Browsing Category
Izindi nkuru
Uganda yarekuye abandi Banyarwanda 32 bari bamaze igihe mu makasho yaho.
Igisirikare cya Leta ya Uganda cyarekuye abandi Banyarwanda barenga 30 bari bamaze iminsi bafungiye mu ma kasho yo muri icyo gihugu.
Mu gitondo cyo kuri uyu kane ku mupaka wa Kagitumba habaye umuhango wo kwakira abandi Banyarwanda!-->!-->!-->!-->!-->…
Pasitori yasabye ko bamuhamba ari muzima ko azazuka nyuma y’iminsi 3 ariko biranga apfa apfuye
Umushumba James Sakala uyobora itorero rya Zion yisabiye Abayoboke b’idini rye kumuhamba ari muzima akazazuka mu minsi 3 nka Yesu bagarutse kumureba mu mva basanga yarapfuye
Mu gihugu cya Zambiya hakomeje kuvugwa inkuru y’urupfu!-->!-->!-->!-->!-->…
Rulindo: Abarimu 11 bamaze iminsi 5 bafungiye mu kigo cy’inzererezi.
Abarezi bo mu Karere ka Rulindo bamaze iminsi bafungiwe mu kigo cy'inzererezi bazira amakosa n'uburangare y'umukozi w'Akarere
Amakuru dufitiye gihamya ni uko guhera kuri uyu wa gatandatu taliki ya 7 kuno kwezi kwa munani 2021, hari!-->!-->!-->!-->!-->…
Inyungu ya Bralirwa Plc ikomeje kuzamuka igeze 64.2% mu gihembwe cya mbere cy’uyu mwaka wa 2021
Inyungu y’uruganda rwenga ibinyobwa bisembuye n’ibidasembuye, Bralirwa Plc, nyuma yo kwishyura umusoro, yazamutseho 64.2%, igera kuri miliyari 6.5 Frw mu gihembwe cya mbere cya 2021, ivuye kuri miliyari 3.9 Frw mu gihembwe cya mbere!-->…
Umusore yafatiwe mu cyuho yihinduye nk’umugore kugira ngo akorere inshuti ikizamini…
Umunyeshuri wo muri Kaminuza yafatiwe mu cyuho yihinduye nk'umukobwa kugira ngo akorere ikizamini inshuti ye yagorwaga cyane n'icyongereza.
Mu ntangiriro z'iki ncyumweru dutangiye nibwo hacicikana ifoto ku mbuga nkoranyambaga!-->!-->!-->!-->!-->…
Umusaza w’imyaka 60 yasambanije ihene kugeza ipfuye.
Umugabo w’imyaka 60 wo mu gihugu cya Malaysia yafashwe ari gusambanya ihene n’umugore w’imyaka 45 usanzwe ari nyirayo biyiviramo gupfa nyuma.
Uyu mugabo w’umusaza,yacunze iyi hene iri yonyine niko kujya kuyisambanya,nyirayo yahageze!-->!-->!-->!-->!-->…
Bugesera: Imodoka ihiriye mu muhanda ihagaritswe na police.
Imodoka itwara abagenzi yo mu bwoko bwa Toyota Hiace yahiriye muri Gare ya Nyamata mu Karere ka Bugesera ubwo yari itwaye ibicuruzwa Polisi ikayihagarika ariko igahita ishya.
Iyi modoko yo mu bwoko buzwi nka Taxi Min-Bus, yahiye mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Amahoteli 2 rukumbi yo muri ako Karere arataka igihombo
Amahoteli akorera mu Karere ka Nyanza arataka ubukene n'igihombo yatejwe n'icyorezo cya covid-19.
Imyaka igiye kuba hafi ibiri icyorezo cya Covid-19 kigeze ku butaka bw'u Rwanda, ni icyorezo cyashegeshe inguni zose z'ubukungu!-->!-->!-->!-->!-->…
Itangazo rya ISHIMWE wifuza guhindurirwa amazina.
Uwitwa Aime ISHIMWE mwene Nzamukosha na Munana utuye mu Ntara y'Uburengerazuba, mu Karere ka Rutsiro, umurenge wa Ruhango, mu kagali ka Rundoyi arasaba uburenganzira bwo gihindurirwa amazina yari asanzwe akoresha ariyo ISHIMWE AIME!-->…
Itangazo rya Masengesho risaba guhindurirwa amazina.
Uwitwa MASENGESHO MUTUYIMANA mwene Munyambonera na Nyirabasare, utuye mu Ntara y'Ubrengerazuba, Akarere ka Rutsiro, umurenge wa Ruhango mu Kagali ka Rundoyi yanditse asaba uburenganzira bwo guhindurirwa amazina yari asanzwe akoresha!-->!-->!-->…
Leta yaraye ikuyeho gahunda ya #gumamurugo# i Kigali no mu tundi turere 8 twari tuyimazemo iminsi…
Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa 30 Nyakanga 2021, iyobowe na Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yasuzumye uko icyorezo cya Covid-19 gihagaze mu gihugu, maze yemeza ko Guma mu Rugo mu Mujyi wa Kigali no mu turere umunani!-->!-->!-->…
Prezida KAGAME yatanze imbabazi ku bagororwa 4781 harimo n’abakobwa 10 bakuyemo inda.
Prezida Paul Kagame yaraye atanze imbabazi ku bagororwa 4,781 harimo n'abakobwa bari bakurikiranyweho icyaha cyo gukuramo inda.
Prezida Paul KAGAME yaraye atanze imbabazi ku bagororwa bagera ku 4,781, muri abo bahawe imbabazi harimo!-->!-->!-->!-->!-->…
Rwanda: Abadepite barasaba ko hashyirwaho amashuri yigisha gutwara ubwato.
Abagize inteko ishingamategeko y’URwanda umutwe w’abadepite barasaba ko hashyirwaho amashuri yigisha gutwara ubwato mu rwego rwo kunoza serivise zo gutwara abantu n’ibintu mu mazi kuko izi serivise zirigushyirwamo imbaraga n’igihugu!-->!-->!-->…
Ibigo bya leta bikora ibijyanye n’ubucuruzi byahombye Miliyari 40 Frw
Raporo y’umugenzuzi mukuru w’imari ya leta y’umwaka wa 2020, igaragaza ko ibigo bya leta bikora ubucuruzi byahombye Miliyari 40 z’amanyarwanda biturutse ku micungire mibi yabyo.
Iyi raporo ivuga kandi ko mu myaka 3 ishize, gushyira!-->!-->!-->!-->!-->…
Urukundo rwo gusoma abandi bagore ku munwa byatumye Grand P. yimwa umugeni yari yarijejwe.
Umunyamuziki akaba n’umunyamideri Eudoxie Yao ukomoka muri Côte d’Ivoire yatangaje ko ubu ari wenyine (single) nyuma y’uko atandukanye n’umukunzi we Moussa Sandiana Kaba uzwi ku izina rya Grand P. Na we akaba ari umunyamuziki ukomoka!-->!-->!-->…