Browsing Category
Izindi nkuru
Donald Trump agiye gushinga urubuga urwe nyuma yo gufungirwa konte kuri “Twitter na…
Uyu mugabo wahoze ari Perezida wa Amerika Donald Trump azagaruka vuba ku mbuga nkoranyambaga "azanye urubuga rwe" rushyashya, nk'uko umujyanama we abivuga.
Jason Miller yabwiye Fox News ati: "Ndatekereza ko tugiye kubona Peredzida!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Akanyamuneza ku mitima ya ba midugudu bahawe tel zigezweho.
Abakuru b'imidugu bahawe tel zigezweho bakomeje gushimira ubuyobozi bw'Akarere bwabageneye ibikoresho bizabafasha kunoza akazi kabo.
Kuri uyu wa gatandat, taliki ya 20 Weurwe 2021, ubuyobozi bw'Akarere ka Nyanza bwatangije igikorwa!-->!-->!-->!-->!-->…
“NdimuKazipetit” imvugo ya Hon. BAMPORIKI ikomeje guca ibintu kuri twitter
#ndiMukaziPetit" imvugo ya BAMPORIKI ikomeje guca ibintu kuri twitter
Imvugo #NdimuKaziPetit#, ni imvugo nshya yatangiye kujya hanze ku munsi w'ejo ku wa gatandatu ubwo honorable BAMPORIKI Edouard, Umunyamabanga wa Leta muri!-->!-->!-->!-->!-->…
Hasigaye amasaha make hakamenyekana MissRwanda2021
Kuri uyu mugoroba wo ku wa 20 werurwe 2021, haraza kumenyekana uwambikwa ikamba rya nyampinga w’u Rwanda 2021, mu bakobwa 20 bageze kuri ’finale’.
Abiyandikishije muri iryo rushanwa bari 413 bitandukanye n’uko indi myaka byagiye!-->!-->!-->!-->!-->…
Joe Biden yabaye igitaramo ubwo yanyeraraga ku ngazi arikujya muri Air Force One
Perezida wa USA,Joe Biden,yanyereye ari kuzamuka ingazi z’indege imutwara ya Air Force One aragwa byatumye aba igitaramo mu binyamakuru ndetse no ku mbuga nkoranyambaga zitandukane.
yanyereye ku ngazi ubugira gatatu
Kuri uyu wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Prof. Shyaka yeretse GATABAZI wamusimbuye ku buyobozi bwa MINALOC ibyo agomba kuzitaho.
Ubwo bahererekanyaga ububasha bw’inshingano, Prof Shyaka Anastase wahoze ari Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu uherutse gusimburwa na Gatabazi Jean Marie Vianney, yamubwiye ko hari byinshi byakozwe ariko anamwereka ibyo azashyiramo!-->!-->!-->…
Kigali:Umugabo yakoreye iyica rubozo umwana we w’umukobwa amakubita urutsinga rw’amashanyarazi…
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, bwerekanye umugabo wo mu Karere ka Gasabo, ukekwaho icyaha cyo gukubita no gukomeretsa umwana we w’imyaka ine mu buryo bukomeye akoresheje urusinga.
Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 19 Werurwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Nick Stoeberl ufite agahigo ko kugira ururimi rurerure asigisha irangi.
Bwana Nick ufite ururimi rurerure ku isi arukoresha mu gusiga irangi.
Umunyamerika witwa Nick Stoeberl kugeza ubu niwe ufite ururimi rurerure, urwo rurimi rureshya na santimetero 10 n'igice kimwe. Uwo Munyamerika avuga ko ururimi!-->!-->!-->!-->!-->…
Itangazo rya UBAYEHO wifuza guhindurirwa amazina.
Uwitwa UBAYEHO mwene KARIMUNZIRA na NYIRARWIMO utuye mu Murenge wa Ruhango, Akarere ka Rutsiro, mu Ntara y'uburengerazuba, arasaba uburenganzira bwo guhindurirwa amazina ye yari asanzwe akoresha ariyo UBAYEHO xxx, Hakiyongeraho "JEAN!-->!-->!-->…
Nyamasheke:Yishe umugore we amujugunya mu musarane, nawe ashaka kwiyahura biramwangira
Umugabo witwa Nteziryimana Jean Paul wo mu mudugudu wa Gitwa akagari ka Gasovu amurenge wa Karambi mu karere ka Nyamasheke Yishe umugore we amujugunya mu musarane nawe agerageza kwiyahuza samakombe, ibibyabaye ejo hashize kuwa 12 Werurwe!-->…
Kigali: Umushumba w’inka”w’imyaka 50 yashyingiranywe n’umukobwa wize w’imyaka 21
Mu murenge wa Ndera akarere ka Gasabo Umushumba waragiraga inka w’imyaka 50 witwa Muhirwa André yakoze benshi ku mutima kubera inkuru y’urukundo rwe n’umugore we Niyibishaka Ange arusha imyaka 29 bashyingiranywe.
Amakuru avuga ko uyu!-->!-->!-->…
Noneho Rusesabagina avuze ko atazongera kwitabira urubanza rwe
Paul Rusesabagina avuze ko nta butabera ategereje mu rukiko ruri kumuburanisha bityo atazongera kwitabira uru rubanza.
Urukiko rwari rumaze kwanga ubusabe bwe bwo gusubika uru rubanza igihe cy’amezi atandatu, rutegeka ko rukomeza we!-->!-->!-->…
Itangazo rya Alleluya NIYOMAHORO wifuza guhindurirwa amazina
Uwitwa UWAMAHORO Alleluya mwene UWAYO Francois na NIYOYITA Anitha arifuza guhindurirwa amazina yari asanzwe akoresha, akitwa UWAMAHORO Henriette, akaba ari nayo mazina yifuza ko yandikwa mu gitabo cy'irangamimerere agasimbura UWAMAHORO!-->!-->!-->…
TAIFA arashinja Olivier Karekezi imyitwarire mibi itatuma atoza AMAVUBI
Umunyamakuru wa Radio na TV10 Bwana Taifa arasanga Bwana Olivier Karekezi, umutoza wa Kiyovu adashobora gutoza ikipe y'amavubi kubera imyitwarire ye mibi.
Ibi Bwana KALISA BRUNO uzwi cyane nka Taifa, akaba ari umunyamakuru!-->!-->!-->!-->!-->…
Amafoto ya Lionnel, umusore w’umunyarwanda wihinduje umukobwa.
Umusore witwa Lionnel, umunyarwanda wibagishije yihinduza umukobwa ahindura n'amazina.
Hari umusore w'Umunyarwanda bivugwa ko amaze igihe kitari gito yimukiye muri Leta Zunze ubumwe za Amerika yahisemo kwibagisha umubiri we hafi ya!-->!-->!-->!-->!-->…