Browsing Category
Izindi nkuru
Perezida Museveni Ejo ni umunsi w’amasengesho nyuma yo gushyiraho #Guma murugo kubera…
Perezida wa Repubulika ya Uganda, Yoweri Kaguta Museveni yatangaje ko ku munsi w’ejo ari ikiruhuko cy’amasengesho yo gusengera igihugu gikomeje kugarizwa bikomeye n’icyorezo cya Covid-19.
Imibare itangazwa na Minisiteri y’Ubuzima!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyagatare:Ubuyobozi bwemeje igishushanyo mbonera cy’umujyi kivuguruye nk’umujyi wunganira Kigali
Ubuyobozi bw’akarere bwemeje igishushanyo mbonera kivuguruye cy’umujyi wa Nyagatare nk’umwe mu mujyi itandatu yunganira Kigali. Abayobozi b’inzego zibanze bavuga ko kuba Covid-19 yaratumye abaturage badahura ngo basobanurirwe uko!-->!-->!-->…
Imodoka ya Nyakwigendera Paul walker yashyizwe ku isoko ku gaciro ka miliyoni 550Rwf
Imodoka ya nyakwigendera Paul Walker amaze imyka isaga umunani yashyizwe ku isoko ihabwa agaciro k'akayabo k'amadorari.
Amakuru aturuka mu muryango wa Nyakwigendera Bwana PAUL WALKER aravuga ko uwo muryango washyize ku isoko!-->!-->!-->!-->!-->…
Joe Biden yifurije iruhuko ridashira imbwa ye CHAMP yaraye ipfuye
Umuryango wa Prezida Joe Biden watangaje ko imbwa yabo yitwa Champ yapfuye ku myaka 13
Prezida wa Leta Zunze ubumwe za Amerika Bwana Joe Biden abinyujije ku rukuta rwe rwa twiter yatangaje ko imbwa ye yitwaga Champ yapfuye ndetse!-->!-->!-->!-->!-->…
Hon. Evode arasanga Paul Rusesabagina yari akwiye gufatwa nk’icyihebe.
Honorable Evode arasanga Bwana Paul Rusesabagina yari akwiye gufatwa nk'ibindi byihebe byose, arasanga ahubwo ubutabera bw'u Rwanda bwaramushyiriyemo imiyaga.
Nyuma y'igihe kitari gito Bwana Paul Rusesabagina ari mu maboko!-->!-->!-->!-->!-->…
Kigali:Abantu 88 bafatiwe mu bukwe barenze ku mabwiriza yo kwirinda COVID-19
Ku wa Gatandatu tariki ya 19 Kamena 2021 Polisi y’u Rwanda yafashe abantu 88 bari mu muhango wo kwiyakira mu bukwe bw’uwitwa Buregeya Saidi Codo w’imyaka 34 na Nyampundu Thausie. Bwari bwabereye mu busitani bwitwa "Green Mountain!-->!-->!-->…
Kigali: Ipfunwe ry’ubusambanyi bwa nyina bwamuteye kujya kuba mu muhanda!
Izina ryahinduwe Gasore, ni umwana w’imyaka 16 y’amavuko wemeza ko yahisemo kwibera mu muhanda mu rwego rwo kwanga gukomeza kureba uburyo nyina utunzwe n’umwuga w’uburaya, ahora asambanira mu maso ye n’abagabo batandukanye.
Uyu mwana!-->!-->!-->…
Nyuma ya Callixte, Nizeyimana Marc nawe yasabiwe gufungwa burundu
Kuri uyu wa Kane tariki ya 17 Kamena 2021, ubushinjacyaha bwasabiye Nizeyimana Marc igihano cy’igifungo cya burundu kubera ibyaha akurikiranyweho bijyanye n’iterabwoba ndetse n’ubwicanyi.
Ni mu rubanza ruburanishwa n’urukiko rukuru!-->!-->!-->!-->!-->…
Imyaka 58 irashize Valentina abaye umugore wa mbere ugiye mu isanzure.
Tariki 16/06/1963 Umurusiya Valentina Tereshkova yabaye umugore wa mbere ugiye mu isanzure. Yazengurutse inzira (orbits) 48 ziri mu gice cy'isanzure cyegereye isi mu rugendo yamazemo hafi iminsi itatu.
Ubwo icyogajuru Vostok-6 yari!-->!-->!-->!-->!-->…
Umugabo yakoze agashya amanukira mu mutaka agwa mu kibuga mu mukino wahuzaga Ubufaransa…
Umuntu wigaragambyaga wo mu muryango mpuzamahanga utegamiye kuri Leta wita ku bidukikije wa ‘Greenpeace’ washakaga kugaragaza politiki mbi ya ‘Volkswagen’ ku bijyanye n’ibidukikije, yahanukiye mu kibaga abakinnyi batangiye gukina. Ibyo!-->!-->!-->…
Rubavu: hoherejwe itsinda rigenzura ingaruka za Nyiragongo ku mwuka abantu bahumeka bitewe…
Minisiteri y’Ibidukikije yatangaje ko yohereje mu Karere ka Rubavu itsinda ry’abashakashatsi bajya kugenzura ingaruka z’iruka ry’ikirunga cya Nyiragongo ku mwuka wa Oxygène.
Ibi byagarutsweho kuri uyu wa 28 Gicurasi 2021 mu kiganiro!-->!-->!-->!-->!-->…
MAWAZO yise umwana we MUTONI wavukiye mu Rwanda ubwo nyina yahunga Nyiragongo.
Mawazo Devotha, Umunyekongo wabyariye mu nzira yerekeza mu Karere ka Rubavu ahunga iruka ry’ikirunga cya Nyiragongo giherereye muri Repubukika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), yahisemo kwita umwana we Umutoni kubera uko yakiranywe!-->!-->!-->…