Browsing Category
Uncategorized
Nyanza: Abakuru b’imidugudu bahawe ibikoresho by’itumanaho (ibyombo) bizifashishwa…
Abakuru b'imidugudu bo mu murenge wa Busasamana mu Karere ka Nyanza bahawe ibikoresho by'itumanaho bizifashishwa n'abanyerondo mu gusangira amakuru
Mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri, abakuru b'imidugudu 40 muri 50 yo mu murenge wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Kabuga Felicien wagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi yagejejwe imbere y’urukiko arinzwe…
Umunyemari Kabuga Félicien watawe muri yombi kuwa 16 Gicurasi 2020, yitabye Ubushinjacyaha bw’i Paris kuri uyu wa Kabiri tariki ya 19 Gicurasi 2020 kugira ngo ahatwe ibibazo, aho yatwawe na Polisi acungiwe umutekano ku buryo bukomeye.
!-->!-->!-->!-->…
Ese birasaba iki ngo Félicien Kabuga aza zanwe mu Rwanda abe arinaho azaburanishwa?
Ubwo Félicien Kabuga yatabwaga muri yombi mu Bufaransa ku wa Gatandatu tariki 16 Gicurasi 2020, amajwi atandukanye yatangiye kumvikana asaba ko yajyanwa kuburanishirizwa mu Rwanda, imbere y’aho ibyaha akekwaho byakorewe.
Kabuga Felecien!-->!-->!-->…
Gakenke: Padiri wa paruwasi Mbogo akekwaho gusambanya abana none yatawe muri yombi.
Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha(RIB) rwatangaje ko rwataye muri yombi mu cyumweru gishize Padiri Mukuru wa Paroise ya Mbogo iherereye mu murenge wa Rushashi mu Karere ka Gakenke, Bwana Dukuzumuremyi Jean Leonard, rumukurikiranyeho!-->…
Bwana Munyakazi Sadate yabwiye abafana ba Rayon Sports kudaha agaciro abavuga ko yaba yahiritswe…
Perezida wa Rayon Sports,Munyakazi Sadate yageneye ubutumwa burebure abafana b’iyi kipe aho yabasabye kwima amatwi abakomeje kuvuga ko komite ayoboye yatakarijwe icyizere irahirikwa nyuma y'uko ikipe irikuyoborwa n'akanama ngishwanama!-->…
Ambassaderi W’Ubushinwa muri Israel bamusanze mu nzu yapfuye
Ambassaderi w'igihugu cy'Ubushinwa mu gihugu cya Israel bamusanze munzu yapfuye
Ibinyamakuru byinshi byo mu gihugu cya Israel byazindutse byandika ku rupfu rwa Bwana DU WEI W'imyaka 57 gusa y'amavuko yari asanzwe ahagarariye igihugu!-->!-->!-->!-->!-->…
Ngoma: Baganishuri w’imyaka 18 yarohamye mu kidendezi cy’amazi arapfa
Bwana BAGANISHURI yaraye arohamye mu kidendezi cy'amazi arapfa
Umusore w'imyaka 18 y'amavuko wakoraga akazi ko mu rugo wo mu kagari ka Cyasemakamba mu murenge wa Kibungo mu Karere ka Ngoma yaraye yitabye Imana arohamye mu kidendezi!-->!-->!-->!-->!-->…
Myugariro w’ikipe ikomeye yo muri Turukiya yiyiciye umwana avuga ko atamukundaga
Myugariro w'ikipe ya Bursa yishyikirije Polisi y'Iwabo asaba ko yafungwa kuko ariwe wiyiciye umwana we kuko atamukundaga
Polisi y'igihugu cya Turukiya ikurikiranyeho icyaha cy'ubwicanyi myugariro w'ikipe y'Umupira w'amaguru yo muri!-->!-->!-->!-->!-->…
Musanze: Gitifu w’Akagali n’uw’Umurenge batawe muri yombi nyuma yo gukorera…
Gitifu w'Akagali n'uw'Umurenge bari mu maboko y'urwego rw'ubugenzacyaha mu Rwanda nyuma yaho bafashwe amafoto bar8 guhohotera abaturage.
U rwego rw'igihugu rushinzwe ubugenzacyaha mu Rwanda rwatangaje ko rumaze guta muri yombi!-->!-->!-->!-->!-->…
KIGALI:RIB yeretse abanyamakuru abantu 5 bakekwaho kwiba amafaranga kuri konti z’abandi bakoresheje…
Kuri uyu wa Kane tariki ya 13 Gicurasi 2020,Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha rweretse itangazamakuru abantu 5 bakekwaho kwiba amafaranga y’abaturage mu mabanki atandukanye bakoresheje ikoranabuhanga.
Muri abo bantu 4 muri bo!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
USA:Perezida Trump mu kiganiro n’abanyamakuru yarakaye arasohoka kitarangiye!
Ikiganiro yahaye abanyamakuru kuri uyu wa Mbere Perezida Dinald Trump yateranye amagambo n’umunyamakuru ukomoka mu Bushinwa ndete n’uwa CNN biza gutuma ahagarika ikiganiro kitarangiye, arigendera.
Perezida Trump yahise yisohokera asiga!-->!-->!-->…
Kirehe: Abapolisi bamutaye muri yombi agerageza kubaha ruswa yibihumbi 200, FRW ngo bafungure…
Kuri iki cyumweru tariki ya 10 Gicurasi inzego z’umutekano zikorera mu karere ka Kirehe mu murenge wa Mahama zafashe uwitwa Bikorimana Jean Claude w’imyaka 38, yafashwe agerageza guha umupolisi ruswa ingana n’amafaranga y’u Rwanda ibihumbi!-->…
Tanzaniya n’U Burundi ntibyitabiriye inama ya EAC yayobowe na Prezida Paul Kagame
Prezida Paul KAGAME w'U Rwanda yayoboye inama idasanzwe y'I bihugu byo muri Afrika y'Iburasirazuba EAC, inama ititabiriwe na Tanzaniya n'Uburundi
Nyuma y'aho inama y'abakuru b'Ibihugu byo mu karere ka Afrika y'iburasirazuba itabaye!-->!-->!-->!-->!-->…
Gasabo:Umugabo ararira ayo kwarika nyuma yo kujya mu bitaro agarutse asanga umugore yamusimbuje undi…
umugabo witwa NTAMUGABUMWE Joseph wo mu karere ka Gasabo umurenge wa Rusororo akagari ka Gasagara mu mudugudu wa Kamasasa yirukanywe n'umugore we nyuma yo kuva mu bitaro agasanga uwari umugore ye yinjije undi mugabo wo kumusimbura .
Uyu!-->!-->!-->…
Tanzaniya: Prezida Yirukanye bamwe mu bayobozi nyuma yo gupima amavuta y’imodoka bagasanga…
Prezida Magufuli wa Tanzaniya ya maze kwirukana u muyobozi w'ikigo gishinzwe gupima indwara zitandukanye
Nyuma y'aho kuri iki cyumweru Prezida wa Tanzaniya Bwana John Pombe MAGUFULI agaragaje impungenge kuri bimwe mu bikoresho!-->!-->!-->!-->!-->…