Browsing Category
Izindi nkuru
Leta yakomoreye abafuzaga kubatizwa ishyiraho andi mabwiriza agenga umubatizo
Minisiteri y’Ubutegetsi bw’igihugu (MINALOC) yatangaje amabwiriza mashya agenga imikoreshereze y’insengero muri iki gihe u Rwanda n’Isi yose bihanganye n’icyorezo cya COVID-19, aho umubatizo wo mu mazi menshi wakomorewe ariko ukajya!-->!-->!-->…
Ubushinjacyaha bwajuririye icyemezo cy’urukiko mu rubanza rwa Sankara n’abo bareganwa
Kuri uyu wa Gatatu, Ubushinjacyaha Bukuru bwatangaje ko bwamaze kujuririra icyemezo cy'urukiko ku rubanza rwa Nsabimana Callixte n'abo bareganwa hamwe na we.
Tariki 20 Nzeri uyu mwaka, Urukiko rwakatiye Paul Rusesabagina gufungwa!-->!-->!-->!-->!-->…
General Colin Powell yishwe n’ibibazo yatewe na Covid.
General Colin Powel umwirabure wambere washinzwe ministeri y'ububanyi n'amahanga muri Leta Zunze ubumwe za Amerika yitabye Imana, biravugwa ko yazize ibibazo by'umubiri yasigiwe na Covid-19
Mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere taliki ya!-->!-->!-->!-->!-->…
Polisi yashyize hanze amabwiriza mashya agenga ibizamini bya perimi
Ishami rya Polisi rishinzwe gukoresha ibizamini no gutanga impushya zo gutwara ibinyabiziga, riramenyesha abantu bifuza kubikora no guhabwa izo mpushya ko umunyeshuri n’ukoresha ikizamini aribo bonyine beremerewe kugera aho bikorerwa.
!-->!-->!-->!-->…
Perezida Kagame yazamuye mu ntera Lt Colonel NIYOMUGABO ahita amwohereza muri Qatar
Perezida wa Repubulika akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda (RDF) Paul Kagame, yazamuye mu ntera Lt Colonel Niyomugabo Bernard amugira Colonel, anamwohereza muri Qatar aho yagiye guhagararira inyungu za gisirikare (Defence!-->!-->!-->…
Urukiko rwatesheje agaciro ubusabe bw’umuryango wo kwa Rwigara wasaba gusubika cyamunara
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, Urukiko rw’Ubucuruzi mu Rwanda rwatesheje agaciro ikirego cyihutirwa cyatanzwe n’uruganda rw’itabi rwa Nyakwigendera Assinapol Rwigara.
Uruganda Premier Tobacco Company rwareze rusaba guhagarikisha!-->!-->!-->!-->!-->…
Umumotari yahawe inkwenene nyuma y’aho atoye ibihumbi 50$ akabisubiza nyirabyo
Umumotari wo mu gihugu cya Liberia yahawe inkwenene na benshi nyuma y'aho atoraguye ibihumbi 50$ nyuma akabisubiza nyirabyo
Umusore witwa Emmanuel Touloe uri mu kigero cy'imyaka 18 y'amavuko aherutse gutora amafaranga ibihumbi 50!-->!-->!-->!-->!-->…
Umusore w’umwirabura yategetswe kwirirwana icyapa cyanditseho ko yaciye inyuma umukunzi we.
Nyuma yo guca inyuma umukunzi we, umusore w'umwirabura yahawe igihano cyo kwirirwa yikoreye icyapa cyanditsweho ngo "Naciye inyuma umukunzi wanjye"
Umusore wo mu gihugu cy'Ubwongereza mu mujyi wa Liverpool ariko utatangarijwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda IGP Munyuza yitabiriye inama ya EAPCCO irimo kubera i Kinshasa
Umuyobozi mukuru wa Polisi y'u Rwanda, IGP Dan Munyuza kuri uyu wa Kane tariki ya 14 Ukwakira yitabiriye inama ihuza abayobozi ba Polisi bo mu bihugu byo mu muryango w'Iburasirazuba (EAPCCO). Ni inama irimo kubera mu gihugu cya!-->!-->!-->…
“…hari aho kiliziya yagiye ihutaza rubanda kugira ngo igere ku ntego zayo” Papa…
Umushumba wa kiliziya Gatolika mu Rwanda yavuze ko hari aho kiliziya yagiye ikoresha imbaraga z'ikirenga mu kugera ku migambi yayo.
Umushumba wa kiliziya Gatolika, Papa Francis, yavuze ko Kiliziya yakoze amakosa mu gushingira ku!-->!-->!-->!-->!-->…
Abigira muri za gereza bashobora kuzajya bagera ku rwego rwa Kaminuza
Umushinga w’itegeko ryemerera abagororwa kujya biga bakageza ku rwego rwa Kaminuza, uramutse wemejwe n’Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, mu gihe kizaza batangira kujya biga amasomo yo kuri urwo rwego mu gihe bari muri za gereza.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Abarimu barashimira Leta kuba yarabashyiriyeho gahunda nziza zo kubateza imbere.
Abarimu barashimira Leta kuba yarabashyiriyeho gahunda zitandukanye zigamije kubateza imbere.
Ubwo kuri uyu wa 5 Ukwakira 2021 u Rwanda rwifatanyaga n'isi yose mu kwizihiza umunsi mpuzamahanga wa Mwalimu, bamwe mu barimu bitabiriye!-->!-->!-->!-->!-->…
Mwalimu Masengesho wakoze “Robot” niwe wahize abandi barezi uno mwaka
Umwarimu wahize abandi mu mwaka w’amashuri 2020-2021, mu kiciro cy’amashuri abanza yigenga, yahaze udushya turimo Robot ndetse n’amapave akozwe mu macupa ya pulasitiki.
Kuri uyu wa kabiri tariki ya 05 Ukwakira 2021, umunsi hizihizwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Zimbabwe igiye kohereza abarimu mu Rwanda mu kuzahura ireme ry’uburezi
Leta ya Zimbabwe yemeye ubusabe bwa Prezida Kagame yaabye icyo gihugu kuyitera ingabo mu bitugu ikayiha abarimu bazafasha ab'u Rwanda mu kuzahura ireme ry'uburezi.
Leta ya Zimbabwe yatangaje ko yatangiye gukora ku busabe bwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Ababyeyi n’abarezi bishiniye icyemezo MINEDUC yafashe cyo kongera gusibiza abanyeshuli
Nyuma yo gutangazwa ko abanyeshuri basaga 60,000 baje mu cyiciro cya gatanu (unclassified division) bakwiye gusibizwa, ababyeyi n’abarezi batandukanye mu gihugu bagaragaje ko bishimiye iyi ntambwe ikomeye itewe mu kwimakaza ireme!-->!-->!-->…