Browsing Category
Imikino
Abakinnyi 3 muri bane bahagarariye u Rwanda bamaze gusezererwa mu mikino Olempike 2020
Kuri uyu wa Gatanu taliki 30 Nyakanga 2021, abakinnyi batatu mu baserukiye u Rwanda mu mikino Olempike 2020 irimo kubera i Tokyo mu Buyapani bahatanye ariko bavirimo mu majonjora.
Mu mukino wo Koga “Swimming”, Agahozo Alphonsine!-->!-->!-->!-->!-->…
Ikipe ya APR FC yasezereye umutoza wungirije Pablo Morchón imusimbuza Jamel Eddine Neffati
Kuri uyu wa mbere tariki ya 26 Nyakanga 2021 nibwo ubuyobozi bw’ikipe ya APR FC bwatangaje ko umutoza wari wungirije ariwe Pablo Morchón atazakomezanya n’iyi kipe umwaka utaha w’imikino kubera impamvu z’umuryango we,!-->!-->!-->…
Nyuma yo gutsindwa igeragezwa mu Busuwisi, Byringiro Lague yagarutse mu Rwanda.
Rutahizamu wa APR FC n’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, Byiringiro Lague, ashobora kugaruka i Kigali kuko yatsinzwe igeragezwa yakoze muri Neuchatel Xamax yo mu cyiciro cya kabiri mu Busuwisi.
Ku wa 8 Nyakanga ni bwo Byiringiro Lague!-->!-->!-->!-->!-->…
Batanu bazahagararira u Rwanda i Tokyo mu Buyapani bizeye kwitwara neza.
Abakinnyi b'abanyarwanda bagiye mu Buyapani mu mikino olempike bavuga ko biteguye neza guhatana, nk'uko bitangazwa na komite olempike y'u Rwanda.
Agahozo Alphonsine uzatwara ibendera ry'u Rwanda, avuga ko biteguye neza haba bakiri!-->!-->!-->!-->!-->…
Ikipe ya Rayon Sport isinyishije abandi bakinnyi batatu
Ikipe ya Rayon Sport yasinyishije abandi bakinnyi batatu bazayifasha guhatanira igikombe cya saison itaha.
Amakuru atugera aremeza ko ikipe ya Rayon sport, ikipe ikunzwe n'abatari bake mu Rwanda yaba imaze gusinyisha abandi bakinnyi!-->!-->!-->!-->!-->…
Tanzaniya: Haruna yakorewe ibirori bidasanzwe ubwo yasezerwagaho mu ikipe ya Yanga
Ikipe ya Yanga SC yo muri Tanzaniya yahaye icyubahiro Haruna Niyonzima nk’ikimenyetso cyo ’kumushimira’ nyuma y’imyaka umunani akinira iyi kipe nk’umukinnyi wo hagati.
Ku wa kane, tariki ya 15 Nyakanga, Yanga yakinnye umukino wabo!-->!-->!-->!-->!-->…
Messi yasinye masezerano amugumisha muri BARCA yemera kugabanirizwa umushahara.
Lionel Messi wari umaze iminsi yararangije amasezerano n'ikipe ya Baracelona, birangiye yemeye kuguma muri iyi kipe ariko akagabanirizwa umushahara.
Ikipe y'ikigugu yo mu gihugu cya Espagne izwi nka FC BARCELONA yatangaje ko!-->!-->!-->!-->!-->…
APR FC yerekanye abakinnyi 6 imaze kwibikaho.
Ikipe ya APR FC yerekanye ku mugaragro abakinnyi babo batandatu imaze kwibikaho.
Nyuma yo gutangaza abakinnyi imaze gutandukana nayo, ikipe ya APR yongeye yerekena ku mugaragaro abakinnyi batandatu imaze gusinyisha bazayifasha muri!-->!-->!-->!-->!-->…
Rwabugiri Omar mu beretswe umuryango uva mu ikipe ya APR FC
Ikipe ya APR FC imaze gutandukana n'abakinnyi babo bagera kuri batatu
Amakuru yatangajwe n'ikipe ya APR FC abinyujije ku rubuga rwabo aravuga ko iyo kipe ya gisirikire imaze gutandukana n'abakinnyi babo bagera kuri batatu.
Mu!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Football: FA yamaganye irondaruhu kuri Marcus Rashford, Jadon Sancho na Bukayo Saka barase penalties
Ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru mu Bwongereza (FA) ryamaganye irondaruhu ryibasiye abakinnyi b'ikipe y'igihugu Marcus Rashford, Jadon Sancho na Bukayo Saka, nyuma yuko butsinzwe n'Ubutaliyani ku cyumweru ku mukino wa nyuma wa Euro!-->!-->!-->…
Ikipe ya Rayon Sports itumije inama y’igitaraganya yo kwiga ku bibazo ifite nyuma yo gusaza ari…
Ikipe ya Rayon Sports itaritwaye neza muri uyu mwaka w’imikino wakinwe mu buryo bwihariye kubera Covid-19,yatumije inama y’igitaraganya mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 26 Kamena 2021.
Nkuko amakuru yagiye hanz!-->!-->!-->!-->!-->…
UEFA yakoze amavugurura akomeye itesha agaciro itegeko ry’igitego cyo hanze
Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru i Burayi (UEFA) yafashe umwanzuro wo gukuraho itegeko ry’igitego cyo hanze mu marushanwa yayo kuva mu mwaka utaha w’imikino.
Itegeko ry’igitego cyo hanze, ryashyizweho kuva mu 1965,!-->!-->!-->!-->!-->…
CR7 yaraye atsinze ibitego 2 bimuhesha agahigo ko kuba umukinnyi utsindiye ikipe ye ibitego byinshi
Kapiteni w’Ikipe y’Igihugu ya Portugal, Cristiano Ronaldo, yageze ku gahigo k’Umunya-Iran, Ali Daei, watsindiye igihugu cye ibitego 109 mu mikino mpuzamahanga.
Cristiano Ronaldo w’imyaka 36, yabigezeho kuri uyu wa Gatatu mu mukino!-->!-->!-->!-->!-->…
Umunya Ethiopia Derseh niwe wegukanye Full Marathon, Abanyarwanda begukana Half Marathon
Mu gitondo cyo kuri yu munsi nibwo i Kigali mu Rwanda hatangizwaga amarushanwa yo gusiganwa ku maguru yitwa Kigali Internation Peace marathon, harimo ibyiciro bya Half and Full Marathon. Mu Irushanwa rya Half Marathon ibihembo!-->!-->!-->…
FERWAFA yasubitse imikino 5 yari isigaye kubera icyoba cy’ubwandu bwa Covid-19
Ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru mu Rwanda FERWAFA ryatangaje ko ryasubitse imikino ya championnat yari isigaye kubera ubwiyongere bw'ubwandu bwa Coronavirus.
FERWAFA yamenyesheje amakipe umunani arwana no kutamanuka mu cyiciro!-->!-->!-->!-->!-->…