Browsing Category
Uncategorized
Dr KAYUMBA agiye kujyana Leta mu manza nyuma y’umunsi umwe gusa afunguwe.
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 5 Ukuboza 2020 nibwo Dr. Kayumba Christophe wari umwarimu muri Kaminuza y’u Rwanda yafunguwe anemeza ko agiye gukomeza urubanza rw’ubujurire cyane ko yemeza ko yafunzwe ntabyaha ashinjwa.
Mu kiganiro!-->!-->!-->!-->!-->…
APR yanyomoje amakuru yavuagaga ko yirukanye umutoza wayo Adil Mohamed Eradi
Ubuyobozi bw’ikipe ya APR FC bwanyomoje amakuru yavugaga ko bwatakarije icyizere umutoza w’umunya Maroc Adil Mohamed Erradi,nyuma yo kunanirwa kugera mu matsinda ya CAF Champions League akuwemo na Gor Mahia ku bitego 4-3 mu mikino!-->!-->!-->…
Kamonyi: Bamwe mu bakekwaho gutema no kwambura abaturage batawe muri yombi
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Kamonyi mu Murenge wa Rukoma, kuri uyu wa Gatanu tariki ya 04 Ukuboza yafashe Uwizeyimana Samuel w’imyaka 21,Tuyishimire Jean de Dieu w’imyaka 21, Uwiringiyimana Samuel w’imyaka 20 na Nayituriki!-->!-->!-->…
Abantu 52 bakize abandi 21 bandura Covid-19
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko uyu munsi tariki ya 27 Ugushyingo 2020, abantu 21 basanganywe ubwandu bwa Coronavirus, mu gihe abandi 52 bayikize,mu bipimo 2,761 byafashwe mu masaha 24 yashize.
Abarwayi bashya basanzwe Kigali: 4,!-->!-->!-->…
Madame Agathe Habyarimana ntakozwa ibyo gushyikirizwa mu nkiko
Umugore w’uwahoze ari Perezida Habyarimana Juvenal, Agathe Kanziga, yajuririye icyemezo cy’umucamanza wo mu Bufaransa cyo gukomeza kumukurikiranaho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Kanziga ni umwe mu bashinjwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Inkomoko y’insigamugani: Yaje nk’iya Gatera
Uyu mugani bawuca iyo hagize igikorerwa umuntu amarorerwa kimuguye gitumo, ni bwo bagira ngo ‘Cyaje nk’iya Gatera!’ Wakomotse kuri Gatera w i Tanda na Rusizi mu Buganza, bivuye ku mukazana w’ikirongore na nyirabukwe bakorewe amarorerwa na!-->…
USA: Trump akomeje kuvuga ko yibwe amajwi, mu gihe mukeba we yasabye umutuzo abaturage
Mu gihe igikorwa cyo kubara amajwi gikomeje, Prezida Donald Trump aratangaza ko akomeje kwibwa amajwi, mukeba we Biden Joe we agasaba ituze muri rubanda
Perezida Donald Trump wa Reta zunze ubumwe za Amerika kuri uyu wa kane!-->!-->!-->!-->!-->…
South-Sudan: Abapolisi 237 b’u Rwanda bahawe imidali y’ishimwe.
Ku wa Kane tariki ya 05 Ugushyingo 2020, abapolisi b’u Rwanda 237 bari mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kubungabunga amahoro mu gihugu cya Sudani y’Epfo (UNMISS) bambitswe imidari y’ishimwe.
Uyu muhango wayobowe n’uhagarariye!-->!-->!-->!-->!-->…
Abantu 7 banduye Covid-19 mu Rwanda abandi 8 barayikira
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko mu bipimo 1,604 byafashwe kuri uyu wa 03 Ugushyingo 2020 byemeje ko abantu 7 banduye COVID-19 mu gihe abandi 8 bayikize
Umubare w’abamaze kwandura COVID-19 mu Rwanda ugera kuri 5,162, mu gihe!-->!-->!-->!-->!-->…
Umukinnyi wa 3 ukina hanze y’u Rwanda yageze mu Rwanda yitabiriye ubutumire bw’Amavubi
Umukinnyi ukina mu kibuga hagati mu ikipe ya AE Karaiskakis Artas yo mu Cyiciro cya Kabiri mu Bugereki, Rubanguka Steve yageze mu Rwanda yitabiriye ubutumire bw’ikipe y’igihugu Amavubi izakina na Cape Verde.
Yageze mu Rwanda ku wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Robert Fisk, umunyamakuru wakoranye ibiganiro bitatu na Osama Bin Laden, yapfuye.
Umunyamakuru Robert Fisk wari ufite imyaka 74 yapfuye, mu bikekwa ko yazize ikibazo cyo gucika k'udutsi two mu bwonko.
Ikinyamakuru Irish Times dukesha iyi nkuru kiravuga ko kuwa gatanu yajyanywe mu bitaro mu mujyi wa i Dublin ari!-->!-->!-->!-->!-->…
Tanzania: Leta yataye muri yombi abatavugarumwe nayo bateguraga imyigaragambyo.
Lazaro Mambosasa, umukuru wa polisi ya Dar es Salaam uyu munsi yatangaje ko bataye muri yombi bamwe mu bo mu ishyaka ritavuga rumwe n'ubutegetsi barimo batatu mu bakuriye ishyaka CHADEMA.
Freeman Mbowe, ukuriye ishyaka CHADEMA, ari!-->!-->!-->!-->!-->…
Ubuyobozi bw’ikipe ya Rayon Sport bwapimishije abakinnyi bayo covid-19
Nyuma yo kuva mu bibazo byari bimaze igihe kitari gito, Ubuyobozi bushya bw'ikipe yaRayon Sport bwapimishije abakinnyi n'abakozi bayo bose covid-19.
Ni igikorwa cyabaye kuri uyu wa gatandatu taliki ya 31 Ukwakira 2020 kibera ku biro!-->!-->!-->!-->!-->…
METEO Rwanda yaburiye Abanyarwanda ko imvura izaba nyinshi cyane mu gihugu.
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubumenyi bw’Ikirere, Meteo Rwanda, cyatanze integuza ko hagati ya tariki ya 1 na 10 Ugushyingo 2020, hateganyijwe imvura nyinshi.
Mu itangazo ryasohowe ku wa 31 Ukwakira, Meteo Rwanda yatangaje ko iyi!-->!-->!-->!-->!-->…
Amavubi U-17&U-20 yamenye amatsinda aherereyemo mu gushaka itike y’igikombe cya Afurika
Amakipe y’igihugu y’abatarengeje imyaka 17 na 20 yamenye amatsinda azaba aherereyemo mu mikino ya CECAFA izanashakirwamo itike y’igikombe cya Afurika.
Mu rwego rwo guhatanira itike yo kwerekeza mu gikombe cya Afurika cy’abatarengeje!-->!-->!-->!-->!-->…