Browsing Category
Imikino
Ueufa CL: Bayern Munich yatomboye Paris Saint Germain muri 1/4, nyuma yo guhurira ku mukino wa nyuma…
Kuri uyu wa gatanu taliki 19 Werurwe 2021, habaye tombora y'uko amakipe azahura mu mikino ya kimwe cya kane mu irushanwa rya Ueufa Champions League ku mugabane w'i Burayi, ikipe zakinnye umukino wa nyuma zikaba zihuriye muri 1/4.
Uko!-->!-->!-->…
Sinzaba umupolisi w’aba kinnyi”Thomas Tuchel
Umutoza wa Chelsea,Thomas Tuchel,yavuze ko atazaba umupolisi w’abakinnyi be ngo ajye abaca amande nkuko uwoyasimbuye Frank Lampard yabigenzaga buri gihe bigatuma bamwe bamwanga.
Uyu mutoza ukiri mushya mu Bwongereza yatangaje ko!-->!-->!-->!-->!-->…
SAM KARENZI yahishuye urukundo rwinshi afitiye ikipe Rayon Sport.
Umunyamakuru Sam Karenzi yahishuye urukundo rwinshi afitiye ikipe ya Rayon Sport.
Umunyamakuru ukorera igitangazamakuru cya Radiio na TV10 mu ishami ry'amakuru ajyanye n'imikino, yahishuye urukundo rwinshi afitiye ikipe ya Rayon!-->!-->!-->!-->!-->…
Ghana yegukanye igikombe Nyafrika ku nshuro ya 4 ku bari munsi y’imyaka 20
Ikipe y'umupira w'amaguru ya Ghana yaraye yegukanye igikombe Nyafrika ku batarengeje imyaka 20 nyuma yo gutsinda Uganda.
Kuri uyu wa Gatandatu, taliki 06 Werurwe 2021 muri Mauritania hasojwe imikino ya nyuma y’Afurika mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Byahinduye isura ibya Sadate na Sam Karenzi bari tabaza RIB n’inkiko kandi ngo ntacyo bapfa
Hashize igihe kitari gito havugwa umwuka utari mwiza hagati y’uwari Perezida wa Rayon Sports, Sadate Munyakazi ndetse n’umunyamakuru wa Radio 10, Sam Karenzi, nyuma y'uko impande zombi zagiye ziterana amagambo mu bihe bitandukanye, ariko!-->…
Umutoza Mashami Vincent yongerewe amasezerano yo gutoza Amavubi
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda(FERWAFA) ryatangaje ko Mashami Vincent yongerewe amasezerano y’umwaka umwe nk’umutoza w’Amavubi.Mu itangazo rigenewe abanyamakuru ryasohotse kuri uyu wa Gatatu tariki 03/03/2021, FERWAFA!-->…
Cameroon iri mu itsinda rimwe n’u Rwanda yahamagaye abakinnyi 37 bazatoranywamo abazakoreshwa
umutoza ukomoka muri Portugal utoza ikipe y’igihugu ya Cameroon, Antonio Conceicao Oliveira, yahamagaye abakinnyi 37 azatoranyamo 23 bazakina na Cap-Vert tariki ya 22 Werurwe 2021 ndetse bakazakina n’u Rwanda tariki ya 30 Werurwe 2021.
!-->!-->!-->…
Umwongereza Shaun watozaga ikipe ya Etincelles yasezeye nyuma yo kumara igihe adahembwa.
Umwongereza watozaga ikipe ya Etincelles FC, Calum Shaun Selby yamaze gusezera kuri iyi kipe nyuma yo kumara igihe adahemwa.
Kuri uyu wa Kabiri ni bwo Calum Shaun Selby yandikiye Etincelles ayisezeraho ko yafashe umwanzuro wo!-->!-->!-->!-->!-->…
MINISPORTS yamaze kwemerera Mashami amasezerano, ikibazo kiri mu maboko ya FERWAFA
Minisiteri ya Siporo yamaze kwemera guha umutoza Mashami amasezerano mashya nk’umutoza w’ikipe y’igihugu, hasigaye ko na FERWAFA ibiha umugisha.
Amasezerano y’umutoza mukuru w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda mu mupira w’amaguru!-->!-->!-->!-->!-->…
Urugendo nta bwo rwayihiriye AS Kigali irahondaguwe 4-1 ihabwa n’ikarita y’umutuku
Ikipe ya AS Kigali ihuye n'akaga gakomeye muri Tunisia itsindwa na CS Sfaxien ibitego 4-1 mu mukino ubanza wa CAF Confederation Cup.
Mu mukino ubanza wo guhatanira itike yo kwerekeza mu matsinda ya CAF Confederation Cup, ikipe ya AS!-->!-->!-->…
Manchester City ifite amahirwe yo kwegukana Lionel Messi kurusha PSG
Rutahizamu wa FC Barcelona,Lionel Messi,yatangiye kwanga imyitwarire ya PSG mu kugaragaza ko imushaka kuko yaba abakinnyi b’iyi kipe yo mu Bufaransa bavuga ko bifuza gukinana nawe noneho byageze no mu binyamakuru byaho.
Lionel Messi!-->!-->!-->…
Menya Ibihembo byahawe amakipe yitwaye neza mu mikino ya CHAN yaberaga muri Cameroune.
Irushanwa rya CHAN ryari rimaze iminsi ribera mu gihugu cya Cameroune ryaraye rishojwe ku mugaragaro, ikipe ya Maroc yegukana icyo gikombe ku nshuro ya kabiri.
Iri rushanwa rya CHAN rihuza amakipe y'ibihugu ariko ku bakinnyi!-->!-->!-->!-->!-->…
CHAN: Ikipe ya MAROC yegukanye CHAN ihembwa akayabo ka miliyari 1.25 y’Amanyarwanda.
Ikipe ya Maroc yongeye yisubiza igikombe cya CHAN nyuma yo kunyagira ikipe ya Mali ibitego bibiri byose ku busa
Kuri iki Cyumweru taliki 07 Gashyantare 2021 ni bwo hasojwe imikino y’Afurika y’ibihugu mu bakinnyi bakina imbere mu!-->!-->!-->!-->!-->…
CHAN: Ibipimo bishya bya Covid-19 byagaragaje ko 3 bonyine mu bakinnyi ba RDC aribo banduye aho kuba…
Ibisubizo bishya by’ibipimo bya COVID-19 byafashwe abagize ikipe y’Igihugu ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byagaragaje ko abanduye iki cyorezo ari batatu aho kuba 13 nk’uko byari byatangajwe ku wa Gatanu.
Repubulika!-->!-->!-->!-->!-->…