Browsing Category
Imikino
Undi mukinnyi wakiniraga Espoir FC yazanywe muri Rayon sport
Ikipe ya Rayon Sport ikomeje kwiyubaka igura abakinnyi batandukanye nyuma y'aho ibuze igikombe na kimwe mu bikombe byose bikinirwa hano mu Rwanda.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatatu, Perezida wa Rayon sport, Rtd Jean Fidele UWAYEZU!-->!-->!-->…
Ikipe ya AS Kigali niyo yegukanye igikombe cy’amahoro
Ikipe ya AS Kigali itsinze igitego kimwe ikipe ya APR FC biyihesha kwegukana igikombe cy'amahoro cy'uno mwaka.
Ni mu mukino wa nyuma wahuje amakipe yombi kuri uyu wa Kabiri, tariki 28 Kamena 2022, kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Rayon sport yegukanye umwanya wa gatatu nyuma yo kunyagira Police FC
Mu gushaka umwanya wa gatatu wo muri Championnat y'u Rwanda, Ikipe ya Rayon sport imaze kunyagira ikipe ya Police FC iyitera ibitego bine byose ku busa.
Kuri uyu wa Mbere kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo, habereye imikino yo guhatanira!-->!-->!-->…
Samuel Eto’o fils yakatiwe igifungo cy’amezi 22
Bwana Samuel Eto'o Fils uyobora ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru muri Cameroune yakatiwe igifungo cy'amezi 22 gisubitswe nyuma yo guhamwa n'icyaha cy'uburiganya mu gutanga imisoro.
Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri!-->!-->!-->!-->!-->…
Sadio MANE yerekeje mu Budage kuri miliyoni 35 Z’amayero
Umunya Senegal SADIO MANE amaze kwemera kwerekeza mu ikipe ya Bayern Munich nyuma yo kwemeranywa n'iyi kipe ku kiguzi cya miliyoni 35 z'Amayero.
Bidasubirwaho, umukinnyi mpuzamahanga w'igihugu cya Senegal wari umaze igihe akinira!-->!-->!-->!-->!-->…
GABRIEL JESUS YEMEYE KUBA UMUKINNYI WA ARSENAL
Nyuma y'ibiganiro by'igihe kirekire, Gabriel Jesus yemeye kuva i Manchester yerekeza i Londres
Nyuma y'imyaka itanu, rutahizamu wumunya Brazil Gabriel Jesus ari muri manchester city, yemeye kujya muri Arsenal byuma y'aho byemerejwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Kiyovu Sport inganije na Espoir biyikomereza imibare yo gutwara igikombe
AS Kigali yatsinze APR FC ibitego 2-0, Kiyovu Sports inanirwa kwisubiza neza mu rugamba rw’igikombe inganyiriza na Espoir FC i Rusizi.
Wari umunsi wa 29 wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda umwaka w’imikino 2021-22, imikino!-->!-->!-->!-->!-->…
Manace Mutatu mu bakinnyi barenga 10 Rayon sport igomba kwirukana
Biravugwa ko ikipe ya Rayon sport imaze kunoza umugambi wo kwirukana bakinnyi barenga 10 batatanze umusaruro mu mwaka w'imikino uri kurangira.
Ikipe ya rayon sport ikunzwe cyane mu gihugu imaze igihe kirekire itazi impumuro!-->!-->!-->!-->!-->…
Amagare: Umunyarwanda yegukanye Tour de Cameroune 2022
Umukinnyi w’ikipe y’u Rwanda mu mukino w’amagare, Bwana Mugisha Moise yegukanye isiganwa mpuzamahanga ryaberaga muri Cameroun « Tour du Cameroun 2022 » kuva taliki 04 kugeza 12 Kamena 2022.
Mugisha Moise yabaye umunyarwanda wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Menya impamvu abakinnyi babanza gupfuka umunwa iyo bari mu kibuga kugira ngo bavugane.
Impamvu abakinnyi bakunze gupfuka kumunwa iyo baganira na bagenzi babo mu kibuga irasa n'itangaje.
Ni kenshi cyanbe dukunze kubona abakinnyi cyane cyane muri shampiyona y'icyiciro cya mbere mu bwongereza bavugana, bagapfuka umunwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Amarangamutima ya Kagere nyuma yo gucyura inota rimwe kuri Mozambique
Nyuma y'aho ikipe y'igihugu y'umupira w'amaguru AMAVUBI anganirije na MOZAMBIQUE mu mikino yo guhatanira itike yo kuzakina igikombe cya Afrika ku mugoroba wo kuri uyu wa kane taliki ya 2 Kamena 2022, kapiteni w'amavubi Bwana Kagere!-->!-->!-->…
Jado Castar yeguye ku mwanya wa visi perezida wa FRVB
Uwari Visi perezida wa Kabiri ushinzwe amarushanwa mu Ishyirahamwe Nyarwanda rya Volleyball , Bagirishya Jean de Dieu uzwi nka Jado Castar, ntabwo akiri kuri uyu mwanya yari amazeho umwaka umwe n'ukwezi kumwe.
Mu mwaka ushize mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Murenzi Abdallah utavugwaho rumwe yongeye kwiyamamariza kuyobora FERWACY nk’umukandida umwe…
Mu gihe amatora yo kuyobora ishyirahamwe ry'umukino w'Amagare mu Rwanda FERWACY ateganijwe kuba kuri iki cyumweru, Murenzi Abdallah utaragiye avugwaho rumwe, yongeye kwiyamamariza kuyobora iri shyirahamwe nk'umukandida umwe rukumbi.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Kylian Mbappe yateye umugongo Real Madrid asinyira PSG y’iwabo
Umufaransa Kylian Mbappé wifuzwaga cyane na Real Madrid yo muri Espagne, yemeye kongera amasezerano muri Paris Saint-Germain akazageza mu 2025 ari umukinnyi wayo.
Mbappé w’imyaka 23, yari ku mpera y’amasezerano y’imyaka itanu yari!-->!-->!-->!-->!-->…
Bwa mbere mu myaka 13 Haruna ntiyahamagawe mu AMAVUBI
Bwa mbere mu myaka 13 yose ishize yitabazwa nk'umukinnyi w'ikipe y'igihugu Amavubi, Bwana Haruna Niyonzima ntiyagaragaye ku rutonde rw'abakinnyi 28 bazitabazwa mu mikino yo gushaka itike y'imikino Nyafrika.
Kuri uyu wa gatanu taliki!-->!-->!-->!-->!-->…