Browsing Category
Izindi nkuru
Kenya yatangije Internet ya 5G
Imijyi itanu muri Kenya yatangiye kugezwamo Internet yo mu bwoko bwa 5G mu rwego rwo guteza imbere no kwihutisha ikoranabuhanga muri icyo gihugu.
BBC yatangaje ko ikigo cy’ikoranabuhanga cya Safaricom ari cyo cyahawe izo nshingano!-->!-->!-->!-->!-->…
Papa Francis yagiriye inama abapadiri n’ababikira bareba firime za ’porno’
Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku isi, Papa Francis w'imyaka 85, yeruye ko abapadiri n’ababikira nabo bareba amashusho y’urukozasozi azwi nka pornographie, ariko ashimangira ko ari mabi ko kandi bica intege umutima wa gipadiri.
!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Itangazo rya IRAGUHA usaba uburenganzira bwo guhindura amazina
Uwitwa IRAGUHA Xxx mwene Nasangumugabo na Nyirabukara utuye mu Ntara y'Uburengerazuba, Akarere ka Rutsiro, Umurenge wa Mushonyi, akagali ka Rurara, mu mudugudu wa Kashishi, yanditse asaba uburenganzira bwo guhindura amazina yar asanzwe!-->…
Itangazo rya USABYIMANA Xxx usaba uburenganzira bwo guhindura amazina
Uwitwa USABYIMANA Xxx mwene Ntiruburakaryo na Banziririki utuye mu Ntara y'Uburengerazuba, akarere ka Rutsiro, umurenge wa Ruhango, akagali ka Rudoyi, umudugudu wa Rugaragara, yanditse asaba uburenganzira bwo guhinduza amazina ye yari!-->…
Itangazo rya IMANIREBERAHO wifuza guhinduza amazina.
UwItwa IMANIREBERAHO Liliane mwene IMANIREBERAHO Norbert na Uwizeyimana Alphonsine utuye mu ntara y'Iburengerazuba, Akarere ka Rutsiro, umurenge wa Musasa, akagali ka Gisiza, mu mufugudu wa Gisiza, yanditse asaba uburenganzira bwo!-->…
Kenya: Umugore yarogoye disikuru ya perezida amusaba amafaranga
Ku wa Kabiri tariki 4 Ukwakira 2022, umugore w’ahitwa Nyeri muri Kenya, yarogoye imbwirwaruhame ya Perezida Willim Ruto, amusaba amafaranga.
Uwo mugore warogoye Perezida Ruto ubwo yari ahagurutse arimo avuga ijambo, yavuze ko ashaka!-->!-->!-->!-->!-->…
Bunyenyezi yasabye urukiko kumwereka abamushinja bakarebana imbona nkubone
Beatrice Munyenyezi ushinjwa kugira uruhare muri Jenoside yasabye urukiko ko abatangabuhamya bamushinja bagomba kuza bakamushinja barebana mu rukiko, aho gutangira ubutumwa bwabo ku ikoranabuhanga.
Munyenyezi ashinjwa kugira!-->!-->!-->!-->!-->…
Abaturage barasabwa gukoresha ikoranabuhanga birinda ibyabaviramo ibyaha
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rurasaba abaturage gukoresha ikoranabuhanga birinda ibyabaviramo ibyaha, kugira ngo bibarinde kugongana n’amategeko, kuko hari abisanga bakurikiranyweho ibyaha byakorewe kuri telefone zabo!-->!-->!-->…
Uko Dennis Rodman umukinnyi ukomeye wa Basketball yakemuye ikibazo cya Politiki hagati ya USA na…
Ni gute Denis Rodman umunyabigwi muri Basketball yakemuye ikibazo hagati ya Korea na America byarananiye abanya politike?
Nkuko urubuga rwa national geographic rubitangaza, ngo ubusanzwe iyo ibihugu bifitanye amakimbirane cyangwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Kuki abantu badakabya mu rukundo aribo bashaka vuba kurusha abarurambamo?
Burya abantu bagira urukundo rwinshi gusa kugira amahitamo birabagora.Nshingiye ku bushakashatsi nakoze nabonye ko umuntu ugira urukundo rwinshi kuva mu rujijo ruri hagati y’umutetesha n’ukwiriye kumubera umugore bimugora.Akaba ari!-->!-->!-->…
Ibyishimo by’abamotari nyuma y’uko Perezida Kagame asabye ko ikibazo cyabo gikemuka vuba…
Umumotari witwa Bizimana Pierre wo mu Karere ka Ruhango ni we wagejeje ikibazo cy’abamotari kuri Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame ubwo we n’abaturage basaga 50,000 bo mu Ntara y’Amajyepfo bamwakiriraga ku kibuga cy’umupira!-->…
Visi Meya uherutse gusuzugura abanyamakuru yasabye imbabazi
Umuyobozi wungirije w'Akarere ka Musanze ushinzwe imibereho myiza yasabye imbabazi kubera agasuzuguro aherutse kugirira abanyamakuru.
Mu ntangiriro z'iki cyumweru nibwo hacicikanaga amashusho agaragaza umuyobozi wungirije ushinzwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Itangazo rya Umurerwa usaba uburenganzira bwo guhinduza amazina.
Uwitwa UMURERWA Xxx, mwene Xxx na Mukagatera, utuye mu Ntara y'Amajyaruguru, Akarere ka Gicumbi, Umurenge wa Rwamiko ho Akagari ka Nyagahinga mu mudugudu wa Ntaremba, yanditse asaba uburenganzira bwo guhinduza izina yari asanzwe akoresha!-->…
Burera: Batanu bafashwe bagerageza kwinjiza magendu y’amabuye y’agaciro mu Rwanda
Kuri iki cyumweru tariki ya 22 Gicurasi, inzego z’umutekano zikorera mu Karere ka Burera zaburijemo umugambi w’itsinda ry’abantu 20 bageragezaga kwinjiza mu Rwanda ibiro 650 by’amabuye y’agaciro yo mu bwoko bwa Wolfram.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Bamwe mu bofisiye biga mu ishuri rikuru rya Polisi bari mu rugendoshuri mu Butaliyani
Ba Ofisiye bakuru biga mu ishuri rikuru rya Polisi y’u Rwanda (National Police College -NPC) riherereye mu karere ka Musanze, batangiye urugendoshuri mu gihugu cy’ u Butaliyani ruri muri gahunda y’amasomo bigira muri iri shuri mu gihe!-->!-->!-->…