Browsing Category
Izindi nkuru
Hari abayobozi basabwe gutanga ubusobanuro nyuma yo kwica amabwiriza yo kwirinda Covid-19
Abayobozi bane bo mu murenge wa Busasamana basabwe ubusobanuro banashyikirizwa akanama gashinzwe imyitwarire kubera umupira w’amaguru uherutse kubera ku kibuga cy’umupira w’amaguru cya Paruwasi ya Busasamana.
Abo bayobozi ni!-->!-->!-->!-->!-->…
Cameroune yahaye amazu yari yarasezeranije abakinnyi muri 1990
Ikipe y'igihugu ya Cameroun yamamaye cyane mu gikombe cy'isi mu 1990 mu Butaliyani nibwo igiye guhabwa inzu abayigize bemerewe na Perezida Paul Biya mu myaka 30 ishize.
Batatu mu bari bagize iyo kipe; Louis Paul Mfede, Benjamin!-->!-->!-->!-->!-->…
Sheikh Ramadhan yavuze ko 100,000$ airiyo ari gutera amakimbirane mu idini rya Islam muri iyi minsi
Hamaze iminsi havugwa umwuka utameze neza mu idini rya Islam, biravugwa ko impamvu ibitera ari amafranga. (photo Umuseke)
Mu minsi ishize umuyobozi w'aba Islam mu Rwanda Sheikh SALIM HITIMANA yavuzweho ko yaba afite abantu bitwaje!-->!-->!-->!-->!-->…
Rutsiro: Kunyereza umutungo wa Leta bitumye abakozi 16 harimo na ba Gitifu 5 bahagarikwa ku mirimo…
Akarere ka Rutsiro kahagaritse by’agateganyo abakozi 16 barimo abanyamabanga nshingwabikorwa b’imirenge 5 bose bakurikiranweho kunyereza umutungo wa Leta.
Ubutumwa aka karere ka Rutsiro kashyize kuri Twitter bugira buti "Ubuyobozi!-->!-->!-->!-->!-->…
Umuholandi yakoze kamashini kazajya gafasha abashaka kwiyahura bagapfa neza
Umugabo witwa Dr. Philip Nitschke, wo mu gihugu cy’ubuholandi yavuze ko mu gihe cya vuba azaba yashyize hanze imashini, izajya ifasha abashaka kwiyahura ku buryo bazajya bapfa mu buryo buboroheye, mu kanya gato kandi batababaye.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Gasabo:Bamwe mu banyeshuri bamaze kujya mu birombe kwikorera amatafari!
Mu karere ka Gasabo mu murenge wa Rusororo na Ndera usanga abana baramaze kuyoboka mu bishanga kwikorera amatafari kuko usanga nabamwe mubabyeyi ntacyo bibabwiye.
Hashize amezi atanu ubwo abanyeshuri basubizwaga mu rugo iwabo!-->!-->!-->!-->!-->…
Imyaka 75 irashize Hiroshima iteweho igisasu cya Bombe atomique kihahindura umuyonga
Harashize imyaka igera kuri 75 imijyi ya Nagasaki na Hiroshima hatewe ibisasu bya Kirimbuzi bihindura iyo migi umukungugu.
Hari Ku itariki ya 6 Kanama umwaka wa 1945, ubwo Ingabo za Amerika ni zateye igisasu cya kirimbuzi ku Mujyi!-->!-->!-->!-->!-->…
Abize ubuvuzi bw’amenyo basaga 500 bize muri UR babangamiwe na diplôme bavuga ko ‘zihabanye…
Bamwe mu bavuzi b’amenyo bize mu cyahoze ari Ishuri Rikuru ry’Ubuzima rya Kigali (KHI) barasaba ko inyito y'impamyabumenyi bahawe " Dental Therapy" yahinduka kuko ngo hari amahirwe amwe n’amwe ibabuza arimo nko gukomeza amasomo yabo!-->!-->!-->…
Liban: Abategetsi bo ku cyambu bafungishijwe ijisho, abaturage barakaye barasaba ubutabera
Leta ya Liban ivuga ko abategetsi benshi bo ku cyambu cya Beirut ubu bafungishijwe ijisho hategerejwe ko iperereza ritangira ku iturika rikaze ryo ku wa kabiri.
Iryo turika ryahitanye abatari munsi ya 135 naho abarenga 4000!-->!-->!-->!-->!-->…
China: Zhang Yuhuan wari umaze imyaka 27 afungiye kwica basanze ari umwere ararekurwa
Umugabo wo mu burasirazuba bw'Ubushinwa yagizwe umwere ku cyaha cy'ubwicanyi ahita arekurwa nyuma y'imyaka 27 afunze.
Zhang Yuhuan akomeza kwemeza ko yakorewe iyicarubozo na polisi kugira ngo yemere ko yishe abahungu babiri mu 1993.!-->!-->!-->!-->!-->…
HUYE: Meya yafashe icyemezo cyo kuzasezeranya umusore bivugwa ko Gitifu yanze ko asezerana!
Umuyobozi w’Akarere ka Huye, Ange Sebutege, avuga ko yiyemeje kuzasezeranya Jérémie Nzindukiyimana bivugwa ko Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Mbazi yabyangiye yari yageze ku murenge n’umugeni we.
Nzindukiyimana atuye mu!-->!-->!-->…
Kigali: Abamotari bashyiriweho igihe ntararengwa cyo kugura mubazi.
Urwego ngenzuramikorere mu Rwanda rwatangaje ko guhera kuwa 15/8/2020,mu mujyi wa Kigali nta mu motari uzongera kwemererwa gukora adafite mubazi.
Abafite mubazi bataniye kuzikoresha
RURA yavuze ko iyi mubazi izafasha!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Gasabo: Ishuri rito rya GASAGARA ryibasiwe n’inkongi y’umuriro hashya ibikoresho…
Mu Karere ka Gasabo mu murenge wa Rusororo akagari ka Gasagara mu mudugudu wa Ryabazana, ishuri ribanza ryitwa EP.GASAGARA ryibasiwe n'inkongi y'umuriro ibikoresho byari mu biro by'umuyobozi birashya birakongoka, bimwe mu byahihe!-->…
Myugariro w’ikipe ya Totenham ngo arambiwe guhora abazwa na Police ko imodoka atwara atari…
Danny Rose, myugariro w'ikipe ya Tottenham Hotspur yo muri Premier League, avuga ko arambiwe n'ivanguramoko nyuma yo guhagarikwa kenshi n'abapolisi bamubaza niba imodoka ye atari inyibano.
Uyu Mwongereza w'imyaka 30 unakinira ikipe!-->!-->!-->!-->!-->…
Prezida wa Rayon Sport arakemanga ubunyamwuga bw’umunyamakuru SAM KARENZI wa Radio10
Abinyujije ku rukuta rwe rwe twitter, Bwana SADATE MUNYAKAZI aribaza niba Sam KARENZI ari umunyamakuru w'umwuga kubera inkuru kubwe yita ibihuha atangaza.
Ibi bibaye nyuma y'aho ku mugoroba wo kuri uyu wa mbere umunyamakuru wo kuri!-->!-->!-->!-->!-->…