Browsing Category
Izindi nkuru
Liban: Abategetsi bo ku cyambu bafungishijwe ijisho, abaturage barakaye barasaba ubutabera
Leta ya Liban ivuga ko abategetsi benshi bo ku cyambu cya Beirut ubu bafungishijwe ijisho hategerejwe ko iperereza ritangira ku iturika rikaze ryo ku wa kabiri.
Iryo turika ryahitanye abatari munsi ya 135 naho abarenga 4000!-->!-->!-->!-->!-->…
China: Zhang Yuhuan wari umaze imyaka 27 afungiye kwica basanze ari umwere ararekurwa
Umugabo wo mu burasirazuba bw'Ubushinwa yagizwe umwere ku cyaha cy'ubwicanyi ahita arekurwa nyuma y'imyaka 27 afunze.
Zhang Yuhuan akomeza kwemeza ko yakorewe iyicarubozo na polisi kugira ngo yemere ko yishe abahungu babiri mu 1993.!-->!-->!-->!-->!-->…
HUYE: Meya yafashe icyemezo cyo kuzasezeranya umusore bivugwa ko Gitifu yanze ko asezerana!
Umuyobozi w’Akarere ka Huye, Ange Sebutege, avuga ko yiyemeje kuzasezeranya Jérémie Nzindukiyimana bivugwa ko Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Mbazi yabyangiye yari yageze ku murenge n’umugeni we.
Nzindukiyimana atuye mu!-->!-->!-->…
Kigali: Abamotari bashyiriweho igihe ntararengwa cyo kugura mubazi.
Urwego ngenzuramikorere mu Rwanda rwatangaje ko guhera kuwa 15/8/2020,mu mujyi wa Kigali nta mu motari uzongera kwemererwa gukora adafite mubazi.
Abafite mubazi bataniye kuzikoresha
RURA yavuze ko iyi mubazi izafasha!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Gasabo: Ishuri rito rya GASAGARA ryibasiwe n’inkongi y’umuriro hashya ibikoresho…
Mu Karere ka Gasabo mu murenge wa Rusororo akagari ka Gasagara mu mudugudu wa Ryabazana, ishuri ribanza ryitwa EP.GASAGARA ryibasiwe n'inkongi y'umuriro ibikoresho byari mu biro by'umuyobozi birashya birakongoka, bimwe mu byahihe!-->…
Myugariro w’ikipe ya Totenham ngo arambiwe guhora abazwa na Police ko imodoka atwara atari…
Danny Rose, myugariro w'ikipe ya Tottenham Hotspur yo muri Premier League, avuga ko arambiwe n'ivanguramoko nyuma yo guhagarikwa kenshi n'abapolisi bamubaza niba imodoka ye atari inyibano.
Uyu Mwongereza w'imyaka 30 unakinira ikipe!-->!-->!-->!-->!-->…
Prezida wa Rayon Sport arakemanga ubunyamwuga bw’umunyamakuru SAM KARENZI wa Radio10
Abinyujije ku rukuta rwe rwe twitter, Bwana SADATE MUNYAKAZI aribaza niba Sam KARENZI ari umunyamakuru w'umwuga kubera inkuru kubwe yita ibihuha atangaza.
Ibi bibaye nyuma y'aho ku mugoroba wo kuri uyu wa mbere umunyamakuru wo kuri!-->!-->!-->!-->!-->…
Tanzaniya: Wa mugabo uherutse gucukura ibuye rihenze, yaguye ku rindi akomeza gutumbagira ku…
Umucukuzi uciriritse wo muri Tanzania, wamenyekanye ubwo bwacyaga abaye umuherwe utunze za miliyoni mu kwezi kwa gatandatu amaze kugurisha amabuye abiri ya Tanzanite kuri miliyoni 3,4 z'amadolari y'Amerika, yagurishije irindi buye kuri!-->!-->!-->…
“Barack Obam yarakize cyane, arirata, yifuza gusengwa, ariko jye sinabikora” Malik,…
Bwana Malik mukuru wa Barack OBAMA arashinja murumuna we wigeze kuyobora Leta Zunze ubumwe za Amerika ubwirasi n'ubwiyemezi.
Bwana Malik ni mukuru wa BARACK obama, umwirabura umwe rukumbi wayoboye igihugu cya Leta Zunze ubumwe za!-->!-->!-->!-->!-->…
Ubushakashatsi bwagaragaje ko “uburiganya” bumunga ubukungu ku kigero cya 60%
Imibare itangazwa n’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Ubugenzacyaha (RIB) igaragaza ko mu myaka itatu ishize ibyaha by’uburiganya byihariye ikigero cya 60% k’ibyaha bimunga ubukungu bw’Igihugu.
Umunyamabanga Mukuru wa RIB, Col (Rtd)!-->!-->!-->!-->!-->…
Umwe mu bakobwa b’urubyiruko rw’abakorerabushake yagaragaye atukana…
Mu gihe benshi bamaze iminsi bashima ubwitange bw'aba bana b'urubyiruko mu gufasha abaturage mu kubahiriza no gushyira mu bikorwa amabwiriza yo kwirinda covid-19, koko burya nta byera ngo de, umwe muri urwo rubyiruko yagaragaye ari!-->!-->!-->…
Congo: Umusirikare yasinze arasa abantu abagera kuri 12
Umusirikare wasinze wo muri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo yarashe mu bantu bihitiraga, yicamo abatari munsi ya 12 ndetse akomeretsa abandi benshi.
Ku munsi w'ejo ku wa kane taliki ya 30 Nyakanga 2020 umusirikare wo gihugu cya!-->!-->!-->!-->!-->…
Prezida wa Repubulika yasabye baturage kumesa udupfukamunwa bakoresheje “essence”
Perezida Rodrigo Duterte wa Philippines yongeye gusaba abaturage b'iki gihugu kujya basukura udupfukamunwa bakoresheje lisansi (essence) - ashimangira ko ubwo yabivugaga bwa mbere "atarimo akina".
Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu!-->!-->!-->!-->!-->…
Uganda: Polisi iri guhiga bukware umuhanzi PALASO watorokanye amapingu
Polisi yo mu gihugu cya Uganda iri guhiga bukware umuhanzi witwa PALASSO nyuma yaho acitse polisi agatorokana amapingu.
Umuhanzi PIUS MAYANJA wamenyekanye cyane ku izina rya PALASSO ari guhugwa bikomeye na polisi yo muri icyo gihugu!-->!-->!-->!-->!-->…
Menya byinshi ku cyogajuru giherutse koherezwa kuri MARS gushakisha ibimenyetso by’ubuzima
Perseverance, ni imashini igenda ku butaka yoherejwe ku mubumbe wa Mars uyu munsi kuwa kane ijyanywe n'icyogajuru Atlas 5 cyahagurukiye ku kigo cyabugenewe kitwa Cape Canaveral muri Florida, USA.
Ubu nibwo butumwa bwa mbere bw'ikigo!-->!-->!-->!-->!-->…