Browsing Category
Izindi nkuru
Kanye West Yasabye Jay-Z kumubera Visi Perezida mu gihe yatorerwa kuyobora Leta Zunze Ubumwe…
Mu kiganiro yagiranye n'itangazamakuru, Kanye West yavuze ko yamaze kugusaba umuraperi w'inshuti ye magara basangiye ikamba Jay-Z kuzamubera Visi Perezida mu gihe yaramuka atorewe kuyobora Leta Zunze Ubumwe z'Amerika.
Uyu!-->!-->!-->!-->!-->…
Mu magambo akakaye KARASIRA yasubije Min BAMPORIKI wari wamubwiye ko atagira uburere
Nyuma yuko Bamporiki avuze ko Bwana kararsira Aimable adafite uburere kandi ko adakwiye kurererera u Rwanda, Bwana Karasira nawe ntiyaripfanye
Kuri uyu wa mbere taliki ya 20 Nyakanga 2020 nibwo intambara y'amagambo yatangiraga!-->!-->!-->!-->!-->…
Min. BAMPORIKI yatangije intambara y’amagambo hagati ye na Prof NIGGA
Bwana BAMPORIKI Edouard yibasiye cyane KARASIRA Aimable umwarimu wo muri Kaminuza y'u Rwanda, arasanga adafite uburere bumwerera kwigisha muri kaminuza y'u Rwanda.
Nyuma y'aho umwarimu w'ikoranabuhanga muri Kaminuza y'u Rwanda Bwana!-->!-->!-->!-->!-->…
Ku munsi umwe gusa umutungo wa JEFF BEZOS wiyongereyeho miliyari 13$
Ejo kuwa mbere gusa umutungo wa Jeff Bezos wiyongereyeho miliyari $13, kwiyongera k'umutungo w'umuntu umwe ko hejuru cyane kubayeho kuva mu 2012 ikigo Bloomberg cyashyiraho uburyo bwo kubara imari y'abaherwe ba mbere ku isi buri munsi.!-->!-->!-->…
Umwarimu SACCO yirukanye umukozi azira ko umugabo we yahembwe n’iyi Koperative
Ese uyu mukozi arashinjwa iki?
Ashinjwa kuba yarashyize umugabo we ku rutonde rw’abahembweUmuyobozi wa SACCO ati “Nage kuregera inkiko ave mu itangazamakuru.”
Nyirarukundo Liliane wakoreraga Koperative UMWARIMU SACCO akaza kwirukanwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Kenya: Senateri yatawe muri yombi nyuma yo gufatirwa mu kabari mu gihe cy’umukwabu
Senateri wo muri Kenya yasabye imbabazi Abanya-Kenya kubera kurenga ku mabwiriza y'umukwabu yashyizweho mu gufasha guhagarika ubwandu bwa coronavirus.
Senateri Johnson Sakaja uhagarariye akarere k'umurwa mukuru Nairobi, mu mpera!-->!-->!-->!-->!-->…
Umuryango wa Prezida KAGAME uri mu byishimo byinshi nyuma yo kubona umwuzukuru
abinyujije ku rukuta rwe rwa twiter, prezida wa Repubulika Paul Kagame yavuze ko umuryango we uri mu byishimo nyuma yo kubona umwuzukuru we ku nshuro ya mbere.
Yanditse ati: “ Guhera ejo hashize mu rugo turishimye cyane, Ubu!-->!-->!-->!-->!-->…
SUDANI: Ikurwaho ry’ igihano cy’urupfu, kunywa inzoga.. byabarakaje bamwe
Guverinoma y’inzibacyuho muri Sudan kuri iki Cyumweru taliki 19, Nyakanga, 2020 yakuyeho igihano cy’urupfu no guhanisha gukubitwa ikiboko ku batinganyi. Abaturage bamwe bagiye mu muhanda barabyamagana. Hari hashinze imyaka 40 ibi bihano!-->…
Umunyarwanda wakekwagaho gutwika urusengero yarekuwe
Polisi yo mu gihugu cy'Ubufaransa yarekuye umunyarwanda w'imyaka 39 y'amavuko nyuma yo kugirwa umwere ku cyaha yakekwagaho cyo gutwika urusengero rw'amateka rwa mutagatifu Petero rwo mukinyejana cya 15 (15th-century St Peter and St!-->!-->!-->…
Bwana Sembagare wayoboye Burera n’umuhungu we barokotse impanuka ikomeye
Iyi modoka yari irimo uwahoze ari Meya wa Burera, Bwana Sembagare Samuel.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatandatu, mu kagari ka Musaza, umurenge wa Gitovu mu karere ka Burera, habereye impanuka yari irimo Sembagare Samuel wahoze ayobora!-->!-->!-->…
Isi ikwiye kwitegura igabanuka ry’imbyaro bikabije mu bihe biri imbere!
Ikigereranyo cy’abana bavuka cyerekana ko hafi buri gihugu ku isi kizaba gifite abaturage bagabanutse cyane mu mpera z’iki kinyejana.Ibihugu 23 – birimo Ubuyapani na Espagne – ababituye bashobora kuzaba baragabanutseho kimwe cya kabiri mu!-->…
MINEDUC igiye gushyiraho amabwiriza atoroshye azitabwaho mbere yo gufungura kaminuza
HEC yatangaje ko hagiye gushyirwaho amabwiriza akakaye mbere yuko umuntu yemererwa gufungura kaminuza mu Rwanda
Nyuma yuko Ministeri y'Uburezi mu Rwanda ihagaritse kaminuza eshatu zose mu ntangiriro z'uku kwezi kwa karindwi, kuri!-->!-->!-->!-->!-->…
Umugabo yaciwe akayabo k’amashilingi ya kenya 700,000 nyuma yo kubyarana n’umugore…
Urukiko Rukuru rwa Mombasa, rwategetse ko umugabo yishyurwa ibihumbi 700 by’amashilingi ya Kenya, nyuma yo gupima bagasanga atari Se w’umwana w’uwari umugore we.
Aya mashilingi azayishyurwa nk’indishyi yo guteshwa umutwe,!-->!-->!-->!-->!-->…
Kenya: Umupolisi yatawe muri yombi nyuma yo gusambanya umugore urwaye covid-19
Umupolisi wo mu gihugu cya Kenya yatawe muri yombi nyuma yo kwinjira mu byumba bicumbikiwemo abarwayi ba covid-19 maze agasambanyamo umugore urwariyemo.
Umupolisi wo mu gihugu cya Kenya utatangarijwe amazina yatawe muri yombi!-->!-->!-->!-->!-->…
REB imaze kwemeza ko Umwanya w’ubuyobozi bw’ikigo k’ishuri utazongera kujya…
Ikigo k'igihugu gishinzwe iterambere ry'uburezi mu Rwanda cyamaze gutangaza ko abayaobozi b'ibigo by'amashuri abanza n'ay'isumbuye batazajya bakora ibizamini by'akazi ko ahubwo bazajya bashyirwaho
Ibyo ni ibyagarutsweho n’umuyobozi!-->!-->!-->!-->!-->…