Browsing Category
Izindi nkuru
Chantal Kagame ashyizweho nk’Umuyobozi Mukuru mushya ushinzwe MTN Mobile Money
Ikigo cy'itumanaho MTN Rwanda cyatangaje ko kubufatanye na Banki Nkuru y'u Rwanda bashyizeho umuyobozi mushya uhagarariye Mobile Money, Chantal Kagame.
Kuva tariki 27/04/2021 ni bwo ikigo cy'itumanaho MTN Rwanda cyashyizeho Umuyobozi!-->!-->!-->…
Nyuma y’imyaka 16 nta rubyaro, kera kabaye yabyariye rimwe bane bose.
Umuryango wa Chinyere Nwokike n'umugabo we Chika Nwokike bo mu gihugu cya Nigeriya bari mu mashimwe adasanzwe nyuma y'aho Imana ibabahaye urubyaro nyuma y'imyaka igera kuri 16 bashakanye ariko ntibabashe kubona umwana.
Bwana Chika!-->!-->!-->!-->!-->…
Abashakashatsi ba ICK berekanye ko umwanana ari ikiryo cyiza aho kukijugunya
Abashakashatsi bo mu ishuri rikuru Gatolika rya Kabgayi baravuga ko umutumba w'insina wavamo impapuro nziza zikorwa udufuka batwaramo ibintu(enveloppe) mu gihe umwanana wo urimo ibiribwa bifitiye umubiri w'umuntu akamaro.
Kuri uyu!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyabihu: Kera kabaye Gitifu w’Akarere yeguye nyuma yo gutsimbarara amazi atatu.
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akarere ka Nyabihu, Ndizeye Emmanuel, yeguye ku nyuma y’amezi atatu asabwe kwegura n’uwari Guverineri w’Intara y’Iburengerazuba, Munyentwari Alphonse, ariko ntabikore.
Bivugwa ko Ndizeye Emmanuel yari!-->!-->!-->!-->!-->…
Prezida Macron yitabiriye umuhango wo gusezeraho Idriss Deby uherutse gupfa
Nyuma y'iminsi ine gusa yitabye Imana, Nyakwigedera Idris Deby yasezeweho bwa nyuma mu muhango witabiriwe na Prezida Emmanuel Macron w'u Bufaransa.
Ku wa mbere wo kuri iki cyumweru nibwo Leta ya Tchad yatangaje ko Prezida w'icyo!-->!-->!-->!-->!-->…
Abapolisi b’u Rwanda baheruka kujya mu butumwa bw’amahoro muri Sudani y’Epfo bahawe ikaze
Umuyobozi wungirije w’abapolisi bari mu butumwa bw’umuryango w’abibumbye mu gihugu cya Sudani y’Epfo(UNMISS), Gen. Aljadd Alimajal Mutasem ubwo yakiraga itsinda ry’ abapolisi b’u Rwanda baherutse kujya gusimbura bagenzi babo muri!-->!-->!-->…
Ibyishimo bidasanzwe kuri Molly Sinert wahuye n’impanga ye baherukanaga mu myaka 36 ishize
Abakobwa babiri b'impanga baherukana mu myaka 36 ishize bahuye ibyishimo birabarenga
Nyuma y'imyaka igera kuri 36 uwitwa Molly Sinert wo muri Koreya y'amajyepfo atabonana n'impanga ye Emily Bushnell, ibyishimo byabaye byinshi ubwo!-->!-->!-->!-->!-->…
Ukuri kose ku rupfu rwa Prezida wa Tchad Marechal Idriss Deby Itno.
Nyuma y'urupfu rwa Marechal Idriss Deby Itno bivugwa ko yaguye ku rugamba, hamenyekanye uburyo nyabwo yapfuyemo.
Amakuru dukesha Jeune Afrique l'intelligent, aravua ko igabo za FACT zisanzwe zirwanya ubutegetsi bwa Tchad zari zimaze!-->!-->!-->!-->!-->…
Prezida Kagame yagize icyo avuga ku rupfu rwa Idris Deby waraye apfuye
Prezida Kagame yihanganishije igihugu cya Tchad giherutse gupfusha prezida ku munsi w'ejo.
Ku munsi w'ejo kuwa mbere nibwo inkuru y'urupfu rwa Prezida Idris Deby Itno wayoboraga igihugu cya Tchad. Nk'uko byatangajwe n'umuvugizi wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Ministre yabanje kurasa mu kibuga kugira ngo umugore we wari urimo ukina asohoka
Ministre ushinzwe imibereho myiza ya rubanda no kurwanya ibiza mu gihugu cya Sudani y'Amajyepfo Bwana Peter Mayen Majongdit, yaraye akoze agashya kuri uyu wa mbere, maze yinjira mu kibuga cy'umupira w'amaguru asaba ko umugore we wari!-->!-->!-->…
U Rwanda rwasubiyeho inyuma imyanya 2 ku bihugu biniga itangazamakuru
U Rwanda rwasubiyeho imyanya ibiri yose mu bihugu binyonga intangazamakuru mu gihe u Burundi bwo bwazamutseho imyanya igera kuri 13 yose.
Kuri uyu mugoroba wo kuwa mbere taliki ya 19 Mata 2021, RSF (Reporters Without Boarders!-->!-->!-->!-->!-->…
Amateka y’umwamikazi Rosalie Gicanda wishwe kuri iyi taliki muri Mata 1994
Rosalie Gicanda wishwe muri Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994, akicirwa mu cyahoze ari Perefegitura ya Butare, ni we mwamikazi wa nyuma u Rwanda rwagize mu mateka yarwo, akaba yari umugore w’umwami Mutara III Rudahigwa.
Ku italiki!-->!-->!-->!-->!-->…
Ubushinjacyaha bwo mu Bufaransa bwasabye ko BAGUMA ashyikirizwa inkiko
Ubushinjacyaha bwo mu gihugu cy'Ubufaransa bwasabye ko Bwana Hategekimana Philippe uzwi nka Baguma ashyikirizwa inkiko.
Ubushinjacyaha bw’u Bufaransa bwasabye ko Hategekimana Philippe ushinjwa ibyaha bya Jenoside n’ibyibasiye!-->!-->!-->!-->!-->…
MINEDUC yatanze umucyo ku bigo by’amashuri biri mu Mirenge yashyizwe mu kato
Minisiteri y'uburezi yakuyeho impungenge ku babyeyi bafite abana bigaga mu bigo by'amashuri biherereye mu mirenge yashyizwe mu Kato.
Muri ntangiriro za kino cyumweru nibwo Ministeri y'uburezi mu Rwanda yashyize karendari y'uburyo!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyuma y’ukwezi kumwe gusa ashyizwe ku gatebe, Bwana Fred Mufulukye yongeye ahabwa imirimo.
Inama yaraye ihuje abaministres yagaruye mu kazi Honorable Fred Mufulukye ashingwa ikigo gishinzwe igororamuco cyahoze kiyoborwa na Aime Bosenibamwe mbere y'uko apfa.
Bwana Fred Mufulukye yari aherutse gusimburwa ku buyobozi!-->!-->!-->!-->!-->…