Browsing Category
Imikino
Etiyopiya inaniwe gutsinda Amavubi mu mikino yo gushakisha itike yo gukina CHAN
Ikipe y'igihugu AMAVUBI imaze kunganya n'ikipe ya Ethiopia mu mukino wa mbere wo guhatanira kuzakina imikino ya nyuma y'igikombe cya CHAN 2023.
Ikipe y'umupira w'amaguru AMAVUBI yihagazeho iminota 93 yose mu mukino wa mbere wayihuzaga!-->!-->!-->…
Mukura VS&L mu bibazo bishobora gutuma idakomeza shampiyona
Nyuma y'aho impuzamashyirahamwe ry'umupira w'amaguru ku isi FIFA rifatiye ibihano ikipe ya MUKURA VS&Loisir, iyo kipe iratangaza ko igeze kure ku buryo ishobora kudakomeza amarushanwa.
Ikipe ya MUKURA Victory Sport yo mu Karere ka!-->!-->!-->…
KArim BENZEMA yatowe nk’umukinnyi mwiza i Burayi ahigika Courtois na Kevin de Bruyne
Rutahizamu wa Real Madrid n’Ikipe y’Igihugu y’u Bufaransa, Karim Mustafa Benzema, yatowe nk’umukinnyi wahize abandi i Burayi mu mwaka wa 2021/22.
Byatangarijwe mu muhango wabaye kuri uyu wa kane tariki 25 Kanama 2022 i Istanbul muri!-->!-->!-->…
Nyuma yo kunyagirwa ibitego 4 byose, Erick Ten Hag utoza Man Utd yavuze icyo yifuza
Nyuma y'aho kuri uyu wa gatandatu ikipe ya Manchester United ikubiswe nk'iz'akabwana igatsindwa ibitego bine byose, umutoza wayo yatangaje ko ikipe ye ifite abakinnyi batari ku rwego rwo guhangana n'andi makipe mu Bwongereza.
Umutoza!-->!-->!-->…
CAF yemereye Stade ya HUYE kujya yakira imikino mpuzamahanga
Ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru muri Afrika ryemeje ko Stade ya Huye yonyine ariyo izakira imikino mpuzamahanga mu Rwanda.
Nyuma y'aho Ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru ku mugabane wa Afrika utangarije ko nta stade n'imwe muzo mu!-->!-->!-->…
Ubuyobozi bwa FINE FM bwemeye kwinjira mu kibazo cya Rurangirwa Louis na Regis uregwa gukoresha…
Umunyamakuru Sam Karenzi akaba n'umuyobozi wa Radio FINE yemeye kwinjira mu kibazo cya Regis Muramira ushinjwa gukoresha imvugo zitameze neza mu kiganiro aho bivugwa ko yatutse Bwana Rurangirwa Louis.
Bwana SAM KARENZI umuyobozi!-->!-->!-->…
Zahinduye imirishyo muri Police FC
Kuri uyu wa kane tariki ya 21 Nyakanga, ikipe y’umupira w’amaguru ya Polisi y’u Rwanda (Police FC), yabonye abayobozi bashya, aho Umuyobozi mukuru w’iyi kipe yabaye Assistant Commissioner of Police (ACP) Yahya Mugabo Kamunuga, yungirijwe !-->…
Sadio Mane yegukanye igihembo cy’Umunyafrika yahize abandi muri Ruhago
Umunya-Sénégal Sadio Mané yegukanye igihembo cy'umukinnyi w'Umunyafurika w'umupira w'amaguru warushije abandi muri uyu mwaka ku nshuro ya kabiri yikurikiranya, mu muhango w'ibihembo by'impuzamashyirahamwe y'umupira w'amaguru muri Afurika!-->…
Kwizera Olivier ufatwa nk’umunyezamu wa mbere mu Rwanda yirukanywe muri Rayon
Ikipe ya Rayon Sport yatangaje ko yazereye abakinnyi bayo bagera kuri batandatu harimo na Kwizera Oliveier ufatwa nk'umunyezamu wa mbere mu gihugu.
Nyuma yo gusinyisha bamwe mu bakinnyi bazafasha iyi kipe ya Rayon sport mu rugamba rwo!-->!-->!-->…
Munyakazi Sadate yikomye mu gatuza yemeza ko amasezerano ya Miliyari Rayon yasinyanye na Skol ariwe…
Sadate Munyakazi wigeze kuyobora ikipeya Rayon sport aremeza ko amasezerano y'ubufatanye aherutse gusinywa hagati ya Rayon sport na Skol ariwe wabigizemo uruhare kandi rukomeye.
Nyuma y'aho muri kino cyumweru gishize ikipe ya Rayon!-->!-->!-->…
Felix NDEKWE wakiniraga ikipe ya AS Kigali yerekeje muri Rayon Sport
Ikipe ya Rayon Sport ikomeje kwiyubaka mu rwego rwo kureba niba hari igikombe na kimwe ishobora kwegukana mu mwaka w'imikino utaha.
Muri iyo gahunda ngari, kuri uyu munsi Perezida wa Rayon Sport Jean Fidele UWAYEZU yasinyanye!-->!-->!-->…
Undi mukinnyi wakiniraga Espoir FC yazanywe muri Rayon sport
Ikipe ya Rayon Sport ikomeje kwiyubaka igura abakinnyi batandukanye nyuma y'aho ibuze igikombe na kimwe mu bikombe byose bikinirwa hano mu Rwanda.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatatu, Perezida wa Rayon sport, Rtd Jean Fidele UWAYEZU!-->!-->!-->…
Ikipe ya AS Kigali niyo yegukanye igikombe cy’amahoro
Ikipe ya AS Kigali itsinze igitego kimwe ikipe ya APR FC biyihesha kwegukana igikombe cy'amahoro cy'uno mwaka.
Ni mu mukino wa nyuma wahuje amakipe yombi kuri uyu wa Kabiri, tariki 28 Kamena 2022, kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Rayon sport yegukanye umwanya wa gatatu nyuma yo kunyagira Police FC
Mu gushaka umwanya wa gatatu wo muri Championnat y'u Rwanda, Ikipe ya Rayon sport imaze kunyagira ikipe ya Police FC iyitera ibitego bine byose ku busa.
Kuri uyu wa Mbere kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo, habereye imikino yo guhatanira!-->!-->!-->…
Samuel Eto’o fils yakatiwe igifungo cy’amezi 22
Bwana Samuel Eto'o Fils uyobora ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru muri Cameroune yakatiwe igifungo cy'amezi 22 gisubitswe nyuma yo guhamwa n'icyaha cy'uburiganya mu gutanga imisoro.
Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri!-->!-->!-->!-->!-->…