Browsing Category
Imikino
Ubuyobozi bwa Kiyovu Sport bwiseguye ku bakunzi bayo nyuma yo kunyagirwa ibitego bine byose.
Ubuyobozi bw'ikipe ya Kiyovu Sport bwasabye imbabazi abakunzi bayo nyuma yo kunyagirwa ibitego bine n'ikipe ya AS Kigali.
Nyuma y'aho ikipe ya Kiyovu Sport inyagiriwe ku kibuga cy'inyamirambo ibitego 4 byose ku busa n'ikipe ya AS!-->!-->!-->!-->!-->…
AS Kigali inyagiye ibitego bine byose ikipe ya Kiyovu Sport
Ikipe ya AS KIgali imaze kunyagira ikipe ya Kiyovu Sport ibitego bine byose ku busa, bituma AS Kigali iyobora by'agateganyo.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri championnat Nyarwanda y'umupira w'amaguru nibwo yagombaga gukomeza, mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Banamwana Camarade, Mico Justin na Hategekimana Bonheur barashinjwa ubwambuzi
Umutoza mukuru w’agateganyo wa Etoile de l’Est FC, Banamwana Camarade n’abakinnyi babiri ba Rayon Sports, barashinjwa kwambura Ngarukiye Abdoul uzwi nka Kung-Fu.
Ababa mu gice cy’umupira w’amaguru mu Rwanda, kenshi bakunze kuvugwaho!-->!-->!-->…
Tottenham yirukanye umutoza wayo nyuma yo kunyagirwa na Man.United
Nyuma y'aho ikipe ya Tottenham Hotspur itsindiwe ibitego bitatu, ubuyobozi bw'iyo kipe bwahise buhambiriza uwari umutoza wayo Bwana Nuno Espirito Santo.
Mu mpera z'icyumweru gishize nibwo ikipe ya Tottenham Hotspur yagombaga guhura!-->!-->!-->!-->!-->…
Inkweto Machael Jordan yakinanye bwa mbere zagurishijwe miliyoni $1.47.
Inkweto zambawe n'icyamamare muri basketball Michael Jordan zaguzwe ku gahigo ka miliyoni 1.47 y'amadorari (arenga miliyari 1.5 y'u Rwanda) muri cyamunara.
Jordan yambaye izi nkweto z'umweru n'umutuku za Nike Air Ships muri 'saison'!-->!-->!-->!-->!-->…
“Dutsindwa byoroshye kandi tugatsindwa ibitego by’ubuswa” Paul Pogba
Nyuma y'aho Ikipe ya Manchester United itsinzwe mu mpera z'iyi weekend, Bwana Pogba yavuze ko bamaze igihe batsindwa ibitego by'ubuswa.
Kuri uyu wa gatandatu taliki 16 Ukwakira 2021, ikipe ya Manchester United nibwo yahuye n'ikipe!-->!-->!-->!-->!-->…
Ikipe ya AS Kigali itsindiwe i Kigali na DCMP yo muri DRC
Ikipe ya AS Kigali ntibashije gutsindira i Kigali ikipe ya DCMP yo muri Congo mu marushanwa ya CAF Confenderations cup.
AS Kigali yatsindiwe mu rugo ibitego 2-1 na Daring Club Motema Pembe yo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya!-->!-->!-->!-->!-->…
Hamenyekanye amataliki tour du Rwanda y’umwaka utaha izatangirira
Ishyirahamwe ry’Umukino w’Amagare ku Isi (UCI) ryemeje ko Tour du Rwanda 2022 izaba hagati ya tariki ya 20 n’iya 27 Gashyantare 2022.
Kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 13 Ukwakira 2021, ni bwo Ishyirahamwe Nyarwanda ry’Umukino w’Amagare!-->!-->!-->!-->!-->…
“Kagere, Haruna na Jacques bakwiye gusezera kuko bari guta ibaba” KNC
Nyuma y'uko ikipe y'Amavubi atsindiwe i Kigali, KNC yasabye ko ikipe y'igihugu yaseswa, ndetse asaba bamwe mu bakinnyi basezera aho gukomeza guta ibaba.
Gutsindwa kw'ikipe y'u Rwanda AMAVUBI ku mugoroba wo kuri uyu wa kane ntibikiri!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyuma yo gutsindirwa i Kigali, Amavubi yerekeje i Kampala mu mukino wo kwishyura.
Ikipe y'igihugu AMAVUBI imaze kwerekeza i Kampala aho igomba gukina kuri iki cyumweru umukino wo kwishyura.
Nyuma y'aho ikipe y'igihugu y'umupira w'amaguru inaniwe kwihagararaho hano i Kigali kuri uyu wa kane taliki ya 7 Ukwakira!-->!-->!-->!-->!-->…
Hamenyekanye impamvu Jihad Bizimana atazitabira imikino 2 Amavubi azahuramo na Uganda
Umukinnyi wo Hagati w’Ikipe y’Igihugu, Amavubi na KMSK Deinze yo mu Cyiciro cya Kabiri mu Bubiligi,yanduye Covid-19 bituma ajya mu kato kazatuma adakinira u Rwanda mu mikino 2 ruzesurana na Uganda.
Bizimana Djihad yari mu bakinnyi!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza FC mu mukino w’ishiraniro aho isabwa gutsinda Rugende FC
Nyanza FC yiteguye gutsinda ikipe ya Rugende FC ikaba imwe mu makipe abiri agomba gusohoka mu itsinda
Saa munani zuzuye nibwo ikipe ya Nyanza FC iri bucakirane n'ikipe ya Rugende FC mu mukino w'ishiraniro ugomba gusiga usobanuye!-->!-->!-->!-->!-->…
Umuteramakofi Pacquiao yasezeye muri uwo mukino avuga ko agiye guhatanira kuyobora igihugu
Umuteramakofi bwana Manny Pacquiao yasezeye ku mugaragaro mu mukino wa Box avuga ko agiye guhatanira kuzayobora igihugu cya Phillippines
Bwana Manny Pacquiao uzwi cyane mu mukino w'iteramakofi ukomoka mu gihugu cya Philippines!-->!-->!-->!-->!-->…
Lionel Messi yaraye atsinze igitego cye cya mbere muri PSG
Umunyabigwi Lionnel Messi yaraye atsinze igitego cye cya mbere ari u ikipe ya Paris Saint Germain.
Ku ugoroba wo kuri uyu wa kabiri taliki ya 28 Nzeli 2021 ubwo ikipe ya Paris Saint Germain yahuraga n'ikipe ya Manchester United mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Ubuyobozi bwa Polisi y’u Rwanda bwasuye ikipe ya Police FC aho iri mu mwiherero
Mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru tariki ya 26 Nzeri Umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda wungirije ushinzwe imiyoborere n’abakozi, DIGP/AP Jeanne Chantal Ujeneza yasuye ikipe ya Police FC aho iri mu mwiherero mu myitozo mu Karere ka Ngoma.!-->!-->!-->…