Browsing Category
Izindi nkuru
Uganda yategetswe kwishyura DR Congo miliyoni 325 z’amadorari kubwo uruhare rwayo mu bibazo…
Urukiko mpuzamahanga rw’ubutabera rwategetse Uganda kwishyura igihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Kongo miliyoni 325 z’amadorari (arenga miliyali 330Rwf), ku bw’uruhare rwayo mu makimbirane amaze igihe mu burasirazuba bwa RDC.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Huye: Meya yasabye abanyamadini kudohora bakajya basezeranya n’abakobwa batwite.
Abanyamadini n’amatorero barasabwa kugira uruhare mu gukemura ibibazo bibangamiye imibereho myiza y’abaturage aho bakwiye no guca inkoni izamba bakajya basezeranya abatwite. Ni nyuma y’aho bigaragariye ko bamwe mu bayoboke bayo, hari!-->!-->!-->…
Polisi ya Namibia yihanangirijwe kubwo guta akazi bakigira mu nsengero
Umuyobozi wa polisi ya Namibia yihanangirije abapolisi ayoboye bata inshingano zabo z’akazi bakigira mu nsengero zimwe na zimwe.
Liyetona Jenerali Sebastian Ndeitunga yavuze ko bamwe mu bapolisi babura mu kazi ngo basimbure bagenzi!-->!-->!-->…
Intumwa za Polisi ya Zambia zasuye Polisi y’u Rwanda
Mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere tariki ya 7 Gashyantare intumwa za Polisi ya Zambia zasuye Polisi y'u Rwanda, ni uruzinduko rw'akazi ruzamara iminsi itandatu, bayobowe n'umuyobozi wungirije wa Polisi ya Zambia ushinzwe imiyoborere,!-->!-->!-->…
Rutsiro: imvura yaraye iguye yahitanye umuntu umwe, yangiza n’ibikorwaremezo
Imvura yaraye iguye mu Karere ka Rutsiro yahitanye umuntu umwe inatwara ibiraro bihuza imirenge, yangiza n’ibindi bikorwaremezo.
Umwana wapfuye ni uwo mu Murenge wa Kigeyo, umurambo we ukaba wabonetse mu mugezi wa Nkora.
Uretse!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Maroc: Wa mwana w’umuhungu wari waraguye mu iriba byarangiye apfuye
Umwana w'umuhungu w'imyaka itanu wo muri Maroc wari waraguye mu iriba akamaramo iminsi ine byarangiye apfuye, nubwo hakozwe ibikorwa byo kugerageza kumurokora.
Itangazo ry'ubwami bwa Maroc ryatangaje urupfu rwe nyuma gato yuko akuwe!-->!-->!-->!-->!-->…
imyamaswa yicaga inka z’aborozi baturiye ishyamba rya gishwati yishwe
Inyamanswa yari imaze igihe yica inka z’abaturage mu nzuri zituriye Pariki ya Gishwati-Mukura, aho yari imaze guhitana inyana z’imitavu zirenga 80, nayo yishwe.
Aborozi baturiye ishyamba rya gishwati bari bamaze iminsi batabariza!-->!-->!-->!-->!-->…
Itangazo rya NSANZABAGABO wifuza guhinduza amazina.
Uwitwa NSANZABAGABO mwene Ngomituje na Rwajekare utuye mu Ntara y'uburengerazuba, mu Karere ka Rutsiro, Umurenge wa Boneza, Akagali ka Bushaka ho mu mudugudu wa Muramba, yanditse asaba uburenganzira bwo guhinduza amazina yari asanzwe!-->…
Maroc: Igisirikare cyatabaye abimukira benshi bari bagiye kurohama
Ingabo za Maroke zirwanira mu mazi, kuri uyu wa kabiri, zatabaye abimukira 63 barimo abagore 15 n’abana 3, igihe ubwato barimo bari hafi kwinjira muri Esipanye bwari bugiye kurohama.
Abimukira, ahanini bava mu karere ka!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Amezi 3 arashize Imirimo yo kubaka umuhanda uhuza Nyanza na Bugesera ihagaze
Imirimo yo kubaka umuhanda wa Kaburimbo Nyanza-Bugesera imaze amezi atatu ihagaze none byasize abaturage bo mu mirenge itandukanye y’Akarere ka Nyanza mu bibazo birimo ubukene n’inzara kuko imitungo yabo yangiritse ntibishyurwa.
Uwo!-->!-->!-->!-->!-->…
Itangazo rya MUKESHIMANA Sina wifuza guhinduza amazina
Uwitwa MUKESHIMANA SINA mwene Kanyabitaro na Nyiransabimana utuye mu mudugudu wa Kivumu, Akagali ka Kaguriro mu Murenge wa Mushonyi, Akarere ka Rutsiro yanditse asaba uburenganzira bwo guhinduza amazina yari asanzwe akoresha ariyo!-->!-->!-->…
Rusizi: Polisi yafashe batatu barimo na Gitifu w’Akagali bakekwaho gushuka abaturage bakaba…
Polisi ikorera mu Karere ka Rusizi yafashe abantu batatu bacyekwaho gushuka abacuruzi babaka ruswa ngo bazabashyire ku rutonde rw'abahuye n'ibibazo by'ubucuruzi biturutse ku cyorezo cya COVID-19.
Abafashwe ni Nduhirabandi Benjamin!-->!-->!-->!-->!-->…
Kigali:Umubyeyi amaze icyumweru akuwe mu nzu kungufu anyagirirwa hanze.
Umubyeyi witwa Uwanyirigira Agnes w’imyaka 58 utuye mu Mudugudu w’Ubumwe, Akagari k’Akabahizi mu Murenge wa Gitega mu Karere ka Nyarugenge, amaze icyumweru kirenga anyagirirwa hanze nyuma yo gusohorwa mu nzu kugahato igakingwa adahari!-->…
Rwamagana: Abayisilamu b’abapfakazi bavuga ko ihene borojwe na ADEF zizabafasha mu iterambere
Bamwe Bayisilamu b’abapfakazi bo mu Kagali ka Sibagire, Umurenge wa Kigabiro, mu Karere ka Rwagana, bashima umuryango ADEF waboroje ihene, bakavuga ko zizabafasha gukemura bimwe mu bibazo bahuraga nabyo.
Iki gikorwa cyo gutanga!-->!-->!-->!-->!-->…
Hatangijwe gahunda ifasha abaturarwanda gutunga ibikoresho bikonjesha bizigama umuriro
Minisiteri y’Ibidukikije, ibinyujije mu Kigo cy’Igihugu cyo Kubungabunga Ibidukikije (REMA) yatangije Rwanda Cooling Initiative's Green On-Wage (R-COOL GO), gahunda izafasha abaturarwanda kubona ibikoresho bikonjesha bizigama umuriro!-->!-->!-->…