Browsing Category
Izindi nkuru
Ubushinjacyaha bwongeye gusabira Paul Rusesabagina igifungo cya burundu
Ku nshuro ya kabiri, Ubushinjacyaha bwongeye gusaba Urukiko rw’Ubujurire ko Paul Rusesabagina ahanishwa igifungo cya burundu, mu gihe yakatiwe igifungo cy’imyaka 25 n’Urukiko Rukuru, Urugereko Ruburanisha Ibyaha Mpuzamahanga!-->!-->!-->…
Rubavu: Imvura nyinshi yatumye amazi yinjira mu nzu z’abaturage
Imvura nyinshi yabyutse igwa mu karere ka Rubavu yatumye amazi yinjira mu nzu z’abatuye mu tugari twa Bugoyi n'Umuganda asenya inkuta 10 z'inzu.
Bamwe mu bahuye n'ibiza bari gukuramo ibikoresho bari bafite mu nzu, nubwo imvura!-->!-->!-->!-->!-->…
BNR yambuye UNIMONI Bureau de Change Ltd uruhushya rwo gukorera mu Rwanda
Ubuyobozi bwa Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR) bwatangaje ko bwambuye UNIMONI Bureau De Change Ltd uruhushya rwo gukora imirimo yo kuvunja amafaranga y’amahanga no gutanga serivisi zo kohereza amafaranga kubera impamvu yo kutubahiriza!-->!-->!-->…
Amafoto y’umukobwa uri gusomana na se yavugishije benshi kuri murandasi.
Amafoto y'uno mukobwa yashyizee hanze ari gusomana na se yatumye benshi bamwibazaho cyane, ndetse bamwe batekereza kure
Ntabwo bimenyerewe ko umwana w'umujobwa yifata amashusho ari gusomana na se, bamwe babyita ko ari amahano,!-->!-->!-->!-->!-->…
“Hari ingabo z’amahanga ziri gufasha inyeshyamba ziturwanya” Ahmed Abiy
Ministre w'intebe wa Etiyopiya yavuze ko hari abarwanyi b'abanyamahanga bari gufasha umutwe wa TPLF mu mirwano ya vuba ahangaha.
Muri ino minsi igihugu cya Etiyopiya kiri mu ntambara itacyoroheye aho kiri kurwana bikomeye n'umutwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Leta ya Iran yamaganye ibyatangajwe n’ibihugu bine by’Iburengerazuba bw’isi
Kuri uyu wa mbere, Iran yanze ibyatangarijwe I Roma ku wa gatandatu 30 Ukwakira, n’ibihugu bine by’iburengerazuba bw’isi ku bijyanye n’ingufu za kirimbuzi za Iran.
Iran ivuga ko ntaho bihuriye n’ukuri kandi bishimangira imiterere!-->!-->!-->!-->!-->…
RRA yarengeje intego y’umusoro yari yihaye mu mwaka wa 2020/2021
kigo cy’Imisoro n’Amahoro kigaragaza kinjije amafaranga angana na miliyari 60.4 mu mwaka wa 2020-2021 arenga ku ntego cyari cyihaye kwinjiza muri uwo mwaka.
Iki kigo cyari kihaye intego yo kwinjiza miliyari 1.594,3!-->!-->!-->!-->!-->…
Kagame yahawe igihembo mpuzamahanga cyo kurwanya kanseri
Perezida wa Repubulika y’ Rwanda Paul Kagame, yashimiye Umuryango Mpuzamahanga ushinzwe kurwanya Kanseri (UICC) wageneye u Rwanda igihembo ku bw’umusanzu udasanzwe rwatanze mu gukumira no kuvura indwara za kanseri.
Perezida Kagame!-->!-->!-->!-->!-->…
Polisi y’u Rwanda yungutse abofisiye 656 barimo abagore 80
Kuri uyu wa Gatatu taliki ya 27 Ukwakira 2021, mu Ishuri rya Polisi y’u Rwanda riherereye mu Karere ka Rwamagana (PTS-Gishari), harimo kubera umuhango wo gusoza amahugurwa y’abapolisi 656 barimo abagore 80, bose biteguye guhabwa ipeti!-->!-->!-->…
Abapolisi 35 bahuguriwe ku kurwanya inkongi
Ishami rya Polisi y’ u Rwanda rishinzwe ubutabazi no kurwanya inkongi ryahuguye abapolisi 35 bakorera mu Karere ka Rutsiro, Umurenge wa Kivumu. Bahuguwe ku kurwanya inkongi. Ni amahugurwa y’umunsi umwe yabaye kuri iki Cyumweru tariki!-->!-->!-->…
Kicukiro: Inzu 5 zahiye mu buryo bw’amayobera, bamwe bati ni amadayimoni
Inzu eshanu zose zituranye zahiriye rimwe, ariko matora na bimwe mu bikoresho ntibyagira icyo biba, bamwe mu baturage bakavuga ko ari amadayimoni.
Ibi byabaye kuri uyu wa gatandatu taliki 23 Ukwakira mu Mujyi wa Kigali mu Karere ka!-->!-->!-->!-->!-->…
Itangazo rya Ingabire wifuza guhinduza amazina
Uwitwa INGABIRE mwene uwitije na Nyirankirije, bose batuye mu mudugudu wa Nyundo, Akagali ka Kavumu, mu Murenge wa Ruhango, mu Karere ka Rutsiro ho mu Ntara y'Uburengerazuba, arasaba uburenganzira bwo guhindura amazina yari asanganywe!-->!-->!-->…
Nyina wa Snoop Dogg yitabye Imana ku myaka 70
Umuhanzi ukomeye muri Leta Zunze ubumwe za Amerika yapfushije nyina umubyara azize uburwayi.
Amakuru y'urupfu rw'uyu mubyeyi yemejwe anashyirwa hanze n'uyu muhanzi Snoop Dogg kuri iki cyumweru abinyujije ku rukuta rwe rwa twitter na!-->!-->!-->!-->!-->…
Amago, igikwe, hahiye, dutwike, …zimwe mu mvugo zikomeje kubangamira ururimi…
“Ndatwika nkimanukira…”, “Hahiye…”, “Hadashya se?…” n’izindi mvugo zitandukanye, zikomeje kuba gikwira mu muryango nyarwanda aho usanga ibyamamare, abahanzi na bamwe mu bakora mu itangazamakuru bagenda bazikongeza urubyiruko no mu!-->!-->!-->…
Huye: Polisi yamennye litiro 840 z’inzoga zitemewe
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 20 Ukwakira Polisi ikorera mu Karere ka Huye yamennye inzoga zitemewe zizwi ku izina rya Muriture zingana na litiro 840. Izi nzoga zafatiwe mu bikorwa bya Polisi byabereye mu Karere ka Huye, Umurenge wa!-->!-->!-->…