Browsing Category
Imikino
Ministeri y’ubucuruzi n’inganda shyize hanze amabwiriza azagenga imikino…
Nyuma y'uko inama y'abaministre isubukuye imikino y'amahirwe, none ministeri ibishinzwe imaze gushyiraho amabwiriza agenga isubukurwa ryayo.
Minsiteri y'ubucuruzi n'inganda yashyizeho kuri uyu wa gatanu yasohoye amabwiriza agena!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyirabashyitsi Judith yatandukanye na Scandinavia Women FC
Nyuma y’imyaka ibiri yerekeje i Rubavu muri Scandinavia Women FC, yamaze gutandukana nayo, azakinira AS Kigali Women FC yahozemo.
Ni nyuma yo gusoza amasezerano mu Ikipe ya Scandinavia Women FC y’i Rubavu, ikina mu Cyiciro cya Mbere.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Afrobasket:Ikipe y’u Rwanda ifite umukino isabwa gutsinda kugira ngo ikomeze muri 1cya4
Nyuma yo gusoreza ku mwanya wa kabiri mu itsinda A, kuri uyu wa Mbere taliki 30 Kanama 2021, ikipe y’u Rwanda irakina na Guinea yabaye iya 3 mu itsinda B mu guhatanira itike ya ¼ cy’irangiza.
Uyu mukino ikipe y’u Rwanda!-->!-->!-->!-->!-->…
Muri 23 Mashami azifashisha nta n’umwe wo muri Rayon sport wahamagawe
Kuri uyu wa gatanu nibwo umutoza w'ikipe y'igihugu Mashamu Vincent yashyize hanze urutonde rw'abakinnyi 23 azifashisha ahangana n'ikipe ya Mali na Kenya.
Umutoza wikipe y’Igihugu ’Amavubi’, yamaze gutangaza abakinnyi 23 azifashisha!-->!-->!-->!-->!-->…
Bidasubirwaho, Cristiano Ronaldo amaze kwerekeza mu ikipe ya Man. United
Nyuma y'igihe benshi bibaza aho uno mukinyi w'igihangange agiye kwerekeza nyuma yo kugaragaza ko atishimiye kuba mu ikipe ya Juventus, kuri ubu bimaze kwemezwa n'ikipe ya Manchester United ko yarangije ibiganiro na Juventus, ibiganiro!-->!-->!-->…
Ikipe y’u Rwanda ya Basketball imaze kwirahira iya DRC
Ikipe y'igihugu ya Basketball imaze gutsinda ikipe ya Repubulika Iharanira demokarasi ya Congo mu mukino wa mbere wa AfroBasket ku bagabo
Kuri uyu wa kabiri taliki ya 24 Kamena 2021 nibwo imikino ya Basketball izwi nka Afrobasket!-->!-->!-->!-->!-->…
Abakunzi ba football bakomerewe, bemererwa kuzajya mu ma stades
Nyuma y'umwaka hafi n'igice abakunzi n'abafana b'umupira w'amaguru batemerewe kwinjira mu ma sitade, kera kabaye, ministeri ya siporo yabakomoreye
Umupira w’amaguru mu Rwanda uheruka gukinirwa imbere y’abafana mbere ya tariki ya 14!-->!-->!-->!-->!-->…
Abafana ba Basketball bemererwa kwinjira muri Stade Arena mu mikino ya Afro Basket.
Ministeri ya siporo mu Rwanda yakomoreye abakunzi ba Basketball ibemerera kuzitabira no kuzinjira muri Stade Arena mu mikino ya Afro Basket.
Mu gihe u Rwanda rwiteguye kwakira imikino ya Afro Basket kuri uno wa 24 Kanama 2021,!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyuma yo gusinyisha Messi, PSG yaje ku mwanya wa 3 mu makipe ahenze ku isi.
Ikipe ya Paris Saint Germain iherutse gusinyisha rutahizamu mpuzamahanaga Bwana Lionel Messi, iyo kipe yahise iza ku mwanya wa gatatu ku rutonde rw'amakipe ahenze ku isi.
Ikinyamakuru France football kimenyereye kwandika amakuru!-->!-->!-->!-->!-->…
Ministeri ya siporo yemereye Championnat y’icyiciro cya kabiri gutangira.
Minisiteri ya Siporo yu Rwanda yahaye Ferwafa uburenganzira bwo gusubukura shampiyona y’icyiciro cya kabiri mu bagaho ndetse na shampiyona z’abagore
Nyuma y’igihe hibazwa niba shampiyona y’icyiciro cya kabiri izasubukurwa cyangwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Bite bya Byiringiro Lague watsinzwe igeragezwa?
Nanubu amakuru ya rutahizamu w’Ikipe y’Igihugu Amavubi, Byiringiro Lague, akomeje kuba ubwiru nyuma yo gutsindwa igeragezwa mu Ikipe ya Neuchatel Xamax yo mu cyiciro cya kabiri mu Busuwisi.
Ku wa 8 Nyakanga ni bwo Byiringiro Lague!-->!-->!-->…
Nyuma y’amezi abiri basezeranye, Muvandimwe n’umugore we bibarutse imfura yabo
Umuryango wa myugariro w’ibumoso muri Rayon Sports FC, Muvandimwe Jean Marie Vianney, wibarutse umwana w’imfura nyuma y’amezi abiri gusa we n’umugore we basezeraniye imbere y’amategeko kuzabana akaramata.
Mu rukerera rwo kuri uyu wa!-->!-->!-->…
“MBAMENE” Ubusatirizi bushya bw’ikipe ya PSG
Bidasubirwaho, Messi amaze kuba umukinnyi wa PSG ku masezerano y'imyaka ibiri ishobora kongerwa. Ni nawe uzaba uyoboye ubusaturizi bw'iyi kipe, ubusatirizi bwiswe "MBAMENE"
Ijmabo MBAMENE mu matwi y'Abanyarwanda ntabwo ryaba ari!-->!-->!-->!-->!-->…
Ese koko Bizimana Amissi yamaze gusinyira Kiyovu Sports?
Isinyishwa rya rutahizamu w’umurundi, Bizimana Amissi muri Kiyovu Sports, ntabwo ririkuvugwaho rumwe kuko hari amakuru ahamya ko uyu musore ukinira Sofapaka, atarasinyira iyi kipe.
Tariki ya 5 Kanama 2021, nibwo humvikanye inkuru ivuga!-->!-->!-->…
Abatoza bahoze muri Kiyovu Sports baratabaza
Abahoze ari abatoza ba Kiyovu Sports bungirije, barasaba Ubuyobozi bw’iyi Ikipe kubaha ibyo bemererwa n’amategeko nyuma yo guhabwa amabaruwa abasezerera badasoje amasezerano y’umwaka umwe bari basigaje.
Mu kwezi gushize nibwo Ubuyobozi!-->!-->!-->…