Browsing Category
Izindi nkuru
Afurika y’Epfo: Yiyahuriye muri kasho nyuma yo kwica abagore batanu
Abagore batangiye imyigaragambyo nyuma yo kurakazwa nuko umwicanyi yiyahuye
Minisitiri ushinzwe Polisi muri Afurika y'epfo yatangaje ko umugabo wari umaze kwemera ko yishe abagore bo mu cyaro cyo mu ntara ya KwaZulu-Natal yiyahuriye!-->!-->!-->…
KARASIRA aratakambira abamushukaga kumufasha nyuma yaho yirukanywe mu kazi ka Leta
Nyuma y'aho kaminuza y'u Rwanda imwirukanye kubera icyo yise imyitwarire idahwitse, Bwana Karasira aimable aratakambira abamushukaga kumufasha.
Tariki ya 14 Kanama 2020, nibwo Kaminuza y’u Rwanda yandikiye Bwana KARASIRA Aimable!-->!-->!-->!-->!-->…
Gicumbi: RURA yahaye gasopo abashoferi basaba abagenzi kurenzaho amafranga yo kubikuza
RURA irihanangiriza abashoferi batwara imodoka zizwi nka twegerane bishyuza abagenzi kurenzaho mu gihe bushyura bakoresheje ikoranabuhanga
Nyuma y'aho bamwe mu baturage bo mu Karere ka Gicumbi bakoresha uburyo bwo gutega imodoka!-->!-->!-->!-->!-->…
Karongi: Abamotari barinubira ikemezo cy’abayobozi babo babategeka kunywera lisansi ahantu…
Bamwe mu bamotari barinubira icyemezo cyafashwe n'abayobozi babo kibategeka kunywera essence kuri station imwe gusa.
Abamotari bo mu Karere ka Karongi mu murenge wa Rubengera urinubira icyemezo cyafashwe n'ubuyobozi bwa koperative!-->!-->!-->!-->!-->…
Umugabo wari uherutse gufungurwa ku mbabazi za Prezida yafatiwe mu bujura bw’inka hadaciye na…
Bwana Hamisi wari uherutse kurekurwa n'imbabazi za Prezida Magufuli yongeye afatirwa mu cyaha cy'ubujura bw'inka hadashize kabiri.
Ku bufatanye bw'abaturage na Polisi, umusore witwa Hamisi Juma ufite imyaka 29 y'amavuko yongeye!-->!-->!-->!-->!-->…
Prezida Donald Trump yapfushije murumuna we
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yapfushije murumuna we witwa Robert Trump w’imyaka 71 y’amavuko.
Perezida wa Leta zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko murumuna we witwa Robert Trump w’imyaka 71!-->!-->!-->!-->!-->…
Miss MWISENEZA Josiane yambitswe impeta y’urukundo.
Mwiseneza Josiane ni Umwe mu bakobwa bahataniraga ikamba rya Nyampinga w’U Rwanda mu mwaka wa 2019 akaba ndetse ari n’umwe mu bakobwa bavuzwe cyane ndetse akanakundwa na benshi kubera kwigirira ikizere no gukora ibyo abandi!-->!-->!-->…
Ubudage: Umuhanzi Cassy Nyemba yahanutse hasi arapfa ubwo yahungaga umukunzi we washakaga kumwica
Umuhanzikazi w'umunya Zambiya wiberaga mu Budage yahanutse kuri etage arapfa ubwo yahungaga umugabo we washakaga kumwica.
Umuhanzikazi wo mu gihugu cya Zambia ariko wabaga mu Budage witwa Cassy Nyemba yavunitse imbavu,umugongo!-->!-->!-->!-->!-->…
Angola: Filomeno dos Santos umuhungu w’uwahoze ari prezida yakatiwe igifungo k’imyaka 5
Jose Filomeno dos Santos – umuhungu wa Eduardo dos Santos wahoze ayobora Angola – yahamijwe icyaha cy’uburiganya, akatirwa gufungwa imyaka itanu.
Dos Santos w’imyaka 42 yatangiye kugezwa imbere y’urukiko mu Ukuboza 2019, ashinjwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyagatare: Abajyanama mu by’ubuhinzi bahawe amagare azabafasha mu bukangurambaga mu buhinzi
Abafashamyumvire mu buhinzi 128 bashyikirijwe amagare azabafasha mu ngendo z'ubukangurambaga ku buhinzi. Abahawe amagare ni abari mu matsinda aterwa inkunga n'umushinga world Vision Rwanda mu mirenge 8 yo mu karere ka Nyagatare.
!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Olivier NDUHUNGIREHE yashimiye Prezida KAGAME wongeye kumugirira ikizere amugira Ambasaderi
Nyuma yo kongera guhabwa akazi nka ambasaderi mu gihugu cy'Ubuholande, Olivier NDUHINGIREHE yashimiye prezida wa Repubulika wongeye kumugirira ikizere.
Nyuma yaho inama y'abaministre yateranye ku mugoroba wo kuri uyu wa gatanu!-->!-->!-->!-->!-->…
Guhera none nta Moto yemerewe gukora mu mugi wa Kigali idafite mubazi
Guhera uyu munsi taliki ya 15, moto zose zikorera muri kigali idafite mubazi ifasha kumenya ibirometero umugenzi yagenze.
Ikigo ngenzuramikorere mu Rwanda RURA cyatangaje ko guhera kuri uyu wa 15 Kanama 2020, Moto zikorera mu mugi!-->!-->!-->!-->!-->…
Leta y’Ubushinwa irasaba abaturage kudasigaza ibiryo ku isahani
"Kweza isahani" ni ubukangurambaga bushya bwatangijwe mu Bushinwa.
Nyuma yuko Perezida w'Ubushinwa Xi Jinping avuze ko ingano y'ibyokurya bimenwa iteye ubwoba, ubushinwa bwatangije ubukangurambaga bwahawe izina ryo "kweza isahani"!-->!-->!-->…
Ibisabwa insengero ngo zisengerwemo hirindwa Covid-19 bikomeje ku tavugwaho rumwe…
Harikugenga humvikana abica amabwiriza yokwirinda Covid-19 ugasanga bagiye mu mashyamba bita Ubutayi mu migezi, mu buvumo hirya no hino mu gihugu, None bamwe mu bapasitoro bo mu byaro babona ibyo basabwa kugira ngo insengero zabo!-->…
Umuvugizi wa Polisi yasobanuye impamvu ShaddyBoo na Bruce Melody batawe muri yombi
Polisi yemeje amakuru yuko Shaddyboo na Melody bafunze bazira kutubahiriza amabwiriza yo kwirinda no gukumira icyorezo cya coronavirus
Aya makuru yemejwe n’Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Commissioner of Police (CP) John Bosco!-->!-->!-->!-->!-->…