Browsing Category
Imikino
Iran yatangaye kwihimura igaba ibitero bibiri bikomeye ku ngabo za Amerika
Ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri Leta ya Teheran yagabye ibitero bibiri ku birindiro by'ingabo za Amerika muri Irak
Nyuma yaho Leta Zunze ubumwe za Amerika zirashe zikanica umuyobozi ukomeye w'igihugu cya Iran kuwa gatanu!-->!-->!-->!-->!-->…
Rayon Sport itsinze GASOGI ikomeza gusatira APR FC
Igitego cya SUGIRA ERNEST gihesheje amanota atatu ikipe ya Rayon Sport yisubiza umwanya wa kabiri
Championnat y'U Rwanda mu mupira w'amaguru RPL yagombaga gukomeza ku munsi wayo wa mbere w'igice cya kabiri. Umukino wari witezwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Kera kabaye ikipe ya Manchester United yemeye kurekura PAUL POGBA
Nyuma y'aho Paul Pogba agaragarije ko atagikeneye gukinira ikipe ya Manchester, iyo kipe nayo yemeye kumurekura.
Abakurikiranira hafi ruhago yo mu Bwongereza imwe muzikunzwe cyane ku isi, bamaze igihe bumva umubano utameze neza!-->!-->!-->!-->!-->…
Samuel ETO’O Azayabora umuhango wo guhitamo umukinnyi wa Football wahize abandi muw’i…
CAF imaze kwemeza ko Samuel Eto'o ariwe uzayobora umuhango wo gutanga BALLON D'OR muri Afrika
Ntibikiri impuha, impuzamashyirahamwe ry'umupira w'amaguru muri Afrika CAF ryamaze kwemeza ko SAMUEL ETO'O FILS ariwe uzayobora umuhango!-->!-->!-->!-->!-->…
RUGWIRO HERVE yarekuwe nyuma y’ibyumweru birenga bibiri ari mu Buroko
Nyuma y'ibyumweru birenga bibiri ari mu gihome, myugariro wa RAYON SPORT RUGWIRO HERVE yarekuwe
Ku italiki ya 17 Ukuboza 2019 nibwo inkuru yabaye kimomo ko myugariro wa Rayon Sport RUGWIRO HERVE yatawe muri yombi n'urwego!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Cassa Mbungo André mu nzira zimwerekeza muri RAYON SPORT
Ubuyobozi bwa Rayon Sport bwatangaje ko Cassa Mbungo ari mu batozwa bari gutekerezwaho kuba basinbura Javier Martinez
Nyuma y'aho ikipe ya RAYON SPORT ihisemo gutandukana n'uwari umutoza wayo mukuru, umunya Mexique JAVIER MARTINEZ,!-->!-->!-->!-->!-->…
Birangiye SUGIRA ERNEST Yerekeje mu ikipe ya RAYON SPORT
Birangiye SUGIRA ERNEST yerekeje muri RAYON SPORT Ku ntizanyo
Amakuru dukesha ikinyamakuru igihe.com, kiremeza ko gifite amakuru yizewe ko umukinnyi SUGIRA ERNEST kera kabaye yerekeje mu ikipe ya RAYON SPORT nk'intizanyo mu gihe!-->!-->!-->!-->!-->…
Ikipe ya POLICE FC iguze myugariro ukomeye wa MUHANGA FC
Ikipe ya POLICE FC iguze Turatsinze John wari myugariro wa MUHANGA FC
Ikipe ya POLICE FC ikomeje kwiyubaka nkuko yari yabisezeranije abakunzi bayo batari bake bitewe nuko iri kwitwara neza nyuma yuko itangiye gutozwa n'umwe mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Ikipe ya POLICE FC ikuyeho urujijo ku kibazo cya SUGIRA ERNEST
Ubuyobozi bwa POLICE FC bumaze gutangaza ko Sugira Ernest atari umukinnyi wayo
Mu mpera za kino cyumweru mu ruhando rwa siporo mu Rwanda hagiye havugwa ikibazo cya Rutahizamu w'Amavubi na APR FC SUGIRA ERNEST wari urangije ibihano!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyuma y’Amezi 3 yari imaranye nawe, Rayon Sport isezereye uwari Umutoza wayo MARTINEZ
Ikipe ya Rayon Sport imaze gutandukana n'uwari umutoza wayo nyuma yo kunyagirwa na mukeba wayo APR FC
Amakuru yo gusezererwa k'uyu mutoza yashyizwe hanze mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri binyujijwe ku rukuta rwa Twitter rw'ikipe ya!-->!-->!-->!-->!-->…
Mugiraneza Jean Baptiste Miggy yabonye icyangomba kimwemerera gukina muri Tanzania
Mugiraneza Jean Baptiste Miggy umukinnyi mpuzamahanga w’umunyarwanda ukina muri KMC FC mu cyiciro cya mbere muri Tanzania kuri ubu yamaze kubona icyangombwa kimwemerera gukina amarushanwa yose ategurwa n’ishyirahamwe ry’umupira!-->!-->!-->…
CECAFA: Uganda na Eritrea ku mukino wa nyuma uyu munsi
Uganda bigoranye yatsinze 1-0 Tanzania cyatsinzwe na Fahad Bayo ku munota wa 86. Umukino wa nyuma uteganijwe kuri uyu wa kane irakina na Eritrea saa kumi z’umugoroba, kuri Stade ya Lugogo, umutoza Jonathan Mckinstry wa Uganda!-->!-->!-->…
MIKEL Arteta agiye gutoza ikipe ya Arsenal
Mikel Arteta niwe ugiye gutoza ikipe ya Arsenal mu gihe cy'Imyaka itatu iri imbere.
Nyuma y'aho mu mpera z'ukwezi kwa cumi na kumwe ikipe ya Arsenal ihisemo gutandukana n'uwari umutoza wayo Bwana Unai EMERY kubera ko ubuyobozi!-->!-->!-->!-->!-->…
RUTANGA Eric wa Rayon Sport Ashobora kuyivaho
Rutahizamu wa Rayon Sport biravugwa ko ashobora kuyivamo vuba.
Amakuru dukesha ikinyamakuru gikorera mu gihugu cy'U Rwanda aravuga ko myugariro na Kapiteni wa Rayon Sport, ikipe ifite abakunzi benshi mu gihugu cy'u Rwanda ashobora!-->!-->!-->!-->!-->…
Umuteramakofe Amaze Iminsi Itanu (5) muri KOMA nyuma yo guterwa ibipfunsi mu mukino
Bwana PATRICK DAY amaze umusi wa gatatu ari muri koma nyuma yo guterwa igupfunsi mu mukino wo muri weekend.
Umukino w'iteramakofi witwa BOX ni umwe mu mikino iteye ubwoba ndetse abantu benshi batinya kwisukiramo ariko ukaba ari umukino…