Browsing Category
Imikino
Nyuma y’amezi abiri basezeranye, Muvandimwe n’umugore we bibarutse imfura yabo
Umuryango wa myugariro w’ibumoso muri Rayon Sports FC, Muvandimwe Jean Marie Vianney, wibarutse umwana w’imfura nyuma y’amezi abiri gusa we n’umugore we basezeraniye imbere y’amategeko kuzabana akaramata.
Mu rukerera rwo kuri uyu wa!-->!-->!-->…
“MBAMENE” Ubusatirizi bushya bw’ikipe ya PSG
Bidasubirwaho, Messi amaze kuba umukinnyi wa PSG ku masezerano y'imyaka ibiri ishobora kongerwa. Ni nawe uzaba uyoboye ubusaturizi bw'iyi kipe, ubusatirizi bwiswe "MBAMENE"
Ijmabo MBAMENE mu matwi y'Abanyarwanda ntabwo ryaba ari!-->!-->!-->!-->!-->…
Ese koko Bizimana Amissi yamaze gusinyira Kiyovu Sports?
Isinyishwa rya rutahizamu w’umurundi, Bizimana Amissi muri Kiyovu Sports, ntabwo ririkuvugwaho rumwe kuko hari amakuru ahamya ko uyu musore ukinira Sofapaka, atarasinyira iyi kipe.
Tariki ya 5 Kanama 2021, nibwo humvikanye inkuru ivuga!-->!-->!-->…
Abatoza bahoze muri Kiyovu Sports baratabaza
Abahoze ari abatoza ba Kiyovu Sports bungirije, barasaba Ubuyobozi bw’iyi Ikipe kubaha ibyo bemererwa n’amategeko nyuma yo guhabwa amabaruwa abasezerera badasoje amasezerano y’umwaka umwe bari basigaje.
Mu kwezi gushize nibwo Ubuyobozi!-->!-->!-->…
Amakipe y’icyiciro cya kabiri n’ay‘abagore yemerewe gukinisha abanyamahanga
Inama ya Komite Nyobozi y’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), yabaye kuri uyu wa Mbere, tariki ya 2 Kanama 2021, yanzuye ko amakipe yo mu cyiciro cya kabiri mu bagabo n’icyiciro cya mbere mu bagore, azajya yifashisha!-->…
Rurageretse hagati ya Mupenzi Eto‘o na Kazungu Claver
Intambara y’amagambo hagati y’umunyamakuru, Kazungu Claver na Mupenzi Eto’o ushinzwe kugura no kugurisha abakinnyi muri APR FC, ikomeje gufata indi ntera.
Muri ruhago y’u Rwanda hakomeje kugaragaramo ishyari n’ibindi bisa naryo, aho!-->!-->!-->…
FERWAFA imaze gutangaza igihe championnat y’uno mwaka izatangirira.
Ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru mu Rwanda ryamaze gutangaza ko championnat y'icyiciro cya mbere mu mupira w'amaguru izatangira mu kwezi kwa Cumi.
Mu itangazo rimaze gushyirwaho umukono na prezida w'ishyirahamwe ry'umupira!-->!-->!-->!-->!-->…
Mupenzi Eto’o mu basenye umupira w’u Rwanda
Abakunzi b’umupira w’amaguru mu Rwanda, barashyira mu majwi umukozi ushinzwe igura n’igurisha muri APR FC, Mupenzi Eto’o ndetse bamwe ntibatinya kuvuga ko aganisha ahabi Ikipe y’Ingabo.
Bamwe mu bakunzi b‘Umupira w’amaguru mu Rwanda,!-->!-->!-->…
Dore urutonde rwa za Fan Clubs za Rayon zimaze gukusanya amafranga yo kwishyura Blaise
Abafana ba Rayon Sports bamaze gukusanya amafaranga arenga miliyoni 1,42 Frw akenewe kugira ngo hishyurwe ayo ikipe yabo ibereyemo Nishimwe Blaise, yasigaye kuri miliyoni 4 Frw yaguzwe muri Nzeri 2020.
Ku wa 8 Nzeri 2020 ni bwo!-->!-->!-->!-->!-->…
Bimwe mu bikorwa biteye isoni biri kubera i Tokyo birimo gusambanira mu ruhame
Mu mikino Olempike iri kubera i Tokyo mu Buyapani, hakomeje kubera ibikorwa by’urukozasoni birimo gusambanira mu ruhame no kunywa inzoga nyinshi n’ibindi bikorwa biteye isoni. Ibi byatumye hari abavuga ko ari ibikorwa bidakwiye.Ubusanzwe!-->…
Mbonabucya abona igihe kigeze ngo abakinnyi b’abanyarwanda bashyireho ikigega cy’ingoboka
Uwahoze ari kapiteni w’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, Mbonabucya Désire ntiyumva uburyo abakinnyi bahisemo umwuga wo gukina ruhago mu Rwanda batagira ubwizigame buzabafasha mu gihe bazaba basoje gukina. Gusa ahamya ko kwizigama!-->!-->!-->…
AS KIGALI izahagararira u Rwanda muri CAF Conf. Cup yemerewe gusubukura imyitozo.
Minisiteri ya Siporo yemereye ikipe ya AS Kigali gutangira imyitozo yitegura umwaka mushya w’imikino wa 2021/22, aho izahagararira u Rwanda muri CAF Confederation Cup.
Kuva mu mpera za Kamena, byinshi mu bikorwa bya siporo!-->!-->!-->!-->!-->…
Ministeri ya Sport yashyize hanze urutonde rwa za sport zemewe gusubukurwa.
Ministere ya siporo mu Rwanda yashyizeho urutonde rwa za siporo zemerewe gusubukurwa inashyiraho n'amasaha zimwe muri izo siporo zizajya zikorerwaho
Mu mabwiriza mashya Minisiteri ya Siporo yashyize hanze ku Cyumweru, tariki ya 1!-->!-->!-->!-->!-->…
Tokyo: Nyuma yo kumara amasaha arenga 2 habuze utsinda undi abakinnyi 2 bemeye gusangira umudari
Abakinnyi babiri bakoze ibidasanzwe byaherukaga mu myaka myinshi ishize bemera kugabana umudari wa zahabu nyuma yo kunanirana gutsinda.
Igice cya nyuma gitangaje cyo kurushanwa gusimbuka ubutumburuke cyarangiye Mutaz Essa Barshim wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Mangwende wakiniraga APR yerekeje muri Maroc ku masezerano afite agaciro ka miliyoni 430Rwf
Imanishimwe Emmanuel uzwi nka Mangwende yerekeje mu ikipe ya FAR RABAT yo muri Maroc.
Imanishimwe Emmanuel uzwi nka Mangwende yamaze kwerekeza mu ikipe ya Gisirikare yo mu gihugu cya Maroc, ikipe ya gisirikare izwi ku izina rya FAR!-->!-->!-->!-->!-->…