Browsing Category
Izindi nkuru
Suisse: Abasirikare b’Abagore bemerewe kujya bambara amakariso ya kigore.
Nyuma y'igihe batemererwa kwambara amakariso ya kigore, noneho Leta y'UbuSwisi igiye kwemerera abagore bakora umwuga wa gisirikare kujya bambara amakariso yabo.
Biraza kuba nk'urwenya cyangawa inkuru itangaje mu matwi y'uri bwumve!-->!-->!-->!-->!-->…
Tanzania: Ikinyamakuru cya Leta cyasabye imbabazi nyuma yo gutangaza ko prezida mushya yapfuye
Ikinyamakuru cya Leta mu gihugu cya Tanzaniya cyasohoye itangazo gisaba imbabazi abaturage nyuma yo gutangaza ko prezida w'igihugu mushya yapfuye.
Ikinyamakuru cya Leta mu gihugu Daily News, cyamaze gusohora itangazo aho gisaba!-->!-->!-->!-->!-->…
Itsinda ry’Abapolisi 80 berekeje mu butumwa bw’amahoro muri Sudan.
Chief Superintendent of Police (CSP) Faustin Kalimba uyuboye itsinda ry'abapolisi bagiye mu butumwa bw'amahoro muri Sudani y'Epfo.
Kuri uyu wa mbere tariki ya 29 Werurwe abapolisi b’u Rwanda 80 bagize ikiciro cya 6 bagiye mu gihugu!-->!-->!-->!-->!-->…
Ishyamba rimaze gupfiramo abantu benshi riteye ubwoba bukabije urigiyemo ntapfa kurivamo!
Iri shyamba ryiswe “SUICIDE FOREST” ni rimwe mu mashyamba ateye ubwoba cyane ku isi kuko rimaze guhitana abatari bake.Iri shyamba riherereye mu gihugu cy’Ubuyapani bivugwa ko kuryinjiramo ari ubwiyahuzi.
Iri shyamba rimaze!-->!-->!-->!-->!-->…
Corey Bennet, umugabo utagira amagufwa y’urushyi rw’akaboko(amafoto)
Uyu mugabo wavutse adafite amagufwa y’urutugu akomeje gutangaza abantu kubera uburyo yegeranya intugu ze mu buryo budasanzwe aho ashobora kuzihuza zombi akamera nkuri gukoma amashyi akoresheje intugu ze.
Yitwa Corey Bennet akaba!-->!-->!-->!-->!-->…
Misiri: Impanuka ya gariyamoshi yahitanye abarenga 30
Abantu batari munsi ya 32 bapfuye naho abandi 165 barokomereka mu mpanuka ya gariyamoshi yabereye rwagati mu Misiri, nkuko abategetsi babivuze.
Ibice bigendamo abagenzi byarenze umuhanda wa gariyamoshi birabirinduka ubwo gariyamoshi!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyuma ya Mukura, MASITA yemeye kwambika na Kiyovu Sport mu myaka ine yose
Uruganda rwa MASITA rwasinyanye amasezerano y'ubufatanye n'ikipe ya Kiyovu azamara imyaka ine yose runo ruganda rwambika Abayovu.
Ni mu muhango wabaye kuri uyu wa kane w'iki cyumweru turi kurangiza, ku ruhande rwa Kiyovu Sport,!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Samia Suluhu arashima bose bifatanyije na Tanzania muri ikigihe cyakababaro
Kuri uyu munsi bashyinguraho John Magufuli, Perezida wa Tanzania Samia Suluhu Hassan yatangaje ko ashimira abatanzania bose, abakuru b'ibihugu, ibitangazamakuru, abahanzi…na „buri wese wabanye natwe muri iki gihe gikomeye ku gihugu cyacu".!-->…
Ibaruwa y’urukundo Itangaje: “Tuzarya amacunga abaducunga barye imicanga” abana…
Umubyeyi wo mu mujyi wa Kigali yatunguwe n'imitoma yasanze mukabaruwa k’urukundo umwana w’umukobwa wiga mu mwaka wa mbere w’amashuri abanza yandikishije agashyikiriza umwana w’umuhungu bigana amubwira ko amukunda bikomeye, undi na we!-->…
HARUNA yatangaje igihe azasezerera mu ikipe y’Igihugu n’impamvu azabikora imburagihe.
Kapiteni w'ikipe y'AMAVUBI Bwana HARUNA NIYONZIMA yavuze ko ikipe nijya muri CAN azahita asezera ku ikipe y'igihugu, anakomoza ku magambo ababaje abantu bakomeje kumuvugaho.
Kapiteni w’ikipe y’igihugu ‘Amavubi’ Haruna Niyonzima,!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Agahinda ka Nyiraminani uremererwa n’umutwe we w’ibiro 100.
Nyiraminani w'imyaka 19 we n'ababyeyi be batewe batewe agahinda n'uburwayi uno mwana yavukanye bwatumye agira umutwe udasanzwe ushobora kuba upima ibiro ijana
Nyiraminani Devotha ni umukobwa w'imyaka 19 y'amavuko utuye mu Murenge!-->!-->!-->!-->!-->…
Vatican:Papa Francis yategetse ko Imishahara y”aba-Kardinali”n’abandi bihayimana…
Papa Francis yategetse ko aba-Kardinali n’abandi bihayimana imishahara yabo igabanywa mu gihe Vatican ihanganye n’ubukungu bwifashe nabi kubera iki
.
Aba-Kardinali imishahara yabo izagabanywaho 10% guhera mu kwezi kwa kane,!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Rubavu: Imodoka ahitanyeyi umugabo waruri mu kwezi kwa buki ahita apfa.
Iyi mpanuka yabereye mu karere ka Rubavu aho bita kuri Bazirete, imodoka yagonze umusore witwa Niyigaba Jean Baptiste wari umaze icyumweru kimwe arushinze ahita yitaba Imana,dore ko yari akiri mu kwezi kwa buki.
Umuhanda wuzuyemo!-->!-->!-->…
Min. Gatabazi yayoboye umuhango w’ihererekanyabubasha hagati Mufulukye Fred na Gasana Emmanuel.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 22 Werurwe 2021, Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu Hon. Gatabazi Jean Marie Vianney yayoboye umuhango w’ihererekanyabubasha hagati ya Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba ucyuye igihe Mufulukye!-->!-->!-->…
Bamwe mu bakuru b’ibihugu bya Afrika bamaze kugera muri Tanzaniya gusezeraho bwa nyuma…
Amwe mu magambo y'agahinda yagiye avugwa na bamwe mu bayobozi b'ibihugu bya Afrika bamaze kugera mu muhango wo guseraho prezida Magufuli uherutse kwitaba Imana.
Ni umuhango watangiye uyu munsi kuwa mbere ubera ku murwa mukuru wa!-->!-->!-->!-->!-->…