Browsing Category
Imikino
Ikipe ya AS Kigali itsindiwe i Kigali na DCMP yo muri DRC
Ikipe ya AS Kigali ntibashije gutsindira i Kigali ikipe ya DCMP yo muri Congo mu marushanwa ya CAF Confenderations cup.
AS Kigali yatsindiwe mu rugo ibitego 2-1 na Daring Club Motema Pembe yo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya!-->!-->!-->!-->!-->…
Hamenyekanye amataliki tour du Rwanda y’umwaka utaha izatangirira
Ishyirahamwe ry’Umukino w’Amagare ku Isi (UCI) ryemeje ko Tour du Rwanda 2022 izaba hagati ya tariki ya 20 n’iya 27 Gashyantare 2022.
Kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 13 Ukwakira 2021, ni bwo Ishyirahamwe Nyarwanda ry’Umukino w’Amagare!-->!-->!-->!-->!-->…
“Kagere, Haruna na Jacques bakwiye gusezera kuko bari guta ibaba” KNC
Nyuma y'uko ikipe y'Amavubi atsindiwe i Kigali, KNC yasabye ko ikipe y'igihugu yaseswa, ndetse asaba bamwe mu bakinnyi basezera aho gukomeza guta ibaba.
Gutsindwa kw'ikipe y'u Rwanda AMAVUBI ku mugoroba wo kuri uyu wa kane ntibikiri!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyuma yo gutsindirwa i Kigali, Amavubi yerekeje i Kampala mu mukino wo kwishyura.
Ikipe y'igihugu AMAVUBI imaze kwerekeza i Kampala aho igomba gukina kuri iki cyumweru umukino wo kwishyura.
Nyuma y'aho ikipe y'igihugu y'umupira w'amaguru inaniwe kwihagararaho hano i Kigali kuri uyu wa kane taliki ya 7 Ukwakira!-->!-->!-->!-->!-->…
Hamenyekanye impamvu Jihad Bizimana atazitabira imikino 2 Amavubi azahuramo na Uganda
Umukinnyi wo Hagati w’Ikipe y’Igihugu, Amavubi na KMSK Deinze yo mu Cyiciro cya Kabiri mu Bubiligi,yanduye Covid-19 bituma ajya mu kato kazatuma adakinira u Rwanda mu mikino 2 ruzesurana na Uganda.
Bizimana Djihad yari mu bakinnyi!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza FC mu mukino w’ishiraniro aho isabwa gutsinda Rugende FC
Nyanza FC yiteguye gutsinda ikipe ya Rugende FC ikaba imwe mu makipe abiri agomba gusohoka mu itsinda
Saa munani zuzuye nibwo ikipe ya Nyanza FC iri bucakirane n'ikipe ya Rugende FC mu mukino w'ishiraniro ugomba gusiga usobanuye!-->!-->!-->!-->!-->…
Umuteramakofi Pacquiao yasezeye muri uwo mukino avuga ko agiye guhatanira kuyobora igihugu
Umuteramakofi bwana Manny Pacquiao yasezeye ku mugaragaro mu mukino wa Box avuga ko agiye guhatanira kuzayobora igihugu cya Phillippines
Bwana Manny Pacquiao uzwi cyane mu mukino w'iteramakofi ukomoka mu gihugu cya Philippines!-->!-->!-->!-->!-->…
Lionel Messi yaraye atsinze igitego cye cya mbere muri PSG
Umunyabigwi Lionnel Messi yaraye atsinze igitego cye cya mbere ari u ikipe ya Paris Saint Germain.
Ku ugoroba wo kuri uyu wa kabiri taliki ya 28 Nzeli 2021 ubwo ikipe ya Paris Saint Germain yahuraga n'ikipe ya Manchester United mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Ubuyobozi bwa Polisi y’u Rwanda bwasuye ikipe ya Police FC aho iri mu mwiherero
Mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru tariki ya 26 Nzeri Umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda wungirije ushinzwe imiyoborere n’abakozi, DIGP/AP Jeanne Chantal Ujeneza yasuye ikipe ya Police FC aho iri mu mwiherero mu myitozo mu Karere ka Ngoma.!-->!-->!-->…
Gutekinika bitumye ikipe y’u Rwanda ya volley Ball mu bagore iterwa mpaga.
Nyuma y'aho u Rwanda rurezwe uburiganya no gukinisha abakinnyi batemerewe mu irushanwa, bimaze kwemezwa ko ruterwa mpaga maze indi mikino igakomeza u Rwanda rutarimo.
Ku wa Kane nibwo u Rwanda rwagombaga gukina umukino usoza itsinda!-->!-->!-->!-->!-->…
AS Kigali isezereye ikipe ya Olympique de Missiri iyinyagira ibitego bitandatu.
AS Kigali yasezereye Olympique de Missiri-Sima mu ijonjora rya mbere rya CAF Confederations Cup ku giteranyo cy’ibitego 8-1, ni nyuma yo kuyinyagira ibitego 6-0 mu mukino wo kwishyura wabereye i Kigali.
Kuri uyu wa Gatandatu kuri!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza FC ntiyabashije kwihagararaho ku kibuga cyayo.
Ikipe ya Nyanza FC ntiyabashije kwihagararaho ku kibuga cyayo ubwo yahuraga n'ikipe ya Gicumbi FC.
Kuri uyu wa gatandatu taliki ya 18 Nzeli 2021 nibwo irushanwa ry'umupira w'amaguru mu cyiciro cya kabiri ryatangizwaga ku mugaragaro.!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyuma ya Gasongo, Flavien nawe asezeye mu ikipe y’igihugu ya Volley Ball
Nyuma y'imyaka 15 yari amaze akinira ikipe y'igihugu ya Volley Ball, Bwana Flavien nawe amaze gusezera ku ikipe y'igihugu.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa kane ubwo yari mu kiganiro kuri radiyo y'igihugu, Bwana Flavien NDAMUKUNDA wari!-->!-->!-->!-->!-->…
“Imyaka 12 yose mu ikipe y’igihugu, waduhaye buri kimwe wari ufite”
Nyuma y'imyaka 12 akinira ikipe y'igihugu ya Volley ball, abantu benshi bashimiye Gasongo ibyishimo yabahaye ubwo yatangazaga ko asezeye muri uwo mukino.
Dusabimana Vincent uzwi cyane nka Gasongo mu mukino wa Volley ball yamaze!-->!-->!-->!-->!-->…
Kutemera umusaruro wa Mashami; Bimwe byaranze Uwayezu Regis muri FERWAFA
Nyuma y’amasaha make ashize, uwari Umunyamabanga Mukuru w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, Uwayezu François Regis yeguye kuri izo nshingano, hari bimwe byamuranze birimo kugaragaza ko atishimiye umusaruro w’umutoza!-->…