Browsing Category
Imyidagaduro
Miss Shanitha yasubukuye ibikorwa byo gufasha abangavu batewe inda zitateganijwe.
Umunyana Shanitha wabaye igisonga cya mbere cya Miss Rwanda 2018 akaza no guhagararira u Rwanda muri Miss Supranational, yongeye guhagurutsa ubukanguramba yakoraga bwo kurwanya inda mu bana b’abangavu no kubafata gusubira ku ishuri!-->!-->!-->…
Joseph Habineza wigeza kuba ministre w’umuco mu Rwanda agiye gushyira hanze indirimbo.
Bwana HABINEZA JOSEPH wahoze ari ministre w'umuco na siporo mu Rwanda yatangaje ko agiye gusohora indirimbo mu minsi ya vuba
Abinyujije ku rukuta rwe rwa Twitter Bwana HABINEZA Joseph yashyizeho amafoto ari muri Studio, atangaza ko!-->!-->!-->!-->!-->…
USA:Umuhanzi Lil Marlo yarasiwe muri Atlanta ahita apfa mu ijoro ryakeye!
Umuraperi Rudolph Johnson uzwi nka Lil Marlo yasanzwe mu mudoka ye yarashwe arapfa nk’uko byatangajwe na Police.
Inzego za Polisi zemereye TMZ ko bamenye iby’urupfu rwa Lil Marlo bahamagawe kuri telefoni bakabwirwa iby’impanuka yabereye!-->!-->!-->…
Zari wahoze ari umugore wa Diamond yavuze agahinda afite kuba atarabona umugabo umunyuze
Zari wahoze ari umugore wa Diamond, yavuze ko afite agahinda gakabije kuko kuva atandukana na Diamond atari yabone undi mugabo unyuze umutima we.
Zarinah Hassan ‘Zari The Boss Lady’ wamenyekanye cyane ku kabyiniriro ka "ZARI"!-->!-->!-->!-->!-->…
Mu Burakari Bwinshi,Jose Mourinho Yasohotse Mu Kiganiro N’itangazamakuru Ntacyo Avuze
Umutoza w'ikipe ya Tottenham Hotspurs yasohotse ahari hateganyijwe kubera ikiganiro n'itangaza makuru nyuma yo kunganya umukino n'ikipe ya Bournemouth bitewe n'ikoranabuhanga.
Nyuma yo kumara umwanya munini ategereje ko!-->!-->!-->!-->!-->…
Ese koko umwana bivugwa ko ari uwa Bruce Melody umaze imyaka itanu abayeho ate?
Bruce Melody yongeye kuvuga ko atari we Se w’umwana wigeze kuzanwa n’umukobwa witwa Diane akamushyira ku modoka ya Bruce Melody muri 2015 amusanze mu kabari i Nyamirambo, ariko nyina w’umwana we na n’ubu akavuga ko abizi neza ko umwana ari!-->…
Umuhanzi Kidumu yasobanuye icyatumye yikubita hasi ari ku rubyiniro
Nyuma y'aho yituriye hasi ari ku rubyiniro, Bwana Kidumu yasobanuuye uko byagenze anavuga kubakomeje kumubika kandi akiri muzima
Ku cyumweru taliki ya 5 Nyakanga ubwo yari ataramiye abakunzi be kuri Youtube afatanije na band ye!-->!-->!-->!-->!-->…
Amafoto: Reba ubwiza bw’inzu y’akataraboneka ya Lionel Messi
Rutahizamu w'ikipe y'igihugu ya Argentina na FC Barcelona, Ni umwe mubakinnyi b'ibihangange ku isi ndetse bamaze kubaka izina mu isi ya ruhago.
Ubusanzwe Messi atuye mu gace gato kitwa Bellamar, umugi uzwi cyane kandi uhenze wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza Abana 290 bahawe amatungo magufi yu bworozi
ibiro by'umushinga RW 0149 mu karere ka Nyanza mu murenge wa Busasamana
Umushinga RW 149 Nyanza uterwa inkunga na kompasiyo interinational wageze mu karere ka Nyanza mu Murerenge wa Busasamana mu Kagari ka Rwesero mu mwaka 1987!-->!-->!-->…
“Iyo nakunze” Indirimbo nshya yashyizwe hanze na TOM Close
Bwana TOM CLOSE uzwi cyane muri muzika Nyarwanda yashyize hanze indirimbo nshya yise Iyo nakunze, ngo yayiririmbiye abajarajara mu rukundo.
MUYOMBO Thomas wamenyekanye cyane ku izina rya TOM Close, kuri uyu wa kabiri taliki ya 1!-->!-->!-->!-->!-->…
Sunny yasabye imbabazi Abanyarwanda ku mubabarira ku mabara yakoze agatakarizwa ikizere nu mukunzi…
umuhanzikazi Sunny Dorcas Ingabire
umuhanzikazi Ingabire Dorcas uzwi kumanzi Sanny akaba ari umuhanzikazi ukizamuka mu muziki Nyarwanda kandi akaba ari umunyamideri akaba umucuruzi, nyuma yo gushyira hanze ubwambure bwe ku karubanda!-->!-->!-->…
Abagore ba Diamond bamwifurije umunsi mwiza w’aba papa mu bisingizo biryoheye amatwi
Ku munsi w'ejo ubwo isi yizihizaga umunsi w'ababyeyi b'aba papa, abagore babyaranye na Diamond bamwifurije umunsi mwiza mu magambo yuje urukundo.
Mu gihe isi yizihizaga umunsi w'aba papa ku munsi w'ejo hashize taliki ya 21 Kamena,!-->!-->!-->!-->!-->…
Israel Mbonyi yasusurukije abakunzi be bongera kumva bahembuwe mu mitima
Israel MBONYI yaraye asusurukije abakunzi b'indirimbo zihimbaza Imana mu gitaramo cya Live yakoreye kuri youtube
Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatandatu taliki ya 20 Kamena nibwo igitaramo cyari kitezwe na benshi cyatangiye ahagana saa!-->!-->!-->!-->!-->…
Deo Munyakazi ucuranga inanga yasohoye Album ye ya mbere wagura ukoresheje Mobile Money
Umuhanzi ukirigita inanga Deo Munyakazi ari mu byishimo bikomeye bishibuka kuri Album ya mbere yise “Isoko Dusangiye” yashyize ku isoko kuri uyu wa Gatanu.
yi Album iriho indirimbo 10 zirimo “Isoko Dusangiye” yitiriye Album, “Emirembe”,!-->!-->!-->…
Bwana Joseph akurikinyweho icyaha cyo kwica nyina wamubyaye amuziza gutererana ise umaze igihe…
Umugabo witwa Joseph akurikiranyweho icyaha cyo kwiyicira nyina umubyara amushinja ko yatereranye ise kandi amaze igihe arembye.
Mu gihugu cya Tanzaniya mu gace kitwa Kagera haravugwa inkuru y'umusore uri mu kigero k'imyaka 35!-->!-->!-->!-->!-->…