Browsing Category
Imyidagaduro
Amarangamutima ya Knowless ku isabukuru y’umugabo we Clément
Butera Jeanne d'Arc wamenyekanye cyane nka Nkowless yashyize hanze amarangamutima ye ku munsi w'isabukuru y'amavuko y'umugabo we Clément.
Tariki ya 1 Nzeri ya buri mwaka, Bwana Ishimwe Clement umuyobozi wa Kina Music yizihiza!-->!-->!-->!-->!-->…
Jay Polly yikomye abahanzi bihaye guhimba indirimbo zirimo ibishegu
Jay polly yinjiye mu rugamba rwo guhatana n’abahanzi baririmba ibihangano avuga ko birimo ubutumwa budakenewe, ahamya ko aba bakomeje kuroha abanyarwanda babinyujije mu kubigisha imico mibi.
Ni iritavuze umwe muri iyi minsi, hari!-->!-->!-->!-->!-->…
Amarangamutima ya ALINE uzwi nka Bijoux muri Bamenya nyuma yo kwambikwa impeta y’ubudatana…
Nyuma yo kwambikwa impeta y'ubudatana, Aline yashyize hanze amarangamutima ye avuga amahirwe agize kuba agiye kubana n'uwo umutima we wahisemo.
Ku munsi w'ejo kuwa gatandatu nibwo amafoto yacicikanaga ku mbuga nkoranyambaga!-->!-->!-->!-->!-->…
Alpha Rwirangira yasezeranye kubana akaramata n’umukunzi we Liliane
Umuhanzi Alpha Rwirangira wegukanye irushanwa ry’umuziki rya Tusker Project Fame ya Gatatu mu 2009, yakoze ubukwe n’umukunzi we Liliane Umuziranenge bwabereye muri Canada.
Alpha Rwirangira n'umukunzi we basezeranye kubana!-->!-->!-->!-->!-->…
“Kigali n’ibyayo” Indirimbo nshya ya Active ivuga ku buzima n’ibikorerwa…
Amezi icyenda yari yirenze ntawe uzi akanunu k’umuziki w’itsinda rya Active, gusa aba basore kuri ubu basohoye indirimbo nshya bise “Kigali n’ibyayo.” Olivis, Dereck na Tizzo bagize iri tsinda bahamya ko mu gihe abakunzi babo babereka!-->!-->!-->…
“One by One” indirimbo nshya ya Ezra KWIZERA ivuga ku migisha
Bwana Ezra KWIZERA yashyize hanze indirimbo yitwa One by one
Ezra KWIZERA umwe mu Banyarwanda umaze kwigarurira imitima y'abatari bake kubera ubuhanga n'impano yifitemo mu kuririmba no kwandika indirimbo.
Kuri ubu Ezra Kwizera!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
“Muntinye” indirimbo nshya ya Ama G The Black asubiza abavugaga ko yazimye
Umuraperi Ama G the Black uri mu bagize ibihe byiza mu muziki w’u Rwanda, yasohoye amashusho y’indirimbo “Muntinye” yasubirijemo abavuze ko yananiwe n’umuziki atakigaragara. (photo Inyarwanda)
Amashusho y’iyi ndirimbo ye nshya!-->!-->!-->!-->!-->…
Sadate arabyinira ku rukoma nyuma y’aho RGB ihagaritse izindi nzego zose zavangiraga Rayon…
RGB yahagaritse izindi nzego zose zakoreraga mu ikipe ya RAyon Sport byongera guha amahirwe Bwana Sadate amahirwe yo kuyobora ikipe yitonze nta rusaku
Ku mugoroba wo kuri uyu wa mbere taliki ya 10 Kanama 2020, umuyobozi w'ikipe ya!-->!-->!-->!-->!-->…
“Afrika” Indirimbo nshya Pasiteri Christophe Ndayisenga yashyize hanze aririmba kuri…
Pasiteri wo mu Itorero rya ‘Arc of Peace’ Christopher Ndayisenga, yashyize hanze indirimbo yitwa Afurika kubera ubwoba afitiye icyorezo cya Covid-19.
Ubu bwoba ngo yabugize nyuma yo kubona uburyo iki cyorezo cyayogoje ibihugu!-->!-->!-->!-->!-->…
“PASSE” Indirimbo nshya ya Platini na Rafiki itangiye kwibazwaho aribwo ikijya hanze
Indirimbo PASSE imaze akanya gato ishyizwe hanze itangiye kwibazwaho kubera amagambo benshi batangiye kwita ay'urukozasoni arimo.
Muri iyi minsi abantu benshi barashinja abahanzi Nyarwanda gusohora indirimbo z'ibishegu aho usanga!-->!-->!-->!-->!-->…
Urukiko rwahaye agaciro ubujurire bwa Rayon Sport ku rubanza rwa BAKAME wabatsinze igacibwa miliyoni…
BAKAME aravuga ko Rayon Sport yamwirukanye bitanyuze mu mategeko
Urukiko rwahaye agaciro ubujurire bw'ikipe ya Rayon Sport mu rubanza Eric NDAYISHIMIYE bakunze kwita Bakame yari yatsinzemo ikipe ya Rayon Sport ku kuba yari!-->!-->!-->!-->!-->…
Drake yaciye umuhigo wa Madonna wari umaze imyaka 12
Drake yaciye umuhigo wo kugira indirimbo nyinshi mu ndirimbo 10 za mbere zikunzwe mu mateka ya Billboard Hot 100 ya Amerika, aca kuri Madonna wari ufite uwo muhigo.
Uyu muhanzi wo muri Canada muri iki cyumweru indirimbo ze, iya 39!-->!-->!-->!-->!-->…
Bernard Makuza wabaye ministre w’intebe yitabiriye isiganwa ry’amagare ryo mu Bugesera
Bernard Makuza wabaye Minisiteri w’Intebe na Perezida wa Sena y’u Rwanda yitabiriye isiganwa ry’amagare ryo kwinezeza hamwe n’Ikipe y’Abagore ya Bugesera Cycling Team.
Ikipe ya Bugesera y’Amagare isanzwe itumira abantu batandukanye,!-->!-->!-->!-->!-->…
Amateka ya Ngolo KANTE wabaye icyamamare nyuma yo gucuruza ibisheke mu ngorofani
N’Golo Kante yavutse taliki ya 29 Werurwe 1991 mu murwa mukuru w’Ubufaransa Paris. Avuka mu muryango ukennye w’abimukira bakomoka muri Mali baje mu Bufaransa mu gushaka amaramuko.
N’Golo Kante ni imfura mu muryango w’abana bane!-->!-->!-->!-->!-->…
Kanye West yatangaje ko “ari kugerageza gutandukana na Kim Kardashian”
Kanye West, umuhanzi ubu uvuga ko ashaka kwiyamamariza kuyobora leta zunze ubumwe za Amerika, yanditse kuri Twitter uyu munsi kuwa gatatu ko ari kugerageza gutandukana n'umugore we Kim Kardashian, nyuma gato ubwo butumwa ahita abusiba.!-->!-->!-->…