Browsing Category
Imikino
Bimwe mu bikorwa biteye isoni biri kubera i Tokyo birimo gusambanira mu ruhame
Mu mikino Olempike iri kubera i Tokyo mu Buyapani, hakomeje kubera ibikorwa by’urukozasoni birimo gusambanira mu ruhame no kunywa inzoga nyinshi n’ibindi bikorwa biteye isoni. Ibi byatumye hari abavuga ko ari ibikorwa bidakwiye.Ubusanzwe!-->…
Mbonabucya abona igihe kigeze ngo abakinnyi b’abanyarwanda bashyireho ikigega cy’ingoboka
Uwahoze ari kapiteni w’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, Mbonabucya Désire ntiyumva uburyo abakinnyi bahisemo umwuga wo gukina ruhago mu Rwanda batagira ubwizigame buzabafasha mu gihe bazaba basoje gukina. Gusa ahamya ko kwizigama!-->!-->!-->…
AS KIGALI izahagararira u Rwanda muri CAF Conf. Cup yemerewe gusubukura imyitozo.
Minisiteri ya Siporo yemereye ikipe ya AS Kigali gutangira imyitozo yitegura umwaka mushya w’imikino wa 2021/22, aho izahagararira u Rwanda muri CAF Confederation Cup.
Kuva mu mpera za Kamena, byinshi mu bikorwa bya siporo!-->!-->!-->!-->!-->…
Ministeri ya Sport yashyize hanze urutonde rwa za sport zemewe gusubukurwa.
Ministere ya siporo mu Rwanda yashyizeho urutonde rwa za siporo zemerewe gusubukurwa inashyiraho n'amasaha zimwe muri izo siporo zizajya zikorerwaho
Mu mabwiriza mashya Minisiteri ya Siporo yashyize hanze ku Cyumweru, tariki ya 1!-->!-->!-->!-->!-->…
Tokyo: Nyuma yo kumara amasaha arenga 2 habuze utsinda undi abakinnyi 2 bemeye gusangira umudari
Abakinnyi babiri bakoze ibidasanzwe byaherukaga mu myaka myinshi ishize bemera kugabana umudari wa zahabu nyuma yo kunanirana gutsinda.
Igice cya nyuma gitangaje cyo kurushanwa gusimbuka ubutumburuke cyarangiye Mutaz Essa Barshim wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Mangwende wakiniraga APR yerekeje muri Maroc ku masezerano afite agaciro ka miliyoni 430Rwf
Imanishimwe Emmanuel uzwi nka Mangwende yerekeje mu ikipe ya FAR RABAT yo muri Maroc.
Imanishimwe Emmanuel uzwi nka Mangwende yamaze kwerekeza mu ikipe ya Gisirikare yo mu gihugu cya Maroc, ikipe ya gisirikare izwi ku izina rya FAR!-->!-->!-->!-->!-->…
Abakinnyi 3 muri bane bahagarariye u Rwanda bamaze gusezererwa mu mikino Olempike 2020
Kuri uyu wa Gatanu taliki 30 Nyakanga 2021, abakinnyi batatu mu baserukiye u Rwanda mu mikino Olempike 2020 irimo kubera i Tokyo mu Buyapani bahatanye ariko bavirimo mu majonjora.
Mu mukino wo Koga “Swimming”, Agahozo Alphonsine!-->!-->!-->!-->!-->…
Ikipe ya APR FC yasezereye umutoza wungirije Pablo Morchón imusimbuza Jamel Eddine Neffati
Kuri uyu wa mbere tariki ya 26 Nyakanga 2021 nibwo ubuyobozi bw’ikipe ya APR FC bwatangaje ko umutoza wari wungirije ariwe Pablo Morchón atazakomezanya n’iyi kipe umwaka utaha w’imikino kubera impamvu z’umuryango we,!-->!-->!-->…
Nyuma yo gutsindwa igeragezwa mu Busuwisi, Byringiro Lague yagarutse mu Rwanda.
Rutahizamu wa APR FC n’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, Byiringiro Lague, ashobora kugaruka i Kigali kuko yatsinzwe igeragezwa yakoze muri Neuchatel Xamax yo mu cyiciro cya kabiri mu Busuwisi.
Ku wa 8 Nyakanga ni bwo Byiringiro Lague!-->!-->!-->!-->!-->…
Batanu bazahagararira u Rwanda i Tokyo mu Buyapani bizeye kwitwara neza.
Abakinnyi b'abanyarwanda bagiye mu Buyapani mu mikino olempike bavuga ko biteguye neza guhatana, nk'uko bitangazwa na komite olempike y'u Rwanda.
Agahozo Alphonsine uzatwara ibendera ry'u Rwanda, avuga ko biteguye neza haba bakiri!-->!-->!-->!-->!-->…
Ikipe ya Rayon Sport isinyishije abandi bakinnyi batatu
Ikipe ya Rayon Sport yasinyishije abandi bakinnyi batatu bazayifasha guhatanira igikombe cya saison itaha.
Amakuru atugera aremeza ko ikipe ya Rayon sport, ikipe ikunzwe n'abatari bake mu Rwanda yaba imaze gusinyisha abandi bakinnyi!-->!-->!-->!-->!-->…
Tanzaniya: Haruna yakorewe ibirori bidasanzwe ubwo yasezerwagaho mu ikipe ya Yanga
Ikipe ya Yanga SC yo muri Tanzaniya yahaye icyubahiro Haruna Niyonzima nk’ikimenyetso cyo ’kumushimira’ nyuma y’imyaka umunani akinira iyi kipe nk’umukinnyi wo hagati.
Ku wa kane, tariki ya 15 Nyakanga, Yanga yakinnye umukino wabo!-->!-->!-->!-->!-->…
Messi yasinye masezerano amugumisha muri BARCA yemera kugabanirizwa umushahara.
Lionel Messi wari umaze iminsi yararangije amasezerano n'ikipe ya Baracelona, birangiye yemeye kuguma muri iyi kipe ariko akagabanirizwa umushahara.
Ikipe y'ikigugu yo mu gihugu cya Espagne izwi nka FC BARCELONA yatangaje ko!-->!-->!-->!-->!-->…
APR FC yerekanye abakinnyi 6 imaze kwibikaho.
Ikipe ya APR FC yerekanye ku mugaragro abakinnyi babo batandatu imaze kwibikaho.
Nyuma yo gutangaza abakinnyi imaze gutandukana nayo, ikipe ya APR yongeye yerekena ku mugaragaro abakinnyi batandatu imaze gusinyisha bazayifasha muri!-->!-->!-->!-->!-->…
Rwabugiri Omar mu beretswe umuryango uva mu ikipe ya APR FC
Ikipe ya APR FC imaze gutandukana n'abakinnyi babo bagera kuri batatu
Amakuru yatangajwe n'ikipe ya APR FC abinyujije ku rubuga rwabo aravuga ko iyo kipe ya gisirikire imaze gutandukana n'abakinnyi babo bagera kuri batatu.
Mu!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…