwana…
Urwego rw'ubugenzacyaha mu Rwanda rwataye muri yombi Umwalimu witwa Aimable NDAMUKUNDA byuma yo gukekwaho icyaha cyo gufata ku ngufu umwana w'umukobwa w'imyaka itatu y'amavuko.
Urwego rw'ubugenzacyaha mu Rwanda rukorera mu Karere!-->!-->!-->!-->!-->…
Umumotari yitwikiye ku biro bya Polisi nyuma yaho yimwe Moto ye polisi yafashe
Umumotari w'imyaka 29 wo muri Uganda yapfuye yitwikiye ku biro bya polisi, nyuma yuko abapolisi banze kurekura moto ye yari yafashwe.
Moto ya Hussein Walugembe yafashwe ku wa mbere mu karere ka Masaka kari mu majyepfo ashyira!-->!-->!-->!-->!-->…
“Le Burundi n’a pas servi de bases arrières” Le porte parole de l’armée…
L'armée burundaise a réagi ce dimanche 27 juin 2020 suite au communiqué de l’armée rwandaise faisant état d’une attaque perpétrée par un groupe armé en provenance du Burundi contre une position militaire de Ruheru dans le district de!-->!-->!-->…
Imirambo, intwaro n’amandazi ni bimwe mu bigaragara mu mafoto yafatiwe I Nyaruguru ahagabwe…
Igisirikare cy'urwanda cyatangaje ko ahagana mumasaha ya saa sita z'ijoro hari abantu bitwaje intwaro bagabye igitero ku birindiro by'ingabo z'Urwanda mu karere ka Nyaruguru. Ingabo z'urwanda zarashemo bane batatu bafatwa mpiri abandi!-->!-->!-->…
Nyaruguru:Hari Abarwanyi baturutse i Burundi bateye u Rwanda mu ijoro ryakeye basubizwayo bamwe…
Minisiteri y’Ingabo y’u Rwanda(MINADEF) iravuga ko mu ijoro ryakeye ahagana saa sita n’iminota 20, hari abantu bitwaje intwaro bagabye igitero ku Ngabo z’u Rwanda(RDF) mu murenge wa Ruheru mu karere ka Nyaruguru.
Nyaruguru aho abo!-->!-->!-->…
Abapolisi 2,282 bazamuwe mu ntera, abagera kuri 261 boherezwa mu kiruhuko k’izabukuru
Kuri uyu wa 26 kamena, prezida wa Repubulika yazamuye mu ntera abapolisi bagera kuri 2,282 mu gihe abandi bagera kuri 261 bagiye mukiruhuko k'izabukuru. (Photo archive)
Nk'uko abyemererwa n'itegekonshinga rya Repubulika y'U Rwanda,!-->!-->!-->!-->!-->…
Bugesera:Umujura wamburaga abantu abizeza kubaha akazi ku kibuga cy’indege cyiri kubakwa muri aka…
Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Bugesera kuri uyu wa Kabiri tariki ya 23 Kamena yafashe Nsabimana Jean w’imyaka 37. Uyu yagendaga yaka abaturage amafaranga abizeza ko azabaha akazi aharimo kubakwa ikibuga cy’indege mu Bugesera.
!-->!-->!-->…
Bugesera: Umubyeyi yatwitse umwana we amuziza kwiba ibishyimbo akaguramo ubushera n’amandazi
Umubyeyi wo mu Murenge wa Mayange mu Karere ka Bugesera yatwitse umwana we nyuma y'aho yibye ibishyimbo mu rugo maze amafranga yavanyemo ajya kuyagura ubushera n'amandazi.
Mu gitondo cyo ku wa 22 Kamena 2020, ahagana saa Yine nibwo!-->!-->!-->!-->!-->…
Ruhango: Meya w’Akarere bwahakanye ibyavugwaga ko bahishe amakuru y’ahajugunywe imibiri…
Meya w'Akarere ka Ruhango yateye utwatsi amakuru yavugaga ko ubuyobozi bw'akarere bwari buzi ko mu mbuga z'ibitaro bya Gitwe hajugunywe imibiri y'abishwe muri jenoside yakorewe abatutsi
Bamwe barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi bo!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Abantu bagera kuri 23 bafashwe bari gusengera mu rugo rumwe
Abantu 23 bafshwe bari gusengera mu rugo rwabo nyuma yo kurenga ku mabwirizwa ya Leta yo kwirinda ikwirakwizwa ry'icyorezo cya covid-19
Abantu 23 bose harimo abagore 12, n'abagabo 11 basengera mu idini rya ADEPR bafungiwe kuri!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Habonetse imibiri y’abantu mu mbuga z’ikigo k’ishuri, birakekwa ko ari…
Habonetse imibiri itatu mu mbuga y'amashuri bikekwa ko ari iy'abatutsi bazize jenoside yakorewe abatutsi
Mu kigo cy'amashuri abanza cya Ecole Primaire Kavumu Adventist giherereyeye mu murenge wa Busasamana mu Karere ka Huye kuri!-->!-->!-->!-->!-->…
Rubavu: Yatawe muri yombi yuma yo gufatanwa ibiro 15 by’urumogi
Polisi ifatanyije n’izindi nzego z’umutekano bafashe uwitwa Maniraguha Jean w’imyaka 32 y’amavuko, afatanwa ibiro 15 by’urumogi. Yafashwe ku wa Gatanu tariki ya 19 Kamena 2020 afatirwa mu Karere ka Rubavu mu Murenge wa Rubavu mu Kagari!-->!-->!-->…
Abiyitaga abapolisi bakuru bakiba abaturage batawe muri yombi
Aba bagabo bafashwe uko ari batanu, barimo abiyitiriraga kuba abapolisi bakuru. Ngo batumaga bagenzi babo kubashakira abantu bakeneye perimi bakabahuza nabo biyita abapolisi bakabasaba amafaranga babizeza kubabonera perimi. Nyamara ngo!-->!-->!-->…