Browsing Category
Izindi nkuru
Abapolisi b’u Rwanda baheruka kujya mu butumwa bw’amahoro muri Sudani y’Epfo bahawe ikaze
Umuyobozi wungirije w’abapolisi bari mu butumwa bw’umuryango w’abibumbye mu gihugu cya Sudani y’Epfo(UNMISS), Gen. Aljadd Alimajal Mutasem ubwo yakiraga itsinda ry’ abapolisi b’u Rwanda baherutse kujya gusimbura bagenzi babo muri!-->!-->!-->…
Ibyishimo bidasanzwe kuri Molly Sinert wahuye n’impanga ye baherukanaga mu myaka 36 ishize
Abakobwa babiri b'impanga baherukana mu myaka 36 ishize bahuye ibyishimo birabarenga
Nyuma y'imyaka igera kuri 36 uwitwa Molly Sinert wo muri Koreya y'amajyepfo atabonana n'impanga ye Emily Bushnell, ibyishimo byabaye byinshi ubwo!-->!-->!-->!-->!-->…
Ukuri kose ku rupfu rwa Prezida wa Tchad Marechal Idriss Deby Itno.
Nyuma y'urupfu rwa Marechal Idriss Deby Itno bivugwa ko yaguye ku rugamba, hamenyekanye uburyo nyabwo yapfuyemo.
Amakuru dukesha Jeune Afrique l'intelligent, aravua ko igabo za FACT zisanzwe zirwanya ubutegetsi bwa Tchad zari zimaze!-->!-->!-->!-->!-->…
Prezida Kagame yagize icyo avuga ku rupfu rwa Idris Deby waraye apfuye
Prezida Kagame yihanganishije igihugu cya Tchad giherutse gupfusha prezida ku munsi w'ejo.
Ku munsi w'ejo kuwa mbere nibwo inkuru y'urupfu rwa Prezida Idris Deby Itno wayoboraga igihugu cya Tchad. Nk'uko byatangajwe n'umuvugizi wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Ministre yabanje kurasa mu kibuga kugira ngo umugore we wari urimo ukina asohoka
Ministre ushinzwe imibereho myiza ya rubanda no kurwanya ibiza mu gihugu cya Sudani y'Amajyepfo Bwana Peter Mayen Majongdit, yaraye akoze agashya kuri uyu wa mbere, maze yinjira mu kibuga cy'umupira w'amaguru asaba ko umugore we wari!-->!-->!-->…
U Rwanda rwasubiyeho inyuma imyanya 2 ku bihugu biniga itangazamakuru
U Rwanda rwasubiyeho imyanya ibiri yose mu bihugu binyonga intangazamakuru mu gihe u Burundi bwo bwazamutseho imyanya igera kuri 13 yose.
Kuri uyu mugoroba wo kuwa mbere taliki ya 19 Mata 2021, RSF (Reporters Without Boarders!-->!-->!-->!-->!-->…
Amateka y’umwamikazi Rosalie Gicanda wishwe kuri iyi taliki muri Mata 1994
Rosalie Gicanda wishwe muri Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994, akicirwa mu cyahoze ari Perefegitura ya Butare, ni we mwamikazi wa nyuma u Rwanda rwagize mu mateka yarwo, akaba yari umugore w’umwami Mutara III Rudahigwa.
Ku italiki!-->!-->!-->!-->!-->…
Ubushinjacyaha bwo mu Bufaransa bwasabye ko BAGUMA ashyikirizwa inkiko
Ubushinjacyaha bwo mu gihugu cy'Ubufaransa bwasabye ko Bwana Hategekimana Philippe uzwi nka Baguma ashyikirizwa inkiko.
Ubushinjacyaha bw’u Bufaransa bwasabye ko Hategekimana Philippe ushinjwa ibyaha bya Jenoside n’ibyibasiye!-->!-->!-->!-->!-->…
MINEDUC yatanze umucyo ku bigo by’amashuri biri mu Mirenge yashyizwe mu kato
Minisiteri y'uburezi yakuyeho impungenge ku babyeyi bafite abana bigaga mu bigo by'amashuri biherereye mu mirenge yashyizwe mu Kato.
Muri ntangiriro za kino cyumweru nibwo Ministeri y'uburezi mu Rwanda yashyize karendari y'uburyo!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyuma y’ukwezi kumwe gusa ashyizwe ku gatebe, Bwana Fred Mufulukye yongeye ahabwa imirimo.
Inama yaraye ihuje abaministres yagaruye mu kazi Honorable Fred Mufulukye ashingwa ikigo gishinzwe igororamuco cyahoze kiyoborwa na Aime Bosenibamwe mbere y'uko apfa.
Bwana Fred Mufulukye yari aherutse gusimburwa ku buyobozi!-->!-->!-->!-->!-->…
Abahanga mu bumenyi bw’ikirere basobanuye ibyaraye bibaye mu Kiyaga cya Ruhondo.
Umuhanga mu bijyanye n'ubumenyi bw'isi yatanze ubusobanuro ku bitangaza byaraye bibereye mu kiyaga cya Ruhondo.
Ku munsi w'ejo mu masaha y'ikigoroba nibwo amashusho yacicikanye ku mbuga nkoranyambaga yagaragazaga amazi ari kuzamuka!-->!-->!-->!-->!-->…
FC Barcelona niyo itwaye ibendera ry’amakipe akize cyane kuri ino si.
Ikipe ya Barcelona FC yaje ku mwanya wa mbere mu makipe y'umupira w'amaguru afite agatubutse ku isi, umwanya wari umazeho igihe wicayeho ikipe ya Real Madrid
Ikinyamakuru cy'Abanyamerika kizwi cyane mu kwandika inkuru zijyanye!-->!-->!-->!-->!-->…
Itangazo rya HAKIZIMANA wifuza guhindura izina
Uwitwa HAKIZIMANA JEAN DAMASCENE mwene BIZIYAREMYE na NYIRAHABIMANA utuye mu Kagali ka Twabugezi mu Murenge wa Murunda, mu Karere ka Rutsiro, Intara y'Uburengerazuba arifuza guhindurirwa amazina yari asanzwe akoresha ariyo HAKIZIMANA!-->!-->!-->…
Ayanna Williams yaciye inzara ze yari yarateretse imyaka hafi 30 yose.
Ayanna Williams wari warateretse inzara ze mu gihe cy'imyaka 28 yose kera kabaye yemeye kuzica.
Ayanna Williams, ni umuturage wo muri Leta Zunze ubumwe za Amerika muri Leta ya Texas, Williams arazwi cyane ndetse yanditswe no mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Kenya: Umunyarwenya ukomeye wo muri Kenya yisabiye Diamond kumutera inda.
Umunyarwenya uzwi cyane mu gihugu cya Kenya yeruye yisabira Diamond ko yamutera inda maze akamubyarira umwana.
Umunyarwenya umaze kwandika izina rikomeye mu gihugu cya Kenya yisabiye umuhanzi ukomeye wo mu gihugu cya Tanzaniya witwa!-->!-->!-->!-->!-->…