Browsing Category
Izindi nkuru
Intumwa za Polisi ya Malawi ziri mu ruzinduko rw’akazi mu Rwanda
Kuva kuri uyu wa mbere tariki ya 21 Gashyantare intumwa enye za Polisi ya Malawi ziyobowe n’Umuyobozi wa Polisi wungirije ushinzwe imiyoborere, DIGP/A Merlyne Yolamu bari mu ruzinduko rw’akazi mu Rwanda.
Ejo kwa kabiri tariki!-->!-->!-->!-->!-->…
Imyaka 20 irashize JONAS SAVIMBI wabitswe inshuro 15 zose apfuye
Imyaka 20 irashize inyeshyamba Jonas Savimbi wigeze kubikwa ko yapfuye inshuro byibuze 15, amateka ye hano.
Jonas Malheiros Savimbi benshi bamenye nka Jonas Savimbi (wavutse 1934) ni we washinze UNITA (Ihuriro ry’igihugu riharanira!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Kagame yitabiriye umuhango wo gutaha stade muri Senegal
Perezida wa Repubulika Paul Kagame, kuri uyu wa Mbere tariki 21 Gashyantare 2022, yageze i Dakar muri Senegal, aho yitabiriye umuhango wo gutaha Stade Olympique de Diamniadio.
Ibiro by’Umukuru w’Igihugu Village Urugwiro, byatangaje!-->!-->!-->!-->!-->…
Itangazo rya Nyirantambara wifuza guhinduza amazina.
Uwitwa NYIRANTAMBARA Xxx, mwene Gashegu na Nyiranteguza utuye mu mudugudu wa Kayove, Akagari ka Nyakarera, Umurenge wa Ruhango, ho mu Karere ka Rutsiro mu Ntara y'Uburengerazuba, yanditse asaba uburenganzira bwo guhinduza amazina yari!-->…
Amarangamutima ya Past. Gitwaza nyuma y’aho RGB imutsindishirije
Umuyobozi w’Itorero Zion Temple, Dr Paul Gitwaza wagarutsweho mu cyumweru gishize ubwo bamwe mu bavuga ko bafatanyije na we gushinga iri torero bageragezaga kumweguza, yagize icyo avuga kuri iki gikorwa ndetse no ku byo yavuzweho byo!-->!-->!-->…
USA: Abanyarwanda basezeye kuri Amb. Valentine Rugwabiza bamuha impano
Umuryango mugari w’Abanyarwanda baba i New York muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika (USA) wasezeye kuri Amb. Valentine Rugwabiza wasimbuwe ku nshingano zo guhagararira u Rwanda mu Muryango w’Abibumbye (Loni), bamushyikiriza impano!-->!-->!-->…
Abarezi n’ababyeyi basabwe gukomera ku rurimi rw’Ikinyarwanda
Kuri uyu wa 21 Gashyantare 2022, u Rwanda rwifatanyije n’isi kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Ururimi Kavukire, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco Hon Bamporiki Edouard yasabye ababyeyi n’abarezi!-->!-->!-->…
RGB yateye utwatsi ibyifuzo by’abasabaga GITWAZA kwegura ku buyobozi bwa Zion Temple
Urwego rw'igihugu rw'igihugu rshinzwe imiyoborere rwateye utwatsi ibyifuzo bya bamwe mu batangiranye umurimo na Dr Apotre Gitwaza basabaga ko yegura ku buyobozi bw'itorero Zion Temple.
Urwego rw’Igihugu rushinzwe Imiyoborere, RGB,!-->!-->!-->!-->!-->…
Itangazo rya ZIRIMWABAGABO wifuza guhinduza amazina
Uwitwa ZIRIMWABAGABO Xxx mwene XXX na Nyirandindabo utuye mu Ntara y'Iburengerazuba, Akarere ka Rutsiro, Umurenge wa Mushonyi, Akagari ka Rurara, ho mu mudugudu wa Rugeri yanditse asaba uburenganzira bwo guhinduza amazina yari asanzwe!-->…
Nyaruguru-Kibeho: Perezida w’urukiko rw’ibanze akurikiranweho ibyaha birimo icya ruswa…
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha(RIB) rwataye muri yombi perezida w’urukiko rw’ibanze rwa Kibeho, mu karere ka Nyaruguru, Nsengiyumva Silas, ukurikiranweho ibyaha bya ruswa y’ishimishamubiri rishingiye ku gitsina no gufata icyemezo!-->!-->!-->…
Kunyurwa n’imitangire y’akazi byarazamutse- Raporo ya Sena
Raporo ya Komisiyo y’Imibereho y’Abaturage n’Uburenganzira bwa Muntu muri Sena yamurikiwe abasenateri, yagaragaje ko uburyo abantu banyurwa n'imitangire y'akazi bwiyongereye, kuko byavuye kuri 70.9% muri 2015/2016, bigera kuri 82.9%!-->…
Karongi: Haravugwa inkuru y’umugabo n’umugore we basanzwe mu nzu bapfuye
Uwitwa Nshimiyimana n’umugore we Bamurange Angelique bari batuye mu mudugudu wa Kagali mu Kagai ka Gitega mu Murenge wa Gitesi biravugwa ko basanzwe mu nzu bapfuye, aho umugabo bamusanze mu mugozi yapfuye, umugore nawe bakamusanga mu!-->!-->!-->…
Itangazo rya Munderere wifuza guhinduza amazina
Uwitwa MUNDERERE Turenga mwene Kamari na Siborurema utuye mu Ntara y"uburengerazuba, Akarere ka Rutsiro, Umurenge wa Boneza mu Kagali ka Remera ho mu mudugudu wa Buhoro yanditse asaba guhinduza amazina yari asanzwe akoresha ariyo!-->!-->!-->…
yatewe amabuye kugeza apfuye nyuma yo gutwika igitabo cya Coran
Umugabo wo mu gihugu cya Pakistan yishwe bunyamaswa nyuma y'aho atwitse igitabo cya Coran.
Burya ikintu kijyanye n'imyemerere ni kimwe mu bintu bikwiye kwitonderwa no kubaha cyane ko ari ikintu cy'ingenzi mu bikoze umuntu, rimwe na!-->!-->!-->!-->!-->…
Abakozi ba RIB batangiye kugaragara mu mpuzankano nshya
Kuri uyu munsi abakozi bose b'urwego rw'igihugu rw'ubugenzacyaha RIB bagaragaye mu mpuzankano nshya bishimisha abaganaga serivisi zitangwa n'urwo rwego.
Nyuma y'aho kuri uyu 01 Gashyantare 2022 urwego rw'igihugu rw'ubugenzacyaha RIB!-->!-->!-->!-->!-->…