Browsing Category
Imyidagaduro
Amerika: Umuraperi yahanutse ku rubyiniro arapfa
Umuraperi Milton Powell wamamaye muri Amerika nka Big Pokey, yitabye Imana aguye ku rubyiniro muri Texas ubwo yari ari kuririmba mu gitaramo yari yatumiwemo.
Uyu muhanzi ku wa Gatandatu w’icyumweru cyashize yari kuririmba mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Umufana w’umuhanzi Ricky Martin, yibagishije inshuro 40 kugira ngo ase nawe
Ricky Martin ni rimwe mu mazina azwi rugando rw’imyidagaduro cyane cyane muri Amerika y’Amajyepfo aho akomoka, kuko ni umuhanzi w’indirimbo w’icyamamare, akaba n’umwanditsi wazo.
Ricky Martin afite za Miliyoni z’abafana hirya no!-->!-->!-->!-->!-->…
“Wallah” indirimbo ya Brysee ikomeje kwigarurira imitima y’urubyiruko
Indirimbo yitwa Wallah y'umuhanzi ukizamuka ikomeje gukundwa n'abatari bake kubera igitekerezo kirimo bivugwa ko ari inkuru mpamo.
Biragoye ko muri iki gihe wabona umuntu utazi "Passe" ni ijambo rivugwa inshuro zitari nke mu minwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Juda Muzika, itsinda ryari rigezweho muri muzika mu Rwanda ryasenyutse
Abasore babiri Mbaraga Alex na Ishimwe Prince bari bagize itsinda Juda Muzik riri mu yari agezweho muri muzika nyarwanda, batandukanye nyuma y’imyaka itanu baririmbana.
Ni inkuru mbi ku bari abakunzi b’iri tsinda. Kugeza ubu!-->!-->!-->!-->!-->…
Hamenyekanye icyatandukanije Platini n’umugore we bari bamaranye imyaka ibiri yose
Ibimaze iminsi bivugwa ku itandukana ry’umuhanzi Platini n’umugore we Olivia bamaranye imyaka ibiri basezeranye kubana, hari amakuru mashya yavuzweho arimo arebana n’umwana byavugwaga ko ari imfura yabo, bivugwa ko byagaragaye ko atari!-->!-->!-->…
Stromae yahagaritse ibitaramo yateganyaga gukorera i Burayi
Umuhanzi Stromae yatangaje ko kubera impamvu z'ubuzima bwe butifashe neza, yahisemo guhagarika ibitaramo yari afite mu kwezi gutaha.
Stromae, umuhanzi w'icyamamare mu njyana ya Pop yahagaritse gahunda y'ibitaramo yateganyaga!-->!-->!-->!-->!-->…
Jose Chameleone yasabye imbabazi nyuma yo gufotorwa asomana na murumuna we Weasel
Jose Chameleone yasabye imbabazi abakunzi b’umuziki muri Uganda, abafana be ndetse n’inshuti z’umuryango we nyuma yo gufotorwa asomanira na murumuna we Weasel ku rubyiniro.
Nyuma y’igitaramo ‘Legend Gwanga mujje’ Jose Chameleone!-->!-->!-->!-->!-->…
Diamond Platmuz yeruye avuga ko atakiri mu rukundo na Zuchu
Diamond Platnumz yatangaje ko atagikundana na Zuchu asanzwe abereye umuyobozi muri Wasafi Classic Baby nyuma y’amasaha make uyu muhanzikazi witwa Zuhura Othman Soud asibye amafoto yose bahuriramo.
Diamond ubwo yatangazaga ko!-->!-->!-->!-->!-->…
Afika y’Epfo: Umuraperi AKA yarashwe arapfa ubwo yajyaga kwizihiza isabukuru ye…
Umuraperi AKA ukunzwe cyane muri Afrika y'Epfo yaraye arashwe arapfa n'abantu bataramenyekana ubwo yari agiye mu birori byo kwizihiza umunsi mukuru w'isabukuru ye y'amavuko.
Umunyamuziki mu njyana ya Rap, wari ukunzwe cyane mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Umutare Gabby yajyanywe mu nkiko, arashinjwa gutererana uwo babyaranye
Umutare Gaby yajyanywe mu rukiko n’umugore uvuga ko babyaranye mbere y’uko akora ubukwe, agasaba ko uyu muhanzi yemera abana ndetse agafata n’inshingano zo kubitaho.
Amakaru avuga ko mbere y’uko uyu muhanzi ashyingiranwa n’umugore!-->!-->!-->!-->!-->…
Umuhanzi Harmonize wo muri Tanzaniya ngo arashaka ubwenegihugu bw’u Rwanda
Umuhanzi w’Umunya-Tanzania Rajab Abdul Kahali wamamaye ku mazina ya Harmonize muri muzika yatangaje ko yifuza ubwenegihugu bw’u Rwanda.
Harmonize ari mu Rwanda mu butembere no kwagura umubano afitanye na Bruce Melodie bafitanye!-->!-->!-->!-->!-->…
“yavuze yego” Izina ry’igitaramo gikomeye umuramyi Papy ari gutegurira abakunzi be
Umuramyi Papy Clever uririmbana n'umugore we Dorcas yatangaje ko ari gutegura igitaramo cya live kigamije guhembura imitima binyuze mu ndirimbo zo kuramya Imana ndetse avuga n'impamvu icyo gitaramo cyiswe ngo YAVUZE YEGO
Abaramyi!-->!-->!-->!-->!-->…
Harmonize yakuyeho urujijo agaragaza umukobwa bakundana
Nyuma y’iminsi hasakaye amakuru y’uko hari Umunyarwandakazi wamaze kwigarurira umutima wa Harmonize, amakuru mashya ahari ahamya ko uyu muhanzi ari gukundana n’umuhanzikazi, Feza Kessy wo muri Tanzania, aho kuba uyu mukobwa ukomoka mu!-->!-->!-->…
50 Cent yatangaje ko agiye kugaruka muri muzika nyuma y’imyaka 9 atagaragara muri urwo ruhando
Curtis James Jackson, Umuraperi w’Umunyamerika wamamaye nka 50 Cent, yatangaje ko agiye kugaruka gukora umuziki nyuma y’imyaka icyenda atagaragara.
Iki cyamamare mu njyana ya ‘hip-hop’ cyavuze ko ari ikibazo cy’igihe gusa, abantu!-->!-->!-->!-->!-->…
Lionel Messi yaciye agahigo ko kuba umukinnyi ugize ifoto yakunzwe na benshi kuri Instagram
Rutahizamu w’Ikipe y’Igihugu ya Argentine, Lionel Messi yabonye indi ntsinzi imbere ya Cristiano Ronaldo ubwo ifoto ye afite Igikombe cy’Isi yabaga iya mbere y’umukinnyi ikunzwe n’abantu benshi kuri Instagram.
Nyuma yo gutsinda u!-->!-->!-->!-->!-->…