Browsing Category
Imikino
Ubuyobozi bwa FINE FM bwemeye kwinjira mu kibazo cya Rurangirwa Louis na Regis uregwa gukoresha…
Umunyamakuru Sam Karenzi akaba n'umuyobozi wa Radio FINE yemeye kwinjira mu kibazo cya Regis Muramira ushinjwa gukoresha imvugo zitameze neza mu kiganiro aho bivugwa ko yatutse Bwana Rurangirwa Louis.
Bwana SAM KARENZI umuyobozi!-->!-->!-->…
Zahinduye imirishyo muri Police FC
Kuri uyu wa kane tariki ya 21 Nyakanga, ikipe y’umupira w’amaguru ya Polisi y’u Rwanda (Police FC), yabonye abayobozi bashya, aho Umuyobozi mukuru w’iyi kipe yabaye Assistant Commissioner of Police (ACP) Yahya Mugabo Kamunuga, yungirijwe !-->…
Sadio Mane yegukanye igihembo cy’Umunyafrika yahize abandi muri Ruhago
Umunya-Sénégal Sadio Mané yegukanye igihembo cy'umukinnyi w'Umunyafurika w'umupira w'amaguru warushije abandi muri uyu mwaka ku nshuro ya kabiri yikurikiranya, mu muhango w'ibihembo by'impuzamashyirahamwe y'umupira w'amaguru muri Afurika!-->…
Kwizera Olivier ufatwa nk’umunyezamu wa mbere mu Rwanda yirukanywe muri Rayon
Ikipe ya Rayon Sport yatangaje ko yazereye abakinnyi bayo bagera kuri batandatu harimo na Kwizera Oliveier ufatwa nk'umunyezamu wa mbere mu gihugu.
Nyuma yo gusinyisha bamwe mu bakinnyi bazafasha iyi kipe ya Rayon sport mu rugamba rwo!-->!-->!-->…
Munyakazi Sadate yikomye mu gatuza yemeza ko amasezerano ya Miliyari Rayon yasinyanye na Skol ariwe…
Sadate Munyakazi wigeze kuyobora ikipeya Rayon sport aremeza ko amasezerano y'ubufatanye aherutse gusinywa hagati ya Rayon sport na Skol ariwe wabigizemo uruhare kandi rukomeye.
Nyuma y'aho muri kino cyumweru gishize ikipe ya Rayon!-->!-->!-->…
Felix NDEKWE wakiniraga ikipe ya AS Kigali yerekeje muri Rayon Sport
Ikipe ya Rayon Sport ikomeje kwiyubaka mu rwego rwo kureba niba hari igikombe na kimwe ishobora kwegukana mu mwaka w'imikino utaha.
Muri iyo gahunda ngari, kuri uyu munsi Perezida wa Rayon Sport Jean Fidele UWAYEZU yasinyanye!-->!-->!-->…
Undi mukinnyi wakiniraga Espoir FC yazanywe muri Rayon sport
Ikipe ya Rayon Sport ikomeje kwiyubaka igura abakinnyi batandukanye nyuma y'aho ibuze igikombe na kimwe mu bikombe byose bikinirwa hano mu Rwanda.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatatu, Perezida wa Rayon sport, Rtd Jean Fidele UWAYEZU!-->!-->!-->…
Ikipe ya AS Kigali niyo yegukanye igikombe cy’amahoro
Ikipe ya AS Kigali itsinze igitego kimwe ikipe ya APR FC biyihesha kwegukana igikombe cy'amahoro cy'uno mwaka.
Ni mu mukino wa nyuma wahuje amakipe yombi kuri uyu wa Kabiri, tariki 28 Kamena 2022, kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Rayon sport yegukanye umwanya wa gatatu nyuma yo kunyagira Police FC
Mu gushaka umwanya wa gatatu wo muri Championnat y'u Rwanda, Ikipe ya Rayon sport imaze kunyagira ikipe ya Police FC iyitera ibitego bine byose ku busa.
Kuri uyu wa Mbere kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo, habereye imikino yo guhatanira!-->!-->!-->…
Samuel Eto’o fils yakatiwe igifungo cy’amezi 22
Bwana Samuel Eto'o Fils uyobora ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru muri Cameroune yakatiwe igifungo cy'amezi 22 gisubitswe nyuma yo guhamwa n'icyaha cy'uburiganya mu gutanga imisoro.
Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri!-->!-->!-->!-->!-->…
Sadio MANE yerekeje mu Budage kuri miliyoni 35 Z’amayero
Umunya Senegal SADIO MANE amaze kwemera kwerekeza mu ikipe ya Bayern Munich nyuma yo kwemeranywa n'iyi kipe ku kiguzi cya miliyoni 35 z'Amayero.
Bidasubirwaho, umukinnyi mpuzamahanga w'igihugu cya Senegal wari umaze igihe akinira!-->!-->!-->!-->!-->…
GABRIEL JESUS YEMEYE KUBA UMUKINNYI WA ARSENAL
Nyuma y'ibiganiro by'igihe kirekire, Gabriel Jesus yemeye kuva i Manchester yerekeza i Londres
Nyuma y'imyaka itanu, rutahizamu wumunya Brazil Gabriel Jesus ari muri manchester city, yemeye kujya muri Arsenal byuma y'aho byemerejwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Kiyovu Sport inganije na Espoir biyikomereza imibare yo gutwara igikombe
AS Kigali yatsinze APR FC ibitego 2-0, Kiyovu Sports inanirwa kwisubiza neza mu rugamba rw’igikombe inganyiriza na Espoir FC i Rusizi.
Wari umunsi wa 29 wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda umwaka w’imikino 2021-22, imikino!-->!-->!-->!-->!-->…
Manace Mutatu mu bakinnyi barenga 10 Rayon sport igomba kwirukana
Biravugwa ko ikipe ya Rayon sport imaze kunoza umugambi wo kwirukana bakinnyi barenga 10 batatanze umusaruro mu mwaka w'imikino uri kurangira.
Ikipe ya rayon sport ikunzwe cyane mu gihugu imaze igihe kirekire itazi impumuro!-->!-->!-->!-->!-->…
Amagare: Umunyarwanda yegukanye Tour de Cameroune 2022
Umukinnyi w’ikipe y’u Rwanda mu mukino w’amagare, Bwana Mugisha Moise yegukanye isiganwa mpuzamahanga ryaberaga muri Cameroun « Tour du Cameroun 2022 » kuva taliki 04 kugeza 12 Kamena 2022.
Mugisha Moise yabaye umunyarwanda wa!-->!-->!-->!-->!-->…