Browsing Category
Izindi nkuru
Bill Oxley yiyemereye ko ariwe wishe Bob Marley abinyujije mu rukweto
Umusaza w’imyaka 79 witwa Bill Oxley wahoze ari umukozi w’Urwego rw’ Ubutasi rwa Leta Zunze Ubumwe Za Amerika yiyemereye ko ari we wishe umucuranzi wari igihanganye mu njyana ra Reggae Bob Marley.
Hashize imyaka 36 Bob Marley ufatwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Habonetse undi muntu uvuga ko Bamporiki yamwambuye bagakizwa n’umuvunyi
Habonetse undi muntu uvuga ko yahemukiwe na Honorable Bamporiki wamwambuye umushahara we w'amezagera kuri atatu
Nyuma y'aho Bwana BAMPORIKI Edouard wahoze ari umunyamabanga wa Leta muri ministeri y'umuco n'urubyiruko ahagaritswe ku!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Samia Suluhu mu rugendo rw’iminsi 2 i Kampala
Perezida w'igihugu cya Tanzaniya Samiya Suluhu Hassan ari mu gihugu cya Uganda ku butumire bwa mugenzi we Museveni Kaguta Yoweri.
Perezida Samiya Hassan Suluhu wa Tanzaniya muri iki gitondo cyo kuwa Kabiri yakoreye uruzinduko!-->!-->!-->!-->!-->…
Ministre w’intebe Ngirente yapfushije umubyeyi
Umubyeyi wa Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente, yitabye Imana ku myaka 85 y’amavuko azize uburwayi aho yari arwariye muri CHUK.
Uyu mubyeyi wa Dr Ngirente Edouard witwa Ngirumpatse Athanase, yitabye Imana azize uburwayi kuri!-->!-->!-->!-->!-->…
Papa Fransisko yasubitse urugendo yari afite muri Liban kubera uburwayi.
Umushumba wa kiliziya Gatolika ku isi Papa Fransisko yasubitse urugendo rw'amateka yari kuzakorera muri Liban kubera ikibazo cy'uburwayi bwo mu ivi.
Ibiro by'Umushumba mukuru wa kiliziya Gatulika ku isi Papa Fransisko byamaze!-->!-->!-->!-->!-->…
Rubavu: Yafashwe agiye gukwirakwiza urumogi mu baturage
Ku wa Gatandatu tariki ya 07 Gicurasi, Polisi y'u Rwanda ikorera mu Karere ka Rubavu, yafashe Umugabo wari ufite ibiro 2 n'udupfunyika 1.019 by'urumogi, yari amaze kwinjiza mu gihugu arukuye mu gihugu cy'abaturanyi cya Repubulika!-->!-->!-->…
Huye: Hafashwe litiro zirenga 1,400 z’inzoga z’inkorano
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 4 Gicurasi, Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’izindi nzego n’abaturage mu karere ka Huye yafashe kandi yangiza litiro 1,405 z’inzoga z’inkorano zitujuje ubuziranenge zizwi ku izina rya Muriture.Izi nzoga!-->!-->!-->…
Batunguwe no kumva uwo bari bagiye gushyingura akomanga ku isanduku
Batashywe n'ubwoba nyuma yo kubona uwo bari bari bagiye gushyingura akomanga ku isandugu mu gihe bari bamugeje ku irimbi ngo ashyingurwe
Abaturage na bamwe bo mu muryango w'umugore witwa Rosa Isabel Cespede Callaca w’imyaka 36 !-->!-->!-->!-->!-->…
Rubavu: Bane bafunzwe bakurikiranyweho gukwirakwiza urumogi
Mu mpera z’iki cy’umweru, Polisi y’u Rwanda mu Karere ka Rubavu yafashe abantu 4 bacyekwaho gukwirakwiza udupfunyika 1,688 tw’urumogi mu bice bitandukanye.Abafashwe ni Singiranumwe Athanase w’imyaka 42 n'umukobwa we Mutesiwase Sifa!-->!-->!-->…
Nyanza: Hibutswe mutagatifu Ludoviko w’i Montfort waragijwe ikigo cya Ecole des Sciences
Ikigo cyaragijwe mutagatifu Ludoviko w'i Monforo giherereye mu Karere ka Nyanza cyibutse uwo mutagatifu mu birori by'akataraboneka.
Bwa mbere nyuma ya jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu mwaka w'i 1994, ishuri Ecole des Sciences!-->!-->!-->!-->!-->…
Kirehe: Yafatanwe amabaro atanu y’imyenda ya caguwa
Ku wa mbere tariki ya 25 Mata, mu Karere ka Kirehe polisi y’u Rwanda yafashe umugabo ukurikiranweho gushaka kwinjiza magendu amabaro 5 y'imyenda ya caguwa.Uwafashwe yitwa Musabyimana Viateur ufite imyaka 42, akaba yarafatiwe iwe!-->!-->!-->…
Gisagara: Hibutswe abatutsi biciwe mu cyahoze ari komine Ndora
Bamwe barokokeye i Gisagara no mu nkengero zayo barifuza ko abafungurwa bakomeza guhabwa inyigisho kugira ngo hakomeze gusigasirwa igipimo cy'ubumwe n'ubwiyunge bagezeho nyuma ya Jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda.
!-->!-->!-->!-->…
Ikindi gihugu cyo ku mugabane w’iburayi kirashaka kohereza abimukira mu Rwanda
Igihugu cya Denmark ni cyo cya mbere cyamenyekanye ko gishaka kwigana ubufatanye u Bwongereza bwagiranye n’u Rwanda bwo kohereza abimukira n’abasaba ubuhungiro bagafashirizwa i Kigali by’agateganyo mu gihe bashakirwa ibisubizo!-->!-->!-->…
Byamenyekanye ko abimukira u Rwanda rugiye kwakira Kenya yabanje kubisabwa irabyanga
Bimwe mu binyamakuru byo muri Kenya byamenye ko Ubwongereza bwabanje gusaba Kenya kwakira impunzi n'abimukira batuye mu Bwongereza ariko icyo gihugu cya Kenya kikabyanga.
Mu gihe hirya no hino ku isi hakomeje kuvugwa ku masezerano!-->!-->!-->!-->!-->…
Indege ya Rwandair yari ikoze impanuka, Imana ikinga akaboko
Mu rukerera rwo kuri uyu wa gatatu indege ya kompanyi y'u Rwanda itwara indege Rwandair yari igiye gukora impanuka ariko Imana ikinga akaboko, byabaye nyuma y'aho igihu cyijimye cyakingirije uwari uyitwaye, bituma udutara tumurikira!-->!-->!-->…