Browsing Category
Uncategorized
Ubuyobozi bw’ikipe ya Rayon Sport bwapimishije abakinnyi bayo covid-19
Nyuma yo kuva mu bibazo byari bimaze igihe kitari gito, Ubuyobozi bushya bw'ikipe yaRayon Sport bwapimishije abakinnyi n'abakozi bayo bose covid-19.
Ni igikorwa cyabaye kuri uyu wa gatandatu taliki ya 31 Ukwakira 2020 kibera ku biro!-->!-->!-->!-->!-->…
METEO Rwanda yaburiye Abanyarwanda ko imvura izaba nyinshi cyane mu gihugu.
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubumenyi bw’Ikirere, Meteo Rwanda, cyatanze integuza ko hagati ya tariki ya 1 na 10 Ugushyingo 2020, hateganyijwe imvura nyinshi.
Mu itangazo ryasohowe ku wa 31 Ukwakira, Meteo Rwanda yatangaje ko iyi!-->!-->!-->!-->!-->…
Amavubi U-17&U-20 yamenye amatsinda aherereyemo mu gushaka itike y’igikombe cya Afurika
Amakipe y’igihugu y’abatarengeje imyaka 17 na 20 yamenye amatsinda azaba aherereyemo mu mikino ya CECAFA izanashakirwamo itike y’igikombe cya Afurika.
Mu rwego rwo guhatanira itike yo kwerekeza mu gikombe cya Afurika cy’abatarengeje!-->!-->!-->!-->!-->…
Rubavu: Umugore yarashwe arapfa ubwo yageragezaga kwinjira mu Rwanda avuye muri Congo anyuze panya
Umugore utamenyekanye inkomoko ye yarashwe n’Ingabo z’u Rwanda nyuma yo kumukemo umwanzi ubwo yinjiraga mu gihugu anyuze mu kibaya gihuza u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kandi ari inzira itemewe.
Ikinyamakuru!-->!-->!-->!-->!-->…
Rubavu: Abazunguzayi bariye karungu nyuma y’uko ubuyobozi butwaye inanasi z’umwe muri bo
Abazunguzayi bakorera mu mugi wa Gisenyi ho mu Karere ka Rubavu, bariye karungu nyuma y'uko umwe muri bo ubuyobozi bumwatse inanasi yacuruzaga bukazishyira mu mashini bavuga ko isya imyanda.
Bigitangira ku wa Gatandatu tariki ya 24!-->!-->!-->!-->!-->…
Rulindo: Umugabo yasanzwe yimanitse mu mugozi yapfuye
Mu masaha y’igicamunsi cyo ku wa 24 /10/ 2020 ,mu murenge wa Ntarabana, mu Kagali ka Kiyanza, umudugudu wa Nyarurama ,umugabo w’imyaka 29 y’amavuko yasanzwe mu mugozi yapfuye yapfuye.
Urupfu rw’uyu mugabo witwa Ntibarikure Cyprien!-->!-->!-->!-->!-->…
Abanyeshuri babiri ba Kaminuza bakurikiranyweho icyaha cyo kwiba banki
Abanyeshuri babiri bo muri Kaminuza ya Jomo Kenyatta bakurikiranyweho icyaha cyo kwinjira mu ikoranabuhanga rya NCBA Bank bakiba ibihumbi 220$ (asaga miliyoni 215 Frw).
Antony Mwangi Ngige w’imyaka 23 na Ann Wambui Nyoike w’imyaka!-->!-->!-->!-->!-->…
Rusizi: Umugabo bamufashe ari gucukura imva ngo atware imbaho
Mu kagari ka Bununga mu murenge wa Gihundwe mu Karere ka Rusizi abaturage baguye mugenzi wabo gitumo ari gutaburura imva. Umuntu wari uri muri iyo mva yapfuye taliki 20 Ukwakira, 2020 ashyingurwa taliki 25 Ukwakira 2020.
Uwo mugabo!-->!-->!-->!-->!-->…
Paul Pogba yavuze ko agiye kujyana mu nkiko abantu bamuhimbiye ibinyoma
Paul Pogba, umukinnyi wo hagati wa Manchester United n'ikipe y'igihugu y'Ubufaransa, yavuze ko agiye kurega mu nkiko kubera amakuru y'ibinyoma uko yakabaye yose avuga ko agiye kureka gukinira Ubufaransa.
Byatangajwe ko Pogba!-->!-->!-->!-->!-->…
Guinea: Alpha Condé yatsindiye manda ya gatatu, atsinze Diallo bari bahanganye mu matora
Muri Guinea, Akanama gashinzwe gutegura amatora kavuze ko perezida Alpha Condé w'imyaka 82 yatsinze amatora, aho yabonye amajwi angana na 59.5%, mu gihe uwo bari bahangaye Cellou Dalein Diallo w'imyaka 68 yabonye amajwi angana na!-->!-->!-->…
OMS irasaba ubufatanye mpuzamahanga ku gusaranganya ukingo rwa COVI-19
Umuyobozi w’ishami ry'umuryango w'abibumbye ryita Ku buzima(OMS/WHO) Tedros Adhanom Ghebreyesus, ejo ku cyumweru yasabye ko haba ubufatanye ku rwego mpuzamahanga igihe urukingo rwa Covid-19 ruzaba rubonetse, akaba avuze ibi mu gihe!-->!-->!-->…
Real Madrid itsinze Barcelona ibitego 3-1, Koeman atakaza El Clásico ya mbere nk’umutoza
Mu mukino wa El Clásico ikipe ya Fc Barcelone yari yakiriyemo Real Madrid kuri uyu wa gatandatu taliki 24 Ukwakira, warangiye Real Madrid itahanye insinzi y'ibitego 3-1 cya Fc Barcelone, bituma Umutoza Ronald Koeman atakaza El Clásico!-->!-->!-->…
FBI irashinja ibihugu bya Iran n’Uburusiya kugambirira kwivanga mu matora yo muri Amerika.
Ubuyobozi bw’Urwego rushinzwe iperereza n’ubw’urwego rushinzwe ubugenzacyaha (FBI) bwatangaje ko ibihugu birimo Iran n’u Burusiya byabashije kubona amakuru y’abazitabira amatora ya Amerika, bikaba biri kuyifashisha biyobya abazatora.
!-->!-->!-->!-->…
Tom Byabagamba yagaruwe mu Rukiko ku byaha by’ubujura ashinjwa
Ahagana saa tatu n’iminota 15 nibwo Inteko iburanisha yageze mu cyumba cy’Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro. Bitandukanye n’izindi nshuro, Byabagamba ntabwo yari mu cyumba cy’iburanisha kuko urubanza rwaburanishijwe hakoreshejwe!-->!-->!-->…
Itangazo rya NISHIMWE Grace wifuza guhindura amazina.
Uwitwa NISHIMWE Grace, mwene GAHIMANO BAMFASHEKERA, arifuza guhindurirwa amazina binyuze mu mategeko. Yifuza ko amazina yari asanganywe ariyo NISHIMWE GRACE hakurwaho Grace rigasimburwa na SERAPHINE bityo akitwa NISHIMWE SERAPHINE akaba!-->…