Browsing Category
Uncategorized
Mali: Abasirikare baherutse guhirika ubutegetsi bahawe amezi 12 yo kuyobora inzibacyuho no gutegura…
Abahuza bo mu muryango w'ubukungu w'ibihugu byo mu burengerazuba bw'Afurika (CEDEAO/ECOWAS) babwiye agatsiko k'abasirikare kahiritse ubutegetsi muri Mali ko bakwemera inzibacyuho (imfatakibanza mu Kirundi) itarengeje amezi 12, nkuko!-->!-->!-->…
Rwanda-Burundi: Inzego z’ubutasi z’ibihugu byombi zahuye mu rwego rwo kuzahura umubano
Inzego z'ubutasi bw'igihug cy'u Burundi n'izi'igihugu cy'U Rwanda zahuye ziganira uburyo umubano w'ibihugu byombi wazahurwa.
Ni ibganiro biri kubera muri aka kanya ku mupaka ibi bihugu byombi bihanira imbibe wo mu Karere ka Bugesera!-->!-->!-->!-->!-->…
Mushiki wa Donald Trump yahishuye uburyo prezida Trump yakorewe ikizami kimwinjiza muri Kaminuza
Mu gihe amatora y'uzayobora igihugu cya Leta Zunze ubumwe za Amerika yegereje, byinshi bigenda bitangazwa ku buzima n'imibereho ya Prezida Trump uyobora Leta Zunze ubumwe za Amerika.
Nyuma y'igitabo giherutse gushyirwa hanze!-->!-->!-->!-->!-->…
Maryanne Trump Mushiki wa Donald Trump arashinja musaza we uburyarya n’ubugome
Mushiki wa Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe z'Amerika avuga ko musaza we ari umubeshyi "utagira amahame agenderaho", nkuko amajwi yafashwe mu ibanga abihishura.
Ayo magambo akaze ya Maryanne Trump Barry wahoze ari!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza:Mwalimu Jean Marie Vianney yibye umuzungu
Arimo arashakishwa n'ubushinjacyaha bw'u Rwanda kuko akekwaho icyaha cyo kuba yaribye ibikoresho byose bya Bar y'umuzungu witwa Serge Dega utuye mu Karere ka Nyanza.
Ku mugoroba wo kuri iyi tariki ya 22 kanama 2020 nibwo umunyamakuru!-->!-->!-->…
Willian: Gutwara Champion’s League niyo gahunda muri Arsenal
Willian mu mwambaro wa Arsenal nyuma yo gusinya amasezerano y'imyaka itatu
Willian yavuze ko impamvu nyamukuru yaje mu ikipe ya Arsenal ari gahunda y'umutoza Mikel Arteta yo gutwara Champion's League mu myaka itatu iri imbere.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Urubyiruko ruri hagati y’imyaka 20-40 rurashinjwa gukwirakwiza ubwandu bwa Coronavirus
Ishami ry'Umuryango w'Abibumbye ryita ku buzima (OMS) riravuga ko muri iki gihe abantu bafite hagati y'imyaka 20 na 40 ari bo barimo kugira uruhare runini mu gukwirakwiza Covid 19, kuko usanga hari bamwe bayifite batabizi!-->!-->!-->…
Gasabo:Habonetse umugabo mu ishyamba yapfuye!
Mu karere ka Gasabo umurenge wa Rusororo mu kagari ka MBANDAZI mu mudugudu wa Karambo mu ishyamaba habonetse umurambo w'umugabo utaramenyekana umwirondoro we cyangwa naho yaturutse.
mugitondo cyo kuri uyu wa gatanu taliki ya14/08/2020!-->!-->!-->…
MINEDUC na REB Zirashinjwa uburangare bigatuma hasohoka ibitabo byuzuyemo amakosa
Hakomeje kugaragara amakosa menshi mu bitabo bishyirwa hanze na ministeri y'uburezi, Bamwe mu babyeyi barasanga ari uburangare bwa MINEDUC na REB
Nyuma y'aho mu minsi ishize hagaragajwe amafuti ari ku gifuniko (cover) k'igitabo!-->!-->!-->!-->!-->…
Amashuri natangira, buri mwalimu n’umunyeshuri bagomba kuzaba bambaye agapfukamunwa
Dr NDAYAMABAJE Irenee yavuze ko amashuri natangira, abarimu n'abanyeshuri bagomba kuzajya bambara udupfukamunwa
Abanyeshuri biga mu mashuri abanza, ayisumbuye ndetse na Kaminuza bamaze igihe gikabakaba amezi atanu bari mu miryango!-->!-->!-->!-->!-->…
Bidasubirwaho, Muhadjiri ni umukinnyi wa A S Kigali
Muhadjiri Hakizimana yamaze gusinyira AS Kigali
Amakuru amenyekanye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kane tariki ya 6 Kanama, ni uko Muhadjiri Hakizimana asinyiye amasezerano ikipe ya AS Kigali nyuma yuko Rayon Sports itazakina imikino ya!-->!-->!-->…
Kamonyi: Umugore w’imyaka 26 akurikiranyweho kwica umugabo we akoresheje umuhini
Umugore wo mu kigero cy'imyaka 26 bikekwa ko yipfakaje
Mu rukerera rwo kuri uyu wa gatatu, umugore wo mu mudugudu wa rubona mu kagari ka Muganza mu murenge wa Runda mu Karere ka Kamonyi yatawe muri yombi akekwaho kwica umugabo we!-->!-->!-->…
ITANGAZO rya Cyamunara ry’umutungo utimukanwa
Umuhesha w'inkiko w'umwuga Me RUNYAMBO MANDEVU Christian aramenyesha ko azateza cyamunara kuri uyu wa mbere taliki ya 3 Nyakanga 2020 imitungo itimukanwa ya SUCCESSION SEBUNYENZI iherereye mu Karere ka Nyanza, Umurenge wa Mukingo, akagali!-->…
Ibirego bijyanye no gusambanya abana byariyongereye cyane muri uno mwaka
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko kugeza ubu rumaze kwakira ibirego 2157 by’abakekwaho gusambanya abana, ibirego bishobora kwiyongera cyane ugereranyije n’uko umwaka ushize byari bimeze.
Gusambanya abana ni!-->!-->!-->!-->!-->…