Browsing Category
Izindi nkuru
Nyuma y’amezi 2 gusa asezeye mu gipadiri, Bwana REBERO J.D’amascene yaraye asezeranye…
Nyuma y'amezi abiri yonyine asezeye mu gipadiri, Bwana REBERO Jean D'amascene yasezeranye imbere y'ubutegetsi kuri uyu wa gatanu.
Padiri Rebero Jean Damascène wahoze ari umunyamabanga w’Umushumba wa Diyoseze Gatolika ya Butare,!-->!-->!-->!-->!-->…
Umugabo wigishaga gutwara imodoka yatawe muri yombi kubera kutubahiriza amabwiriza yo kwirinda…
Mu bantu bafashwe kubera kutubahiriza amabwiriza yo kwirinda Covid-19, harimo umugabo wigishaga umukobwa gutwara imodoka kandi biri mu byabujijwe
Kuri uyu wa Gatanu taliki ya 10 Nyakanga 2020, polisi y'u Rwanda yerekanye abantu!-->!-->!-->!-->!-->…
Ikinyamakuru “the chronicles” cya Kayumba cyahagaritse imirimo yacyo
Nyuma y'aho Dr KAYUMBA Christopher washinze ikinyamakuru the chronicles afunze, icyo kinyamakuru nacyo ubu cyabaye gihagaritse ibikorwa
Kuri uyu wa kane nibwo ubuyobozi bw'ikinyamakuru the chronicles cyatangaje ku mugaragaro ko!-->!-->!-->!-->!-->…
Izi Nizo Nyubako 10 Ndende Kurusha Izindi Ku Isi
Kimwe mu bigaragaza iterambere ry'imigi n'ibihugu muri rusange ni imiturirwa miremire inogeye amaso y'abayireba.
Kuri ubu, ku isi habarirwa ibihumbi n'ibihumbi by'imiturirwa miremire. Nkuko bitangazwa na skyscraper, kugeza ubu,!-->!-->!-->!-->!-->…
Uganda: Abamotari barasaba Leta kubatunga mu gihe bakiri muri gahunda ya guma murugo
Abakora umwuga wo gutwara abantu kuri za Moto i Bugande bareze Leta yabo kuba ikomeje gahunda ya gumamurugo, bityo ko igomba kubatunga kuko batari gukora.
Ishyirahamwe ry'abatwara abantu kuri za moto mu gihugu cya Uganda riravuga ko!-->!-->!-->!-->!-->…
Mu gihugu cya eSwatini guverinoma yose yashyizwe mu kato kubera icyoba cya covid-19
Nyuma y'aho umwe mu baministri agaragayeho icyorezo cya covid-19, 18 bagize guverinoma bashyizwe mu kato.
Nyuma yaho umwe mu bagize guverinoma agaraweho icyorezo cya covid-19, Ubwami bwa eSwatini bwafashe umwanzuro wo gushyira mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Kenya: Umupolisikazi yarashe umugabo we amuziza agusuzuguro
Umupolisikazi wo mu gihugu cya Kenya yarashe umugabo amuziza ko yanze kumwitaba kuri terefoni mu gihe yari amuhamagaye.
Umupolisi wo mu gihugu cya Kenya yarashe umugabo akoresheje imbunda yo mu bwoko bwa Kalachinkov ari mu maboko ya!-->!-->!-->!-->!-->…
Amafoto ya pasitori wifotoye ari kwereka abayoboke be uko mu ijuru bizaba bimeze yaciye ibintu
Umupasitoro w'itorero ry'ububyutse yifotoreje ku gitanda yerekana uburyo muri paradiso hazaba hameze.
Umu pasitori wo mu gace kitwa Rusfisque, mu gihugu cya Senegal yateje impaka nyinshi ku mbuga nkoranyambaga ubwo yifataga amafoto!-->!-->!-->!-->!-->…
Amerika igiye gucyura Abanyeshuri b’Abanyamahanga kubera icyoba cya Covid-19
Leta Zunze ubumwe za Amerika zishobora kwirukana abanyamahanga bigaga muri icyo gihugu kubera gutinya icyorezo cya coronavirus
Abanyeshuri mpuzamahanga bagiye gushaka impamyabumenyi muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika (USA) bazasabwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Japan: Imyuzure ikabije yahitanye abantu bagera kuri 50 mu gihugu cy’Ubuyapani
Igihugu cy'Ubuyapani kibasiwe n'imyuzure ikabije yahitanye abantu bagera kuri 50 bose
Amagepfo y’uburengerazuba bw’u Buyapani yibasiwe nimyuzure ikabije yamaze guhitana abagera kuri 50, mu gihe abandi 12 baburiwe irengero.!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Abacuruzi bo mu isoko ntibavuga rumwe n’Akarere ku kiguzi cy’amazi bakoresha
Abacuruzi bakorera mu isoko ry'I nyanza mugi baravuga ko babangamiwe n'igiciro cy'amazi kiri hejuru Akarere kabashyiriyeho mu gihe Akarere kavuga ko aribo ubwabo bishyiriyeho amafranga bagomba gutanga
Mu gihe igihugu gikataje mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Amafoto: Reba ubwiza bw’inzu y’akataraboneka ya Lionel Messi
Rutahizamu w'ikipe y'igihugu ya Argentina na FC Barcelona, Ni umwe mubakinnyi b'ibihangange ku isi ndetse bamaze kubaka izina mu isi ya ruhago.
Ubusanzwe Messi atuye mu gace gato kitwa Bellamar, umugi uzwi cyane kandi uhenze wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Ya Radio ya Castar na Bayingana iratangira kumvikana kuri uyu wa gatandatu
Nyuma y'igihe kitari gito ino radio yiswe B&B FM UMWEZI Itegerejwe n'abatari bake, noneho iratangira kumvikana ku munsi w'ejo
Nyuma yaho basezeye kuri Radio na TV10 bagahitamo guhuza imbaraga mu rwego rwo kwikorera, Bwana!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyuma yo kuyitwara umunyezamu, ikipe ya Gasogi iteguye inama y’igitaraganya…
Ikipe ya Gasogi United yateguye inama y'igitaraganya n'itangazamakuru
Nyuma y'aho ikipe ya Gasogi united bayitwaye umunyezamu yacungiragaho, akerekeza mu ikipe ya Rayon Sport, ndetse hakaba hari n'andi makuru avuga ko ikipe ya Rayon!-->!-->!-->!-->!-->…
Kaminuza y’Indangaburezi yo mu Ruhango nayo ishobora gufungwa mu gihe cya vuba.
Nyuma ya Kaminuza ya Kibungo, biravugwa ko kaminuza nderabarezi yo mu Karere ka Ruhango nayo ishobora gukurikiraho
Ku mnsi w'ejo kuwa kabiri nibwo ministeri y'uburezi mu Rwanda yatangaje ku mugaragaro ko Kaminuza y'i Kibungo ifunzwe!-->!-->!-->!-->!-->…