Browsing Category
Izindi nkuru
Huye: Abantu 27 harimo abanyeshuri ba UR bafatiwe mu kabari ninjoro.
Abantu 27 bafatiwe mu kabari mu Karere ka Huye ahagana saa Mbili z’Ijoro bari kunywa inzoga barenze ku mabwiriza yo kwirinda icyorezo cya Covid-19.
Bafashwe ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri bari mu kabari kari i Ngoma mu Mujyi wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Central Africa: Abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bw’amahoro bahaye amazi meza abaturage.
Abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bwo kubungabunga amahoro mu gihugu cya Repubulika ya Central Africa kuri uyu wa Gatatu tariki ya 12 Gicurasi bahaye amazi meza abaturage b’Igihugu cya Repubulika ya Central Africa bari mu murwa!-->!-->!-->…
Ingengo y’imari y’u Rwanda ishobora kwiyongeraho 10% umwaka utaha.
Guverinoma y'u Rwanda iratangaza ko ingengo y'imari ya leta y'umwaka utaha wa 2021/2022 ishobora kwiyongeraho 10% ugereranyije n'iy'uyu mwaka wa 2020/2021 ugana ku musozo. Ibi bikaba bikubiye mu mbanzirizamushinga y'iyo ngengo y'imari!-->!-->!-->…
Umutungo w’ama Banki mu Rwanda warazamutse ku rugero rwa 23.6%
Banki nkuru y'u Rwanda yatangaje ko umutungo w'amabanki y'ubucuruzi na za coperatize zakira zikanaguriza amafranga wazamutseho ku rugero rungana na 23.6% bingana n'agera kuri miliyari 4501 y'amafranga y'u Rwanda.
Banki Nkuru y'u!-->!-->!-->!-->!-->…
Itangazo rya Ndayisaba wifuza guhindurirwa amazina.
Uwitwa NDAYISABA mwene Ntawukirasongwa na Bihoyiki utuye mu Murenge wa Ruhango, Akarere ka Rutsiro mu Ntara y'Iburasirazuba, arasaba guhindurirwa amazina ye yari asangaywe mu gitabo cy'irangamimerere NDAYISABA xxxx, maze hakongerwaho!-->!-->!-->…
Umuyobozi wa Polisi y’U Rwanda ari mu ruzinduko rw’akazi muri Tanzaniya
Umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda IGP Dan Munyuza, ku wa Mbere tariki ya 10 Gicurasi, yagiriye uruzinduko rw’akazi mu gihugu cya Tanzania aho yahuye na mugenzi we uyobora Polisi yo muri icyo gihugu IGP Simon Nyakoro Sirro banagirana!-->!-->!-->…
Dr Gahakwa Daphrose yasabiwe igifungo cy’imyaka 7
Dr Gahakwa Daphrose wigeze kuba Minisitiri w’Uburezi, yasabiwe gufungwa imyaka irindwi (7) kubera ibyaha akekwaho gukora ubwo yari umuyobozi w’agateganyo w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuhinzi n’Ubworozi (RAB)
Ku wa 07 Gicurasi 2021!-->!-->!-->!-->!-->…
Ese kubera iki ubutinganyi budacika iyi imyitwarire ikaba ikomeje kugonganisha abatuye Isi?
Ubutinganyi cyangwa se ukuryamana kw’abahuje ibitsina, bikomeje gufata indi ntera mu mico n’imigenzo itandukanye hirya no hino mu Isi, hamwe bakabyita “ikizira” abandi bakabusobanura “nk’ukwishyira ukizana” mu mudendezo ushingiye ku!-->…
Itangazwa ry’umwami mushya w’aba Zulu Misizulu ryatumye abavandimwe be bararakara cyane
Umuhungu w’imfura w’umwami w’aba Zulu wo muri Afurika y’epfo Goodwill Zwelithini uherutse gutanga ni we watoranyijwe nk’ugiye kumusimbura ku ngoma, mu gihe hari ubushyamirane bukomeye mu muryango.
Igikomangoma Misizulu, w’imyaka 46,!-->!-->!-->…
Ruhango: Ushinzwe imyitwarire y’abanyeshuri yanditse asaba imbabazi umunyeshuri nyuma yo…
Umuyobozi w’ishuri wungirije ushinzwe imyitwarire (préfet de discipline) wo ku ishuri rya College de Bethel APARUDE riherereye mu Kagari ka Nyamagana, mu Murenge wa Ruhango, Akarere ka Ruhango, yandikiye umunyeshuri ashinzwe kurera amusaba!-->…
Chantal Kagame ashyizweho nk’Umuyobozi Mukuru mushya ushinzwe MTN Mobile Money
Ikigo cy'itumanaho MTN Rwanda cyatangaje ko kubufatanye na Banki Nkuru y'u Rwanda bashyizeho umuyobozi mushya uhagarariye Mobile Money, Chantal Kagame.
Kuva tariki 27/04/2021 ni bwo ikigo cy'itumanaho MTN Rwanda cyashyizeho Umuyobozi!-->!-->!-->…
Nyuma y’imyaka 16 nta rubyaro, kera kabaye yabyariye rimwe bane bose.
Umuryango wa Chinyere Nwokike n'umugabo we Chika Nwokike bo mu gihugu cya Nigeriya bari mu mashimwe adasanzwe nyuma y'aho Imana ibabahaye urubyaro nyuma y'imyaka igera kuri 16 bashakanye ariko ntibabashe kubona umwana.
Bwana Chika!-->!-->!-->!-->!-->…
Abashakashatsi ba ICK berekanye ko umwanana ari ikiryo cyiza aho kukijugunya
Abashakashatsi bo mu ishuri rikuru Gatolika rya Kabgayi baravuga ko umutumba w'insina wavamo impapuro nziza zikorwa udufuka batwaramo ibintu(enveloppe) mu gihe umwanana wo urimo ibiribwa bifitiye umubiri w'umuntu akamaro.
Kuri uyu!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyabihu: Kera kabaye Gitifu w’Akarere yeguye nyuma yo gutsimbarara amazi atatu.
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akarere ka Nyabihu, Ndizeye Emmanuel, yeguye ku nyuma y’amezi atatu asabwe kwegura n’uwari Guverineri w’Intara y’Iburengerazuba, Munyentwari Alphonse, ariko ntabikore.
Bivugwa ko Ndizeye Emmanuel yari!-->!-->!-->!-->!-->…
Prezida Macron yitabiriye umuhango wo gusezeraho Idriss Deby uherutse gupfa
Nyuma y'iminsi ine gusa yitabye Imana, Nyakwigedera Idris Deby yasezeweho bwa nyuma mu muhango witabiriwe na Prezida Emmanuel Macron w'u Bufaransa.
Ku wa mbere wo kuri iki cyumweru nibwo Leta ya Tchad yatangaje ko Prezida w'icyo!-->!-->!-->!-->!-->…