Browsing Category
Imyidagaduro
Diamond Platmuz yeruye avuga ko atakiri mu rukundo na Zuchu
Diamond Platnumz yatangaje ko atagikundana na Zuchu asanzwe abereye umuyobozi muri Wasafi Classic Baby nyuma y’amasaha make uyu muhanzikazi witwa Zuhura Othman Soud asibye amafoto yose bahuriramo.
Diamond ubwo yatangazaga ko!-->!-->!-->!-->!-->…
Afika y’Epfo: Umuraperi AKA yarashwe arapfa ubwo yajyaga kwizihiza isabukuru ye…
Umuraperi AKA ukunzwe cyane muri Afrika y'Epfo yaraye arashwe arapfa n'abantu bataramenyekana ubwo yari agiye mu birori byo kwizihiza umunsi mukuru w'isabukuru ye y'amavuko.
Umunyamuziki mu njyana ya Rap, wari ukunzwe cyane mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Umutare Gabby yajyanywe mu nkiko, arashinjwa gutererana uwo babyaranye
Umutare Gaby yajyanywe mu rukiko n’umugore uvuga ko babyaranye mbere y’uko akora ubukwe, agasaba ko uyu muhanzi yemera abana ndetse agafata n’inshingano zo kubitaho.
Amakaru avuga ko mbere y’uko uyu muhanzi ashyingiranwa n’umugore!-->!-->!-->!-->!-->…
Umuhanzi Harmonize wo muri Tanzaniya ngo arashaka ubwenegihugu bw’u Rwanda
Umuhanzi w’Umunya-Tanzania Rajab Abdul Kahali wamamaye ku mazina ya Harmonize muri muzika yatangaje ko yifuza ubwenegihugu bw’u Rwanda.
Harmonize ari mu Rwanda mu butembere no kwagura umubano afitanye na Bruce Melodie bafitanye!-->!-->!-->!-->!-->…
“yavuze yego” Izina ry’igitaramo gikomeye umuramyi Papy ari gutegurira abakunzi be
Umuramyi Papy Clever uririmbana n'umugore we Dorcas yatangaje ko ari gutegura igitaramo cya live kigamije guhembura imitima binyuze mu ndirimbo zo kuramya Imana ndetse avuga n'impamvu icyo gitaramo cyiswe ngo YAVUZE YEGO
Abaramyi!-->!-->!-->!-->!-->…
Harmonize yakuyeho urujijo agaragaza umukobwa bakundana
Nyuma y’iminsi hasakaye amakuru y’uko hari Umunyarwandakazi wamaze kwigarurira umutima wa Harmonize, amakuru mashya ahari ahamya ko uyu muhanzi ari gukundana n’umuhanzikazi, Feza Kessy wo muri Tanzania, aho kuba uyu mukobwa ukomoka mu!-->!-->!-->…
50 Cent yatangaje ko agiye kugaruka muri muzika nyuma y’imyaka 9 atagaragara muri urwo ruhando
Curtis James Jackson, Umuraperi w’Umunyamerika wamamaye nka 50 Cent, yatangaje ko agiye kugaruka gukora umuziki nyuma y’imyaka icyenda atagaragara.
Iki cyamamare mu njyana ya ‘hip-hop’ cyavuze ko ari ikibazo cy’igihe gusa, abantu!-->!-->!-->!-->!-->…
Lionel Messi yaciye agahigo ko kuba umukinnyi ugize ifoto yakunzwe na benshi kuri Instagram
Rutahizamu w’Ikipe y’Igihugu ya Argentine, Lionel Messi yabonye indi ntsinzi imbere ya Cristiano Ronaldo ubwo ifoto ye afite Igikombe cy’Isi yabaga iya mbere y’umukinnyi ikunzwe n’abantu benshi kuri Instagram.
Nyuma yo gutsinda u!-->!-->!-->!-->!-->…
Mu majwi meza cyane, Chorale de Kigali yasubiyemo indirimbo ya Buravan wabisabye ataritaba Imana
Chorale de Kigali yasubiyemo indirimbo ‘Gusakaara’ y’umuhanzi Yvan Buravan biturutse ku cyifuzo yabagejejeho ataritaba Imana.
Umuhanzi Burabyo Dushime Yvan (Yvan Buravan) yitabye Imana tariki 17 Kanama 2022 aguye mu bitaro byo mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Bidasubirwaho Israel MBONYI azataramira i Burundi mu mpera z’uno mwaka wa 2022
Nyuma y'aho ibitaramo bye biburijwemo inshuro umwaka ushize, kuri ubu bimaze kwemezwa ko Israel Mbonyi azataramana n'Abarundi mu mpera z'uno mwaka wa 2022.
Bwana Mbonyicyambu Eric wamamaye cyane ku izina rya Israel Mbonyi mu ruhando!-->!-->!-->!-->!-->…
Umuhanzi Chala Muana wabiciye bigacika mu njyana ya Rumba yitabye Imana ku myaka 64
Umuhanzi wabaye icyamamare n'ikimenya bose mu myaka yo ha mbere Chala Muana ukomoka mu gihugu cya Repubulika iharanira demokarasi ya Congo yitabye Imana mu gitondo cyo kuri uyu wa gatandatu.
Imwe mu nkuru z'incamugongo yabyukiye mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyuma y’amezi 6 gusa bongeye gusubirana, Kadjala yongeye atandukana na Harmonize
Nyuma yo guhindura ibimuranga ku mbuga nkoranyambaga byavugaga ko ari umujyanama wa Harmonize, Frida Kajala Masanja aricuza kuba yarasubiye mu rukundo n’umuhanzi Harmonize.
Ibi yabitangarije mu butumwa bwuje agahinda no kwicuza!-->!-->!-->!-->!-->…
CARDI B: “NTAKIZERE MFITE CYO KUGARURIRA OFFSET IBYISHIMO
Mbere y'uko offset akora igitaramo cya mbere nyuma y'urupfu rwa Take off, umugore we Cardi B yavuze ko nta kizere afite cyo kumushimisha.
Tariki ya mbere Ugushyingo, 2022 nibwo Umuraperi witwa Take off wo mu itsinda rya Migos!-->!-->!-->!-->!-->…
INTEGUZA Y’IBICE BIKURIKIRAHO BYA VIKINGS VALHALLA YAGEZE HANZE
HAMAZE GUTANGAZWA IGIHE VIKINGS VALHALLA SEASON II IZAGIRA HANZE.
Nyuma y'igihe abakunzi b'iyi filime y'uruhererekane igaruka ku mateka y'abitwaga vikings baryohewe n'iyabanje yavugaga ku mateka y'abo n'uko baguye ubwami bwabo!-->!-->!-->!-->!-->…
KANYE WEST YATEGETSWE KUZAJYA ATANGA INDEZO Y’ABANA BE KWA KADARSHIAN BURI KWEZI
KANYE WEST YATEGETSWE N’URUKIKO KUZAJYA ATANGA IBIHUMBI 200 BYAMADORARI BURI KWEZI KURI KIM KADARSHIAN NK’INDEZO BURI KWEZI NYUMA YUKO BATANDUKANYE
Ibijyanye no kugabana umutungo ndetse no kwemeranya ubufasha bwose Kanye west azaha!-->!-->!-->!-->!-->…