Browsing Category
Izindi nkuru
COVID-19: Amasaha yo kuba abantu bageze mu rugo yashyizwe saa sita z’ijoro
Amabwiriza mashya y’ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa 26 Mutarama, yongereye igihe abantu bagoba kuba bageze mu rugo aho cyakuwe kuri saa Yine (22:00 PM) kigashyirwa saa sita z’ijoro(00:00 AM).
Muri aya!-->!-->!-->!-->!-->…
Karongi: Abana 13 bari baburiwe irengero babonetse
Abanyeshuri bo mu Karere ka Karongi bari baburiwe irengero bivugwa ko bahunze urukingo rwa Covid-19, bongeye kuboneka nyuma y’iminsi itatu, bashonje cyane.
Aba bana bo mu Kagari ka Bubazi, Umurenge wa Rubengera, mu cyumweru gishize!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyarugenge: Babiri bafatanwe ubutumwa buhimbano bugaragaza ko bipimishije COVID-19
Mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri tariki ya 25 Mutarama, abapolisi bakorera mu ishami rishinzwe ibazamini no gutanga impushya zo gutwara ibinyabiziga bafashe abagabo babiri bari bafite ubumwa buhimbano bugaragaza ko bipimishije!-->!-->!-->…
U Rwanda rwaje ku mwanya wa 52 ku Isi mu kurwanya ruswa, ruvuye kuwa 49 rwariho mu 2020
Icyegeranyo mpuzamahanga kigaragaza uko ruswa ihagaze ku Isi (CPI2021), cyashyize u Rwanda kumwanya wa 52 n’amanota 53, ruvuye ku mwanya wa 49 rwariho mu 2020.
Iki cyegeranyo cyatangajwe kuri uyu wa Kabiri taliki ya 25 Mutarama!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Imirimo yo kubaka ikiraro cya Mwogo igeze kure.
Abaturage bo mu Karere ka Nyanza mu Murenge wa Rwabicuma bashimishijwe n'aho imirimo yo kubaka ikiraro cya Mwogo igeze, bakaba bakibonamo igisubizo cy'ubuhahirane hagati ya bagenzi babo bo hakurya mu Murenge wa Nyagisozi.
Binyuze kuri!-->!-->!-->…
Itangazo rya Harinditwari usaba uburenganzira bwo guhinduza izina.
Uwitwa HARINDINTWARI mwene Mungarurire na Nakabonye utuye mu Ntara y'Uburengerazuba, mu Karere ka Rutsiro, mu Murenge wa Boneza, Akagali ka Nkira, umudugudu wa Murambi yanditse asaba uburenganzira bwo guhinduza amazina yari asanzwe!-->…
Burundi: Raporo ya HRW inyuranya n’amakuru yatanzwe na Leta ku baguye mu nkongi kuri Gereza ya…
Raporo yasohowe n'umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu, Human Rights Watch (HRW), ivuga ko abafungiye muri gereza ya Gitega mu Burundi, bemeza ko hapfuye bagenzi babo hagati ya 200 na 400.
Perezida w'Uburundi Evariste!-->!-->!-->!-->!-->…
Abarezi n’abayobozi b’ibigo bashya hafi 10,000 binjijwe mu kazi
Leta y’u Rwanda yohereje abarimu n’abayobozi b’ibigo by’amashuri abanza n’ayisumbuye bagera ku 9,985, hagamijwe kuziba ibyuho byagaragaye mu turere twose tw’Igihugu.
Ubuyobozi bw’ Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Uburezi!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Ubushinjacyaha bwongeye gusabira Paul Rusesabagina igifungo cya burundu
Ku nshuro ya kabiri, Ubushinjacyaha bwongeye gusaba Urukiko rw’Ubujurire ko Paul Rusesabagina ahanishwa igifungo cya burundu, mu gihe yakatiwe igifungo cy’imyaka 25 n’Urukiko Rukuru, Urugereko Ruburanisha Ibyaha Mpuzamahanga!-->!-->!-->…
Rubavu: Imvura nyinshi yatumye amazi yinjira mu nzu z’abaturage
Imvura nyinshi yabyutse igwa mu karere ka Rubavu yatumye amazi yinjira mu nzu z’abatuye mu tugari twa Bugoyi n'Umuganda asenya inkuta 10 z'inzu.
Bamwe mu bahuye n'ibiza bari gukuramo ibikoresho bari bafite mu nzu, nubwo imvura!-->!-->!-->!-->!-->…
BNR yambuye UNIMONI Bureau de Change Ltd uruhushya rwo gukorera mu Rwanda
Ubuyobozi bwa Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR) bwatangaje ko bwambuye UNIMONI Bureau De Change Ltd uruhushya rwo gukora imirimo yo kuvunja amafaranga y’amahanga no gutanga serivisi zo kohereza amafaranga kubera impamvu yo kutubahiriza!-->!-->!-->…
Amafoto y’umukobwa uri gusomana na se yavugishije benshi kuri murandasi.
Amafoto y'uno mukobwa yashyizee hanze ari gusomana na se yatumye benshi bamwibazaho cyane, ndetse bamwe batekereza kure
Ntabwo bimenyerewe ko umwana w'umujobwa yifata amashusho ari gusomana na se, bamwe babyita ko ari amahano,!-->!-->!-->!-->!-->…
“Hari ingabo z’amahanga ziri gufasha inyeshyamba ziturwanya” Ahmed Abiy
Ministre w'intebe wa Etiyopiya yavuze ko hari abarwanyi b'abanyamahanga bari gufasha umutwe wa TPLF mu mirwano ya vuba ahangaha.
Muri ino minsi igihugu cya Etiyopiya kiri mu ntambara itacyoroheye aho kiri kurwana bikomeye n'umutwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Leta ya Iran yamaganye ibyatangajwe n’ibihugu bine by’Iburengerazuba bw’isi
Kuri uyu wa mbere, Iran yanze ibyatangarijwe I Roma ku wa gatandatu 30 Ukwakira, n’ibihugu bine by’iburengerazuba bw’isi ku bijyanye n’ingufu za kirimbuzi za Iran.
Iran ivuga ko ntaho bihuriye n’ukuri kandi bishimangira imiterere!-->!-->!-->!-->!-->…
RRA yarengeje intego y’umusoro yari yihaye mu mwaka wa 2020/2021
kigo cy’Imisoro n’Amahoro kigaragaza kinjije amafaranga angana na miliyari 60.4 mu mwaka wa 2020-2021 arenga ku ntego cyari cyihaye kwinjiza muri uwo mwaka.
Iki kigo cyari kihaye intego yo kwinjiza miliyari 1.594,3!-->!-->!-->!-->!-->…